Connect with us

Featured

Chelsea byanze, Man U ikomereza aho yasoreje kuri Liverpool nayo bikomeza kugorana

Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ubwongereza yari igeze ku munsi wa 9, Habaye imikino 5 yabonetsemo ibitego 20.

Leeds United niyo yatangiye ibona amanota 3 ubwo yatsindaga West Ham United ibitego 2 kuri 1, Chelsea yari yakiriye ikipe ya Sunderland yaje gutakaza amanota 3 yose nyuma yo kuva inyuma kwa Sunderland yabifashijwemo na Isidor Wilson yishyura igitego cya Garnacho yari yatsinze mu gice cya mbere ku monota wa 4’, Umukino waje kurangira ari ibitego 2-1.

INDI NKURU WASOMA: Hakim Ziyech wakiniye Chelsea ikipe yamusinyishije muri Afurika yamenyekanye

Ikipe ya Newcastle United yaje gutsinda Fulham ibitego 2 kuri 1, Mu gihe Ikipe ya Manchester United yatsinze ibitego 4 kuri 2, Umunya-Cameroon Brayn Mbeumo yatsinze ibitego 2 wenyine Mu gihe Umunya-Brazil Casemiro yatsinze na Matheus Cunha nawe yatsinze igitego cya mbere cya bimburuyiye ibindi byose muri uwo mukino.

Liverpool yongeye gutakaza amanota 3 nyuma yo gutsindwa na Brentford ibitego 3 kuri 2, Brentford yatsindiwe na Dango Ouattara na Kevin Schade na Igor Thiago witsinze, Liverpool yo ibitego byatsinzwe na Milos Kerkez na Mo Salah.

Arsenal iracyayoboye urutonde rw’agateganyo mu gihe Man United yaje muri Big 5.

KWAMAMAZA: Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari ya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://newseason-rw-login2.fortebet.info/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm_campaign=January2025_week40#/app/offer/top

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Featured