Latest News
-
Amakuru
/ 3 months agoBonnie Mugabe yakomoje kuri maguya no guhwihwiswa kw’amakuru yo muri FERWAFA
Umunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangaje ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi neza ko amanyanga...
-
Amakuru
/ 3 months agoKigali : Hagiye kongera gukorerwa Licence A-CAF
Nyuma y’imyaka umunani abatoza b’umupira w’amaguru mu Rwanda batabona amahugurwa ya Licence A-CAF, hamenyekanye ko iyi mpamyabumenyi yo gutoza igiye kongera...
-
Amakuru
/ 3 months agoUmuhungu wa Thiago Silva yasinyiye Chelsea
Isago Silva, umuhungu w’icyamamare Thiago Silva wahoze akinira Brazil n’ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye ya mbere y’umwuga...
-
Amakuru
/ 3 months agoAFCON 2026 : Cameroun ntago yamahagaye Andre Onana
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo Igikombe cya Afurika (Afcon) kizabera muri Maroc gitangire ku wa 21 Ukuboza 2025, ikipe y’igihugu...
-
Amakuru
/ 3 months agoAmagare : Abanyarwanda batangiye neza muri Rwanda Epic
Umwuka w’ibirori n’amarushanwa wari wose kuri Mont-Kigali ku wa Mbere, tariki ya 1 Ukuboza 2025, ubwo hatangiraga ku nshuro ya gatanu...
-
Amakuru
/ 3 months agoRutsiro FC yahagaritse umutoza wayo
Nyuma y’igihe kitari gito Rutsiro FC ihanganye n’umusaruro muke muri shampiyona y’u Rwanda, ubuyobozi bw’iyi kipe bwafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana...
-
Amakuru
/ 3 months agoAPR FC yungutse amaraso mashya mbere yo guhura na Etincelles FC
Umunya-Burkina Faso ukina hagati muri APR FC, Memel Raouf Dao, yongeye kugaruka mu myitozo nyuma y’amezi hafi abiri yari amaze hanze...
-
Amakuru
/ 3 months agoBenshi mu bakinnyi b’Amavubi bakina hanze berekanye imbaraga zidasanzwe
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu bakina hanze bakomeje kwitwara neza mu makipe yabo, ibintu bikomeza gutanga icyizere ko bazaba bari ku rwego rushimishije...
-
Amakuru
/ 3 months agoUko inama za KNC zafashije Saint Eloi Lupopo imbere ya Al Hilal Omdurman
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yatangaje ko yagiriye inama umutoza wa Saint Eloi Lupopo, Guy Bukasa, mbere y’umukino...
-
Amakuru
/ 3 months agoFERWACY yatangaje umuyobozi mushya muri Tour du Rwanda
Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert ari we uhawe inshingano zo kuba Umuhuzabikorwa w’irushanwa...


