Stories By Gatete Jimmy
-
Imikino
/ 3 months agoPremier League :Zubimendi yerekanye urwego rudasanzwe ubwo Arsenal yanyagiraga Nottingham
Mu mukino w’umunsi wa kane wa Premier League, ikipe ya Arsenal yatsinze Nottingham Forest ibitego 3-0, ikomeza kuza ku isonga ry’amakipe...
-
Imikino
/ 3 months agoCECAFA KAGAME CUP : Al Hilal yatumye ibyifuzo bya APR FC byo kugera kuri Finale biba inzozi
Mu mukino wari utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda no mu karere, APR FC yatsinzwe na Al Hilal Omdurman yo muri...
-
Imikino
/ 3 months agoHaringingo wa Kiyovu Sports yahaye ubutumwa bukomeye Rayons Sports mbere yo guhura
Mu gihe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025/26 yamaze gutangira Gorilla yisasira As Muhanga ikizamuka mu cyiciro cya kabiri, umutoza...
-
Imikino
/ 3 months agoPredictions – Dore uko ugomba kugura amakipe yo muri Premier League muri iyi weekend
Nyuma y’ikiruhuko cy’imikino mpuzamahanga, Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) irasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, ku wa Gatandatu no ku Cyumweru tariki...
-
Imikino
/ 3 months agoEverton irashaka kwegukana burundu Jack Grealish – Ibyanditswe mu binyamakuru
Ikipe ya Everton yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza [Premier League] irateganya kugura Jack Grealish, umukinnyi wo hagati usatira, ukinira...
-
Imikino
/ 3 months agoCECAFA KAGAME CUP : Gen.Patrick Nyamvumba yasuye ikipe ya APR FC mu mwiherero
Mu rwego rwo gutera inkunga no kongerera icyizere ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CECAFA Kagame Cup, Ambasaderi w’u Rwanda...
-
Imikino
/ 3 months agoIgitego cya Nduwimana Frank nicyo cyafunguye shampiyona ubwo Gorilla yatsinda As Muhanga
Ikipe ya Gorilla FC yatangiye neza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 yerekana ubushake bwo guhatana, nyuma yo gutsinda...
-
Imikino
/ 3 months agoRayon Sports yahaye umurongo ikibazo cya Ndikumana Asman mbere yo gucakirana na Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangiza ikibazo cy’amafaranga yari ibereyemo rutahizamu w’Umurundi, Asman Ndikumana, aho yishyuwe miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda....
-
Imikino
/ 3 months agoChelsea igiye kumara amezi abiri idafite rutahizamu wayo
Rutahizamu w’umwongereza ukinira Chelsea, Liam Delap, agiye kumara igihe kitari gito adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune y’imitsi y’akaguru bizwi...
-
Imikino
/ 3 months agoIzacyegukana izahembwa hafi ubwikube kane bw’ayo APR FC yegukanye umwaka ushize – Ibyo ukwiye kumenya kuri shampiyona y’uyu mwaka !
Umwaka mushya w’imikino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, uratangira ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki...


