Connect with us

Ibindi

Agapari ke yari yashyizeho 1000 rwf cyonyine yatanze akayabo k’arenga miliyoni enye hamwe na Fortebet

Ntibyari byoroshye, ariko amahirwe ntiyamutengushye. Umwe mu batega muri kampani ya Fortebet yigaragaje nk’umwe mu bafite icyerekezo n’ukwizera, nyuma yo gutsindira akayabo k’angana na 4,399,417RWF abikesha ipari yari yatezeho 1,000RWF gusa.

Uyu munyamahirwe yateze ku mikino 17 itandukanye, guhera tariki ya 17 Nzeri 2025.Imikino ye ya nyuma yaje kumugora cyane mu gutegereza, ariko amaherezo asanga ibyiringiro bye byari bifite ishingiro.

Uyu munyamahirwe yari yateze ko amakipe ya Brentford na Manchester United bagombaga kwinjizanya igitego, kimwe no gutsinda kwa Manchester City imbere ya Burnley.

Byaje kurangira ibi bitekerezo bye byose bibaye impamo: Manchester United na Brentford binjizanyije igitego ku munota wa 26, naho Manchester City itsinda Burnley ibitego 5 kuri 1. Ibi byarangiye bitanze intsinzi y’amateka kuri uyu munyamahirwe, wahise yegukana miliyoni zirenga 4.4 z’amafaranga y’u Rwanda.

Itike ye yari ifite nimero 25259717917662, ikaba yanditse izina mu mateka ya Fortebet nk’imwe mu zatanze amamiliyoni menshi mu gihe gito cyane .

Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari rya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://newseason-rw-login2.fortebet.info/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm_

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi