Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 1 month agoLiverpool yasobanuje icyateye ukwangirwa igitego ku mukino na Man City
Ikipe ya Liverpool yatangaje ko yandikiye urwego rushinzwe abasifuzi b’umupira w’amaguru mu Bwongereza, (PGMOL), igaragaza impungenge zayo ku cyemezo cyafashwe n’abasifuzi...
-
Amakuru
/ 1 month agoIndi nkingi ya mwamba ya Chelsea igiye kumara ukwezi idakina
Umukinnyi wo hagati wa Chelsea, Romeo Lavia, ari mu bihe bitamworoheye nyuma yo kongera kugira ikibazo cy’imvune mu nyuma zo ku...
-
Imikino
/ 1 month agoAl Hilal SC yo muri Sudani yatanze ubutumwa bukomeye kuri AS Kigali
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku...
-
Amakuru
/ 1 month agoDua Lipa yagaragaye ari kureba Superclásico muri Argentine
Umuhanzikazi Dua Lipa, yagaragaye yambaye umwambaro w’ikipe y’igihugu ya Argentine ubwo yitabiraga umukino ukomeye wahuzaga amakipe y’amateka muri iki gihugu [Boca...
-
Amakuru
/ 1 month agoRwanda Premier League : Hahindutse byinshi ku mukino wa AS Kigali na Al Hilal Omdurman
Umukino wari utegerejwe cyane wagomba guhuza AS Kigali na Al Hilal Omdurman muri shampiyona y’u Rwanda, watunguranye ugirwa uwa gishuti mu...
-
Amakuru
/ 1 month agoIntare FC yitandukanije n’abatekamutwe bayiyitiriye bagucucura ababyeyi
Ubuyobozi bw’Irerero ry’ikipe y’abato ya Intare FC bwatangaje ko bwitandukanyije n’umugabo witwa Nibishimirwe Patrick, ukurikiranyweho kwambura abaturage bo mu Karere ka...
-
Amakuru
/ 1 month agoMaroc yatsinze ibitego 17-0 mu gikombe cy’Isi
Ku Cyumweru, tariki ya 9 Ugushyingo 2025, ikipe y’igihugu ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17 yanditse amateka akomeye mu mupira w’amaguru, itsinda...
-
Imikino
/ 1 month agoRuhago y’abagore : Incamake y’umunsi wa kane wa shampiyona
Imikino y’umunsi wa kane wa Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere yasize amakipe atandukanye yerekanye urwego ruri hejuru ndetse andi agaragaza ko...
-
Amakuru
/ 1 month agoShema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo...
-
Imikino
/ 1 month agoRobert Lewandowski yafashije Barcelona kwegera Real Madrid
Robert Lewandowski yongeye kwerekana ubuhanga bwe mu gutsinda ibitego, ubwo yafashaga FC Barcelona kubona amanota atatu akomeye itsinze Celta Vigo ibitego...


