Connect with us

Ibindi

Ku biceri 200 frw yatsindiye arenga miliyoni na Fortebet

Mu gihe benshi bakibaza niba gutega amafaranga make byabyarira umuntu inyungu nini, umugabo umwe yaciye ibintu ku mbuga z’imikino nyuma yo gutsindira akayabo k’amafaranga 1,367,725 RWF.

Uyu munyamahirwe, utatangajwe amazina, yatunguranye ubwo yategekagaho igikubo gikomeye gishingiye ku mikino 10, yifashishije amakipe 6 yakiniraga iwayo, andi 3 ari hanze ndetse n’umukino 1 yateganyije impande zombi ziza kunganya.

Ikidasanzwe kurushaho ni uko amafaranga yashese ari ibiceri 200 frw gusa—ariko yihitiramo ibikubo binini: 2.03 na 3.65, byerekana icyizere cyuzuye yari afitiye ibitekerezo bye.

Byose yabikoze mu masaha make, maze atungurwa no kubona konti ye ishyizwemo arenga miliyoni imwe mu buryo bwemewe n’amategeko, kuri ipari ifite nimero 25292260687354.

Amakuru yizewe yemeza ko amafaranga yose yatsindiye yamaze kuyishyurwa nta n’iminota icumi irenze, ibintu byashimangiwe n’ubuyobozi bw’urubuga rwo gutega ku mukino rwa Fortebet.

Nta gushidikanya, iyi nkuru ni icyemezo cy’uko amahirwe aba kuri buri wese, ndetse ko n’utwo duceri dukeya ufite  mu mufuka dushobora guhindura ubuzima.

Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari rya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://newseason-rw-login2.fortebet.info/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboard

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi