Uguhangana ko hanze y’ikibuga hagati ya Rayon Sports na Singida Black Stars gukomeje gufata indi ntera mu gihe hasigaye iminsi ibarizwa ku ntoki impande zombi zigahurira mu mukino ubanza w’ijonjora ribanza rya CAF Confederations League uteganijwe kubera i Kigali kuri Kigali Pele Stadium ku wa gatandatu ku isaha y’I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba .
Ibi byaturutse ku butumwa ikipe ya Rayon Sports yanyujije ku rukuta rwayo rwo ku rubuga rwayo rwa X ikangurira abafana bayo kugura amatike amaze umunsi umwe ashyizwe muri sisiteme hanyuma bakazuzura sitade kuri uyu mukino utegerejwe na benshi.
Aho Rayon Sports yagize ati : “GIKUNDIRO irenge imipaka ,uko twuzuraga Stade muri ya majoro y’AMATEKA, twongere tubikore kuko tuzabahiga iteka!!!
“Kuzura kigali pele stadium nicyo abafana basabwa!!! Kuduha ibirori n’ibyishimo nicyo abakinnyi basabwa. ”
Mu buryo bwasize abafana ba Murere mu gutungurwa gukomeye ,ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania yagiye ahatangirwa ibitekerezo munsi y’ubu butumwa hanyuma yandikaho ijambo ryo mu giswahili rigira riti : “ Mtayaweza” risobanura mu Kinyarwanda ngo ‘uzabishobora’ hanyuma iherekezanya ubu butumwa uturangabyiyumviro [emojis] tugaragaza ibyishimo .
INDI NKURU WASOMA BIFITANYE ISANO : “Kuva Amorim yahabwaga akazi ,ikipe yarushijeho kubona ishyano!” : Wayne Rooney
Iyi kipe yabaye iya kane mu mwaka ushize muri shampiyona ya Tanzania ikaba izacakirana na Rayon Sports muri CAF Confederation Cup, yaraye yegukanye igikombe CECAFA Kagame Cup 2025 cyari cyanitabiriwe na mukeba wa Murera ,APR FC yari ihagarariye u Rwanda.
Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru kuri Kigali Pele Stadium ni bwo Ikipe ya Rayon Sports izakira Singida Black Stars mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2025.
Mbere y’uko iyi kipe yo muri Tanzania iza mu Rwanda, yabanje kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2025 itsinze Al Hilal yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri uyu wa Mbere saa Munani kuri KMC Stadium.
Ni ibitego bya Clatous Chota Chama mu gihe kimwe cya Al Hilal yari yasezereye APR FC muri 1/2 cyo cyatsinzwe na Abdelrazing Taha.
Ushaka gutega ku mukino itandukanye utavuye aho uri kandi ku bikubo utasanga ahandi mu Rwanda gana Forte Bet ;niba utariyandikisha kanda hano winjire mu muryango mugari utagira uwo uheza hanyuma uhabwe ikaze ry’amafaranga 200 frw yo gukoresha ipari rya mbere : 👉👉👉👉 fortebet.rw .
Uyu munsi tariki ya 16 Nzeri 2025 hari imikino itandukanye muri UEFA CHAMPIONS LEAGUE yamaze kugaruka ku nshuro ya kabiri ikinwa mu buryo buvuguruye .
Umukino uhatse iyindi yose n’uza guhuza Real Madrid mu rugo iraza kuba yakiriye Olyempique de Marseille ku isaha y’i saa tatu z’ijoro .
Gutsinda kwa Real Madrid bikubiye : 1.38 Kunganya 5.60 Gutsinda kwa Marseille bikubiye 7.80 .
Real Madrid iratangira urugendo rwo gushaka igikombe cya 16 cya Champions League ubwo izakira Olympique Marseille ku wa Kabiri mu mukino wo mu itsinda.
Nyuma yo gusezererwa muri 1/2 cya Club World Cup, Real Madrid yahagurutse neza maze itangira neza shampiyona ya La Liga ku nshuro ya mbere iyobowe n’uwahoze ari umukinnyi wayo akaba n’umutoza mushya Xabi Alonso. Los Blancos binjiriye mu kiruhuko cy’abakinnyi mpuzamahanga bafite ikizere gikomeye nyuma yo gutsinda Osasuna, Real Oviedo na Mallorca.
Kylian Mbappé yatsinze igitego kimwe akanatanga umupira wavuyemo ikindi gitsinzwe na Arda Güler, ubwo Real Madrid yakinaga ari abakinnyi 10 gusa ikabona intsinzi ya 2-1 kuri Real Sociedad ku wa Gatandatu ushize, ikomeza kuba ku mwanya wa mbere n’amanota 12 mu mikino ine, irusha amanota abiri Barcelona ifite igikombe cya shampiyona giheruka.
Olympique Marseille izajya mu murwa mukuru w’u Busipanye nyuma yo gutangira Ligue 1 mu buryo butari bwiza cyane, aho yatsinze imikino ibiri ya mbere yakinnye mu rugo ariko igatsindwa yose yakinnye hanze.
Nyuma yo gutsindirwa na Rennes yari ifite abakinnyi 10 gusa, Marseille yatsinze ikinyuranyo kinini cya 5-2, hanyuma itsindirwa na Lyon igitego 1-0 mu rugo rw’iyo kipe mbere y’ikiruhuko cy’abakinnyi mpuzamahanga. Nyuma y’icyo kiruhuko cy’ibyumweru bibiri, Marseille yatsinze Lorient ibitego 4-0 mu rugo, bikayifasha kuzamuka ku mwanya wa 7 ku rutonde rwa Ligue 1.
Tega nonaha!
REAL MADRID – OLYMPIQUE MARSEILLE
INDI MIKINO IHARI MURI UEFA CHAMPIONS LEAGUE KURI UYU MUNSI
Must See
-
Imikino
/ 1 week agoAPR FC yegukanye Super Cup ya 2025 inyagiye Rayon Sports
FERWAFA SUPER CUP : APR FC 4-1 Rayon Sports Ikipe ya APR FC yegukanye...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 1 week agoAntoine Semenyo yerekeje muri Manchester City
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Manchester City yatangaje ku mugaragaro ko...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 1 week agoMaj Gen Vincent Nyakarundi yahaye umukoro APR FC
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye abakinnyi b’ikipe ya...
By Gatete Jimmy -
Amakuru
/ 1 week agoVolleyball :APR yatandukanye n’umutoza wayo
Ikipe ya APR Volleyball Club yatangaje ko yatangiye gushaka umutoza mushya uzasimbura Peter Kamasa,...
By Gatete Jimmy -
Imikino
/ 1 week agoRPL – Police yataye inota imbere ya Al Merrikh ari nako Al Hilal iyegera
Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Kane,...
By Gatete Jimmy
Inkuru zarebwe cyane
- AMASHUSHO _ Byiringiro Lague yemeje ko APR FC izakuramo Pyramids (42,674)
- 🚨LIVE REPORTING – Umubiligi Remco Evenepoel niwe wegukanye agace ka ITT – UCI Road World Championshipship 2025 (42,478)
- Abakinnyi 3 b’abanyarwanda bageze mu matsinda y’Imikino ya CAF abandi 2 bari ku muryango (28,110)
- Dore ama miliyoni amakipe azaza mu 8 ya mbere bazahebwa muri Shampiyona y’u Rwanda (27,452)
- Gen.Patrick Nyamvumba yasabye Rayon Sports kurwana ku izina ry’igihugu -AMAFOTO (27,014)

