Stories By Mugisha Emmy Calvin
-
Amakuru
/ 2 hours agoMyugariro w’Amavubi yahawe andi masezerano muri Standard de Liège
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Yahawe amasezerano mu ikipe ya Standard de Liège, Darrly Nkulikiyimana, Yahawe amasezerano mashya nk’umukinnyi wabigize umwuga mu...
-
Imikino
/ 3 hours agoIcyo amategeko ya BK Pro League avuga mu gihe Rayon Sports na Kiyovu SC zanganya amanota
Shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, BK Pro League isigaje imikino 2 ku makipe amwe andi asigaje umukino 1...
-
Imikino
/ 21 hours agoRutahizamu w’Amavubi Joy Lance Mickels yakiriye igihembo yakoreye
Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Joy Lance Mickels, Yatwaye igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu y’icyiciro cya mbere...
-
Imikino
/ 3 months agoNanone kandi? Real Madrid yongeye gutombora Man City muri Champions inshuro ya 6 mu myaka 7
Muri tombora y’Imikino ya 1/8 ya UEFA Champions League 2026, Real Madrid yongeye gutombora Manchester City ku nshuro ya 6 mu...
-
Amakuru
/ 3 months agoKimenyi Yves yasezeye ruhago nyuma y’imyaka 3 adakina
Umunyezamu w’Umunyarwanda, wahoze akina ruhago mu makipe atandukanye hano mu Rwanda, Kimenyi Yves yasezeye gukina umupira w’amaguru ku myaka 33 y’amavuko....
-
Amakuru
/ 5 months agoAmakipe 28 Ferwafa yatangaje azakina igikombe cy’Amahoro
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Ryatangaje amakipe 28 amaze kwiyandikisha mu irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2025-2026. Uyu munsi tariki ya 15...
-
Amakuru
/ 5 months agoCamarade wa Bugesera Fc ati “Utsinda Rayon Sports ukaryama ugasinzira”
Bugesera Fc yatsinze ikipe ya Rayon Sports mu mukino w’Umunsi wa 11 wa Shampiyona y’U Rwanda ibitego 2-1, Ni umukino wabereye...
-
Amakuru
/ 5 months agoYimwenyurira Kirasa yanenze inzitwazo z’umutoza wa APR Fc
Umutoza wa Gorilla Fc, Kirasa Alain, Ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru nyuma y’Umukino Gorilla Fc yanganyijemo na APR Fc ubusa ku busa,...
-
Amakuru
/ 6 months agoAmatariki ya Ferwafa Super Cup yamenyekanye
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, ‘FERWAFA’, Ryatangaje amatariki y’Umukino wa Super Cup, Iyo mikino izahuza Rayon Sports na APR Fc mu...
-
Amakuru
/ 6 months agoAgahinda ka Mo Salah yatewe nibyo Liverpool iri kumukorera
Rutahizamu w’umunya-Misiri, Mohamed Salah nyuma y’Umukino ikipe ya Liverpool yanganyijemo na Leeds United ibitego 3-3, Mo Salah ntiyigeze akina uwo mukino...


