Andi Makuru
-
Amakuru
/ 3 weeks agoVolleyball : APR yashimiwe n’uwahoze ari umutoza wayo
Nyuma yo kutongererwa amasezerano yo gukomeza gutoza APR Women Volleyball Club, Umutoza Peter Kamasa yasezeye kuri iyi kipe asiga ayigeneye ubutumwa...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoNdikumana Asman yahagaritswe icyumweru
Rutahizamu wa Rayon Sports, Ndikumana Asman, yahagaritswe by’agateganyo n’umutoza mukuru w’iyi kipe, Bruno Ferry, mu cyumweru kimwe, nyuma y’uko habayeho kutumvikana...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoUmukinnyi wa APR FC yihakanye kunnyega Mukeba
Umukinnyi wo hagati mu kibuga wa APR FC, Ronald Ssekiganda, yanyomoje amagambo yamwitiriwe ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko Rayon Sports ari...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoFERWAFA igiye gushyira miliyoni 100 muri ruhago y’Abagore
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryateganyije Ingengo y’Imari ingana na Miliyoni 102,550,000 Frw izakoreshwa mu guteza imbere umupira...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoFA CUP -Liam Rosenior yatangiranye intsinzi ihamye
FA CUP : Charlton Athletic 1 – 5 Chelsea Umutoza mushya wa Chelsea, Liam Rosenior, yatangiye neza inshingano ze, atoza ikipe...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoAFCON2025 – Misiri na Nigeria zageze muri 1/2
Nyuma y’ibihe bikomeye byaranze Ikipe y’Igihugu ya Nigeria bijyanye n’ibibazo by’amikoro, Super Eagles yakomeje kwerekana ko igifite umutima wo guhatanira igikombe,...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoHarimo imikino izaba saa tatu z’ijoro – Rwanda Premier League yatangaje izindi mpinduka!
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League (RPL) bwatangaje impinduka ku ngengabihe y’imikino ya Mutarama, zirimo n’umukino wa mbere mu mateka y’iyi shampiyona...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoTaleb Vs Bruno Ferry – FERWAFA Super Cup ibura amasaha make ihatse iki ?
Stade Amahoro iraba ari indiri y’amarangamutima kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoAFCON 2025: umutoza wa Mali yishimiye ubutwari bw’abakinnyi be nubwo basezerewe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mali, Umubiligi Tom Saintfiet, yatangaje ko yishimiye cyane abakinnyi be n’ubwitange bagaragaje, nubwo basezerewe mu gikombe cy’Afurika...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoNtago bikwiye ko Kigali Pele Stadium ikinirwaho n’amakipe 10 – FERWAFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu hazashyirwa hanze uburyo bushya bwo...


