-
Amakuru
/ 4 weeks agoWest Ham yatangaje ugomba gusimbura Graham Potter uherutse kwerekwa imiryango
Ikipe ya West Ham United yo mu Bwongereza yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo gusezerera umutoza wayo Graham Potter nyuma y’amezi umunani...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAMAFOTO : Umunye-Espagne yanikiriye abangavu muri shampiyona y’isi y’amagare
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025,hakomezaga Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare. Hari hatahiwe icyiciro cy’abangavu batarengeje imyaka...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoMunyakazi Sadate yashyiriyeho Rayon Sports agahimbazamusyi kadasanzwe
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yatanze ubutumwa bukomeye ku bakinnyi n’abatoza b’iyi kipe, ababwira ko nibabasha gusezerera ikipe...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoTadej Pogačar yatatse ubwiza bw’imihanda ya Kigali
Umukinnyi w’umunya-Slovenia Tadej Pogačar, usanzwe ari na nimero ya mbere mu mukino w’amagare ku isi, yashimangiye ko isiganwa rya Shampiyona y’Isi...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoHarry Kane yakuyeho agahigo kari kari gafitwe na Cristiano Ronaldo na Halland
Rutahizamu w’Umwongereza, Harry Kane, yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, atsindira Bayern Munich ibitego bibiri mu mukino...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAMAFOTO-APR FC yijeje abafana itsinzi imbere ya Pyramids FC
Ku munsi wejo tariki ya 26 Kanama 2025, ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya mbere ku kibuga izakiriraho ikipe ya...
-
Featured
/ 4 weeks agoSEFU yavuze icyo Ndikumana Asmani yabasabye kumwitura ubwo bamusuraga
Umukinnyi mpuzahanga w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati muri Rayon Sports, Niyonzima Olivier uzwi nka ‘SEFU’, Yavuzeko umukino wo kwishyura muri CAF...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoCole Palmer wa Chelsea agiye kumara hanze hagati y’ibyumweru bibiri na bitatu
Umukinnyi wo hagati ariko ukina usatira mu ikipe ya Chelsea, Cole Palmer, agiye kuruhuka iminsi igera kuri 21 adakina kubera imvune...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoMugisha Moise wari uhanzwe amaso yasezeye muri shampiyona y’isi y’amagare !
Umunyarwanda Mugisha Moise yatangaje ko atazitabira umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare. Iri rushanwa rikomeje kubera mu Rwanda, rikaba riri...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoFERWAFA yemeje kugabanya umubare w’amakipe akina icyiciro cya kabiri
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [Ferwafa] ryatangaje ko rigiye kugabanya umubare w’amakipe akina shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri, mu rwego rwo kuyigira...