Connect with us

Ibindi

Umunyamahirwe utangaje yakoze ipari imwe inshuro ebyiri atsindira 1,049,410 rwf

Mu byumweru byinshi abantu benshi baba bashakisha amahirwe yo gutsinda binyuze mu gutega ku mikino y’amahirwe (betting), ariko kuri iyi nshuro, umwe mu bakunzi b’iyi mikino yahiriwe ku buryo butangaje.

Uyu munyamahirwe, utarifuje ko amazina ye atangazwa, yatsindiye amafaranga angana na 1,049,410 Frw nyuma yo gukina itike ebyiri zifite amahitamo asa neza — ibintu bidasanzwe cyane.

Ibyo byabaye ubwo yari yahisemo gusheta ku ipari zifite nimero 25299395145225 na 25299395045225, aho yateganyaga ko amakipe yombi azatsindana (both teams to score).

Icyatangaje benshi ni uko itike zombi zari zimwe, bikaba bigaragaza ko yaba yarabikoze yabigambiriye cyangwa byaramucitse, gusa amahirwe ntiyamucitse na gato.

Uyu munyamahirwe yari asabwe gusa kongera gukina itike ye inshuro ebyiri kugira ngo yemererwe guhatanira igihembo cya buri cyumweru gitangwa na Fortebet. Yabikoze nta nkomyi, maze ubwo imikino yarangiye, itike ze zombi zitanga intsinzi yuzuye.

Nyuma yo gutangazwa n’uko itike ze zombi zatsinze, abashinzwe gutanga ibihembo bahise bemeza ko yatsindiye amafaranga arenga miliyoni imwe, ahabwa amafaranga ye yose mu buryo bwa cash nk’uko bisanzwe bikorwa.

Kugeza ubu, uyu munyamahirwe akomeje kwishimirwa n’inshuti ze n’abagenzi be mu mukino, ndetse benshi bakamufata nk’urugero rwiza rwo kwihangana no kwizera amahirwe.

Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari ya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://www.fortebet.rw/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm_

 

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi