All posts tagged "Featured"
-
Imikino
/ 1 week agoAPR FC yegukanye Super Cup ya 2025 inyagiye Rayon Sports
FERWAFA SUPER CUP : APR FC 4-1 Rayon Sports Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya Super Cup ya 2025 nyuma...
-
Amakuru
/ 1 week agoAntoine Semenyo yerekeje muri Manchester City
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Manchester City yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu mpuzamahanga wa Ghana, Antoine...
-
Amakuru
/ 1 week agoMaj Gen Vincent Nyakarundi yahaye umukoro APR FC
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye abakinnyi b’ikipe ya APR FC abibutsa ko intego y’iyi kipe...
-
Amakuru
/ 1 week agoVolleyball :APR yatandukanye n’umutoza wayo
Ikipe ya APR Volleyball Club yatangaje ko yatangiye gushaka umutoza mushya uzasimbura Peter Kamasa, usoje amasezerano ye nyuma y’igihe cyiza yari...
-
Imikino
/ 1 week agoRPL – Police yataye inota imbere ya Al Merrikh ari nako Al Hilal iyegera
Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Kane, Police FC yanganyije na Al Merrikh igitego...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoFall Ngagne yagarutse mu myitozo nyuma kuva gukaraba
Rutahizamu w’Umunya-Sénégal, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’igihe kinini ikipe ivuga ko...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoHakizimana Muhadjiri yakiriwe bidasanzwe muri Nairobi United
Ikipe ya Nairobi United ikina mu cyiciro cya mbere muri Kenya yakiriye ku mugaragaro umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Hakizimana Muhadjiri, mu masezerano...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoImanishimwe Djabel yahishuye icyatumaga atagaragara cyane mu kibuga
Manishimwe Djabel yahishuye ko ikibazo cy’imvune ariyo impamvu yatumye atagaragara kenshi mu mwambaro wo Police FC mu mikino itambutse muri Rwanda...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoNta bwoba amakipe yo muri Sudan aduteye – Byiringiro Lague
Byiringiro Lague yatangaje ko amakipe yo muri Sudan akina shampiyona y’u Rwanda nta bwoba ateye Police FC mu rugamba rwo guhanganira...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoIntego za Ani Elijah nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine
Rutahizamu w’ikipe ya Police ,Ani Elijah yatangaje ko afite intego zo gutsinda ibitego byinshi muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo gutsinda...


