Connect with us

Ibindi

Byamusabye ibyumweru bibiri kugirango atsindire miliyoni 26 frw na Fortebet

Mu gihe benshi babona gukina imikino y’amahirwe nko gupfusha amafaranga ubusa, hari umunyamahirwe wahamije ko iyi mvugo igomba gucika burundu abantu bagatangira gukirigita ifaranga.

Ku wa 18 Nzeri 2025, ni bwo umukunzi wa Fortebet yasoje urugendo rw’ipari rwatangiye ku wa 5 Nzeri, asarura miliyoni 26,099,320 RWF nyuma yo gutega amafaranga 2,000 RWF gusa.

Uyu munyamahirwe yahisemo gutega ku mikino 12 itandukanye, harimo n’iyo muri UEFA Champions League, harimo umukino wahuje Manchester City na Napoli, warangiye City itsinze ibitego 2-0. Yari yaguze ko hazaboneka ibitego birenze 1.5 (Over 1.5), kandi byarabonetse.

Indi mikino yaje gutuma tike iguma ku murongo ni aho Barcelona yatsindiye Newcastle mu Bwongereza. Nubwo byaje kuba ibihe bitoroshye cyane—New Castle yari igiye kwishyura nyuma y’uko Marcus Rashford atsinze igitego cya Kabiri ,gusa Barcelona yabashije gukomeza kwihagararaho kugeza ku musozo w’umukino.

Iyi tike y’amateka ifite nimero 3524772572469999, yari imaze iminsi 13 yose itararangira.

Uyu munyamahirwe ntago yatangarijwe amazina ye, ariko biragaragara ko ubuhanga, icyizere n’amahirwe byahuriye hamwe. Fortebet yamuhaye ubutumwa bugira buti: “Turakwishimiye!”

Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Forte Bet ;kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari rya mbere  : 👉👉👉👉  fortebet.rw .

 

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi