Connect with us

Ibindi

Umunyamahirwe yatsindiye hafi Miliyoni y’Amanyarwanda muri Fortebet

Mu bintu byafashwe igihe gito cyane ku wa 10 Ukwakira 2025, handitswe amateka atangaje ku isoko ry’imikino n’amahirwe.

Umwe mu banyarwanda ntagi yatinye gufata icyemezo cyihuse ariko cyaranzwe no kwiyizera, cyatumye atsindira amafaranga agera ku  989,500 FRW nyuma yo gutega 50,000 FRW ku mikino itanu yatoranyije mu buryo buhambaye.

Uyu munyamahirwe, utatangajwe amazina, yagaragaje ubushishozi budasanzwe mu guhitamo imikino yizeye ko izabonekamo ibitego byinshi.

Mu mikino itanu yatezeho, yahisemo gutega ku bitego gusa, ashyiraho ibikubo bya over 6.5, over 3.5, over 2.5, hamwe n’indi mikino ibiri ashyiraho over 1.5. Byose byagenze uko yabiteguye, harimo umukino umwe warangiye ari 9-0, umubare w’ibitego utamenyerewe na buri wese.

Nubwo hari aho byari bigoye, kuko imikino itatu muri itanu yarangiye hiyongereyeho igitego kimwe gusa kugira ngo ibikubo bibe byuzuye, gusa amahirwe ntiyamucitse. Yegukanye intsinzi iri ku itike ifite nimero 3528333704169999, maze amafaranga atsindiye ayahabwa ako kanya, nta gutegereza nkuko bisanzwe bikorwa ku batsindira ibihembo na Fortebet.

Ibi bigaragaza ko mu mukino w’amahirwe, kwihangana no kugira icyizere bishobora gutanga umusaruro ushimishije.

Niba utarafunguza konti muri Fortebet kandi ukaba wifuza gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Fortebet; kwiyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari rya mbere, Kanda munsi 👇👇👇

https://newseason-rw-login2.fortebet.info/?pref_device=desktop&utm_source=thedrum_rw&utm_medium=leaderboardHP&utm

 

Comments
Advertisement

Must See

Inkuru zarebwe cyane

Advertisement

More in Ibindi