Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 3 months agoCamarade wigeze kuyoboraho FERWAFA agiye gutangira kuburanishwa
Kalisa Adolphe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], agiye kugezwa imbere...
-
Imikino
/ 3 months agoLionel Messi agiye kongera amasezerano muri Inter Miami
Hari amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko rutahizamu w’Umunya- Argentine , Lionel Messi, ashobora kongera amasezerano...
-
Imikino
/ 3 months agoUCL : Liverpool ,PSG na Inter Milan zakoze ibyo zasabwaga – Raporo yose
Irushanwa rikomeye ku mugabane w’u Burayi, UEFA Champions League, ry’umwaka w’imikino wa 2025/26 ryakomereje ku muvuduko uri hejuru. Amakipe akomeye nka...
-
Imikino
/ 3 months agoUCL : Harry Kane yafashije Bayern Munich kunyagira Chelsea
Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Allianz Arena, rutahizamu w’umwongereza Harry Kane yongeye kwerekana ko atajya apfusha ubusa amahirwe abonye, atsinda ibitego...
-
Imikino
/ 3 months agoNdikumana Asuman agiye guhangana na Byiringiro Lague – Twinjira mu byitezwe ku munsi wa Kabiri wa Rwanda Premier League
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 igiye gukomeza hakinwa umunsi wa kabiri, aho amakipe akomeye arimo APR FC,...
-
Imikino
/ 3 months agoBarcelona igiye kwa Newcastle United idafite Lamine Yamal
Lamine Yamal, ntari ku rutonde rw’abagomba gukina umukino wa Champions League, FC Barcelona igiye kwakirwamo na Newcastle United kuri uyu...
-
Amakuru
/ 3 months agoThomas Partey yahakanye ibyaha byo gufata ku ngufu abagore aregwa
Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal, Thomas Partey, yahakanye ibyaha aregwa byo gufata ku ngufu abagore babiri ndetse no gukorera undi mugore...
-
Amakuru
/ 3 months agoRIB yavuze ko siporo atari ikirwa abanyabyaha bihishamo mu gihe abarimo Camarade bafunze !
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radio Rwanda,kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nzeri 2025, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr....
-
Ibindi
/ 3 months agoUndi munyamahirwe yateze 200frw atsindira arenga miliyoni mu masaha make hamwe na Fortebet
Mu gihe kitageze no ku masaha 24, umunyamahirwe umwe wateze amafaranga angana na 200 RWF gusa, yatahanye akayabo k’amafaranga 1,296,945 RWF...
-
Featured
/ 3 months agoClatous Chama arimo ! -Dore abakinnyi 23 Singida Black Stars igiye kumanukana i Kigali
Ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania izakina na Rayon Sports mu ijonjora ry’ibanze muri CAF Confederation Cup yashyize hanze...


