Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 4 weeks agoLiverpool yatangaje indi nkingi ya mwamba yayo itazaboneka ku mukino wa Chelsea !
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yemeje ko umunyezamu we, Alisson Becker, atazaboneka mu mukino ukomeye bazahuramo n’ikipe ya Chelsea ku wa...
-
Imikino
/ 4 weeks agoFiston Kalala Mayere yabaye inzozi mbi kuri APR FC ubwo yakubitwaga na Pyramids FC
Mu mukino w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League waberaga kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatandatu, ikipe ya APR FC yahuye...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoIbiteye amacyenga ku musifuzi wasifuye APR FC na Pyramids FC
Umusifuzi w’imyaka 33 ukomoka muri Mauritania witwa Abdel Aziz Mohamed Bouh niwe ugiye gukiranura ikipe ya APR FC na Pyramids FC...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAmashirakinyoma ku kuba Robertinho agiye guhanisha Rayon Sports mu buryo bikomeye !
Ikipe ya Rayon Sports,biravugwa ko ishobora kuba igiye guhura n’ikibazo gikomeye gishobora kuyiviramo ibihano biturutse ku kutubahiriza amasezerano yagiranye n’uwari umutoza...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAmateka , imikino iheruka kubahuza n’ubunararibonye bivuga iki kuri APR FC imbere ya Pyramids
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Champions...
-
Ibindi
/ 4 weeks agoAgapari ke yari yashyizeho 1000 rwf cyonyine yatanze akayabo k’arenga miliyoni enye hamwe na Fortebet
Ntibyari byoroshye, ariko amahirwe ntiyamutengushye. Umwe mu batega muri kampani ya Fortebet yigaragaje nk’umwe mu bafite icyerekezo n’ukwizera, nyuma yo gutsindira...
-
Imikino
/ 4 weeks agoUCL- Galatasaray yatunguye Liverpool, Kylian Mbappé aca agahigo anafasha Real Madrid gutsinda
Umunsi wa kabiri wa UEFA Champions League wasize byinshi bivugwa ku mugoroba wo ku wa Kabiri, aho amwe mu makipe akomeye...
-
Imikino
/ 4 weeks agoUmunyarwandakazi yakoze amateka muri Lyon Half Marathon2025
Niyonkuru Florence, umukinnyi w’umunyarwandakazi ukinira Sina Gérard Athletics Club yo mu Karere ka Rulindo, yongeye kwandika amateka akomeye mu mikino yo...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAC Milan na Inter Milan zigiye kugura sitade ya San Siro
Amakipe abiri akomeye yo mu mujyi wa Milan mu Butaliyani, AC Milan na Inter Milan, yatangaje ko yishimiye intambwe ikomeye yatewe...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoImana ijye idufasha duhore dutombora za Pyramids na Al Ahly- Niyomugabo Claude
Kapiteni wa APR FC, Niyomugabo Claude, yavuze ko nta bwoba bafitiye Pyramids FC, ahubwo ko bifuza ko Imana yazajya ihora ibafasha...


