Latest News
-
Imikino
/ 2 months agoAPR FC yegukanye Super Cup ya 2025 inyagiye Rayon Sports
FERWAFA SUPER CUP : APR FC 4-1 Rayon Sports Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya Super Cup ya 2025 nyuma...
-
Amakuru
/ 2 months agoHarimo imikino izaba saa tatu z’ijoro – Rwanda Premier League yatangaje izindi mpinduka!
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League (RPL) bwatangaje impinduka ku ngengabihe y’imikino ya Mutarama, zirimo n’umukino wa mbere mu mateka y’iyi shampiyona...
-
Amakuru
/ 2 months agoTaleb Vs Bruno Ferry – FERWAFA Super Cup ibura amasaha make ihatse iki ?
Stade Amahoro iraba ari indiri y’amarangamutima kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON 2025: umutoza wa Mali yishimiye ubutwari bw’abakinnyi be nubwo basezerewe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mali, Umubiligi Tom Saintfiet, yatangaje ko yishimiye cyane abakinnyi be n’ubwitange bagaragaje, nubwo basezerewe mu gikombe cy’Afurika...
-
Amakuru
/ 2 months agoNtago bikwiye ko Kigali Pele Stadium ikinirwaho n’amakipe 10 – FERWAFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu hazashyirwa hanze uburyo bushya bwo...
-
Amakuru
/ 2 months agoFERWAFA yatangaje ibirango n’inyito nshya bya shampiyona y’abagore
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje impinduka nshya mu mupira w’amaguru w’abagore, aho icyiciro cya mbere cyahinduriwe izina kikitwa “Rwanda...
-
Amakuru
/ 2 months agoAntoine Semenyo yerekeje muri Manchester City
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Manchester City yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu mpuzamahanga wa Ghana, Antoine...
-
Amakuru
/ 2 months agoAbakinnyi bashya ba Rayon Sports bose biteguye guhura na APR FC – Bruno Ferry
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko abakinnyi bose bashya iyi kipe yaguze mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi biteguye gukina...
-
Amakuru
/ 2 months agoAbafana ba Manchester United bagiye kwigaragambiriza akajagari mu ikipe
Itsinda rikomeye ry’abafana ba Manchester United ryitwa The 1958 ryatangaje ko riri gutegura imyigaragambyo rishinja ba nyiri iyi kipe kuyigira nk’ikinamico...
-
Amakuru
/ 2 months agoGabriel Martinelli yasabye imbabazi Conor Bradley
Premier League : Arsenal 0 – 0 Liverpool Mu mukino wahuje Arsenal na Liverpool warangiye ari ubusa ku busa (0-0) wabereye...


