Stories By Mugisha Emmy Calvin
-
Amakuru
/ 3 months agoPerezida Kagame yakiriye umuteramakofe ufite ibiro birenga 100, Byinshi wamenya kuri we
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye ikirangirire mu mukino w’iteramakofe ku Isi, Carlos Takam ukomoka muri...
-
Amakuru
/ 3 months agoAMAFOTO: Pyramids, Rayon Sports, She Amavubi U20 baraye i Kigali
Amakipe atatu atandukanye harimo Pyramids Fc na Rayon Sports na Abangavu b’u Rwanda batarengeje imyaka 20, Bageze mu Rwanda bose amahoro....
-
Featured
/ 3 months agoSEFU yavuze icyo Ndikumana Asmani yabasabye kumwitura ubwo bamusuraga
Umukinnyi mpuzahanga w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati muri Rayon Sports, Niyonzima Olivier uzwi nka ‘SEFU’, Yavuzeko umukino wo kwishyura muri CAF...
-
Featured
/ 3 months agoKacyiru El Hadji Diouf azereka abanyarwanda igikombe cya CAF Champions League,APR Fc izahatanira
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru w’afurika ndetse no ku Isi, El Hadji Diouf ukomoka mu gihugu cya Senegal azerekana igikombe cya CAF...
-
Featured
/ 3 months agoAMAFOTO:Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi U20 yatakaje amanota imbere ya Super Falcons U20
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abagore batarengeje imyaka 20, Yari yakiriye Super Falcons ya Nigeria y’abagore batarengeje imyaka 20 kuri Pelé...
-
Featured
/ 3 months agoIkipe y’Igihugu Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo
Ikipe y’Igihugu Amavubi yamaze kugera muri Afurika y’Epfo aho igiye gukina na Zimbabwe mu mukino w’Umunsi wa munani wo gushaka itike...
-
Featured
/ 3 months agoOFFICIAL:Umukino wa Rayon Sports na El Merriekh wasubitswe
Uyu munsi saa 19h00, Nibwo hari hateganyijwe umukino mpuzamahanga wa gicuti wagombaga guhuza ikipe ya Rayon Sports na El Merriekh yo...
-
Amakuru
/ 3 months agoManzi Thierry, Anicet na Enzo batsindiye amadorali 100 mu myitozo y’Amavubi
Ikipe y’Igihugu Amavubi ikomeje kwitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Umukino uzahuza u Rwanda na Nigeria, Uzabera muri...
-
Featured
/ 3 months agoMessi yongeye kwitwara neza, Abanya-Argentina bamusezeraho
Lionel Messi yafashije ikipe y’Igihugu cye cya Argentina gutsinda umukino bari bakiriye Venezuela, Mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Ni...
-
Featured
/ 3 months ago“Inkuru zo kuduca intege tutaratangira umukino babireke, Byinshi Shema Fabrice yavuze ku Mavubi
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, Dr Shema Ngoga Fabrice yaherekeje ikipe y’Igihugu Amavubi y’U Rwanda iri kubarizwa muri Nigeria. ...


