-
Amakuru
/ 4 weeks agoPep Guardiola yategetse abakinnyi ba Man City kujya kwipimisha ibilo
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko abakinnyi be bazongera gupimwa ibiro ubwo bazaba basubiye mu myitozo nyuma y’ikiruhuko gito...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoNyuma y’umutoza ;Rayon Sports igiye kumanura umwataka
Mu rugendo rwo kongera kubaka ikipe ikomeye ishobora guhatanira ibikombe, Rayon Sports ikomeje kwitwara neza ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza, aho hitezwe...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoTwamenye igihe imirimo yo kuvugurura Stade ya Huye izagerera ku musozo!
Imirimo yo kuvugurura Stade ya Huye irarimbanije, aho biteganyijwe ko izarangira mu ntangiriro za Gashyantare 2026, nk’uko amakuru yizewe yamenyekanye. Iyi...
-
Imikino
/ 4 weeks agoAFCON2025 -Ibrahim Diaz yafashije Maroc gutangirana intsinzi
Ikipe y’igihugu ya Maroc yakiriye Igikombe cya Afurika cya 2025 yatangiranye irushanwa intsinzi ifite agaciro, nyuma yo gutsinda Comoros ibitego 2-0...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAFCON izajya iba nyuma y’imyaka ine – Motsepe
Umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika ugiye kwinjira mu bihe bishya, nyuma y’itangazwa ry’impinduka zikomeye zakozwe n’Impuzamashyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoRPL Recap -Djibril Ouattara wa APR FC nta kosa imbere ya Gasogi United
Ikipe ya APR FC yongeye gutanga ubutumwa bukomeye mu rugamba rwa Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Gasogi United ibitego 2-0...
-
Imikino
/ 4 weeks agoJoao Pedro atumye Chelsea ikura inota rikomeye i St James’ Park
Kuri uyu wa Gatandatu, Chelsea yerekanye ko ifite umutima wo kudacika intege nyuma yo gukura inota rikomeye mu mukino wayihuje na...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoDore abanyarwanda bazagira uruhare muri AFCON 2025
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryatoranyije Abanyarwanda batandatu bazagira uruhare rukomeye mu itegurwa no mu micungire y’irushanwa rya TotalEnergies CAF...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoNiyonshuti Emerance yanze gusubira muri Rayon Sports WFC
Nyuma yo gutsindwa urubanza yarezegagamo Rayon Sports WFC asaba gusesa amasezerano, Niyonshuti Emerance yahisemo kudasubira mu kazi k’iyi kipe n’ubwo yari...
-
Imyidagaduro
/ 4 weeks agoEse The Ben yaba agiye gusubiza Bruce Melodie?
Umwuka w’ihangana ukomeje gututumba hagati ya The Ben na Bruce Melodie, ubwo imyiteguro y’igitaramo “The Nu Year Groove 2026” cya The...


