Connect with us

Imikino

Niyigena Clement ibyo yatangaje avuga ku gusezerera Pyramid Fc

Myugariro w’Umunyarwanda n’Ikipe ya APR Fc, Niyigena Clement, Yatangaje ko abakinnyi bose baganira uko bagomba gusezerera ikipe ya Pyramid Fc muri CAF Champions League. 

Niyigena Clement ibyo yabitangaje ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru ryihariye rya APR Fc aho yagize ati;

“Baba abayobozi baba abafana, Bafite uko bagiye bahiga. Abakinnyi kuruhande rwacu natwe twaraganiye, Pyramids tugiye guhura ku nshuro ya gatatu, Kuri iyi nshuro umutoza yatweretse uko tuzitwara ngo tubone itsinzi”.

Ikipe ya APR Fc, Yatomboye Pyramid Fc mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League,  Aho ayo makipe yombi biteganywa ko azakina umukino ubanza tariki ya 19-21 Nzeri 2025.

APR Fc niyo izakira umukino ubanza, Ikina niyo kipe ya Pyramid Fc yo mu misiri nayo ishaka kongera gutwara iryo rushanwa kuko ariyo yatwaye igikombe giheruka.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Advertisement

Must See

More in Imikino