Connect with us

Ibindi

Ibikubo byo ku mukino wose ndetse n’ibitego nibyo byahesheje umunyahirwe akayabo ka 1,531,607rwf

Mu gihe abenshi bagerageza amahirwe yabo mu mikino y’amahirwe ariko ntibabigereho, hari umukiliya umwe wagaragaje ubuhanga budasanzwe, yegukana akayabo k’asaga 1,531,607 RWF abikesha uburyo bwe bwihariye bwo gutega.

Uyu mukiliya, twamwise “umuhanga mu gutega”, yakoze ipari idasanzwe kandi itarakorwa muri uyu mwaka wose.

Icyo yatekereje cyose cyarabaye ku buryo bwita ku mukino wose — ni ukuvuga ko yatega ku ntsinzi y’ikipe runaka, anashyiraho ibitego bizaboneka muri uwo mukino.

Uburyo bwo gutega nk’ubu busaba ubushishozi n’ubumenyi ku buryo imikino iri kugenda ijya mbere, kandi bigaragaza ko uyu mukiliya atari umuntu uhitamo ibintu byose abonye.

Mu ipari ye, yahisemo ibikubo bya 5.70, 5.00, 4.65, 3.10, 2.98 na 2.78, byose abihuza mu ipari rimwe rifite nimero 25305437488313.

N’ubwo tutavuga uburyo nyir’ubwite yakoresheje mu gutegura iyi pari, biragaragara ko yatekereje cyane ku mukino n’igisobanuro cya buri kimwe .

Uko imikino yagiye ikinwa, buri kintu yateguye cyaragezweho — bituma amanota yose yikuba, bigatanga intsinzi idasanzwe. Umukiliya yahise ahabwa amafaranga ye yose, kuko nk’uko bisanzwe bigenda, cash ze zose zahise zinjizwa muri konti ye akoresheje uburyo bwa interineti.

Uyu munyamahirwe, n’ubwo amazina ye atatangajwe, yabaye urugero rwiza rw’uko gutekereza neza no kudacogora bishobora kwinjiriza umuntu amafaranga menshi kurusha uko yabyibazaga.

 Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari ya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://www.fortebet.rw/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm_

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi