Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim, yemeje ko rutahizamu w’Umuslovenia Benjamin Sesko akiri mu bihe bigoye nyuma yo kwinjira muri iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza.
Ibi bije nyuma y’amagambo y’uwahoze ari kapiteni wa United, Gary Neville, wavuze ko uyu musore ari kure cyane n’urwego rw’abandi bakinnyi bashya.
Sesko aherutse gukina umukino warangiye ari 2–2 na Nottingham Forest, ariko ntiyabasha kubona igitego nubwo yabonye amahirwe.
Kugeza ubu afite ibitego bibiri gusa mu mikino icumi ya Premier League. Amorim yavuze ko nubwo ibyo bitashimishije ikipe, bitamutunguye kuko Sesko ari kwiga umuvuduko n’uburyo bw’imikinire yo mu Bwongereza.
Amorim yabwiye abanyamakuru ati : “Birumvikana ko nta muntu wishimira kuvugwaho ko atari gukora neza, ariko ni ukuri. Ni urubyiruko rw’imyaka 22 ruri kwitoza mu irushanwa rikomeye kandi rikomeye cyane,”.
Umutoza w’Umunyaporuigali yongeyeho ko Sesko ari umukinnyi ukunda kwitanga, kuko akunda kugera ku kibuga cy’imyitozo cya Carrington saa moya n’igice za mu gitondo kandi agataha nyuma y’abandi bose.
Amorim yakomeje avuga ati : “Ni umwana ushaka kugenzura buri kintu, ariko muri ruhago ntibishoboka. Tugomba kumufasha gukura no kumenya uburyo bwo kwiyakira,”.
Nubwo hari abatangira gushidikanya ku mpano ya Sesko, ubuyobozi bwa United bukomeje kumwizera, ndetse bwemeza ko ari umusimbura mwiza wa Rasmus Hojlund woherejwe muri Napoli ku ntizanyo.
Amorim, umaze umwaka umwe atoza United, yavuze ko yizeye ko igihe kizagaragaza impinduka.
Manchester United izasura Tottenham muri iyi wikendi, mu mukino ushobora kugaragaza niba koko urugendo rwo kubaka ikipe nshya rwa Amorim ruri mu nzira nziza.
Ruben Amorim yemeje ko rutahizamu we ari guhurika
Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim, yemeje ko rutahizamu w’Umuslovenia Benjamin Sesko akiri mu bihe bigoye nyuma yo kwinjira muri iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza.
Ibi bije nyuma y’amagambo y’uwahoze ari kapiteni wa United, Gary Neville, wavuze ko uyu musore ari kure cyane n’urwego rw’abandi bakinnyi bashya.
Sesko aherutse gukina umukino warangiye ari 2–2 na Nottingham Forest, ariko ntiyabasha kubona igitego nubwo yabonye amahirwe.
Kugeza ubu afite ibitego bibiri gusa mu mikino icumi ya Premier League. Amorim yavuze ko nubwo ibyo bitashimishije ikipe, bitamutunguye kuko Sesko ari kwiga umuvuduko n’uburyo bw’imikinire yo mu Bwongereza.
INDI NKURU WASOMA : 1000 Hills Derby : Amakuru ku mpande zombi ,umwuka uhari n’abashobora kubanzamo
Amorim yabwiye abanyamakuru ati : “Birumvikana ko nta muntu wishimira kuvugwaho ko atari gukora neza, ariko ni ukuri. Ni urubyiruko rw’imyaka 22 ruri kwitoza mu irushanwa rikomeye kandi rikomeye cyane,”.
Umutoza w’Umunyaporuigali yongeyeho ko Sesko ari umukinnyi ukunda kwitanga, kuko akunda kugera ku kibuga cy’imyitozo cya Carrington saa moya n’igice za mu gitondo kandi agataha nyuma y’abandi bose.
Amorim yakomeje avuga ati : “Ni umwana ushaka kugenzura buri kintu, ariko muri ruhago ntibishoboka. Tugomba kumufasha gukura no kumenya uburyo bwo kwiyakira,”.
Nubwo hari abatangira gushidikanya ku mpano ya Sesko, ubuyobozi bwa United bukomeje kumwizera, ndetse bwemeza ko ari umusimbura mwiza wa Rasmus Hojlund woherejwe muri Napoli ku ntizanyo.
Amorim, umaze umwaka umwe atoza United, yavuze ko yizeye ko igihe kizagaragaza impinduka.
Manchester United izasura Tottenham muri iyi wikendi, mu mukino ushobora kugaragaza niba koko urugendo rwo kubaka ikipe nshya rwa Amorim ruri mu nzira nziza.
KWAMAMAZA: Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari ya mbere, Kanda munsi 👇👇👇
https://www.fortebet.rw/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm_
Must See
-
Amakuru
/ 14 hours agoSamuel Eto’o yangiwe kwiyamamariza kuyobora FECAFOOT
Mu gihe hasigaye iminsi mike mbere amatora azashyiraho Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 17 hours agoAmasezerano ya Visit Rwanda hagati y’u Rwanda na Arsenal mu marembera
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko amasezerano y’ubufatanye hagati ya Arsenal FC na Visit...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 2 days agoIshusho ngari twakuye muri APR FC yongeye gusubukura imyitozo
APR FC, yongeye gusubukura imyitozo yayo ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 2 days agoAl Hilal SC iri gukorera kuri Kigali Pele stadium ikomeje kwitegura MC Algier
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani ikomeje imyiteguro y’imikino y’amatsinda ya CAF...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 3 days agoAchraf Hakimi, Mohamed Salah na Victor Osimhen bahigitse abandi
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje urutonde rw’abakinnyi batatu bageze ku cyiciro cya...
By Gatete Jimmy
Inkuru zarebwe cyane
- 🚨LIVE REPORTING – Umubiligi Remco Evenepoel niwe wegukanye agace ka ITT – UCI Road World Championshipship 2025 (28,498)
- Abakinnyi 3 b’abanyarwanda bageze mu matsinda y’Imikino ya CAF abandi 2 bari ku muryango (21,570)
- Dore ama miliyoni amakipe azaza mu 8 ya mbere bazahebwa muri Shampiyona y’u Rwanda (21,152)
- Gen.Patrick Nyamvumba yasabye Rayon Sports kurwana ku izina ry’igihugu -AMAFOTO (20,504)
- Munyakazi Sadate yashyiriyeho Rayon Sports agahimbazamusyi kadasanzwe (19,616)

