Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 2 weeks agoTaleb Vs Bruno Ferry – FERWAFA Super Cup ibura amasaha make ihatse iki ?
Stade Amahoro iraba ari indiri y’amarangamutima kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoAFCON 2025: umutoza wa Mali yishimiye ubutwari bw’abakinnyi be nubwo basezerewe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mali, Umubiligi Tom Saintfiet, yatangaje ko yishimiye cyane abakinnyi be n’ubwitange bagaragaje, nubwo basezerewe mu gikombe cy’Afurika...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoNtago bikwiye ko Kigali Pele Stadium ikinirwaho n’amakipe 10 – FERWAFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu hazashyirwa hanze uburyo bushya bwo...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoFERWAFA yatangaje ibirango n’inyito nshya bya shampiyona y’abagore
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje impinduka nshya mu mupira w’amaguru w’abagore, aho icyiciro cya mbere cyahinduriwe izina kikitwa “Rwanda...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoAntoine Semenyo yerekeje muri Manchester City
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Manchester City yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu mpuzamahanga wa Ghana, Antoine...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoAbakinnyi bashya ba Rayon Sports bose biteguye guhura na APR FC – Bruno Ferry
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko abakinnyi bose bashya iyi kipe yaguze mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi biteguye gukina...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoAbafana ba Manchester United bagiye kwigaragambiriza akajagari mu ikipe
Itsinda rikomeye ry’abafana ba Manchester United ryitwa The 1958 ryatangaje ko riri gutegura imyigaragambyo rishinja ba nyiri iyi kipe kuyigira nk’ikinamico...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoGabriel Martinelli yasabye imbabazi Conor Bradley
Premier League : Arsenal 0 – 0 Liverpool Mu mukino wahuje Arsenal na Liverpool warangiye ari ubusa ku busa (0-0) wabereye...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoMaj Gen Vincent Nyakarundi yahaye umukoro APR FC
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye abakinnyi b’ikipe ya APR FC abibutsa ko intego y’iyi kipe...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoVolleyball :APR yatandukanye n’umutoza wayo
Ikipe ya APR Volleyball Club yatangaje ko yatangiye gushaka umutoza mushya uzasimbura Peter Kamasa, usoje amasezerano ye nyuma y’igihe cyiza yari...


