-
Urukundo
/ 1 month agoJames Maddison wa Spurs yongeye kubyara impanga yikurikiranya!
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Tottenham Hotspur, James Maddison, yahishuye ko yibarutse impanga ku nshuro ya kabiri …[aho umwe yamwise...
-
Amakuru
/ 1 month agoUmutoza wo muri Serbia yikubise hasi ubwo yarimo atoza ahita apfa
Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Mladen Zizović, wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu...
-
Amakuru
/ 1 month agoMikel Arteta yakomoje ku bukana bw’imvune ya Viktor Gyokeres
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko afite impungenge zikomeye kuri rutahizamu we w’Umunyasuwede Viktor Gyokeres, nyuma y’uko akomerekeye mu mukino...
-
Imikino
/ 2 months agoShampiyona y’abagore: AS Kigali yatunguwe mu buryo bukomeye
Umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y’abagore y’umupira w’amaguru mu Cyiciro cya Mbere wasize ikipe ya Macuba WFC itanze ubutumwa bukomeye, nyuma...
-
Amakuru
/ 2 months agoAPR FC yongeye gutaka ugukorwa mu mufuka
Nyuma yo kunganya na Rutsiro FC igitego 1–1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, ubuyobozi bwa APR...
-
Amakuru
/ 2 months agoAbafana ba Rayon Sports bihanangirije abayobozi babo
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza umwuka mubi mu buyobozi bwayo, abakunzi n’abafana bayo bafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba...
-
Amakuru
/ 2 months agoIntsinzi ya Rayon Sports imbere ya Marines FC yaherekejwe n’inkuru mbi
Umwuka w’ibyishimo waranze abafana ba Rayon Sports bari mu karere ka Rubavu kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Ugushyingo 2025, ubwo...
-
Amakuru
/ 2 months agoPremier League : Wolves yirukanye umutoza wayo wari utazi intsinzi
Ikipe ya Wolves yirukanye umutoza wayo Vitor Pereira nyuma y’uko ananiwe gutsinda umukino na umwe mu mikino 10 ya shampiyona y’uyu...
-
Imyidagaduro
/ 2 months agoMiss Jolly yatangaje benshi agura akayabo ‘Jersey’ ya PSG yihariye
Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 1 Ugushyingo 2025, Nyampinga w’U Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yari umwe mu bitabiriye...
-
Urukundo
/ 2 months agoEXCLUSIVE – Lamine Yamal yatandukanye n‘umukunzi we – Nicki Nicole
Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we, umuraperikazi w’umunya-Argentine Nicki Nicole, nyuma y’amakuru yakwirakwiye...


