Generated by All in One SEO v4.9.5.1, this is an llms.txt file, used by LLMs to index the site. # The Drum Trusted Sports News, Anytime, Anytime. ## Sitemaps - [XML Sitemap](https://thedrum.rw/sitemap.xml): Contains all public & indexable URLs for this website. ## Posts - [Umunyarwanda yasinye muri Levante UD yo muri Spain](https://thedrum.rw/2026/06/25/umunyarwanda-yasinye-muri-levante-ud-yo-muri-spain/) - Aaron Murenzi uvuka ku babyeyi b’abanyarwanda bombi ariko akagira ubwenegihugu bw’Ububiligi, Yasinye mu ikipe ya Levante UD yo mu gihugu cya Spain. Murenzi afite imyaka 18 y’amavuko, Ni umukinnyi ukinira amakipe y’abato b’ikipe y’Igihugu y’ububiligi, Yasinye muri Levante UD avuye mu ikipe y’abato ba KRC Genk yo mu Bubiligi kandi yakiniye n’abato ba RSC Anderlecht. - [Amavubi yabonye umutoza mushya w’abanyezamu](https://thedrum.rw/2026/05/29/amavubi-yabonye-umuza-mushya-wabanyezamu/) - Ikipe y’Igihugu Amavubi yabonye umutoza mushya w’Abanyezamu ukomoka muri Brazil, Yaje asimbura Mugabo Alex usanzwe ari n’Umutoza w’abanyezamu ba APR Fc. Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo harimo Instagram, Bemeje amakuru y’Umutoza mukuru w’abanyezamu ukomoka mu gihugu cya Brazil witwa Ramos Dal Solio Rogerio wasimbuye Mugabo Alex. Ramos Dal Solio Rogerio - [Imbamutima za Noam Emeran wakiniye Man United wahamagawe bwa mbere mu mavubi](https://thedrum.rw/2026/05/27/imbamutima-za-noam-emeran-wakiniye-man-united-wahamagawe-bwa-mbere-mu-mavubi/) - Bwa mbere Noam Emeran yahamagawe mu ikipe y’Igihugu Amavubi n’umutoza Stephen Constantine, Igiye gukina imikino ya gicuti muri Morocco ukwezi gutaha Tariki ya 6 na 9 Kamena 2026, U Rwanda ruzakina na Tanzania na Comoros. Noam Emeran yavutse Tariki ya 24 Nzeri 2002, Avukira mu gihugu cy’Ubufaransa i Paray Le Monial, Ubu afite imyaka 23 - [Rayon Sports yatsinze Bugesera Fc yoroshya akazi ko kubona itike ya CAF Confederation Cup](https://thedrum.rw/2026/05/26/rayon-sports-yatsinze-bugesera-fc-yoroshya-akazi-ko-kubona-itike-ya-caf-confederation-cup/) - Rayon Sports yakinaga na Bugesera Fc mu mukino w’Umunsi wa 33, Muri Shampiyona y’u Rwanda BK Pro League iri kugana ku musozo, Umukino warangiye Rayon Sports itsinze ibitego 2-0 Bugesera Fc. Umukino wahuzaga Rayon Sports na Bugesera Fc waberaga kuri Kigali Pele Stadium, Watangiye Saa 18:30 za Kigali, Umusifuzi wari uyoboye uwo mukino ni Moise - [Icyo amategeko ya BK Pro League avuga mu gihe Rayon Sports na Kiyovu SC zanganya amanota](https://thedrum.rw/2026/05/26/icyo-amategeko-ya-bk-pro-league-avuga-mu-gihe-rayon-sports-na-kiyovu-sc-zanganya-amanota/) - Shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, BK Pro League isigaje imikino 2 ku makipe amwe andi asigaje umukino 1 ikagera ku musozo, Ari nabwo hazamenyekana ikipe izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Confederation Cup 2026-2027, Hamwe n’amakipe azamanuka mu kiciro cya kabiri. Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda 2025-2026 ntiyari isanzwe kubera abashyitsi: - [Myugariro w’Amavubi yahawe andi masezerano muri Standard de Liège](https://thedrum.rw/2026/05/26/myugariro-wamavubi-yahawe-andi-masezerano-muri-standard-de-liege/) - Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Yahawe amasezerano mu ikipe ya Standard de Liège, Darrly Nkulikiyimana, Yahawe amasezerano mashya nk’umukinnyi wabigize umwuga mu ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Standard de Liège yo mu bubiligi. Darrly Nkulikiyimana afite imyaka 21 y’amavuko asanzwe akina mu ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Standard de Liège nka myugariro (kuri 4 cyangwa 5), - [Rutahizamu w’Amavubi Joy Lance Mickels yakiriye igihembo yakoreye](https://thedrum.rw/2026/05/25/rutahizamu-wamavubi-joy-lance-mickels-yakiriye-igihembo-yakoreye/) - Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Joy Lance Mickels, Yatwaye igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Azerbaijan. Joy Lance Mickels wambara nimero 20 mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ no mu ikipe akina mo ya Sabah FK, Mu mwaka w’Imikino wa 2025-2026, Yafashije ikipe akinamo ya Sabah - [Nanone kandi? Real Madrid yongeye gutombora Man City muri Champions inshuro ya 6 mu myaka 7](https://thedrum.rw/2026/02/27/nanone-kandi-real-madrid-yongeye-gutombora-man-city-muri-champions-inshuro-ya-6-mu-myaka-7/) - Muri tombora y’Imikino ya 1/8 ya UEFA Champions League 2026, Real Madrid yongeye gutombora Manchester City ku nshuro ya 6 mu myaka 7 ishize. Ayo makipe yombi amaze gukina imikino 11 kuva mu mwaka wa 2020-2026 mu mikino ya UEFA Champions League, Manchester City yatsinze imikino 5, Banganya inshuro 3, Real Madrid itsinda inshuro 3. - [Kimenyi Yves yasezeye ruhago nyuma y'imyaka 3 adakina](https://thedrum.rw/2026/02/20/kimenyi-yves-yasezeye-ruhago-nyuma-yimyaka-3-adakina/) - Umunyezamu w'Umunyarwanda, wahoze akina ruhago mu makipe atandukanye hano mu Rwanda, Kimenyi Yves yasezeye gukina umupira w'amaguru ku myaka 33 y'amavuko. Kimenyi Yves abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yavuze ko yasezeye gukina umupira w'amaguru ariko avuga ko agiye gukomeza gufasha abana bakiri bato mu rwego rwo gufasha impano zabo ngo bazagere ku nzozi zabo. Kimenyi - [Adel Amrouche yareze FERWAFA](https://thedrum.rw/2026/01/17/adel-amrouche-yareze-ferwafa/) - Nyuma y’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rimenyesha ko ryatandukanye n’umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Adel Amrouche, uyu mutoza yamaze gufata icyemezo cyo kwitabaza Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), asaba kwishyurwa imishahara yose yari asigaje ku masezerano. Ku wa 13 Mutarama 2026, ni bwo FERWAFA yasohoye itangazo rigaragaza ko ryahagaritse Adel Amrouche - [Bruno Ferry yavuze kuri Ndikumana Asman nyuma yo kunyagirwa na Al Hilal](https://thedrum.rw/2026/01/18/bruno-ferry-yavuze-kuri-ndikumana-asman-nyuma-yo-kunyagirwa-na-al-hilal/) - Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko ibibazo bivugwa mu ikipe ye birimo guhagarika bamwe mu bakinnyi bidakwiye gushyirwa ku karubanda, ashimangira ko bizakemurirwa imbere mu ikipe. Ibi yabivuze nyuma y’umukino Rayon Sports yanyagiwemo na Al Hilal SC ibitego 4-0, wabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Mutarama 2026, kuri Stade Amahoro. Nyuma y’uyu - [RPL - Al Hilal SC yanyagiye mu buryo bukomeye Rayon Sports](https://thedrum.rw/2026/01/17/rpl-al-hilal-sc-yanyagiye-mu-buryo-bukomeye-rayon-sports/) - RWANDA PREMIER LEAGUE : Al -Hilal 4-0 Rayon Sports Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Rayon Sports ibitego 4-0 mu mukino wa Shampiyona wabereye kuri Stade Amahoro. Uyu mukino watangiye mu mwuka wo kwibuka Dr. Mugemana Charles wahoze ari umuganga wa Rayon Sports, aho abafana bake bari bitabiriye bahagurukiye kumuha icyubahiro. Ku - [Premier League : Dorgu afashije Man United guhagarika Man City](https://thedrum.rw/2026/01/17/premier-league-dorgu-afashije-man-united-guhagarika-man-cityndi/) - Premier League : Manchester United 2-0 Manchester City Urugendo rwa Manchester City rw’imikino 13 idatsindwa rumaze gushyirirwaho akadomo kuri Old Trafford, nyuma yo gutsindwa na Manchester United ibitego 2-0. Iyi ntsinzi yaje mu gihe United yari iri mu bihe bishya nyuma yo kwakira umutoza mushya w’agateganyo, Michael Carrick, bigaragara ko yahise azana impinduka mu mikinire. - [Micheal Carrick yakomoje ku gitutu kimuriho mbere ya derby ya Manchester](https://thedrum.rw/2026/01/17/micheal-carrick-yakomoje-ku-gitutu-kimuriho-mbere-ya-derby-ya-manchester/) - Umutoza mukuru wa Manchester United, Michael Carrick, yavuze ko amagambo ahora aturuka ku bakinnyi bahoze muri iyi kipe atamutera igitutu na gito, ayita “atari ingenzi” ku byo we n’abakinnyi be bibandaho. Ibi yabivuze asubiza Roy Keane, wahoze akinira United, wakomeje kumunenga mu magambo akakaye, harimo n’ibitekerezo ku buzima bwe bwite. Carrick, waje gusimbura Keane ku - [Volleyball : Kepler yasinyishije umunya - Puerto Rico](https://thedrum.rw/2026/01/17/volleyball-kepler-yasinyishije-umunya-puerto-rico/) - Kepler Volleyball Club yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi mpuzamahanga ukomoka muri Puerto Rico, Jair Santiago, mu rwego rwo gukomeza kongerera imbaraga ikipe yabo mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda ya Volleyball ya 2025/2026 izarangira muri Mata. Uyu mukinnyi ukina mu mwanya wa opposite hitter yasinye amasezerano y’igihe gito, aje gusimbura icyuho cyasizwe n’uwahoze ari kapiteni - [Rayon Sports mu biganiro byo gusinyisha abarimo Yannick Mukunzi](https://thedrum.rw/2026/01/17/rayon-sports-mu-biganiro-byo-gusinyisha-abarimo-yannick-mukunzi/) - Mu gihe shampiyona y’u Rwanda igiye kwinjira mu mikino yo kwishyura, amakipe arangajwe na Rayon Sports akomeje kwitegura mu buryo butandukanye agamije kunoza imikinire no kwirinda kwisanga mu makipe amanuka. Amakuru agera ku kinyamakuru The Drum yizewe avuga ko Rayon Sports yatangiye ibiganiro n’abakinnyi batatu b’abanyarwanda bafite amazina akomeye mu mupira w’amaguru, hagamijwe kongera imbaraga - [Umutoza wa Crystal Palace yatangaje igihe azatandukana  nayo](https://thedrum.rw/2026/01/17/umutoza-wa-crystal-palace-azatandukana-nayo-nyuma-yuyu-mwaka-wimikino/) - Umutoza wa Crystal Palace, Oliver Glasner, yatangaje ko azatandukana n’iyi kipe yo mu Bwongereza ku musozo w’uyu mwaka w’imikino, nyuma yo kwemeza ko atazongera gusinya amasezerano mashya azasimbura ari gusozwa. Uyu Munya-Autriche w’imyaka 51 yavuze ko yafashe uyu mwanzuro ashaka indi ntera nshya mu mwuga we wo gutoza. Glasner yavuze ko yamenyesheje ubuyobozi bwa Crystal - [Mukura VS  yasobanuje iby'ihitwamo ry’amakipe azakina Igikombe cy’Intwari](https://thedrum.rw/2026/01/17/mukura-vs-yasabye-ibisobanuro-ku-ihitamo-ryamakipe-azakina-igikombe-cyintwari-2026/) - Ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ibisobanuro ku buryo amakipe azakina Igikombe cy’Intwari cya 2026 yatoranyijwe, nyuma yo gusanga amategeko asanzwe agenderwaho atubahirijwe. Mukura yabaye ikipe ya kabiri isabye ibisobanuro kuri iki cyemezo, nyuma ya Kiyovu Sports na yo yari yagaragaje kutanyurwa n’uburyo byagenze. Ku wa - [Manchester City yamaze kumvikana iby'ibanze na Marc Guehi](https://thedrum.rw/2026/01/17/5631/) - Manchester City yongeye kugaragaza ko ishaka igikombe cya Premier League muri uyu mwaka, nyuma yo kongera imbaraga mu isoko ry’igura n’igurisha ryo muri Mutarama. Iyi kipe ya Pep Guardiola yasinyishije Antoine Semenyo avuye muri Bournemouth, uyu Munya-Ghana ahita yigaragaza atsinda ibitego bibiri anatanga umupira wavuyemo igitego mu mikino ibiri ya mbere yakinnye. City kandi yamaze - [Bruno Ferry yasubiye mu kazi mbere yo guhura na Al- Hilal SC](https://thedrum.rw/2026/01/17/bruno-ferry-yasubiye-mu-kazi-mbere-yo-guhura-na-al-hilal-sc/) - Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yamaze kugera mu Rwanda ndetse ahita atangira imyitozo itegura umukino ukomeye uzahuza Gikundiro na Al-Hilal SC, utegerejweho kongera guhesha ibyishimo abakunzi b’iyi kipe nyuma yo gutsindwa na mukeba . Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Mutarama 2026, ni bwo uyu mutoza w’Umunyafaransa yageze mu Rwanda, agaruka - [Manchester United yiyongereye amahirwe yo gusinyisha Carlos Baleba](https://thedrum.rw/2026/01/15/manchester-united-yiyongereye-amahirwe-yo-gusinyisha-carlos-baleba/) - Ikipe ya Manchester United iragenda irushaho kugira icyizere cyo kuzabona umukinnyi wo hagati wa Brighton & Hove Albion, Carlos Baleba, mu isoko ry’igura n’igurisha ryo mu mpeshyi iri imbere. Amakuru aturuka hafi y’iyi kipe yo ku kibuga Old Trafford agaragaza ko abayobozi bayo bari gutegura impinduka zikomeye mu kibuga hagati, bijyanye no kongera kubaka ikipe - [APR FC irangamiye  gutsinda irusha Al Merrikh SC](https://thedrum.rw/2026/01/15/apr-fc-irangamiye-gutsinda-irusha-al-merrikh-sc/) - Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yatangaje ko umukino iyi kipe ifitanye na Al Merrikh SC awufata nk’indi yose, ariko intego ye ari ugukina umupira mwiza unatanga intsinzi. Ibi yabigarutseho nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Amagaju FC igitego 1-0, mu mukino unasoza imikino ibanza ya shampiyona. Uyu mukino wabaye ku wa Gatatu tariki ya 14 - [Amagaju FC mu biganiro n’uwatoje Gor Mahia FC](https://thedrum.rw/2026/01/15/amagaju-fc-mu-biganiro-nuwatoje-gor-mahia-fc/) - Ikipe ya Amagaju FC ikomeje urugendo rwo gushaka umutoza mukuru mushya uzayifasha gusohoka mu bihe bigoye irimo, aho amakuru aturuka hafi yayo avuga ko Afahmia Lotfi ukomoka muri Tunisia n’Umwongereza Mark Harrison bari mu bahabwa amahirwe yo kuyitoza, bakazungirizwa na Mateso Jean de Dieu. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Amagaju FC yafashe icyemezo cyo gutandukana na - [Bruno Fernandes azaguma muri Manchester United](https://thedrum.rw/2026/01/15/bruno-fernandes-azaguma-muri-manchester-united/) - Kapiteni wa Manchester United, Bruno Fernandes, nta gahunda afite yo kuva muri iyi kipe muri uku kwezi kwa Mutarama, n’ubwo hari amakuru amaze iminsi avugwa ko ashobora gutekereza ku hazaza he nyuma y’iyirukanwa ry’umutoza mukuru Ruben Amorim. Mu minsi ishize, byavuzwe ko Fernandes yaba atanyuzwe n’uko ibintu byifashe muri Old Trafford, cyane cyane nyuma y’uko - [Volleyball- FRVB yatangaje batanu bagomba kuvamo utoza ikipe y’igihugu](https://thedrum.rw/2026/01/15/volleyball-frvb-yatangaje-batanu-bagomba-kuvamo-utoza-ikipe-yigihugu/) - Nyuma y’isozwa ry’amasezerano y’umutoza w’Umunyaburezili Paul de Tarso, Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryemeje ko abatoza batanu bamaze gutoranywa mu bazavamo uzahabwa inshingano zo gutoza amakipe y’igihugu ya Volleyball y’abagabo n’abagore. Aba batoza bazakora ibizamini by’imvugo (interviews) ku itariki ya 21 Mutarama, aho umwe muri bo ari we uzatoranywa. Uzatsinda azahita ahura n’inshingano - [Aliou Suane na Omborenga batunguye umutoza wa APR FC](https://thedrum.rw/2026/01/15/aliou-suane-na-omborenga-batunguye-umutoza-wa-apr-fc/) - Umutoza mukuru wa APR FC, Taleb Abdelrahim, yagaragaje ko yishimiye cyane uko Aliou Suane na Omborenga Fitina bitwaye mu mukino batsinzemo Amagaju FC igitego 1-0, nubwo aba bakinnyi bombi bari bamaze igihe badahabwa umwanya uhagije wo gukina. Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Muhanga waranzwe n’imbaraga n’ubwitange, cyane cyane ku ruhande rwa APR FC yakomeje - [Amagare :Moise Ntirenganya yasinyiye ikipe yo muri Kenya](https://thedrum.rw/2026/01/15/amagare-moise-ntirenganya-yasinyiye-yo-muri-kenya/) - Umunyarwanda ukiri muto ukina umukino w’amagare, Moise Ntirenganya, yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Team Amani yo muri Kenya, imwe mu makipe akomeje kwitwara neza ku mugabane wa Afurika. Ntirenganya w’imyaka 19, yari asanzwe ari umwe mu bakinnyi batoranyijwe mu mwiherero w’amahugurwa wateguwe binyuze muri gahunda ya World Cycling Centre (WCC). Nyuma y’ayo - [CAF yaciye amande Samuel Eto’o wagaragaye akankamira Motsepe](https://thedrum.rw/2026/01/15/caf-yaciye-amande-samuel-etoo-wagaragaye-akankamira-motsepe/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, nyuma yo kumusangana imyitwarire idahwitse mu marushanwa ategurwa n’uru rwego. Mu itangazo FECAFOOT yashyize hanze mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026, yatangaje imyanzuro yafashwe n’akanama ka CAF gashinzwe imyitwarire, karimo guhagarika Samuel Eto’o - [AFCON2025 – Maroc na Senegal zageze kuri finale](https://thedrum.rw/2026/01/15/afcon2025-maroc-na-senegal-zageze-kuri-finale/) - Nyuma y’imikino ya kimwe cya kabiri kirangiza yaranzwe n’ishyaka n’ihangana rikomeye, igihugu cya Maroc kizahura na Senegal ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025. Iyo mikino yombi yabaye ku wa Gatatu, yagaragaje inzira zitandukanye amakipe yanyuzemo, ariko iherezo rikaba rimwe: itike yo kugera ku mukino wa nyuma. Maroc, nk’igihugu cyakiriye irushanwa, yageze ku - [RPL -APR FC itsinze Amagaju ikomeza kurya Police FC isataburenge](https://thedrum.rw/2026/01/14/rpl-apr-fc-itsinze-amagaju-ikomeza-kurya-police-fc-isataburenge/) - Ikipe ya APR FC yakomeje kwerekana ko iri mu bihe byiza nyuma yo gutsinda Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona wabereye kuri Stade. Iki gitego cyatsinzwe na Omborenga Fitina cyafashije iyi kipe y’Ingabo guhita ifata umwanya wa kabiri n’amanota 32, irushwa abiri gusa na Police FC iyoboye urutonde. Uyu mukino - [Bruno Ferry yahagaritse undi mukinnyi ashinja kwihitiramo igihe cyo gukina](https://thedrum.rw/2026/01/14/bruno-ferry-yahagaritse-undi-mukinnyi-ashinja-kwihitiramo-igihe-cyo-gukina/) - Umukinnyi ukina hagati mu kibuga wa Rayon Sports, Bigirimana Abedi ukomoka mu Burundi, yahawe ibihano by’imbere mu ikipe nyuma y’imyitwarire itanyuze abatoza n’ubuyobozi, aho yashinjwe gushaka kwihitiramo imikino akinamo. Bigirimana Abedi wari umaze igihe gito agarutse mu kibuga avuye mu mvune yo munsi y’ikirenge, ntiyigeze agaragara mu mukino wa Super Cup wahuje Rayon Sports na - [Gabon yisubiyeho ku byemezo yafatiye abarimo Aubameyang](https://thedrum.rw/2026/01/14/gabon-yisubiyeho-ku-byemezo-yafatiye-abarimo-aubameyang/) - Leta ya Gabon yatangaje ko yakuyeho ibihano yari yafatiye ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru izwi nka Panthers, birimo n’ibyari byarafatiwe rutahizamu wayo w’icyamamare Pierre-Emerick Aubameyang, nyuma yo gutsindwa nabi mu gikombe cya Afurika cya 2025 (Afcon). Ikipe ya Gabon yari yitwaye nabi mu mikino ya nyuma yabereye muri Maroc, aho yasoreje ku mwanya wa nyuma mu - [AFCON2025- Mohamed Salah na Sadio Mane bahanzwe amaso mbere ya ½](https://thedrum.rw/2026/01/14/afcon2025-mohamed-salah-na-sadio-mane-bahanzwe-amaso-mbere-ya-½/) - Mu gihe Mohamed Salah azaba ayoboye ikipe y’igihugu ya Misiri mu mukino wa ½ cy’Igikombe cya Afurika cya 2025 izahuramo na Sénégal, azaba yikoreye igitutu kinini cy’abenegihugu be ndetse n’icyo yishyiriyeho nk’umukinnyi umaze igihe ategereje guterura igikombe cya Afurika. Ni umukino uteganyijwe kubera i Tangier, ufite igisobanuro gikomeye mu mateka y’uyu mukinnyi w’imyaka 33.Misiri ni - [RPL - Murenzi Abdallah yijeje aba-Rayons intsinzi imbere ya Al Hilal](https://thedrum.rw/2026/01/14/rpl-murenzi-abdallah-yijeje-aba-rayons-intsinzi-imbere-ya-al-hilal/) - Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yagaragaje icyizere gikomeye mbere y’umukino w’ingenzi w’ikirarane uzahuza ikipe ayoboye na Al Hilal, uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Kigali Pelé saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba. Uyu mukino uje mu gihe Rayon Sports ishaka kwisubiza icyizere nyuma yo gutsindwa bikomeye na APR FC mu Gikombe kiruta ibindi cya - [Uwakiniye Scotland na Chelsea yitabye Imana](https://thedrum.rw/2026/01/14/uwakiniye-scotland-na-chelsea-yitabye-imana/) - Eddie McCreadie, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Scotland ndetse na Chelsea yo mu Bwongereza, yitabye Imana afite imyaka 85. McCreadie azibukwa nk’umwe mu bakinnyi bakomeye banyuze ku ruhande rw’ibumoso ariko bugarira, aho yigeze gushimwa cyane n’umutoza Tommy Docherty wavuze ko ari we “myugariro w’ibumoso mwiza kurusha abandi i Burayi.” McCreadie yavukiye i Glasgow, akurira - [FERWAFA yahaye umucyo ugutandukana na Adel Amrouche](https://thedrum.rw/2026/01/14/ferwafa-yahaye-umucyo-ugutandukana-na-adel-amrouche/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryamaze gutandukana burundu n’umutoza w’Umunya-Algeria, Adel Amrouche, wari umaze amezi make ayobora Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo gusanga atarubahirije ibikubiye mu masezerano y’akazi yari afitanye n’iri shyirahamwe. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatatu, FERWAFA yavuze ko Amrouche - [Uwakoze muri Rayon Sports imyaka irenga 30 yitabye Imana](https://thedrum.rw/2026/01/14/uwakoze-muri-rayon-sports-imyaka-irenga-30-yitabye-imana/) - Mugemana Charles, se w’umuhanzikazi Queen Cha ndetse n’umwe mu bagize amateka akomeye mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi, nyuma y’imyaka myinshi atanga umusanzu ukomeye muri Rayon Sports. Inkuru y’uru rupfu rutunguranye yamenyekanye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama 2026, ikaba yakiriwe n’agahinda kenshi n’abakunzi ba siporo by’umwihariko - [Basketball :Tigers yasinyishije Nyamwasa Bruno na Shyaka Olivier](https://thedrum.rw/2026/01/13/basketball-tigers-yasinyishije-nyamwasa-bruno-na-shyaka-olivier/) - Ikipe ya Tigers Basketball Club ikomeje kwerekana ko intego zo kwitwara neza mu mwaka w’imikino wa 2026 igomba kuzesa, nyuma yo gusinyisha abakinnyi babiri bakomeye bavuye mu makipe akomeye mu Rwanda, ari bo Nyamwasa Bruno na Shyaka Olivier. Nyamwasa Bruno wakiniraga Patriots Basketball Club, ndetse na Shyaka Olivier wahoze muri REG Basketball Club, bashyize umukono - [Imbamutima za Xabi Alonso uherutse kwerekwa imiryango na Real Madrid](https://thedrum.rw/2026/01/13/imbamutima-za-xabi-alonso-uherutse-kwerekwa-imiryango-na-real-madrid/) - Xabi Alonso wari umaze igihe gito atoza Real Madrid, yatandukanye n’iyi kipe mu buryo bwatunguranye nyuma y’imikino 34 gusa ayitoza. Uyu mugabo w’imyaka 44 wahoze akinira Real Madrid akanayifasha kwegukana LaLiga na UEFA Champions League nk’umukinnyi, yasezerewe ku nshingano ze nyuma yo gutsindwa na FC Barcelona ibitego 3-2 mu mukino wa nyuma wa Super Cup - [OFFICIAL -Michael Carrick aragijwe Manchester United by’agateganyo](https://thedrum.rw/2026/01/13/official-michael-carrick-aragijwe-manchester-united-byagateganyo/) - Ikipe ya Manchester United yamaze kumvikana na Michael Carrick ku mwanya w’umutoza mukuru w’agateganyo, aho azungirizwa n’uwahoze ari umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Steve Holland. Iyi ni intambwe ikomeye kuri iyi kipe ikinira kuri Old Trafford iri mu bihe bikomeye nyuma yo kwirukana Ruben Amorim ku itariki ya 5 Mutarama, nyuma y’amezi 14 ataragera - [Yanga SC yaguze akayabo rutahizamu wifuzwaga na APR FC](https://thedrum.rw/2026/01/13/yanga-sc-yaguze-akayabo-rutahizamu-wifuzwaga-na-apr-fc/) - Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha umukinnyi wo mu kibuga hagati, Allan Okello, uheruka kwitwara neza muri Vipers SC yo muri Uganda. Iyi nkuru yakiriwe neza n’abakunzi b’iyi kipe, cyane ko Okello yari umwe mu bakinnyi bakurikiranywe cyane ku mugabane wa Afurika, ndetse akaba yaranifujwe n’ikipe ya APR - [Volleyball : APR yashimiwe n'uwahoze ari umutoza wayo](https://thedrum.rw/2026/01/13/volleyball-apr-yashimiwe-nuwahoze-ari-umutoza-wayo/) - Nyuma yo kutongererwa amasezerano yo gukomeza gutoza APR Women Volleyball Club, Umutoza Peter Kamasa yasezeye kuri iyi kipe asiga ayigeneye ubutumwa bwuje ishimwe, ishema n’amarangamutima y’umwihariko, agaragaza urugendo rw’imyaka ibiri yamaze ayibereye umutoza mukuru. Kamasa yagizwe Umutoza Mukuru wa APR WVC mu Ukuboza 2023, avuye muri East Africa University Rwanda Women Volleyball Club. Icyo gihe, - [Ndikumana Asman yahagaritswe icyumweru](https://thedrum.rw/2026/01/13/ndikumana-asman-yahagaritswe-icyumweru/) - Rutahizamu wa Rayon Sports, Ndikumana Asman, yahagaritswe by’agateganyo n’umutoza mukuru w’iyi kipe, Bruno Ferry, mu cyumweru kimwe, nyuma y’uko habayeho kutumvikana hagati yabo ku buryo umukinnyi agomba gukoreshwa mu kibuga. Iki cyemezo cyafashwe n’umutoza Bruno Ferry nyuma yo kubona ko uyu mukinnyi atubahiriza amabwiriza ahabwa n’abatoza, cyane cyane ajyanye n’umwanya yagombaga gukinamo. Amakuru yizewe agera - [Umukinnyi wa APR FC yihakanye kunnyega Mukeba](https://thedrum.rw/2026/01/11/umukinnyi-wa-apr-fc-yihakanye-kunnyega-mukeba/) - Umukinnyi wo hagati mu kibuga wa APR FC, Ronald Ssekiganda, yanyomoje amagambo yamwitiriwe ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko Rayon Sports ari ikipe ikwiriye gukina amarushanwa y’ibigo by’amashuri, aho yagaragaje ko ayo magambo atamuvuyemo na gato. Ibi byakurikiye umukino wa nyuma wa FERWAFA Super Cup wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 11 Mutarama 2026, wabereye kuri - [FERWAFA igiye gushyira miliyoni 100 muri ruhago y'Abagore](https://thedrum.rw/2026/01/11/ferwafa-igiye-gushyira-miliyoni-100-muri-ruhago-yabagore/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryateganyije Ingengo y’Imari ingana na Miliyoni 102,550,000 Frw izakoreshwa mu guteza imbere umupira w’amaguru w’Abagore muri uyu mwaka. Iyi ngengo y’imari yatangarijwe mu Nama y’Inteko Rusange Isanzwe yahuje abanyamuryango ba FERWAFA, aho haremejwe gahunda zitandukanye zigamije guteza imbere ruhago nyarwanda mu byiciro byose. Muri iyo nama, abayobozi - [FA CUP -Liam Rosenior yatangiranye intsinzi ihamye](https://thedrum.rw/2026/01/11/fa-cup-liam-rosenior-yatangiranye-intsinzi-ihamye/) - FA CUP : Charlton Athletic 1 - 5 Chelsea Umutoza mushya wa Chelsea, Liam Rosenior, yatangiye neza inshingano ze, atoza ikipe ye mu mukino wa FA Cup wo mu cyiciro cya gatatu itsinda Charlton Athletic ibitego 5-1, mu mukino wabereye kuri Valley stadium yari yuzuye abafana. Chelsea yagaragaje ubusugire bwayo kuva ku munota wa mbere, - [AFCON2025 - Misiri na Nigeria zageze muri 1/2](https://thedrum.rw/2026/01/11/afcon2025-misiri-na-nigeria-zageze-muri-1-2/) - Nyuma y’ibihe bikomeye byaranze Ikipe y’Igihugu ya Nigeria bijyanye n’ibibazo by’amikoro, Super Eagles yakomeje kwerekana ko igifite umutima wo guhatanira igikombe, isezerera Algeria mu mukino wa ¼ cy’Igikombe cya Afurika iyitsinze ibitego 2-0. Ni mu gihe kandi Misiri yakuyemo Côte d’Ivoire yari yegukanye igikombe giheruka, iyitsinze ibitego 3-2 mu mukino wari uryoheye ijisho. Iyi mikino - [APR FC yegukanye Super Cup ya 2025 inyagiye Rayon Sports](https://thedrum.rw/2026/01/10/apr-fc-yegukanye-super-cup-ya-2025-inyagiye-rayon-sports/) - FERWAFA SUPER CUP : APR FC 4-1 Rayon Sports Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya Super Cup ya 2025 nyuma yo gutsinda Rayon Sports ibitego 4-1, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu. Ni umukino wari witabiriwe n’abafana benshi bagera hafi ku bihumbi 40, bawuryohewe n’imikinire myiza y’impande - [Harimo imikino izaba saa tatu z'ijoro - Rwanda Premier League yatangaje izindi mpinduka!](https://thedrum.rw/2026/01/10/harimo-imikino-izaba-saa-tatu-zijoro-rwanda-premier-league-yatangaje-izindi-mpinduka/) - Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League (RPL) bwatangaje impinduka ku ngengabihe y’imikino ya Mutarama, zirimo n’umukino wa mbere mu mateka y’iyi shampiyona uzatangira Saa Tatu z’ijoro . Izi mpinduka zigamije korohereza isozwa ry’imikino y’igice cya mbere cy’umwaka w’imikino wa 2025/26 hadakomeje kubaho gutinda. Ku wa 11 Mutarama, Al Merrikh SC izacakirana na Mukura VS guhera Saa - [Taleb Vs Bruno Ferry - FERWAFA Super Cup ibura amasaha make ihatse iki ?](https://thedrum.rw/2026/01/10/taleb-vs-bruno-ferry-ferwafa-super-cup-ibura-amasaha-make-ihatse-iki/) - Stade Amahoro iraba ari indiri y’amarangamutima kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na Rayon Sports ziba zihuriye mu mukino wa FERWAFA Super Cup. Ni umukino ugaruka mu buryo budasanzwe,kuko uhuza amakipe abiri akomeye mu Rwanda ahora ahataniye ishema n’ubutegetsi bwa ruhago y’imbere mu gihugu. Uyu mukino usanzwe - [AFCON 2025: umutoza wa Mali yishimiye ubutwari bw’abakinnyi be nubwo basezerewe](https://thedrum.rw/2026/01/10/afcon-2025-umutoza-wa-mali-yishimiye-ubutwari-bwabakinnyi-be-nubwo-basezerewe/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mali, Umubiligi Tom Saintfiet, yatangaje ko yishimiye cyane abakinnyi be n’ubwitange bagaragaje, nubwo basezerewe mu gikombe cy’Afurika cya 2025 (AFCON 2025) nyuma yo gutsindwa na Sénégal igitego 1-0 mu mukino wa ¼ wabereye kuri Stade ya Tangier, ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama. Nyuma y’umukino, Saintfiet yabanje gushimira Sénégal ku - [Ntago bikwiye ko Kigali Pele Stadium ikinirwaho n'amakipe 10 - FERWAFA](https://thedrum.rw/2026/01/10/ntago-bikwiye-ko-kigali-pele-stadium-ikinirwaho-namakipe-10-ferwafa/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu hazashyirwa hanze uburyo bushya bwo gucunga no guteza imbere ibibuga by’umupira w’amaguru mu Rwanda, hagamijwe kubibyaza umusaruro no kubigira ishoramari rirambye. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2025, aho yagarukaga ku kibazo - [FERWAFA yatangaje ibirango n’inyito nshya bya shampiyona y’abagore](https://thedrum.rw/2026/01/09/ferwafa-yatangaje-ibirango-ninyito-nshya-bya-shampiyona-yabagore/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje impinduka nshya mu mupira w’amaguru w’abagore, aho icyiciro cya mbere cyahinduriwe izina kikitwa “Rwanda Women’s Super League”, kivuye ku izina cyari gisanzwe kizwiho cya D1 Women. Ibi byatangajwe ku mugaragaro mu muhango wabereye ku cyicaro gikuru cya FERWAFA kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, mu - [Antoine Semenyo yerekeje muri Manchester City](https://thedrum.rw/2026/01/09/antoine-semenyo-yerekeje-muri-manchester-city/) - Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Manchester City yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu mpuzamahanga wa Ghana, Antoine Semenyo, imukuye mu ikipe ya Bournemouth ku mafaranga agera kuri miliyoni 64 z’amapawundi. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yasinyiye City amasezerano y’imyaka itanu n’igice, akazambara nimero 42. Aya masezerano atumye Manchester City igera ku mafaranga - [Abakinnyi bashya ba Rayon Sports bose biteguye guhura na APR FC – Bruno Ferry](https://thedrum.rw/2026/01/09/abakinnyi-bashya-ba-rayon-sports-bose-biteguye-guhura-na-apr-fc-bruno-ferry/) - Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko abakinnyi bose bashya iyi kipe yaguze mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi biteguye gukina umukino wa Super Cup uzayihuza na APR FC. Ibi yabivugiye mu myitozo ya nyuma yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, mbere y’umukino uteganyijwe kuba ejo ku wa Gatandatu tariki ya - [Abafana ba Manchester United bagiye kwigaragambiriza akajagari mu ikipe](https://thedrum.rw/2026/01/09/abafana-ba-manchester-united-bagiye-kwigaragambiriza-akajagari-mu-ikipe/) - Itsinda rikomeye ry’abafana ba Manchester United ryitwa The 1958 ryatangaje ko riri gutegura imyigaragambyo rishinja ba nyiri iyi kipe kuyigira nk’ikinamico idafite icyerekezo. Iri tsinda ryamamaye cyane mu bikorwa byo kwamagana imiyoborere mibi ryigeze gukusanya ibihumbi by’abafana mu myigaragambyo yabaye muri Werurwe umwaka ushize. Mu byumweru bishize, umwuka mubi warushijeho kwiyongera ku bafana, cyane cyane - [Gabriel Martinelli yasabye imbabazi Conor Bradley](https://thedrum.rw/2026/01/09/gabriel-martinelli-yasabye-imbabazi-conor-bradley/) - Premier League : Arsenal 0 - 0 Liverpool Mu mukino wahuje Arsenal na Liverpool warangiye ari ubusa ku busa (0-0) wabereye kuri Emirates Stadium, habayeho igikorwa cyateje impaka nyinshi cyakozwe n’umukinnyi wa Arsenal, Gabriel Martinelli. Uyu musore yasabye imbabazi nyuma yo gusunika myugariro wa Liverpool, Conor Bradley, wari wakomeretse, agamije kumukuraho mu kibuga ngo umukino - [Volleyball :APR yatandukanye n'umutoza wayo](https://thedrum.rw/2026/01/09/volleyball-apr-yatandukanye-numutoza-wayo/) - Ikipe ya APR Volleyball Club yatangaje ko yatangiye gushaka umutoza mushya uzasimbura Peter Kamasa, usoje amasezerano ye nyuma y’igihe cyiza yari amaranye n’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Mu gihe hagishakwa umusimbura we, APR WVC iri gutozwa by’agateganyo na Igihozo Cyuzuzo Yvette. Peter Kamasa yageze muri APR WVC mu Ukuboza 2023, avuye muri East Africa University Rwanda - [Maj Gen Vincent Nyakarundi yahaye umukoro APR FC](https://thedrum.rw/2026/01/09/maj-gen-vincent-nyakarundi-yahaye-umukoro-apr-fc/) - Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye abakinnyi b’ikipe ya APR FC abibutsa ko intego y’iyi kipe ari ugutsinda buri mukino wose ikinnye, abasaba kuzajya mu kibuga bafite uwo murongo, by’umwihariko mbere yo guhura na Rayon Sports mu mukino wa Super Cup. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Kane tariki ya - [RPL – Police yataye inota imbere ya Al Merrikh ari nako Al Hilal iyegera](https://thedrum.rw/2026/01/09/rpl-police-yataye-inota-imbere-ya-al-merrikh-ari-nako-al-hilal-iyegera/) - Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Kane, Police FC yanganyije na Al Merrikh igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa shampiyona w’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye mu mvura nyinshi. Police FC yatangiye umukino neza cyane, ishyira igitutu mu mukino kuva mu minota ya mbere. Byanatanze umusaruro kare, ubwo - [Basketball : Shampiyona y’icyiciro cya mbere yatewe ipine](https://thedrum.rw/2026/01/09/basketball-shampiyona-yicyiciro-cya-mbere-yatewe-ipine/) - Shampiyona ya Basketball mu Rwanda yari iteganyijwe gutangira ku itariki ya 24 Mutarama 2026 yimuriwe ku ya 6 Gashyantare 2026, nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) rifashe icyemezo cyo kuyigiza inyuma kubera impamvu zijyanye n’ibibuga bizifashishwa. Iki cyemezo cyafashwe hagamijwe gutegura neza imikino no kwirinda imbogamizi zaterwa n’ibikorwa mpuzamahanga biteganyijwe kubera mu bibuga - [APR FC yijeje abafana intsinzi mbere yo guhura na Rayon Sports](https://thedrum.rw/2026/01/09/apr-fc-yijeje-abafana-intsinzi-mbere-yo-guhura-na-rayon-sports/) - Abakinnyi ba APR FC bagaragaje icyizere mbere yo guhura na Rayon Sports FC mu mukino wa FERWAFA Super Cup uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama 2026. Nubwo mukeba wabo yongeyemo abakinnyi bashya benshi, abakina mu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu bo bavuga ko batabyitayeho, ahubwo bagashyira imbaraga ku kwitegura no gutsinda. Ku wa Kane, tariki - [Chelsea iri kwifuza kugura Vinícius Júnior](https://thedrum.rw/2026/01/08/chelsea-iri-kwifuza-kugura-vinicius-junior/) - Dukurikije amakuru aturuka mu kinyamakuru Olé cyo muri Argentine, ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yatangiye kwifuza bikomeye gusinyisha rutahizamu w’umunya-Brésil Vinícius Júnior, ukinira Real Madrid, aho bivugwa ko iri gusuzuma gutanga akayabo ka miliyoni 150 z’amayero. Muri uyu mwaka w’imikino, Vinícius ntiyitwaye neza nk’uko byari bisanzwe bimuranga. Uyu musore w’imyaka 24 amaze imikino 17 - [Umunyabigwi wa Leeds United yitabye Imana](https://thedrum.rw/2026/01/08/umunyabigwi-wa-leeds-united-yitabye-imana/) - Uwahoze ari umukinnyi w’ikirangirire mu ikipe ya Leeds United no mu ikipe y’igihugu ya Wales, Terry Yorath, yitabye Imana afite imyaka 75, nyuma y’indwara yamufashe mu gihe gito. Inkuru y’urupfu rwe yakiriwe n’akababaro gakomeye mu bakunzi b’umupira w’amaguru, cyane cyane abo mu Bwongereza no muri Wales. Terry Yorath yatangiye umwuga we wo gukina umupira mu - [Rayon Sports yasozanyije n'abarimo Abdelaziz Harerimana](https://thedrum.rw/2026/01/08/rayon-sports-yasozanyije-nabarimo-abdelaziz-harerimana/) - Rayon Sports yatandukanye ku bwumvikane na rutahizamu wo ku ruhande, Abdelaziz ‘Rivaldo’ Harerimana, nyuma y’amezi atandatu gusa ageze muri iyi kipe yitoreza mu Nzove. Uyu mukinnyi yari yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Nyakanga 2025, avuye muri Gasogi United, ariko ntiyashoboye kwigaragaza bihagije ngo anyure abatoza ba Rayon Sports. Nubwo yari yaraje afite icyizere cyo gufasha - [AFCON2025- Rutahizamu wa Algeria yasabye imbabazi Lumumba](https://thedrum.rw/2026/01/08/afcon2025-rutahizamu-wa-algeria-yasabye-imbabazi-lumumba/) - Mu mukino wo gushaka itike ya ¼ cy’Igikombe cya Afurika cya 2025 wahuje Algérie na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, habaye inkuru yakomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko rutahizamu wa Algérie, Mohamed Amine Amoura, agaragaje imyitwarire yafashwe nabi na bamwe mu bafana. Nyuma y’uko Algérie itsinze igitego cyabahesheje intsinzi mu mukino wari ukomeye cyane, Amoura yishimiye - [OFFICIAL - Ishow Speed azareba FERWAFA Super Cup](https://thedrum.rw/2026/01/08/official-ishow-speed-azareba-ferwafa-super-cup/) - Ishow Speed, umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakunzwe cyane ku isi, ategerejwe mu Rwanda aho azitabira umukino wa Super Cup uzahuza amakipe akomeye mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports. Uyu mukino uteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, ukazabera muri Sitade Amahoro, ahazabera kandi undi mukino wa Super Cup mu bagore uzahuza - [Rwanda Premier League yatangaje impinduka mu ngengabihe y’imikino](https://thedrum.rw/2026/01/07/rwanda-premier-league-itangaje-ingengabihe-nshya-yimikino-nitangira-ryiyo-kwishyura/) - Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko imikino yo kwishyura ya shampiyona y’u Rwanda izatangira ku itariki ya 30 Mutarama 2026, nyuma y’ivugururwa ry’ingengabihe y’imikino ibanza n’iy’inyongera yari itegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Mutarama 2026, Rwanda Premier League yasobanuye ko habayeho kongera gutegura - [AFCON2025 – Gahunda yose nyuma yuko ibigugu byinshi bigeze muri ¼ cy’irangiza](https://thedrum.rw/2026/01/07/afcon-2025-gahunda-yose-nyuma-yuko-ibigugu-byose-bigeze-muri-¼-cyirangiza/) - Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika 2025 riri kubera muri Maroc rigeze aharyoshye cyane, nyuma y’uko amakipe umunani akomeye ku mugabane wa Afurika abashije kugera muri kimwe cya kane cy’irangiza. Iki cyiciro kije gikurikira imikino ya 1/8 yaranzwe n’amarangamutima menshi, aho habonetse intsinzi ku munota wa nyuma, penaliti n’imikino yarangiye nta nkuru. Ikipe ya Côte d’Ivoire ifite - [Hakizimana Muhadjiri yakiriwe bidasanzwe muri Nairobi United](https://thedrum.rw/2026/01/07/hakizimana-muhadjiri-yakiriwe-bidasanzwe-muri-nairobi-united/) - Ikipe ya Nairobi United ikina mu cyiciro cya mbere muri Kenya yakiriye ku mugaragaro umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Hakizimana Muhadjiri, mu masezerano mashya yitezweho kongerera imbaraga ubusatirizi bwayo. Uyu mukinnyi wari umaze igihe gito adafite ikipe, aherutse kugera muri Kenya aho yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bw’iyi kipe bikarangira ayisinyiye. Mu itangazo Nairobi United yanyujije ku mbuga nkoranyambaga - [Fall Ngagne yagarutse mu myitozo nyuma kuva gukaraba](https://thedrum.rw/2026/01/07/fall-ngagne-yagarutse-mu-myitozo-nyuma-kuva-gukuraba/) - Rutahizamu w’Umunya-Sénégal, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’igihe kinini ikipe ivuga ko yari yarataye akazi, ibintu byari byarateje urujijo n’impaka mu bakunzi ba Gikundiro. Ngagne aheruka kugaragara mu kibuga mu mpera za Gashyantare 2025, ubwo Rayon Sports yakinaga n’Amagaju FC i Huye, umukino yavuyemo avunitse bikomeye. - [Siga isi ari nziza kurusha uko wayisanze – Enzo Maresca yivuye imuzi](https://thedrum.rw/2026/01/07/siga-isi-ari-nziza-kurusha-uko-wayisanze-enzo-maresca-yivuye-imuzi/) - Uwahoze ari umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uko yiyumva nyuma yo gutandukana n’iyi kipe yo mu Bwongereza, icyemezo cyafashwe ku itariki ya 1 Mutarama. Ni ubutumwa bwaje busoza icyumweru cyari cyaranzwe n’amakuru menshi ku byabereye inyuma y’imiryango ya Stamford Bridge. Maresca, ukomoka mu Butaliyani, yavuye muri Chelsea nubwo yari - [AFCON 2025: Hura n’umufana wa DRC wahinduye amarira isomo ku si yose](https://thedrum.rw/2026/01/07/afcon-2025-hura-numufana-wa-drc-wahinduye-amarira-isomo-ku-si-yose/) - Mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cyabaye mu 2025 (AFCON 2025), abafana b’umupira w’amaguru babonye byinshi birenze imikino ikomeye n’ibyishimo byo gutsinda. Habayeho n’ishusho idasanzwe yabaye ikimenyetso cy’iri rushanwa, ikorwa n’umufana ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Michel Kaku Omangila, uzwi ku izina rya “Lumumba”. Nubwo ikipe ya DR Congo yasezerewe muri 1/8 cy’irangiza itsinzwe - [Handball : U Rwanda ruri kwitegura kwipima na Gabon](https://thedrum.rw/2026/01/07/handball-u-rwanda-ruri-kwitegura-kwipima-na-gabon/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Handball mu bagabo irimo kwitegura mu buryo bufatika Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 31 Mutarama 2026, aho izabanza gukina imikino ine ya gicuti izayifasha kunoza urwego rwayo. U Rwanda ruzitabira iri rushanwa ku nshuro ya kabiri mu mateka yarwo, rukaba ruri mu - [Eddie Howe yarasiye kure ibyo gutoza Manchester United](https://thedrum.rw/2026/01/06/eddie-howe-yarasiye-kure-ibyo-gutoza-manchester-united/) - Umutoza mukuru wa Newcastle United, Eddie Howe, yatangaje ko yishimiye cyane akazi ke muri iyi kipe, ahakana ibihuha byamuhuzaga n’umwanya w’ubutoza muri Manchester United, nyuma y’uko Ruben Amorim yirukanwe kuri uwo mwanya. Howe, wahawe akazi muri Newcastle mu Ugushyingo 2021, amaze igihe kinini ayitozamo ugereranyije n’abandi batoza benshi bo muri Premier League. Muri iyi shampiyona, - [Police FC iri kunoganoga rutahizamu wa AS Kigali](https://thedrum.rw/2026/01/06/police-fc-iri-kunoganoga-rutahizamu-wa-as-kigali/) - Mu gihe shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagabo igiye kugera mu gice cyayo cya kabiri [Phase retour], amakipe menshi atangiye kwitekerezaho, yiga aho yakongera imbaraga kugira ngo asoze umwaka w’imikino neza. Muri ayo makipe, Police FC iri mu ziyoboye urutonde rwa shampiyona ni imwe mu zatangiye gutegura intambwe z’ahazaza, cyane cyane mu gice cy’ubusatirizi. Amakuru - [AFCON2025- Umutoza wa DRC ntatewe ubwoba na Algeria](https://thedrum.rw/2026/01/06/afcon2025-umutoza-wa-drc-ntatewe-ubwoba-na-algeria/) - Algeria vs DR Congo [18:00pm] Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwerekana intambwe ishimishije mu mupira w’amaguru ku rwego rwa Afurika, kuva yagera muri kimwe cya kane mu Gikombe cya Afurika cyabereye muri Côte d’Ivoire mu 2023. Umutoza wayo, Sébastien Desabre, umufaransa w’imyaka 49, akomeje kuyobora iyi kipe mu cyerekezo gishya, aho - [Kiyovu Sports irimbanyije imyiteguro y’inteko rusange](https://thedrum.rw/2026/01/06/kiyovu-sports-irimbanije-imyiteguro-yinteko-rusange/) - Ikipe ya Kiyovu Sports irimo kwitegura inteko rusange izahuriza hamwe abanyamuryango bayo nyuma y’uko imikino ibanza izaba irangiye. Iyi nteko izaba ari umwanya wo gusuzuma aho ikipe igeze no kumurikira abanyamuryango imigabo n’imigambi ubuyobozi bufite mbere yo kwinjira mu mikino yo kwishyura. Nk’uko byatangajwe na Rwanda Premier League, Kiyovu Sports izasoza imikino ibanza (Phase Aller) - [Chelsea yatangaje umutoza mushya](https://thedrum.rw/2026/01/06/chelsea-yatangaje-umutoza-mushya/) - Ikipe ya Chelsea FC yatangaje ku mugaragaro ko Liam Rosenior ari we mutoza mukuru mushya, asimbuye Enzo Maresca wavuye kuri izi nshingano ku itariki ya mbere Mutarama. Iyi nkuru yakiriwe neza n’abakunzi b’iyi kipe yo mu Bwongereza, cyane ko Rosenior afatwa nk’umutoza ufite icyerekezo n’ubunararibonye bwubakiye ku gutegura neza amakipe atoza. Rosenior, ufite imyaka 42, - [RPL – Kiyovu Sports na Al Hilal zabonye intsinzi z’ingenzi](https://thedrum.rw/2026/01/06/rpl-kiyovu-sports-na-al-hilal-zabonye-intsinzi-zingenzi/) - Kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama, shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yakomeje ubwo hakinwaga imikino ibiri yakinwe, aho Kiyovu na Al Hilal zombi zabonye intsinzi z’ingenzi. Kuri Stade Kigali Pelé, Kiyovu yitwaye neza itsinda Gicumbi FC ibitego 4–1, intsinzi yahise iyizamura ku mwanya wa kane ku rutonde rwa shampiyona. Abayovu batangiye kwishima - [TRANSFERS-Man City irifuza kapiteni wa Crystal Palace](https://thedrum.rw/2026/01/06/transfers-man-city-irifuza-kapiteni-wa-crystal-palace/) - Manchester City iri kwiyongera mu makipe ari gukurikiranira hafi kapiteni wa Crystal Palace, Marc Guehi, muri uku kwezi kwa Mutarama, bitewe n’ibibazo bikomeje kuyivugirwamo by’imvune mu bwugarizi. Ibi ni ibyatangajwe n’itangazamakuru ryo mu Bwongereza, aho BBC yandika ko City yatangiye kureba niba yakwinjira mu biganiro byo gusinyisha uyu myugariro w’ikipe y’igihugu cy’u Bwongereza. Iki cyifuzo - [AFCON2025 -Misiri na Nigeria zabonye itike ya ¼](https://thedrum.rw/2026/01/06/afcon2025-misiri-na-nigeria-zabonye-itike-ya-¼/) - Imikino ya ⅛ cy’irangiza ry’Igikombe cya Afurika cya 2025 yakomeje gukinwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama 2026, aho Misiri na Nigeria zombi zabonye itike yo gukina muri ¼ cy’iri rushanwa, nyuma yo gutsinda Benin na Mozambique mu mikino itari yoroshye yabahuje. Umukino wa Misiri na Benin ni wo wabimburiye indi yakurikiyeho kuri - [Rayon Sports yibitseho myugariro ukubutse mu Buhinde](https://thedrum.rw/2026/01/05/rayon-sports-yibitseho-myugariro-ukubutse-mu-buhinde/) - Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwerekana ko yiyemeje kongera imbaraga mu bwugarizi bwayo, nyuma yo gusinyisha myugariro wo hagati ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Caongo, Ramazani Tshimanga Tshilembi, mu rwego rwo kwitegura neza igice cya kabiri cya Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/2026. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 yageze muri Gikundiro muri iri soko rito ryo - [Basketball :  Kepler yakuye inkingi ya mwamba muri APR](https://thedrum.rw/2026/01/05/basketball-kepler-yakuye-inkingi-ya-mwamba-muri-apr/) - Ikipe ya Kepler Women Basketball Club yemeje ko yasinyishije Assouma Uwizeye amasezerano y’umwaka umwe, avuye mu ikipe ya APR WBBC yari amazemo imyaka hafi icyenda kuva mu 2015. Iyi ni intambwe ikomeye ku mukinnyi umaze igihe kirekire ari umwe mu nkingi za mwamba muri shampiyona y’Igihugu ya Basketball mu bagore. Uwizeye, ufite imyaka 29, akina - [Rayon Sports WFC yashimiwe n’umunya-Kenya wayiciyemo](https://thedrum.rw/2026/01/05/rayon-sports-wfc-yashimiwe-numunya-kenya-wayiciyemo/) - Umunya-Kenya ukinira ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru, Rachael Muema, yanditse ubutumwa bwuje amarangamutima asezera ku ikipe ya Rayon Sports Women’s FC, aho yanyuze mbere yo gutangira indi ntambwe nshya y’umwuga we i Burayi. Muema, wakiniraga inyuma ku ruhande rw’ibumoso, yari yarasezeye iyi kipe mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino, ariko urugendo rwe rugana mu gihugu - [AFCON2025-Tunisia yahagaritse abatoza b’ikipe y’igihugu nyuma yo gusezererwa](https://thedrum.rw/2026/01/05/afcon2025-tunisia-yahagaritse-abatoza-bikipe-yigihugu-nyuma-yo-gusezererwa/) - Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 4 Mutarama, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tunisia (FTF) ryatangaje ko ryahagaritse ku mugaragaro amasezerano y’abagize bose bagize itsinda rya tekiniki ry’ikipe y’igihugu. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko Tuniziya isezerewe mu gikombe cya Afurika cy’ibihugu (CAN 2025) kiri kubera muri Maroc, aho yasezerewe mu ijonjora rya 1/8 ku wa - [Mu ishusho ngari ,icyo Ruben Amorim watandukanye na Manchester United azize](https://thedrum.rw/2026/01/05/mu-ishusho-ngari-icyo-ruben-amorim-watandukanye-na-manchester-united-azize/) - Nyuma y’amezi 14 gusa atoza Manchester United, ubuyobozi bw’iyi kipe bwemeje ko umutoza w’Umunya-Portugal Ruben Amorim atagifite akazi ke. Ni icyemezo cyatunguye benshi mu bafana, ariko nanone kigaragaza isura nyayo y’ibibazo byari bimaze igihe bigaragara kuri Old Trafford. Ubwo Amorim yageraga muri Manchester United, hari icyizere kinini. Abayobozi b’ikipe n’abafana bumvaga ko umutoza wari waritwaye - [FERWAFA SUPER CUP- Bruno Ferry yahishuye umugambi wo kwihorera kuri Mukeba](https://thedrum.rw/2026/01/05/ferwafa-super-cup-bruno-ferry-yahishuye-umugambi-wo-kwihorera-kuri-mukeba/) - Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yakomeje kugaragaza ituze n’icyerekezo mu myiteguro y’umukino wa Super Cup uzahuza Gikundiro na APR FC uteganyijwe ku wa 10 Mutarama 2026. Mu minsi itanu isigaye, amakipe yombi ari gukomeza imyitozo, aho yose yatsinze imikino yayo y’umunsi wa 14 wa shampiyona. Bruno Ferry, umaze imikino ibiri gusa atoza Rayon Sports, - [Minisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cyabaye ku mukino wa APR FC](https://thedrum.rw/2026/01/05/minisiteri-ya-siporo-yinjiye-mu-kibazo-cyabaye-ku-mukino-wa-apr-fc/) - Minisiteri ya Siporo yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’ibura ry’umuriro ryabaye mu mukino wa shampiyona wahuje APR FC na Bugesera FC, wabereye kuri Kigali Pele Stadium, hagamijwe kumenya icyabiteye no gufata ingamba zo kutazongera kubaho. Uyu mukino wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 3 Mutarama 2026, ku munsi wa 14 wa Shampiyona y’u Rwanda. APR - [AFCON2025 - Aziz Ki yemerewe kuva mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu](https://thedrum.rw/2026/01/04/afcon2025-aziz-ki-yemerewe-kuva-mu-mwiherero-wikipe-yigihugu/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Burkina Faso (FBF) ryatangaje ko umukinnyi wo hagati w’iyi kipe y’igihugu , Aziz Stéphane Ki, yemerewe kuva mu mwiherero w’ikipe by’agateganyo nyuma yo kugirwaho ingaruka n’akababaro gakomeye ko gupfusha umubyara. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, FBF yamenyesheje abakunzi b’umupira w’amaguru ko Aziz Ki yagize ibyago byo kubura umwana yafataga nk’umwana yibyariye. Uru - [Rúben Amorim yageneye ubutumwa ubuyobozi bwa Manchester United](https://thedrum.rw/2026/01/04/ruben-amorim-yageneye-ubutumwa-ubuyobozi-bwa-manchester-united/) - Umutoza Rúben Amorim yatangaje amagambo akomeye nyuma y’uko Manchester United inganyije na Leeds United igitego 1-1 kuri iki cyumweru, mu mukino wabereye kuri Elland Road. Uyu Munya-Portugal w’imyaka 40 yavuze ko yazanywe muri iyi kipe kugira ngo abe ureberera byose ikipe ikeneye [manager], atari ukuba umutoza gusa, mu butumwa bweruye bugenewe ubuyobozi bw’iyi kipe. Nubwo - [Imanishimwe Djabel yahishuye icyatumaga atagaragara cyane mu kibuga](https://thedrum.rw/2026/01/04/imanishimwe-djabel-yahishuye-icyatumaga-atagaragara-cyane-mu-kibuga/) - Manishimwe Djabel yahishuye ko ikibazo cy'imvune ariyo impamvu yatumye atagaragara kenshi mu mwambaro wo Police FC mu mikino itambutse muri Rwanda Premier League . Djabel winjiye mu kibuga asimbuye mu mukino Police FC yatsinzemo Gorilla ibitego 4-0 yagaragaje ko nawe arangamiye gutanga umusanzu we mu byiza ikipe iri kwifuza kugeraho ndetse ko arajwe ishinga no - [Nta bwoba amakipe yo muri Sudan aduteye - Byiringiro Lague](https://thedrum.rw/2026/01/04/nta-bwoba-amakipe-yo-muri-sudan-aduteye-byiringiro-lague/) - Byiringiro Lague yatangaje ko amakipe yo muri Sudan akina shampiyona y'u Rwanda nta bwoba ateye Police FC mu rugamba rwo guhanganira igikombe bahanganyemo . Ku wa 24 Ukwakira 2025 ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko ryamaze kwemerera amakipe ya Al-Hilal SC Omdurman, Al-Merrikh na Al-Ahli Wad Madani gukina muri Shampiyona y’Icyiciro - [Intego za Ani Elijah nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine](https://thedrum.rw/2026/01/04/5320/) - Rutahizamu w'ikipe ya Police ,Ani Elijah yatangaje ko afite intego zo gutsinda ibitego byinshi muri uyu mwaka w'imikino nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine mu mukino wa shampiyona ikipe ye yanyigiyemo Gorilla FC ibitego 4-0. Ku munsi wejo tariki ya 3 Mutarama 2025 nibwo uyu rutahizamu ukomoka muri Nigeria yatsindaga ibitego bitatu wenyine ndetse agatanga - [AFCON2025 -Umutoza wa Tunisia yemeye gushyirwaho umugayo wose](https://thedrum.rw/2026/01/04/afcon2025-umutoza-wa-tunisia-yemeye-gushyirwaho-umugayo-wose/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Tunisia, Sami Trabelsi, yemeye ko afite uruhare runini mu gusezererwa kwayo mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika (AFCON) riri kubera muri Maroc, nyuma yo gutsindwa na Mali kuri penaliti mu ijonjora rya 1/8. Uyu mukino wabereye kuri Stade Mohammed V warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 mu minota isanzwe no mu y’inyongera, - [RPL - Police FC ikomeje kwerekana ko ititeguye kurekura](https://thedrum.rw/2026/01/03/rpl-police-fc-ikomeje-kwerekana-ko-iteteguye-kurekura/) - Rutahizamu wa Police FC, Ani Elijah, yagaragaje ko ari mu bihe byiza nyuma yo gutsinda ibitego bitatu no gutanga umupira wavuyemo ikindi, mu mukino wahuje ikipe ye na Gorilla FC, bigafasha iyi kipe y’Igipolisi gukomeza kuyobora Shampiyona y’u Rwanda. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Mutarama 2026, ni bwo hakomezaga imikino y’Umunsi wa 14 - [Pascal Gross yasubiye muri Brighton & Hove Albion](https://thedrum.rw/2026/01/03/pascal-gross-yasubiye-muri-brighton-hove-albion/) - Umukinnyi mpuzamahanga w’Ubudage, Pascal Gross, yongeye kugaruka mu ikipe ya Brighton & Hove Albion avuye muri Borussia Dortmund, ku masezerano azageza muri Kamena 2027. Uyu mukinnyi wo hagati w’imyaka 34 yongeye kwakirwa neza n’abakunzi b’iyi kipe, nyuma y’igihe gito yari amaze mu Budage. Gross yari yarasezeye Brighton mu mezi 18 ashize, ayisiga amaze kuyikinira imikino - [Ibyitezwe mu gihe AFCON igeze aho umwana arira nyina ntiyumve !](https://thedrum.rw/2026/01/03/ibyitezwe-mu-gihe-afcon-igeze-aho-umwana-arira-nyina-ntiyumve/) - Irushanwa rikomeye ry’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika, TotalEnergies CAF Africa Cup of Nations Morocco 2025, rigiye kwinjira mu cyiciro kirushijeho gukomera guhera kuri uyu wa Gatandatu, aho hateganyijwe imikino ya 1/8 izamara iminsi ine. Ni icyiciro aho amakosa atakibabarirwa, kuko amakipe yose aba ahatana ku kuguma mu irushanwa cyangwa gusezererwa burundu. Nyuma y’icyiciro cy’amatsinda - [Uko Liam Rosenior azakinisha Chelsea – BYASOBANUWE BYOSE !](https://thedrum.rw/2026/01/03/uko-liam-rosenior-azakinisha-chelsea-byasobanuwe-byose/) - Ikipe ya Chelsea yongeye kwisanga mu bihe bigoye, nyuma yo gutangaza itandukana ritunguranye n’umutoza Enzo Maresca ku munsi wa mbere w’uyu mwaka mushya. Iki cyemezo cyafashwe mu buryo butunguranye cyatumye abayobozi b’iyi kipe batangira gushaka undi mutoza ushobora kuyifasha gusubira ku murongo, maze izina rya Liam Rosenior rihita rishyirwa imbere. Rosenior, kuri ubu utoza Racing - [Imbamutima za Ange mutsinzi watangije irerero rya ruhago](https://thedrum.rw/2026/01/03/imbamutima-za-ange-mutsinzi-watangije-irerero-rya-ruhago/) - Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi na Zira FK yo muri Azerbaijan, Ange Mutsinzi Jimmy, yafunguye irerero ry’umupira w’amaguru yise Iwacu Football Academy riherereye iwabo mu Byimana, Akarere ka Ruhango, mu Ntara y’Amajyepfo. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Mutarama 2026, aho Ange, ari kumwe n’abavandimwe, inshuti, abatoza bamureze n’abayobozi batandukanye b’umupira w’amaguru - [Rayon Sports yahaye nyirantarengwa Fall Ngagne](https://thedrum.rw/2026/01/03/rayon-sports-yahaye-nyirantarengwa-fall-ngagne/) - Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwahaye rutahizamu Fall Ngagne itariki ntarengwa yo kuba yagarutse mu kazi, nyuma yo gufata icyemezo ko kumara igihe adagaragara mu Rwanda bishobora gufatwa nko guta akazi, ibintu byashyira uyu mukinnyi mu bibazo bikomeye by’amasezerano. Fall Ngagne, ukomoka muri Sénégal, amaze igihe atagaragara mu kibuga kuva yavunikira mu mukino Rayon Sports yanganyijemo - [RPL – Musanze FC yatumye Gasogi United ikomeza kujya habi](https://thedrum.rw/2026/01/02/rpl-musanze-fc-yatumye-gasogi-united-ikomeza-kujya-habi/) - Gasogi United FC yakomeje kwitwara nabi muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsindwa na Musanze FC ibitego 3-0, mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatanu tariki ya 2 Mutarama 2026. Uyu mukino wari ufite igisobanuro gikomeye ku ruhande rwa Gasogi United, kuko yari imaze imikino - [Dore ibyo Rayon Sports izajya igenera Kwizera Olivier yasinyishije](https://thedrum.rw/2026/01/02/dore-ibyo-rayon-sports-izajya-igenera-kwizera-olivier-yasinyishije/) - Rwanda Premier League : Rayon Sports vs AS Muhanga Ikipe ya Rayon Sports yakomeje kwiyubaka yitegura imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda, yerekana ku mugaragaro umuzamu w’Umunyarwanda Kwizera Olivier nk’umukinnyi mushya wayo, wagarutse muri iyi kipe yari yaranyuzemo mu 2022. Uyu muzamu w’imyaka 30 yamaze gusinya amasezerano y’amezi atandatu, aho amakuru agera kuri The - [AFCON2025: Victor Osimhen yasibye imyitozo itegura Mozambique](https://thedrum.rw/2026/01/02/afcon2025-victor-osimhen-yasibye-imyitozo-itegura-mozambique/) - Kuri uyu wa Kane, ikipe y’igihugu ya Nigeria, Super Eagles, yakomeje imyitozo yitegura umukino wa ⅛ cy’Igikombe cya Afurika cya 2025 (AFCON) izahuramo na Mozambique, ariko imyitozo yabaye irimo inkuru zatumye abakunzi b’umupira bibaza byinshi. Abakinnyi batatu barimo Victor Osimhen ntibagaragaye mu myitozo yabereye i Fes muri Maroc. Umutoza mukuru, Éric Chelle, yahisemo ko imyitozo - [Tanzania : Imirimo yo kubaka stade izakira AFCON 2027 igeze kuri 70%](https://thedrum.rw/2026/01/02/tanzania-imirimo-yo-kubaka-stade-izakira-afcon-2027-igeze-kuri-70/) - Komiseri w’Intara ya Arusha, Amos Makalla, yasuye imirimo yo kubaka stade izifashishwa mu mikino y’Igikombe cya Afurika (AFCON) kizabera muri Tanzania mu 2027, agaragaza ko imirimo imaze kugera hejuru ya 70 ku ijana. Ibi yabitangaje nyuma yo kugenzura aho imirimo igeze, ashimangira ko umushinga uri gukorwa neza kandi ku murongo wateganyijwe. Makalla yavuze ko Leta - [Rayon Sports igiye kumanura umukinnyi waciye muri AS Vita Club](https://thedrum.rw/2026/01/02/rayon-sports-igiye-kumanura-rutahizamu-waciye-muri-as-vita-club/) - Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwerekana ko yiyemeje kongera kwiyubaka mu buryo bufatika, ikoresha neza iri soko rito ry’igura n’igurisha ryo muri Mutarama. Nyuma yo kongeramo amaraso mashya mu bakinnyi, ubu amakuru yizewe agera kuri The Drum avuga ko iyi kipe iri mu nzira nziza zo gusinyisha myugariro w’umunya-Congo, Yannick Bangala Litombo. Uyu mukinnyi w’imyaka - [Handball:Police yegukaniye irushanwa muri Uganda](https://thedrum.rw/2026/01/02/handballpolice-yegukaniye-irushanwa-muri-uganda/) - Ikipe ya Police Handball Club ihagarariye u Rwanda yegukanye irushanwa rya Handball rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati, ECAHF 2025, ryaberaga mu gihugu cya Uganda. Iri rushanwa ritegurwa n’Ishyirahamwe rya Handball muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati (ECAHF), rikaba ryarasojwe mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 1 Mutarama 2026. Police - [Uko Igitaramo ‘ The Nu-Year Groove’ cya genze](https://thedrum.rw/2026/01/02/uko-igitaramo-the-nu-year-groove-cya-genze/) - Igitaramo The Nu-Year Groove cya Mugisha Benjamin wamamaye nka ‘The Ben’ ya tumiyemo Itahiwacu Bruce uzwi nka ‘Bruce Melodie’ cyabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2026 cyanditse amateka mashya mu muziki nyarwanda, gihuriza ku rubyiniro abahanzi batandukanye. Iki gitaramo cyari gitegerejwe na benshi bitewe n’uko aba bahanzi bombi bamaze igihe - [Impamvu Gabon yahagaritse ikipe y’igihugu mu gihe kitazwi](https://thedrum.rw/2026/01/02/impamvu-gabon-yahagaritse-ikipe-yigihugu-mu-gihe-kitazwi/) - AFCON2025 : GABON 2- 3 Ivory Coast Guverinoma ya Gabon yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika by’agateganyo ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, ikuraho umutoza ndetse yirukana burundu bamwe mu bakinnyi b’inararibonye, nyuma y’umusaruro mubi bagize mu mikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika (AFCON) cyabereye muri Maroc. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa Gatatu n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Siporo - [Umutoza wa Strasbourg mu muryango winjira muri Chelsea](https://thedrum.rw/2026/01/02/umutoza-wa-strasbourg-mu-muryango-winjira-muri-chelsea/) - Nyuma y’itandukana rya Chelsea na Enzo Maresca ku wa Kane , ibiganiro byo gushaka umutoza mushya byahise bitangira, kandi izina rya Liam Rosenior utoza Strasbourg riri ku isonga mu bavugwa cyane. Maresca, w’imyaka 45, yasezeye ku mirimo ye kubera kutumvikana n’ubuyobozi bukuru bwa Chelsea n’abayishoyemo imari, ibintu byagize ingaruka no ku itsinda rye ry’abungiriza, nk’uko - [Imbamutima za Bernado Silva nyuma Man City ihaye urwaho Arsenal](https://thedrum.rw/2026/01/02/imbamutima-za-bernado-silva-nyuma-man-city-ihaye-urwaho-arsenal/) - PREMIER LEAGUE : Sunderland 0 -0 Man City Mu gihe shampiyona y’u Bwongereza igeze mu gice cya kabiri, isiganwa ryo kwegukana igikombe rikomeje gufata indi ntera, ariko Manchester City yatangiye gutakaza amanota y’ingenzi. Nyuma yo kunganya ubusa ku busa na Sunderland mu mukino wabereye kuri Stadium of Light, City yasigaye inyuma ya Arsenal ho amanota - [RPL - Gicumbi FC yakaniye kwegukana amanota ya Al Hilal](https://thedrum.rw/2026/01/02/rpl-gicumbi-fc-yakaniye-kwegukana-amanota-ya-al-hilal/) - Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) irongera gusubukurwa ku wa Gatandatu tariki ya 3 Mutarama, nyuma y’akaruhuko k’iminsi ibiri kahariwe kwizihiza umwaka mushya. Imikino iteganyijwe kuri uyu munsi iratanga icyizere cyo kubona amakipe ahatana ashaka kwitwara neza mu mikino ibanza y’uyu mwaka. Umukino uzakurura amaso ya benshi ni uzahuza Gicumbi FC na - [Dore abafite amahirwe yo gusimbura Enzo Maresca wasezeye Chelsea](https://thedrum.rw/2026/01/01/dore-abafite-amahirwe-yo-gusimbura-enzo-maresca-wasezeye-chelsea/) - Ikipe ya Chelsea FC yinjiye mu mwaka wa 2026 iri mu bihe bikomeye nyuma yo gutandukana n’umutoza Enzo Maresca ku munsi wa mbere w’umwaka mushya. Amakuru ava i Stamford Bridge agaragaza ko umubano wari warazambye hagati y’impande zombi, umusaruro ugakomeza kugabanuka ku buryo ubuyobozi bwafashe icyemezo gikomeye nubwo shampiyona yari igikomeje. Maresca asize Chelsea iri - [AS Muhanga mu nzira zo kongerera imbaraga ubusatirizi](https://thedrum.rw/2026/01/01/as-muhanga-mu-nzira-zo-kongerera-imbaraga-ubusatirizi/) - Nyuma yo kumara igice cya mbere cya shampiyona ya Rwanda Premier League (RPL) idashobora kuva mu myanya ihabanye n’amanota make, umutoza wa AS Muhanga, Moussa Gatera, yatangaje ko iyi kipe ikeneye kongerwamo abakinnyi bashya mu isoko ry’igura n’igurisha rigiye gufungurwa mbere y’uko hatangira imikino yo kwishyura. AS Muhanga iri ku mwanya wa kabiri uhereye hasi - [Rutahizamu wa Al Hilal FC arangamiye urukweto rwa zahabu](https://thedrum.rw/2026/01/01/rutahizamu-wa-al-hilal-fc-arangamiye-urukweto-rwa-zahabu/) - Rutahizamu wa Al Hilal FC, Emmanuel Flomo, yatangaje ko afite intego yo gusoza shampiyona y’u Rwanda ari we uyoboye abandi mu gutsinda ibitego, nyuma yo gutangira neza umwaka w’imikino wa Rwanda Premier League. Uyu musore ukomoka muri Liberia amaze gutsinda ibitego bitandatu mu mikino icyenda ya shampiyona, n’ubwo yatangiriye mu kibuga imikino ibiri gusa. Flomo - [AFCON2025 - Umutoza wa Misiri yifatiye ku gahanga imyanzuro ya CAF](https://thedrum.rw/2025/12/31/afcon2025-umutoza-wa-misiri-yifatiye-ku-gahanga-imyanzuro-ya-caf/) - AFCON ; MISIRI 0 -0 ANGOLA Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Misiri, Hossam Hassan, yatangaje ko umukino banganyijemo na Angola ari igihamya cy’uko ikipe ye yiteguye neza icyiciro gikurikiraho cya 1/8 mu Gikombe cya Afurika cya 2025, anagaragaza impamvu zo guhinduranya abakinnyi ndetse n’ibitekerezo bye ku ihinduka rya gahunda y’iri rushanwa. Misiri yanganyije na Angola - [AFCON2025 - Kalidou Koulibaly yatanze ubutumwa bukomeye](https://thedrum.rw/2025/12/31/afcon2025-kalidou-koulibaly-yatanze-ubutumwa-bukomeye/) - AFCON2025 : BENIN 0- 3 Senegal Mu mukino wahuje Senegal na Benin warangiye Intare za Teranga zitsinze ibitego 3-0, Kapiteni w’iyi kipe Kalidou Koulibaly yanyuze mu bihe bikomeye ubwo yasohorwaga mu kibuga. Nubwo yahawe ikarita itukura mu minota ya nyuma y’umukino, ibyishimo byo kubona ikipe ye isoje itsinda iri ku mwanya wa mbere byabaye byinshi - [FERWAFA yashyize ahagaragara ibisabwa ku makipe azakina shampiyona z’abato](https://thedrum.rw/2025/12/31/ferwafa-yashyize-ahagaragara-ibisabwa-ku-makipe-azakina-shampiyona-zabato/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje amabwiriza mashya azagenderwaho mu kwemerera amakipe azakina shampiyona z’abato mu mwaka w’imikino wa 2025/2026. Aya mabwiriza yashyizwe ahagaragara mu ijoro ryo ku wa 30 Ukuboza 2025, agamije kunoza imitegurire n’imigendekere myiza y’amarushanwa y’abato. Nk’uko byatangajwe na FERWAFA, shampiyona zirebwa n’aya mabwiriza ni iz’abatarengeje imyaka 17 (U17) n’abatarengeje imyaka - [Unai Emery yasobanuye icyamuteye kudasuhuza Mikel Arteta](https://thedrum.rw/2025/12/31/unai-emery-yasobanuye-icyamuteye-kudasuhuza-mikel-arteta/) - PREMIER LEAGUE : ARSENAL 4 -1 ASTON VILLA Mu mukino wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo ku wa Kabiri, Arsenal yerekanye imbaraga zidasanzwe itsinda Aston Villa ibitego 4-1, ikomeza kuyobora Shampiyona y’u Bwongereza n’amanota atanu irusha iyikurikiye. Ni umukino watumye benshi bongera kwizera ko “Gunners” bashobora guhagarika imyaka 22 bari bamaze badatwara igikombe. Nyuma - [Rayon Sports yitegura AS Muhanga yahuye n’igihombo gikomeye](https://thedrum.rw/2025/12/31/rayon-sports-yitegura-as-muhanga-yahuye-nigihombo-gikomeye/) - RWANDA PREMIER LEAGUE : Rayon Sports Vs AS Muhanga [18:30 PM] Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura umukino ikomeye izahuramo na AS Muhanga mu gihe ikirimo guhangana n’ikibazo cy’imvune z’abakinnyi bayo bakomeye. Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2025, ukazaba ari amahirwe yo kongera kwiyubaka nyuma y’igihe iyi kipe ititwaye neza muri - [Antoine Semenyo yasezeye abafana ba Bournemouth](https://thedrum.rw/2025/12/31/antoine-semenyo-yasezeye-abafana-ba-bournemouth/) - PREMIER LEAGUE - CHELSEA 2-2 AFC BOURNEMOUTH Manchester City iri hafi kurangiza amasezerano yo kugura rutahizamu Antoine Semenyo ukinira Bournemouth ku mafaranga agera kuri miliyoni 65 z’amapawundi, mu isoko ry’igura n’igurisha ryo muri Mutarama. Ibi byongeye gufata intera nyuma y’uko uyu mukinnyi ukomoka muri Ghana agaragaye asuhuza abafana ba Bournemouth, bimeze nko kubasezera, nyuma y’umukino - [AFCON2025 – Bisabye imyaka 45 ngo Tanzania igere muri 1/8](https://thedrum.rw/2025/12/30/afcon2025-bisabye-imyaka-45-ngo-tanzania-igere-muri-1-8/) - Ikipe y’igihugu ya Tanzania yakoze amateka adasanzwe kuri bo mu irushanwa rya Afurika ry’ibihugu (AFCON), igerera muri 1/8 ku nshuro yayo ya mbere, nyuma y’imyaka 45 yitabiriye iri rushanwa. Ibi yabigezeho nyuma yo kunganya na Tunisia igitego 1-1 mu mukino wabereye i Rabat muri Maroc, mu mukino wa nyuma wo mu itsinda C. Tunisia ni - [AFCON2025-Nigeria yasezereye umuturanyi w’u Rwanda mu gikombe cy’Afurika](https://thedrum.rw/2025/12/30/afcon2025-nigeria-yaciriye-agahigo-kadasanzwe-kuri-uganda-yabakinnyi-10/) - Ikipe y’igihugu ya Nigeria yakomeje kugaragaza imbaraga n’ubuhanga mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika (AFCON) itsinda Uganda ibitego 3-1, umukino wayo wa nyuma mu itsinda C, byatumye isoza imikino y’amatsinda ifite amanota icyenda (9). Ni umukino wagaragaje ko Nigeria nta kosa ishaka gukora n’ubwo yari yararuhukije bamwe mu bakinnyi bayo basanzwe babanza mu kibuga kuko yaje - [Basketball : Uwanyuze muri Patriots yabonye ikipe muri Indonesia](https://thedrum.rw/2025/12/30/basketball-uwanyuze-muri-patriots-yobonye-ikipe-muri-indonesia/) - Stephaun Branch wahoze akinira ikipe ya Patriots BBC , yamaze gusinyira ikipe ya Bogor Hornbills ikina muri Shampiyona ya Basketball yo muri Indonesia (IBL), ku masezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe ifite icyicaro mu mujyi wa Bogor, ikaba ari iya kabiri Branch agiyemo muri iyi shampiyona, nyuma yo kwitwara neza mu mwaka wa 2025 akinira Tangerang - [OFFICIAL -Liverpool yatandukanye n’umutoza wayo](https://thedrum.rw/2025/12/30/official-liverpool-yatandukanye-numutoza-wayo/) - Ikipe ya Liverpool yatangaje ko Aaron Briggs wari umutoza wayo w’imipira y’imiterekano (set-pieces) yatandukanye n’iyi kipe ku bwumvikane bw’impande zombi, nyuma y’igihe kirekire iyi kipe igaragaza ibibazo bikomeye mu gukiza izamu no gutsinda iyi mipira. Ibi bibaye nyuma y’uko Liverpool itsinze Wolves ibitego 2-1, ariko ikongera gutsindwa igitego cyaturutse ku mupira w’imiterekano, kiba icya 12 - [Vision FC yashimangiye ugutandukana n’abatoza bayo](https://thedrum.rw/2025/12/30/vision-fc-yashimangiye-ugutandukana-nabatoza-bayo/) - Ikipe ya Vision FC yamaze gutandukana n’umutoza mukuru wayo, Muvunyi Félix uzwi nka “Fils”, n’abari abungiriza be, nyuma y’umusaruro utanyuze ubuyobozi bw’iyi kipe mu mikino ibanza ya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri. Iki cyemezo cyafashwe mu gihe amakipe ategura imikino yo kwishyura iteganyijwe gutangira mu minsi iri imbere, aho buri kipe iba ishaka gukosora aho yagaragaje - [AFCON2025 – Dore amakipe amaze kugera muri 1/8](https://thedrum.rw/2025/12/30/afcon2025-dore-amakipe-amaze-kugera-muri-1-8/) - Irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu [AFCON 2025] rigiye kwinjira mu cyiciro gikomeye cyane, aho amakipe azaba asigaye ahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza , ihabwa agaciro gakomeye kuko ari yo itandukanya abakomeza n’abasubira mu rugo kare. Iyo mikino ya 1/8 cy’irangiza iteganyijwe gukinwa kuva ku wa 3 kugeza ku wa 6 Mutarama 2026, mu gihe abafana - [Transfers – Barcelona irifuza myugariro wa AFC Bournemouth](https://thedrum.rw/2025/12/30/transfers-barcelona-irifuza-myugariro-wa-afc-bournemouth/) - Ku isoko ry’igura n’igurisha ryo mu Burayi, izina rya Marcos Senesi rikomeje kuvugisha benshi, cyane cyane abafana ba FC Barcelona. Uyu myugariro w’imyaka 28 ukomoka muri Argentine, ukinira Bournemouth mu Bwongereza, ari mu bakinnyi bashobora guhindura amateka y’ubwugarizi bwa Barça mu gihe cya vuba. Barcelona iri kuyobora La Liga muri iki gihe ifite imbaraga mu - [Imurora Japhet yahaye Musanze FC umwitangirizwa mbere yo kuyijyana mu nkiko](https://thedrum.rw/2025/12/30/imurora-japhet-yahaye-musanze-fc-umwitangirizwa-mbere-yo-kuyijyana-mu-nkiko/) - Uwahoze ari Umutoza Wungirije akaba na Team Manager wa Musanze FC, Imurora Japhet, ari mu makimbirane n’iyi kipe yo mu Majyaruguru asaba kwishyurwa amafaranga angana na miliyoni 2,96 Frw, avuga ko ayagombwa mu mishahara, uduhimbazamusyi n’itumanaho atahawe mu buryo bwuzuye, mu gihe ubuyobozi bwamushakagaho kwandika asezera ku mirimo yakoraga. Iki kibazo kimaze kurenza ukwezi gitangiye, - [Basketball : REG yasinyishije inkingi ya mwamba ya Patriots](https://thedrum.rw/2025/12/30/basketball-reg-yasinyishije-inkingi-ya-mwamba-ya-patriots/) - Umunyamerika ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda Cadeau de Dieu Furaha, yamaze gusinyira ikipe ya REG Basketball Club amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 y’amavuko aje muri REG avuye mu ikipe ya Patriots BBC, yari amazemo igihe kuva muri Kamena 2024. Muri icyo gihe, Furaha yihesheje izina nk’umwe mu nkingi za mwamba za Patriots, afasha iyi - [Nottingham Forest yasabye ubusobanuro bwimbitse ku misifurire](https://thedrum.rw/2025/12/30/nottingham-forest-yasabye-ubusobanuro-bwimbitse-ku-misifurire/) - Nottingham Forest yasabye ku mugaragaro ko ihabwa amajwi ya VAR mu mukino yatsinzwemo na Manchester City ibitego 2-1, mu rwego rwo gutekereza ku gutanga ikirego ku byemezo by’abasifuzi batishimiye. Ibi byabaye nyuma y’umukino wabereye kuri City Ground ku wa Gatandatu, aho Forest ivuga ko umusifuzi Rob Jones yagize uruhare rukomeye mu guhindura icyerekezo cy’umukino. Nk’uko - [Imvune zitumye Arsenal yitegura isoko ryo muri Mutarama ikubagaho](https://thedrum.rw/2025/12/29/imvune-zitumye-arsenal-yitegura-isoko-ryo-muri-mutarama-ikubagaho/) - Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko iyi kipe izinjira mu isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo muri Mutarama iri maso cyane, ishaka uko yakwiyubaka neza mu gihe cy’umwaka w’imikino uri kugenda ugorana kubera imvune zikomeje kuyugariza. Mu mpeshyi ishize, Arsenal yakoresheje amafaranga akabakaba miliyoni 250 z’ama-Pound, igura abakinnyi umunani bashya. Icyo gihe, intego - [AFCON2025-Abanya-Uganda babiri mu bagomba gukinura Angola na Egypt](https://thedrum.rw/2025/12/29/afcon2025-abanya-uganda-babiri-mu-bagomba-gukinura-angola-na-egypt/) - Mu irushanwa rya 35 ry’Igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru (AFCON 2025) riri kubera muri Maroc, abanya-Uganda babiri bagizwe abayobozi b’umukino ukomeye wo mu itsinda B uzahuza Angola na Egypt, uteganyijwe ku wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, kuri mu mujyi wa Agadir. Abatoranyijwe ni Dixon Adol Okello uzwi ku izina rya “Bond”, ushinzwe umutekano - [AFCON2025- Bafana Bafana ihanzwe amaso mu mukino w'irasharaniro na Zimbabwe](https://thedrum.rw/2025/12/29/afcon2025-bafana-bafana-ihanzwe-amaso-mu-mukino-wirasharaniro-na-zimbabwe/) - Ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo, Bafana Bafana, iraba ikina umukino wa nyuma wo mu itsinda B ry’Igikombe cya Afurika (AFCON) ihura na Zimbabwe kuri uyu wa Mbere i Marrakesh muri Maroc, umukino ufite agaciro gakomeye mu kugena ahazaza hayo muri iri rushanwa. Nyuma y’imikino ibiri imaze gukinwa, Misiri yamaze gufata umwanya wa mbere n’amanota atandatu, - [Muhadjri Hakizimana agiye gusinyira ikipe yo muri Kenya](https://thedrum.rw/2025/12/29/muhadjri-hakizimana-agiye-gusinyira-ikipe-yo-muri-kenya/) - Umukinnyi wo hagati w’Umunyarwanda, Muhadjri Hakizimana, yamaze kumvikana n’ikipe ya Nairobi United FC yo muri Kenya ku masezerano y’amezi atandatu. Aya masezerano azatangira gukurikizwa guhera muri Mutarama 2026, aho uyu mukinnyi ategerejwe gufasha iyi kipe mu marushanwa atandukanye arimo Shampiyona ya Kenya n’Igikombe cya CAF Confederation Cup. Hakizimana yari amaze igihe adafite ikipe kuva mu - [Cristiano Ronaldo ntazamanika urukweto atujuje ibitego 1000](https://thedrum.rw/2025/12/29/cristiano-ronaldo-ntazamanika-urukweto-atujuje-ibitego-1000/) - Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yatangaje ko atazahagarika gukina ruhago ataruzuza igitego cya 1,000 mu mwuga we. Mu mpera z’icyumweru gishize, Ronaldo yatsinze ibitego bibiri mu mukino Al-Nassr yatsinzemo Al Akhdoud ibitego 3-0, bituma umubare w’ibitego amaze gutsinda mu makipe no mu gihugu ugira 956. Ibi byongeye kugaragaza ko uyu rutahizamu ataracika intege, - [‘Turashaka kwegukana ibikombe bine uyu mwaka' – William Saliba](https://thedrum.rw/2025/12/26/turashaka-kwegukana-ibikombe-bine-uyu-mwaka-william-saliba/) - Myugariro w’umufaransa ukinira Arsenal, William Saliba, yatangaje ko iyi kipe yo mu mujyi wa Londres ishobora gukora ibidasanzwe muri uyu mwaka w’imikino igatwara ibikombe bine byose iri guhatanira, ibintu byafashwe nko gutinyuka ariko bifite ishingiro rishingiye ku byo Arsenal imaze kwerekana. Ibi yabitangaje mu gihe Arsenal iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona y’u Bwongereza - [Etincelles FC yasabye RIB kuyikiza abakomeje kwifatira ku gahanga ubuyobozi bwayo](https://thedrum.rw/2025/12/26/etincelles-fc-yasabye-rib-kuyikiza-abakomeje-kwifatira-ku-gahanga-ubuyobozi-bwayo/) - Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwafashe icyemezo cyo gusaba abakoresha imbuga nkoranyambaga z’abafana b’iyi kipe kubihagarika by’agateganyo, nyuma yo gusanga hari ibikorwa bitemewe bikomeje kuzigaragaramo birimo gutukana, gusebanya no gutesha agaciro abayobozi b’iyi kipe. Ibi bije nyuma y’umukino wabaye ku itariki ya 20 Ukuboza 2025, aho Etincelles FC yatsinzwe na Police FC igitego 1-0. Ni umukino - [Uko igitaramo ‘ Icyambu 4’ cya Israel Mbonyi cyagenze](https://thedrum.rw/2025/12/26/uko-igitaramo-icyambu-4-cya-israel-mbonyi-cyagenze/) - Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israel uzwi nka ‘Israel Mbonyi’, yongeye kwerekana igikundiro afitiwe n’ abakunzi b’umuziki we nyuma yo kuzuza BK Arena ku nshuro ye ya kane, mu gitaramo “Icyambu 4” cyabereye i Kigali muri ‘BK Arena’ ku wa 25 Ukuboza 2025. Iki gitaramo cyabaye ku munsi wa Noheli, cyitabiriwe n’abantu - [AS Kigali WFC igiye kongera imbaraga mu bwugarizi n’izamu](https://thedrum.rw/2025/12/26/as-kigali-wfc-igiye-kongera-imbaraga-mu-bwugarizi-nizamu/) - Nyuma yo gusoza imikino ibanza ya Shampiyona y’icyiciro cya Mbere y’Abagore, ikipe ya AS Kigali WFC yatangiye gutekereza ku buryo yakosora ibyayikomye mu nkokora mu gice cya mbere cy’irushanwa, yitegura imikino yo kwishyura. Iyi kipe yigeze kuba ku isonga mu iterambere rya ruhago y’abagore mu Rwanda, yatangiranye Shampiyona y’uyu mwaka ingorane zo kubona intsinzi. Byayisabye - [Rayon Sports yasobanuye icyateye ubukererwe mu guhemba abakozi bayo](https://thedrum.rw/2025/12/26/rayon-sports-yasobanuye-icyateye-ubukererwe-mu-guhemba-abakozi-bayo/) - Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ku bukererwe mu kwishyura imishahara y’abakozi bayo, buvuga ko byatewe n’umufatanyabikorwa wayitengushye, ariko bushimangira ko uruganda rwa SKOL Brewery rutabigizemo uruhare na ruto. Ibi byatangajwe nyuma y’uko havuzwe impungenge mu batoza n’abandi bakozi b’iyi kipe, bababajwe no kubona abakinnyi bahembwe bo bakirengagizwa. Perezida wa - [Ntago bishoboka ko wapfa gusimbura Bruno Fernandez - Ruben Amorim](https://thedrum.rw/2025/12/26/ntago-bishoboka-ko-wapfa-gusimbura-bruno-fernandez-ruben-amorim/) - Umutoza mukuru wa Manchester United, Ruben Amorim, yatangaje ko bidashoboka gusimbura kapiteni w’iyi kipe ,Bruno Fernandes, nyuma yo gukomereka ku mutsi wo mu kibero mu mukino batsinzwemo na Aston Villa ibitego 2-1 ku Cyumweru gishize. Fernandes yasohotse mu kibuga hagati mu mukino, bituma atazakina umukino United igomba kwakiramo Newcastle kuri uyu wa Gatanu. Nubwo Amorim - [RPL - Al Hilal idafite inkingi za mwamba zose yatsinze Gorilla FC](https://thedrum.rw/2025/12/25/rpl-al-hilal-idafite-inkingi-za-mwamba-zose-yatsinze-gorilla-fc/) - Al Hilal yongeye gusubira mu murongo w’intsinzi nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 3-0, mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Gatatu. Uyu mukino wari ufite agaciro gakomeye ku ruhande rwa Al Hilal, yari imaze iminsi itabona intsinzi muri Rwanda Premier League. Rutahizamu Ahmed M’Barreck ni we wabaye intwari y’uyu mukino, - [Hatangiye ibiganiro bigamije kurwanya abanywa ibyongera imbaraga bitemewe muri siporo](https://thedrum.rw/2025/12/24/hatangiye-ibiganiro-bigamije-kurwanya-abanywa-ibyongera-imbaraga-bitemewe-muri-siporo/) - Minisiteri ya Siporo iri mu biganiro n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), bigamije kureba uko hashyirwaho laboratwari yihariye ipima ibyongerambaraga bitemewe bikoreshwa muri siporo, ku rwego mpuzamahanga. Ibi byagarutsweho ku wa Kabiri, tariki ya 23 Ukuboza 2025, ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yasuraga RFI akaganira - [AFCON nk’urumuri rusigaye gucanwa n’abanya-Sudani](https://thedrum.rw/2025/12/24/afcon-nkurumuri-rusigaye-gucanwa-nabanya-sudani/) - Algeria 15:00 Sudan Nubwo Sudani imaze igihe mu mwijima w’intambara n’ibibazo bikomeye by’ubutabazi, hari urumuri ruto rutanga icyizere ku baturage bayo: ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru yabonye itike yo kwitabira Igikombe cya Afurika (Afcon). Ni ku nshuro ya kane gusa kuva - [Adel Amrouche yagiye gushakira Amavubi umusada i Burayi](https://thedrum.rw/2025/12/24/adel-amrouche-yagiye-gushakira-amavubi-umusada-i-burayi/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Adel Amrouche, akomeje gushyira imbaraga mu gushaka no kwegera abakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze y’igihugu, mu rwego rwo kongerera ubushobozi iyi kipe yitegura amarushanwa ari imbere. Muri urwo rwego, aherutse kugirira uruzinduko muri Azerbaijan aho yagiranye ibiganiro n’abakinnyi batatu bavukana, abasaba gutekereza ku gukinira Amavubi mu bihe biri imbere. Abo - [Transfert -Chelsea yavuye mu bya Antoine Semenyo , Man City ihita ibyinjiramo  ](https://thedrum.rw/2025/12/24/transfert-chelsea-yavuye-mu-bya-antoine-semenyo-man-city-ihita-ibyinjiramo/) - Antoine Semenyo, rutahizamu w’ikipe ya Bournemouth n’umukinnyi mpuzamahanga wa Ghana, ari mu biganiro bigeze kure byo kwerekeza muri Manchester City mu isoko ryo muri Mutarama. Amakuru dukesha ikinyamakuru Team Talk avuga ko City imaze gutera intambwe ishimishije ku buryo yiyumva neza ko ishobora gusinyisha uyu mukinnyi ufite imyaka 25. Nubwo Manchester City isa n’iyamaze kujya - [Dore udushya two kwitega muri Tour du Rwanda 2026](https://thedrum.rw/2025/12/24/dore-udushya-two-kwitega-muri-tour-du-rwanda-2026/) - Nyuma yo kwakira neza Shampiyona y’Isi y’amagare ya UCI Road World Championships muri Nzeri, u Rwanda ruri kongera kwitegura kwigaragaza ku rwego mpuzamahanga binyuze mu isiganwa mpuzamahanga Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 18. Rizaba kuva ku wa 22 Gashyantare kugeza ku wa 1 Werurwe 2026, rikazaba rifite urwego rwa UCI 2.1. Iri - [Twabubashye turarenza! Umutoza wa Uganda nyuma yo gutsindwa na Tunisia](https://thedrum.rw/2025/12/24/twabubashye-turarenza-umutoza-wa-uganda-nyuma-yo-gutsindwa-na-tunisia/) - Nyuma yo gutsindwa ibitego 3–1 na Tunisia mu mukino wabereye i Rabat , umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Paul Put, yemeye ko amakosa menshi yakozwe n’abakinnyi be, cyane cyane kugaragaza icyubahiro kirenze kubo bari bahanganye. Ibi byabaye intangiriro itari nziza ku Mvubu (Cranes) mu marushanwa ya CAN 2025, ariko Put yemeza ko hari icyizere cyo - [Rayon Sports yongeye guhura n’igihombo gikomeye mu bwugarizi bwayo](https://thedrum.rw/2025/12/24/rayon-sports-yongeye-guhura-nigihombo-gikomeye-mu-bwugarizi-bwayo/) - Myugariro wa Rayon Sports, Youssou Diagne, yahuye n’akaga k’imvune mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ukuboza 2025, bituma ava mu myitozo y’iyi kipe yihutanwa ajyanwa kwa muganga. Iyi mvune Diagne yayigiriye mu myitozo yabereye mu Nzove, aho Rayon Sports isanzwe ikorera imyiteguro yayo. Uyu myugariro w’Umunya-Sénégal ntiyabashije gusoza imyitozo nyuma yo - [BREAKING – Chelsea ibajije ibisabwa kugirango isinyishe Antoine Semenyo](https://thedrum.rw/2025/12/23/breaking-chelsea-imaze-kubaza-ibisabwa-kugirango-isinyishe-antoine-semenyo/) - Chelsea yiyongereye ku makipe akomeye yo mu Bwongereza ari gushaka umukinnyi w’imbere mu busatirizi bwa Bournemouth, Antoine Semenyo, mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ryo muri Mutarama 2026 ryegereje gufungura. Amakuru amaze gutangazwa na Kavel Solkhol w’ikinyamakuru Sky Sports, yerekana ko The Blues yatangiye kubaza ku bisabwa kugira ngo haboneke amasezerano, nubwo bataragera ku cyemezo cya - [FERWAFA igiye gutangiza imikoranire mishya n’abakanyujijeho](https://thedrum.rw/2025/12/23/ferwafa-igiye-gutangiza-imikoranire-mishya-nabakanyujijeho/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko rigiye gushyira imbaraga mu mikoranire yaryo n’abahoze bakinira amakipe atandukanye mu Rwanda, by’umwihariko abigeze gukinira Ikipe y’Igihugu, Amavubi,binyuze mu ihuriro ryabo (FAPA). Ibi bije mu gihe abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kugaragaza ko hakwiye guhabwa agaciro ubunararibonye bw’abigeze kwitangira ruhago y’u Rwanda. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku Cyicaro - [OFFICIAL - Neymar yabazwe ivi](https://thedrum.rw/2025/12/23/official-neymar-yabazwe-ivi/) - Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Brazil na Santos, Neymar Jr, yabazwe ku ivi ry’ibumoso, aho abaganga basannye agace ko mu ivi kari karangiritse. Ibi byatangajwe n’ikipe ya Santos, yemeza ko kubagwa byagenze neza kandi ko umukinnyi yatangiye urugendo rwo gukira. Neymar w’imyaka 33 yari amaranye imvune mu gihe cyose cy’uyu mwaka w’imikino, ariko ntiyamubujije gufasha Santos - [Newcastle yasabye ibisobanuro byimbitse ku misifurire y’umukino wa Chelsea](https://thedrum.rw/2025/12/23/newcastle-yasabye-ibisobanuro-byimbitse-ku-misifurire-yumukino-wa-chelsea/) - Ikipe ya Newcastle United yatangaje ko iri gusaba ibisobanuro byimbitse ku Ishyirahamwe rishinzwe abasifuzi mu Bwongereza (PGMOL) ku bijyanye n’imisifurire yabaye mu mukino banganyijemo na Chelsea 2-2 wabereye kuri St James’ Park mu mpera z’icyumweru. Uyu mukino wa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) wasize impaka nyinshi, cyane cyane ku ruhande rwa Newcastle, nyuma y’uko umusifuzi - [Rayon Sports ikomeje igerageza ari nako yirukana bamwe](https://thedrum.rw/2025/12/23/rayon-sports-ikomeje-igerageza-ari-nako-yirukana-bamwe/) - Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura neza isoko ryo muri Mutarama, aho igaragaza ko ishaka kongeramo imbaraga mu myanya igaragaza intege nke, hagamijwe kuzitwara neza mu gice cya kabiri cy’umwaka w’imikino wa 2025/26. Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino, Gikundiro yahuye n’imbogamizi zitandukanye zirimo imvune n’umusaruro muke mu gice cyo gusatira, bituma ubuyobozi bufata icyemezo cyo - [Basketball :uwakiniye ikipe y'igihugu yatangajwe nk’umutoza wa Tigers](https://thedrum.rw/2025/12/23/basketball-uwakiniye-ikipe-yigihugu-yatangajwe-nkumutoza-mushya-wa-tigers/) - Umwe mu nkingi za mwamba mu mateka ya Basketball y’u Rwanda, Kenneth Gasana, yasinye amasezerano y’umwaka umwe n’ikipe ya Tigers yo mu Cyiciro cya mbere, aho agiye gukorera nk’umutoza wungirije. Ibi byemejwe ku wa Mbere n’umuyobozi wa Tigers, Francis Shyaka, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru. Aya masezerano azatuma Gasana, ufite imyaka 40, ajya mu muryango w’abatoza - [Rutahizamu wa Liverpool agiye kumara igihe kinini hanze](https://thedrum.rw/2025/12/23/rutahizamu-wa-liverpool-agiye-kumara-igihe-kinini-hanze/) - Ikipe ya Liverpool yemeje ko rutahizamu wayo, Alexander Isak, yagiriye ikibazo gikomeye cy’imvune ku kuguru kwe kw’ibumoso, aho yavunitse igupfwa ry’ukuguru , bigatuma abagwa by’ikugaho. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’iyi kipe yo mu Bwongereza, Liverpool yatangaje ko uyu mukinnyi w’imyaka 26 yabazwe neza nyuma yo kugira imvune ku kaguru ikototera n’akagombambari. Nubwo bimeze bityo, iyi - [RPL -Bruno Ferry aratangirira urugendo rwe i Rubavu ;Police FC i Bugesera](https://thedrum.rw/2025/12/23/rpl-bruno-ferry-aratangirira-urugendo-rwe-i-rubavu-police-fc-i-bugesera/) - Umutoza mushya wa Rayon Sports, Umufaransa Bruno Ferry, arakina umukino we wa mbere muri Shampiyona y’u Rwanda ku mugoroba wo ku wa Kabiri, aho Gikundiro iraza kuba yakiriye Etincelles FC kuri Stade ya Kigali Pelé. Ferry, w’imyaka 58, yageze mu Rwanda ku wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza, bityo akaba atarabona umwanya uhagije wo gushyira - [Pep Guardiola yategetse abakinnyi ba Man City kujya kwipimisha ibilo](https://thedrum.rw/2025/12/22/pep-guardiola-yategetse-abakinnyi-ba-man-city-kujya-kwipimisha-ibiro/) - Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko abakinnyi be bazongera gupimwa ibiro ubwo bazaba basubiye mu myitozo nyuma y’ikiruhuko gito cya Noheli, hagamijwe kureba niba bafite imbaraga n’ubuzima bihagije mbere yo gukina na Nottingham Forest ku itariki ya 27 Ukuboza. Ibi Guardiola yabivuze nyuma y’uko Manchester City itsinze West Ham ibitego 3-0 mu mukino - [AC Milan irangamiye  Niclas Füllkrug wa Westham](https://thedrum.rw/2025/12/22/ac-milan-irangamiye-niclas-fullkrug-wa-westham/) - Ikipe ya AC Milan iri hafi kurangiza amasezerano yo kuguriza rutahizamu wa West Ham United, Niclas Füllkrug, mu gihe cy’amezi atandatu ya mbere, mu rwego rwo kongerera imbaraga ubusatirizi bwa yo mu gice cya kabiri cy’uyu mwaka w’imikino. West Ham yiteguye kureka uyu mukinnyi mpuzamahanga w’Ubudage akava i London Stadium muri Mutarama, cyane ko amahirwe - [AFCON2025 : Zambia iguye miswi na Mali](https://thedrum.rw/2025/12/22/afcon2025-zambia-iguye-miswi-na-mali/) - Patson Daka yabaye intwari y’Ikipe y’Igihugu ya Zambia ubwo yayitsindiraga igitego mu minota y’inyongera, kikayihesha kunganya na Mali igitego 1-1 mu mukino wo mu itsinda rya mbere (Group A) mu Gikombe cya Afurika cya 2025 kiri kubera muri Maroc. Uyu mukino wabereye kuri Stade Mohammed V waranzwe no guhangana gukomeye, aho Mali yigaragaje cyane mu - [Amavubi yongeye guhananuka ku rutonde rwa FIFA](https://thedrum.rw/2025/12/22/amavubi-yongeye-guhananuka-ku-rutonde-rwa-fifa/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yasoje umwaka wa 2025 iri ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA). Uru rutonde rwasohotse kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Ukuboza 2025, rugaragaza uko amakipe atandukanye yitwaye hashingiwe ku mikino yakinnye n’amanota yayivuyemo. Mu kwezi k’Ukuboza, u Rwanda ntirwakinnye umukino n’umwe mpuzamahanga. - [Dore Bimwe Mu byaranze Ibirori byo gutanga ibihembo bya Isango na Muzika Awards](https://thedrum.rw/2025/12/22/dore-bimwe-mu-byaranze-ibirori-byo-gutanga-ibihembo-bya-isango-na-muzika-awards/) - Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 21 Ukuboza 2025, nibwo hatanzwe ku nshuro ya gatandatu ibihembo bya Isango na Muzika Awards (IMA) bitegurwa na Isango Star, bigamije gushimira no guhemba abahanzi n’abandi bafatanyabikorwa bitwaye neza mu guteza imbere umuziki nyarwanda. Ibi birori byabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV) hazwi nka Camp Kigali, - [AFCON2025 – Imyato ikomeje kwivugwa mbere yuko South Africa na Angola bacakirana](https://thedrum.rw/2025/12/22/afcon2025-imyato-ikomeje-kwivugwa-mbere-yuko-south-africa-na-angola-bacakirana/) - SOUTH AFRICA 19:00 ANGOLA Irushanwa ry’Igikombe cy’Afurika [ TotalEnergies CAF Africa Cup of Nations Morocco 2025] ryaraye ritangiye ku mugaragaro, rigiye kongera kwigarurira amaso y’abarireba kubera umukino wa mbere mu - [Abanyarwanda berekeje muri Al Nasr Academy kwagura impano zabo](https://thedrum.rw/2025/12/22/abanyarwanda-berekeje-muri-al-nasr-academy-kwagura-impano-zabo/) - Abakinnyi bato b’Abanyarwanda, Fils Elyse Kwizera na Nabil Nassem Sangwa, bigishirizwa umupira w’amaguru muri Tony Football Excellence Program (TFEP), berekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu aho bagiye guhabwa amahugurwa muri Al Nasr Football Academy. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 21 Ukuboza 2025, ni bwo aba bakinnyi bombi bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya - [Volleyball : REG na APR zihariye ibihembo muri shampiyona yo ku mucanga](https://thedrum.rw/2025/12/22/volleyball-reg-na-apr-zihariye-ibihembo-muri-shampiyona-yo-ku-mucanga/) - Agace ka mbere ka shampiyona ngarukamwaka ya volleyball yo ku mucanga kasorejwe mu karere ka Rwamagana, ku nkengero z’ikiyaga cya Muhazi ahazwi nka Falcon Golf and Country Club. Iyi mikino yabaye kuva tariki ya 19 kugeza ku ya 21 Ukuboza, ikaba yari igamije gutangiza shampiyona izakinwa mu byiciro bibiri muri uyu mwaka w’imikino. Mu cyiciro - [Nyuma y’umutoza ;Rayon Sports igiye kumanura umwataka](https://thedrum.rw/2025/12/22/nyuma-yumutoza-rayon-sports-igiye-kumanura-umwataka/) - Mu rugendo rwo kongera kubaka ikipe ikomeye ishobora guhatanira ibikombe, Rayon Sports ikomeje kwitwara neza ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza, aho hitezwe rutahizamu mushya ukomoka muri Cameroun, Kooh Bioumla Jules Armand. Amakuru dukesha ikinyamakuru Isimbi yemeza ko, mu gihe nta gihindutse, uyu mukinnyi azagera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Ukuboza 2025. Kooh - [Twamenye igihe imirimo yo kuvugurura Stade ya Huye izagerera ku musozo!](https://thedrum.rw/2025/12/22/twamenye-igihe-imirimo-yo-kuvugurura-stade-ya-huye-izagerera-ku-musozo/) - Imirimo yo kuvugurura Stade ya Huye irarimbanije, aho biteganyijwe ko izarangira mu ntangiriro za Gashyantare 2026, nk’uko amakuru yizewe yamenyekanye. Iyi stade imaze igihe idakoreshwa n’amakipe yari ayisanzweho, kubera ivugurura rikomeye rikorwa hagamijwe kuyishyira ku rwego rusabwa n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Amakipe ya Mukura Victory Sports na Amagaju FC ntiyari akibasha gukinira mu - [AFCON izajya iba nyuma y’imyaka ine - Motsepe](https://thedrum.rw/2025/12/21/afcon-izajya-iba-nyuna-yimyaka-ine-motsepe/) - Umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika ugiye kwinjira mu bihe bishya, nyuma y’itangazwa ry’impinduka zikomeye zakozwe n’Impuzamashyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF). Izi mpinduka zirimo ishyirwaho ry’irushanwa rishya ryiswe African Nations League no guhindura uko Igikombe cya Afurika (AFCON) cyakinwaga, kikava ku gukinwa buri myaka ibiri kikajya kiba buri myaka ine. Aya makuru yatangajwe ku - [AFCON2025 -Ibrahim Diaz yafashije Maroc gutangirana intsinzi](https://thedrum.rw/2025/12/22/afcon2025-ibrahim-diaz-yafashije-maroc-gutangirana-intsinzi/) - Ikipe y’igihugu ya Maroc yakiriye Igikombe cya Afurika cya 2025 yatangiranye irushanwa intsinzi ifite agaciro, nyuma yo gutsinda Comoros ibitego 2-0 mu mukino wafunguye irushanwa wabereye i Rabat. Maroc yatangiye isatira hakiri kare, ibona amahirwe akomeye ku munota wa 11 ubwo Brahim Diaz yagushwaga mu rubuga rw’amahina. Gusa penaliti yatewe na Soufiane Rahimi yahagaritswe neza - [RPL Recap -Djibril Ouattara wa APR FC nta kosa imbere ya Gasogi United](https://thedrum.rw/2025/12/21/rpl-recap-djibril-ouattara-wa-apr-fc-nta-kosa-imbere-ya-gasogi-united/) - Ikipe ya APR FC yongeye gutanga ubutumwa bukomeye mu rugamba rwa Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Gasogi United ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 12 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo, kuri uyu wa Gatandatu. Uyu mukino wari ufite igitutu ku mpande zombi. APR FC yasabwaga gutsinda kugira ngo ikomeze kugumana intera nto - [Joao Pedro atumye Chelsea ikura inota rikomeye i St James’ Park](https://thedrum.rw/2025/12/20/joao-pedro-atumye-chelsea-ikura-inota-rikomeye-i-st-james-park/) - Kuri uyu wa Gatandatu, Chelsea yerekanye ko ifite umutima wo kudacika intege nyuma yo gukura inota rikomeye mu mukino wayihuje na Newcastle United kuri St James’ Park, umukino warangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2. Uyu mukino wari urimo ishyaka n’igitutu gikomeye, cyane cyane ku mpande zombi zari zifite byinshi byo guhatanira. Newcastle yinjiye mu mukino - [Dore abanyarwanda bazagira uruhare muri AFCON 2025](https://thedrum.rw/2025/12/20/abanyarwanda-bazagira-uruhare-muri-afcon-2025/) - Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryatoranyije Abanyarwanda batandatu bazagira uruhare rukomeye mu itegurwa no mu micungire y’irushanwa rya TotalEnergies CAF Africa Cup of Nations (AFCON) 2025, riteganyijwe kubera muri Maroc. Ibi ni ikimenyetso cy’icyizere CAF ifitiye u Rwanda n’ubunyamwuga bw’Abanyarwanda mu mupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga. Aba banyarwanda bayobowe n’umusifuzi wo hagati Uwikunda Samuel, - [Niyonshuti Emerance yanze gusubira muri Rayon Sports WFC](https://thedrum.rw/2025/12/20/niyonshuti-emerance-yanze-gusubira-muri-rayon-sports-wfc-nyuma-yo-gutsindwa-urubanza/) - Nyuma yo gutsindwa urubanza yarezegagamo Rayon Sports WFC asaba gusesa amasezerano, Niyonshuti Emerance yahisemo kudasubira mu kazi k’iyi kipe n’ubwo yari yabitegetswe na Komisiyo y’Amategeko ya FERWAFA. Mu minsi ishize ni bwo, nyuma yo kumva impande zombi, Komisiyo y’Amategeko mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko ikirego cya Niyonshuti nta shingiro gifite, bityo - [Ese The Ben yaba agiye gusubiza Bruce Melodie?](https://thedrum.rw/2025/12/20/ese-the-ben-yaba-agiye-gusubiza-bruce-melodie/) - Umwuka w’ihangana ukomeje gututumba hagati ya The Ben na Bruce Melodie, ubwo imyiteguro y’igitaramo “The Nu Year Groove 2026” cya The Ben, cyatumiwemo Bruce Melodie, igize kure. Abakunzi b’umuziki banyuranye bakomeje kwibaza niba The Ben yaba agiye gusubiza Bruce Melodie mu ndirimbo ye nshya yitegura gusohora mu masaha make, “Indabo zanjye.” Ibi byaturutse ku magambo - [Hura n’umukunzi mushya wa Cole Palmer](https://thedrum.rw/2025/12/20/hura-numukunzi-mushya-wa-cole-palmer/) - Umukinnyi wa Chelsea n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Cole Palmer, yongeye kuvugwa cyane mu bitangazamakuru nyuma yo kugaragara ari kumwe n’umukobwa mushya mu ijoro ryuje ibyishimo ryabereye muri Winter Wonderland, muri Hyde Park i Londres. Palmer yamaze uwo mugoroba ari kumwe na Olivia Holder, umubyeyi w’imyaka 23 ukora mu by’ubwiza (beauty specialist). Ababibonye bavuga ko Olivia - [Lomami Marcel yahishuye umuti yavugutiye izamu rya Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/12/20/lomami-marcel-yahishuye-umuti-yavugutiye-izamu-rya-rayon-sports/) - Umutoza wungirije wa Rayon Sports, Lomami Marcel, yatangaje ko yafashe umwanya akaganira byimbitse n’umunyezamu w’Umunya-Mali Drissa Kouyate, amubwira ko igihe kigeze akareka imyitwarire y’ubwana, agafata inshingano zo kuba umukinnyi mukuru wizewe. Ibi Lomami yabivuze nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Gorilla FC ibitego 2-1, umukino waranzwe no kongera kugarura Kouyate mu izamu nyuma y’igihe atabona amahirwe - [Mohamed Salah yasabye imbabazi bagenzi be muri Liverpool](https://thedrum.rw/2025/12/20/mohamed-salah-yasabye-imbabazi-bagenzi-be-muri-liverpool-nyuma-yikiganiro-cyateje-impaka/) - Rutahizamu wa Liverpool , Mohamed Salah yasabye imbabazi bagenzi be nyuma y’ikiganiro cyari cyateje umwuka mubi mu ikipe. Nyuma y’umukino Liverpool yanganyijemo na Leeds ibitego 3-3, Salah yatunguranye agaragara mu kiganiro n’itangazamakuru atishimiye imyitwarire y’ikipe n’umutoza mushya Arne Slot. Uyu munya-Misiri w’imyaka 33 yari yongeye gushyirwa ku ntebe y’abasimbura ku mukino wa gatatu wikurikiranya, ibintu - [Rwamagana :shampiyona ya volleyball yo ku mucanga yafunguwe ku mugaragaro](https://thedrum.rw/2025/12/20/rwamagana-shampiyona-ya-volleyball-yo-ku-mucanga-yafunguwe-ku-mugaragaro/) - Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Ukuboza, mu karere ka Rwamagana hatangijwe ku mugaragaro shampiyona ya volleyball yo ku mucanga (Beach Volleyball) y’umwaka w’imikino wa 2025 - 2026, ibera ku bibuga bya Falcon Golf & Country Club. Iyi shampiyona ngarukamwaka yitezweho kuzamura urwego rw’uyu mukino no gukomeza guhesha izina u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga. Shampiyona - [Amaso y’abaguruye amatike y’igikombe cy’Isi yaheze mu kirere](https://thedrum.rw/2025/12/20/amaso-yabaguruye-amatike-yigikombe-cyisi-yaheze-mu-kirere/) - Bamwe mu bafana baguze amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, hanyuma bakayagurisha binyuze ku rubuga rwemewe rwa FIFA, baracyategereje kwishyurwa amafaranga yabo, nubwo hashize iminsi irenze iyo amategeko ya FIFA ateganya. Ibi byagaragajwe n’iperereza ryakozwe na BBC Sport, ryerekana ko hari abantu FIFA ibereyemo ibihumbi by’amapawundi. Mu mategeko yayo, FIFA igaragaza ko umuntu wagurishije itike ku - [Rayon Sports yatsindiye Gorilla FC mu maso ya Bruno Ferry](https://thedrum.rw/2025/12/19/rayon-sports-yatsindiye-gorilla-fc-mu-maso-ya-bruno-ferry/) - Nyuma y’iminsi itari mike y’umusaruro muke no kunengwa n’abayobozi bayo, Rayon Sports yongeye guhembura imitima y’abafana bayo itsinda Gorilla FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatanu waranzwe n’ishyaka rikomeye ku ruhande rwa Rayon Sports, yashakaga kugaragaza isura nshya imbere y’umutoza - [Guardiola yasabye Man City kwitegura kubaho itamufite](https://thedrum.rw/2025/12/19/guardiola-yasabye-man-city-kwitegura-kubaho-itamufite/) - Umutoza mukuru wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko iyi kipe igomba kwitegura ejo hazaza mu gihe azaba atakiri ku ntebe y’ubutoza. Ibi yabivuze mu gihe hakomeje kwibazwa niba azakomeza gutoza City no mu mwaka w’imikino utaha, nubwo afite amasezerano azageza mu mpera za 2026–2027. Guardiola w’imyaka 54, yavuze ko atatunguwe n’ibibazo bikomeza kumubazwa ku - [APR FC iri kwifuza gusinyisha rutahizamu wa Simba SC](https://thedrum.rw/2025/12/18/apr-fc-iri-kwifuza-gusinyisha-rutahizamu-wa-simba-sc/) - Ikipe ya APR FC ikomeje ibikorwa byo gushaka abakinnyi bashya izifashisha mu gice cya kabiri cy’umwaka w’imikino, aho amakuru aturuka muri Tanzania avuga ko yamaze kwinjira mu biganiro bijyanye no gusinyisha umukinnyi wa Simba SC, Joshua Mutale. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Tanzania byatangaje ko APR FC yifuza uyu rutahizamu ukomoka muri Zambia, usatira anyuze ku - [Myugariro wa Ecuador yishwe arashwe](https://thedrum.rw/2025/12/18/myugariro-wa-ecuador-yishwe-arashwe/) - Umupira w’amaguru wa Ecuador n’isi muri rusange wakiriye inkuru ibabaje y’urupfu rwa Mario Pineida, myugariro w’ikipe y’igihugu cya Ecuador, wapfuye arashwe afite imyaka 33 y’amavuko. Ibi byabereye mu mujyi wa Guayaquil, aho ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bimaze gufata intera iteye impungenge. Nk’uko bitangazwa n’itangazamakuru ryo muri Ecuador, Pineida yarashwe ku wa Gatatu n’abantu babiri bari - [Rayon Sports yemeye ko iri mu bihe bikomeye](https://thedrum.rw/2025/12/18/rayon-sports-yemeye-ko-iri-mu-bihe-bikomeye/) - Rayon Sports ikomeje kunyura mu bihe bitayoroheye muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, aho imikorere yayo itaranyuze abakunzi bayo benshi. Uretse ibibazo by’ubuyobozi byayizambije mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino, n’abakinnyi yagenderagaho ntibaragaragaje urwego rwari rwitezwe. Mu kiganiro yagiranye na B&B FM Kigali, Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, uri no muri Komite y’inzibacyuho iyiyoboye, yemeye - [Batanu bakatiwe igifungo kubera uburiganya bw’amatike ya Liverpool FC](https://thedrum.rw/2025/12/18/batanu-bakatiwe-igifungo-kubera-uburiganya-bwamatike-ya-liverpool-fc/) - Urukiko rwa Liverpool Crown Court rwakatiye abagabo batanu igifungo nyuma yo kubahamya icyaha cyo gucura umugambi wo gukora uburiganya bushingiye ku matike y’imikino y’ikipe ya Liverpool. Aba bagabo bagaragaye nk’abari bagize itsinda ryakoraga ubucuruzi bw’amatike mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bagura amatike ahendutse yagenewe abafana bo mu gace ka Liverpool, bakayagurisha ku giciro kiri hejuru cyane - [Man City yamenye uwo bazahura muri ½ cya Carbao Cup](https://thedrum.rw/2025/12/18/man-city-yamenye-uwo-bazahura-muri-½-cya-carbao-cup/) - Tombola yose Chelsea v Arsenal/Crystal Palace Newcastle v Manchester City Irushanwa rya Carabao Cup rigeze aho rukomeye cyane, aho amakipe ane asigaye yitegura imikino ya ½. Nyuma ya tombola yabaye, byemejwe ko Newcastle United izacakirana na Manchester City, mu mukino utegerejwe na benshi bitewe n’ubukana aya makipe yombi afite muri iyi minsi. Newcastle, ari na - [PSG yegukanye igikombe cya gatandatu muri uyu mwaka](https://thedrum.rw/2025/12/18/psg-yegukanye-igikombe-cya-gatandatu-muri-uyu-mwaka/) - Ikipe yo mu Bufaransa, Paris Saint-Germain (PSG), yakomeje kwandika amateka meza mu mwaka wa 2025 yegukana igikombe cya gatandatu, nyuma yo gutsinda CR Flamengo yo muri Brésil ku mukino wa nyuma w’Igikombe Mpuzamigabane cya FIFA (FIFA Intercontinental Cup). Uyu mukino wabereye kuri Stade Ahmad bin Ali i Al Rayyan muri Qatar, ku wa Gatatu.PSG yatsinze - [Ibikubiye mu masezerano ya Bruno Ferry na Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/12/18/ibikubiye-mu-masezerano-ya-bruno-ferry-na-rayon-sports/) - Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza Umufaransa Bruno Ferry nk’umutoza mushya w’iyi kipe, ku masezerano y’amezi atandatu, mu rwego rwo kongera gushaka umusaruro mwiza nyuma y’ibihe bitari byiza irimo. Uyu mutoza w’imyaka 58 azagera mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Gatanu, aho ateganya guhita atangira imirimo yo kwegera abakinnyi n’abayobozi b’ikipe. Amakuru agera kuri - [FIFA yakubye kabiri amafaranga y’ibihembo by’Igikombe cy’Isi](https://thedrum.rw/2025/12/17/fifa-yakubye-kabiri-amafaranga-yibihembo-byigikombe-cyisi/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryongereye ku kigero cya 50% amafaranga y’ibihembo azahabwa amakipe azitabira Igikombe cy’Isi kizaba umwaka utaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kanada na Mexique. Iyi ni imwe mu mpinduka zikomeye zigaragaza uko iri rushanwa rikomeje kugira agaciro gakomeye ku rwego rw’isi. Aya mafaranga ni igice kinini cy’ingengo - [Umunya-Misiri warimo kugeragezwa muri Rayon Sports yasezerewe by’ikubagaho](https://thedrum.rw/2025/12/17/umunya-misiri-warimo-kugeragezwa-muri-rayon-sports-yasezerewe-byikubagaho/) - Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyiteguro y’umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026, aho izakira Gorilla FC ku wa Gatanu saa Kumi n’ebyiri n’iminota 30 kuri Kigali Pele Stadium. Ni mu gihe kandi iyi kipe ikomeje gusuzuma abakinnyi bashya ishobora kongeramo imbaraga mbere y’uko isoko ry’igura n’igurisha rifungura. Ku - [Thierry Henry yahawe igihembo cy’icyubahiro na BBC](https://thedrum.rw/2025/12/17/thierry-henry-yahawe-igihembo-cyicyubahiro-na-bbc/) - Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Arsenal n’iy’igihugu cy’u Bufaransa, Thierry Henry, yahawe igihembo cy’icyubahiro cya ‘Lifetime Achievement’ gitangwa na BBC mu birori bya BBC Sports Personality of the Year. Iki gihembo kizamushyikirizwa ku wa Kane mu birori bizatambuka kuri BBC One na BBC iPlayer guhera saa moya z’ijoro ku isaha ya GMT. Henry ufite imyaka - [Lomami Marcel yashidikanyije ku munya –Misiri uri kugeragezwa](https://thedrum.rw/2025/12/17/lomami-marcel-yashidikanyije-ku-munya-misiri-uri-kugeragezwa/) - Mu gihe Rayon Sports ikomeje kugerageza abakinnyi bashya mu myitozo ikorera mu Nzove, hari umwe wakuruye amaso ya benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bakunzi b’iyi kipe. Uyu ni Al Ismael Ahmed, umukinnyi ukomoka mu Misiri, wagaragaye yambaye umwambaro wa Rayon Sports ku myitozo yo ku wa Kabiri w’iki cyumweru. Ku gicamunsi cy’uwo munsi, - [Umunyarwanda yazamuwe mu ikipe nkuru ya CF Montréal](https://thedrum.rw/2025/12/17/umunyarwanda-yazamuwe-mu-ikipe-nkuru-ya-cf-montreal/) - Umukinnyi w’umupira w’amaguru ufite inkomoko mu Rwanda akaba atuye muri Canada, Josh-Duc Nteziryayo, yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF Montréal ikina muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada (MLS), nyuma yo kwitwara neza mu irerero ry’iyi kipe. Uyu musore w’imyaka 17 y’amavuko yashyize umukono ku masezerano ye ya - [Simba SC ikomeje kuba mu rungabangabo rwo gushakisha umutoza mushya](https://thedrum.rw/2025/12/17/simba-sc-ikomeje-kuba-mu-rungabangabo-rwo-gushakisha-umutoza-mushya/) - Mu rugendo rwo gushaka umutoza mushya, ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yakomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye, ariko bigaragara ko inzira itoroshye bitewe n’ingengo y’imari yashyizweho. Mu mazina yabanje kuvugwa cyane harimo Mohamed Sahli, umutoza wo muri Tunisia wigeze gutoza US Monastir, ndetse aheruka gutandukana na Club Africain ku wa 22 Nyakanga 2025. Amakuru aturuka - [Uko u Rwanda rwagize uruhare mu matora ya FIFA The Best 2025](https://thedrum.rw/2025/12/17/uko-u-rwanda-rwagize-uruhare-mu-matora-ya-fifa-the-best-2025/) - Mu bihembo bya FIFA The Best 2025 byatangiwe i Doha ku wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, Abanyarwanda bagize uruhare rugaragara mu matora y’abakinnyi n’abatoza bitwaye neza ku rwego rw’Isi. Ibi bihembo byegukanywe na Ousmane Dembélé mu bagabo ndetse na Aitana Bonmatí mu bagore, nyuma yo kubona amajwi menshi y’abatoye hirya no hino ku - [Ousmane Dembélé yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka wa FIFA](https://thedrum.rw/2025/12/17/ousmane-dembele-yegukanye-igihembo-cyumukinnyi-wumwaka-wa-fifa/) - Mu muhango wabereye i Doha muri Qatar, rutahizamu wa Paris Saint-Germain n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Ousmane Dembélé, yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka mu bagabo mu bihembo bya ‘FIFA The Best’. Ni igihembo cy’icyubahiro gikomeye kigaragaza umusaruro udasanzwe yagize mu mwaka w’imikino wa 2024–2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 28, wari umaze kwegukana Ballon d’Or muri Nzeri, yahembwe nyuma - [FIFA yakubise ishoka ibiciro by'amatike y’igikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/12/17/fifa-yakubise-ishoka-ibiciro-byamatike-yigikombe-cyisi-cya-2026/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryashyizeho amatike mashya ahendutse angana na $60 (ni ukuvuga £45) ku mikino yose 104 izakinwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Ibi byatangajwe nyuma y’igitutu gikomeye cyaturutse ku bafana n’amashyirahamwe abahagarariye, banenze uburyo ibiciro byari byashyizweho mbere byari bihanitse cyane. Nk’uko FIFA ibivuga, ayo matike mashya azahabwa umubare - [Van de Ven yatunguwe nuko Tottenham Hotspur yirukanye Ange Postecoglou](https://thedrum.rw/2025/12/16/van-de-ven-yatunguwe-nuko-tottenham-hotspur-yirukanye-ange-postecoglou/) - Myugariro wa Tottenham Hotspur, Micky van de Ven, yatangaje ko atigeze na gato ateganya ko ikipe ye yari kwirukana uwari umutoza wayo, Ange Postecoglou, nubwo hari ibihe byari bigoye mu mikino ya shampiyona. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na podcast ‘The Overlap’, aho yagarutse ku buryo yababajwe n’icyemezo cy’ubuyobozi bw’ikipe. Postecoglou yirukanywe nyuma y’iminsi 16 - [PSG yategetswe kwishyura Kylian Mbappé miliyoni 60](https://thedrum.rw/2025/12/16/psg-yategetswe-kwishyura-kylian-mbappe-miliyoni-60/) - Urukiko rwo mu Bufaransa rushinzwe imanza z’umurimo rwategetse Paris Saint-Germain (PSG) kwishyura uwahoze ari rutahizamu wayo, Kylian Mbappé, amafaranga angana na miliyoni 60 z’amayero, ashingiye ku mishahara n’uduhimbazamusyi atahawe mu gihe yari akiri muri iyi kipe. Ibi byemezo byafashwe nyuma y’igihe kirekire habayeho impaka hagati ya Mbappé na PSG, zari zagejejwe mu rukiko rwa Paris - [Itoroshi muri Rayon sports : Imvune ,umutoza mukuru ndetse na rutahizamu mushya ](https://thedrum.rw/2025/12/16/itoroshi-muri-rayon-sports-imvune-umutoza-mukuru-ndetse-na-rutahizamu-mushya/) - Mu gihe Rayon Sports yari yatangiye kongera kubona akanyamuneza nyuma yo gusubirana bamwe mu bakinnyi bayo bari bamaze igihe mu mvune, ibyishimo byayo ntibyatinze, kuko yahise ihura n’indi mbogamizi ikomeye. Iyi kipe ikunzwe na benshi yongeye kubura rutahizamu Aziz Bassane wari umaze igihe agaragaza akamaro gakomeye mu busatirizi bwayo. Kuva shampiyona yatangira, Rayon Sports ntiyigeze - [FERWAFA yashyizeho abagomba kuyifasha mu bukemurampaka](https://thedrum.rw/2025/12/16/ferwafa-yashyize-abagomba-kuyifasha-mu-bukemurampaka/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Urwego rw’Ubukemurampaka Rwigenga rugamije gukemura imanza n’amakimbirane ajyanye n’umupira w’amaguru mu buryo bwigenga kandi bushingiye ku mategeko. Ibi byemejwe ku wa Mbere, tariki ya 15 Ukuboza 2025, ubwo Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranaga igafata icyemezo cyo gushyiraho uru rwego rwiswe Urukiko rw’Ubukemurampaka rwa FERWAFA. Ni icyemezo cyafashwe hagamijwe - [Kigali :  TRCF igiye kubaka ikibuga cya tennis cya miliyoni zirenga 65 Frw](https://thedrum.rw/2025/12/16/kigali-trcf-igiye-kubaka-ikibuga-cya-tennis-cya-miliyoni-zirenga-65-frw/) - Umuryango Tennis Rwanda Children’s Foundation (TRCF) watangaje gahunda yo kubaka ikibuga cya tennis kizatwara amafaranga arenga miliyoni 65 z’amafaranga y’u Rwanda, mu rwego rwo kwagura ibikorwa byawo bigamije guteza imbere impano z’abana bakina tennis. Nk’uko byatangajwe na Joseline Umulisa, umwe mu bashinze TRCF, icyo kibuga kizubakwa mu Busanza, mu Karere ka Kicukiro, ahari imwe mu - [U Rwanda ruri gutera intambwe ishimishije igana ku kwakira Formula 1 - RGB](https://thedrum.rw/2025/12/16/u-rwanda-ruri-gutera-intambwe-ishimishije-igana-ku-kwakira-formula-1-rgb/) - U Rwanda rurimo gutera intambwe igaragara mu biganiro bigamije kwakira isiganwa rikomeye rya Formula One (F1), byo kuba ryabera mu gihugu mu mwaka wa 2029. Abayobozi bakuru b’igihugu batangaje ko ibiganiro n’abategura iri rushanwa bikomeje kugenda neza, nubwo hataragerwaho amasezerano ya nyuma. Nyuma y’imyaka irenga 30, F1 itagaragara ku mugabane wa Afurika, haravugwa cyane icyizere - [Dore ibyo ugomba kumenya ku mutoza mukuru ugiye kuza muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/12/16/dore-ibyo-ugomba-kumenya-ku-mutoza-mukuru-ugiye-kuza-muri-rayon-sports/) - Ikipe ya Rayon Sports igiye gutangaza ku mugaragaro umutoza mushya w’ikipe nkuru, Umufaransa Bruno Ferry, mbere y’uko icyumweru kirangira. Amakuru yizewe agera kuri The Drum avuga ko impande zombi zamaze kumvikana ku mbanziriza masezerano, aho Ferry ashobora no kuyobora imyitozo ye ya mbere ku wa Gatatu w’iki cyumweru. Mu rwego rwo kongerera imbaraga abatoza, Marcel - [Manchester United mu myiteguro y’isoko ryo muri Mutarama](https://thedrum.rw/2025/12/16/manchester-united-mu-myiteguro-yisoko-ryo-muri-mutarama/) - Premier League : Manchester United 4-4 Bournemouth Ikipe ya Manchester United yatangiye gutegura neza gahunda zo kwiyubaka mbere y’isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo muri Mutarama, mu gihe ikomeje urugamba rwo gushaka gukina amarushanwa Nyaburayi mu mwaka utaha. Impeshyi ishize yabaye ihenze kuri Old Trafford, aho amafaranga menshi yashowe mu kongeramo imbaraga mu busatirizi. - [RPL : Girumugisha  mu byatumye Rutsiro FC  ihagarika Al Hilal SC](https://thedrum.rw/2025/12/16/rpl-girumugisha-mu-byatumye-rutsiro-fc-ihagarika-al-hilal-sc/) - Ikipe ya Al Hilal SC yahagaritswe mu rugendo rwo kudatsinzwa muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, nyuma yo gutsindwa na Rutsiro FC ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Mbere. Uyu mukino wahinduye isura yawo, ubwo umukinnyi wo ku ruhande rwa Al Hilal, Jean Claude Girumugisha, yari amaze kwerekwa ikarita - [Amakipe 28 Ferwafa yatangaje azakina igikombe cy’Amahoro](https://thedrum.rw/2025/12/15/amakipe-28-ferwafa-yatangaje-azakina-igikombe-cyamahoro/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Ryatangaje amakipe 28 amaze kwiyandikisha mu irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2025-2026. Uyu munsi tariki ya 15 Ukuboza 2025, Nibwo Ferwafa yatangaje amakipe yiyandikishije mu gikombe cy’Amahoro kugeza ubu. Ayo makipe harimo amakipe 16 yo mu kiciro cya mbere, Ndetse n’Amakipe 10 yo mu kiciro cya kabiri, N’Amakipe 2 yo mu - [Camarade wa Bugesera Fc ati “Utsinda Rayon Sports ukaryama ugasinzira”](https://thedrum.rw/2025/12/14/camarade-wa-bugesera-fc-ati-utsinda-rayon-sports-ukaryama-ugasinzira/) - Bugesera Fc yatsinze ikipe ya Rayon Sports mu mukino w’Umunsi wa 11 wa Shampiyona y’U Rwanda ibitego 2-1, Ni umukino wabereye mu Karere ka Bugesera mu burasirazuba bw’U Rwanda. Ibitego bya Bugesera Fc, Byatsinzwe na Rugangazi Prosper wafunguye amazamu Ku munota wa 22’, Icyo gitego cyaje kwishyurwa na Habimana Yves wa Rayon Sports uzwi nka - [Enzo Maresca yavuze ku masaha mabi yagize muri Chelsea](https://thedrum.rw/2025/12/14/enzo-maresca-yavuze-ku-masaha-mabi-yagize-muri-chelsea/) - Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko amasaha 48 yabanje umukino batsinze Everton ari yo mabi cyane yagize kuva yagera muri iyi kipe yo mu Bwongereza. Ibi yabivuze nyuma y’uko Chelsea itsinze Everton ibitego 2-0 kuri Stamford Bridge, ibitego byatsinzwe na Cole Palmer na Malo Gusto, bituma iyi kipe isubira mu makipe ane ya mbere - [Yimwenyurira Kirasa yanenze inzitwazo z’umutoza wa APR Fc](https://thedrum.rw/2025/12/13/yimwenyurira-kirasa-yanenze-inzitwazo-zumutoza-wa-apr-fc/) - Umutoza wa Gorilla Fc, Kirasa Alain, Ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru nyuma y’Umukino Gorilla Fc yanganyijemo na APR Fc ubusa ku busa, Uyu mutoza wa Gorilla Fc Yavuzeko Umutoza wa APR Fc aba afite inzitwazo mu rwego rwo kurinda akazi ke kubera ko akina nabi. Ubwo yari abajijwe icyo avuga k’umutoza wa APR Fc,Taleb, Wavuzeko yibwe - [RPL : APR FC yaguye miswi na Gorilla FC](https://thedrum.rw/2025/12/13/rpl-apr-fc-yaguye-miswi-na-gorilla-fc/) - Kuri uyu wa Gatandatu saa cyenda z’amanywa, kuri Kigali Pelé Stadium, APR FC na Gorilla FC zanganyije ubusa ku busa mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda. APR FC yatangiye umukino ifite imbaraga nyinshi, igaragaza ubuhanga mu guhererekanya no kugenzura umupira, by’umwihariko binyuze ku bakinnyi bo hagati. Ku munota wa kane gusa w’umukino, - [Dore ibyo Pep Guardiola atazakora ku mukino wa Crystal Palace kubera impamvu ze](https://thedrum.rw/2025/12/13/dore-ibyo-pep-guardiola-atazakora-ku-mukino-wa-crystal-palace-kubera-impamvu-ze/) - Manchester City yatangaje ko umutoza wayo mukuru, Pep Guardiola, atazitabira ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umukino w’ikirarane wa Premier League bazahuramo na Crystal Palace ku Cyumweru kuri Selhurst Park. Impamvu yatanzwe ni ikibazo cye bwite, ariko ubuyobozi bw’ikipe buvuga ko kitazagira ingaruka ku myiteguro y’umukino, kuko Guardiola azaba ahari ku munsi nyirizina ayoboye ikipe ku kibuga. Iki - [Ubuhinde : Uburakari bw’abafana ba Messi bwatumye bangiza sitade](https://thedrum.rw/2025/12/13/ubuhinde-uburakari-bwabafana-ba-messi-bwatumye-bangiza-sitade/) - Mu mujyi wa Kolkata mu Buhinde, ibintu byafashe indi ntera ubwo abafana ba Lionel Messi bagaragazaga uburakari bukabije nyuma yo gutenguhwa n’uko uruzinduko rwe riswe ‘GOAT Tour’ rwagenze. Abantu ibihumbi bari bitabiriye igikorwa cyabereye kuri sitade ya Salt Lake, aho bari bishyuye amatike agera ku mafaranga akoreshwa mu Buhinde agera ku bihumbi 12 angana hafi - [Amatike y’igikombe cy’Isi ari kwifuzwa nk’amasuka yo mu gihe cy'ihinga](https://thedrum.rw/2025/12/13/amatike-yigikombe-cyisi-ari-kwifuzwa-nkamasuka-yo-mu-gihe-cyihinga/) - Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [Fifa], yatangaje ko imaze kwakira ubusabe burenga miliyoni eshanu bw’abashaka kugura amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kuva icyiciro gishya cyo kuyagurisha cyashyirwa hanze ku wa Kane ushize. Ibi bibaye mu gihe hari impaka nyinshi n’ukutishimira ibiciro byayo byazamuye amarangamutima y’abafana hirya no hino ku isi.Nk’uko Fifa ibivuga, abafana baturutse mu - [Enzo Maresca yavuze ku mvune ya Cole Palmer mbere yo guhura na Everton](https://thedrum.rw/2025/12/13/enzo-maresca-yavuze-ku-mvune-ya-cole-palmer-mbere-yo-guhura-na-everton/) - Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko imvune ya Cole Palmer yo mu kibero ikomeje kumutungura, avuga ko idafite ibisobanuro bifatika kandi yizeye ko itazaba ikibazo kizamukurikirana umwaka wose w’imikino. Ibi yabitangaje mu gihe Chelsea yitegura kwakira Everton kuri uyu wa Gatandatu muri Shampiyona y’u Bwongereza. Palmer w’imyaka 23, utegerejwe gutangira uwo mukino, yari yaruhukijwe - [Mohamed Salah yasubiye mu bandi mbere yuko Liverpool ihura na Brighton](https://thedrum.rw/2025/12/13/mohamed-salah-yasubiye-mu-bandi-mbere-yuko-liverpool-ihura-na-brighton/) - Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Mohamed Salah, yongeye gushyirwa mu bakinnyi bazifashishwa ku mukino wo ku wa Gatandatu uzahuza Liverpool na Brighton muri Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League), nyuma y’ibiganiro byunga byabaye ku wa Gatanu hagati ye n’umutoza mukuru mushya, Arne Slot. Amakuru aturuka hafi y’ikipe agaragaza ko iki cyemezo cyafashwe hagamijwe inyungu rusange za Liverpool, - [BK ARENA Volleyball Cup : Amakipe ya APR yageze ku mukino wa nyuma](https://thedrum.rw/2025/12/13/bk-arena-volleyball-cup-amakipe-ya-apr-yageze-ku-mukino-wa-nyuma/) - Amakipe ya APR na Police mu cyiciro cy’abagore, ndetse na Gisagara na APR mu cyiciro cy’abagabo, yageze ku mikino ya nyuma y’irushanwa rya BK ARENA Volleyball Cup, riri kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda. Iri rushanwa ryateguwe na BK ARENA rihuza amakipe ane ya mbere muri shampiyona ya volleyball, nyuma y’uko imikino ibanza yasojwe - [Handball : Police yanyagiye APR ihita ifata umwanya wa mbere](https://thedrum.rw/2025/12/13/handball-police-yanyagiye-apr-ihita-ifata-umwanya-wa-mbere/) - Ikipe ya Police Handball Club yasoje imikino ibanza ya Shampiyona ya Handball iyoboye urutonde, nyuma yo gutsinda mukeba wayo APR HC ibitego 34-28, mu mukino wakinwe ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, wabereye muri Petit Stade i Remera. Uyu mukino w’Umunsi wa Karindwi wari utegerejwe na benshi, cyane ko amakipe - [RPL :Police FC yakomeje kuyobora urutonde nyuma yo gutsinda Gasogi FC](https://thedrum.rw/2025/12/12/rpl-police-fc-yakomeje-kuyobora-urutonde-nyuma-yo-gutsinda-gasogi-fc/) - Police FC yakomeje kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda Gasogi United FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 10 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 12 Ukuboza 2025. Umukino watangiye amakipe yombi yihuta, buri ruhande rushaka gufungura amazamu hakiri kare. Gusa amahirwe akomeye ya mbere yabonetse ku - [FERWAFA na FIFA batangije gahunda yo gufasha ruhago y’abato](https://thedrum.rw/2025/12/12/ferwafa-na-fifa-batangije-gahunda-yo-gufasha-ruhago-yabato/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ku mugaragaro ubufatanye bushya bwa imyaka ibiri na FIFA bugamije guteza imbere umupira w’abato. Ubu bufatanye, bwiswe FIFA–FERWAFA Talent Development Scheme (TDS), bwashyizwe ahagaragara n’inzobere mpuzamahanga mu iterambere ry’umupira w’amaguru barimo Antony Baffoe, impuguke muri FIFA mu bijyanye n’imikorere y’amakipe, Frédéric Crébiller ugiye kuyobora ishyirwa mu bikorwa ry’uyu - [Insider -Rayon Sports iri mu biganiro n’abarimo Kwizera Olivier](https://thedrum.rw/2025/12/12/insider-rayon-sports-iri-mu-biganiro-nabarimo-kwizera-olivier/) - Rayon Sports iri mu myiteguro ikomeye yo kongerera imbaraga ikipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rya Mutarama 2026 rizafungura ku itariki ya mbere. Amakuru ava mu nzego zegereye ubuyobozi bw’ikipe avuga ko ibikorwa byo gushaka abakinnyi bashya bigeze kure, hagamijwe kongera ubushongore no guhatanira ibikombe by’uyu mwaka w’imikino. Amakuru yizewe yemeza ko ikipe iri - [Rutahizamu wa Al Hilal yatanze ubutumwa bukomeye ku makipe arwanira igikombe](https://thedrum.rw/2025/12/12/rutahizamu-wa-al-hilal-yatanze-ubutumwa-bukomeye-ku-makipe-arwanira-igikombe/) - Umukinnyi w’Umurundi ukinira Al Hilal yo muri Sudani, Girumugisha Jean Claude, yatangaje ko intego ye n’iy’ikipe ari ugukora ibishoboka byose bagatwara Shampiyona y’u Rwanda, kandi ngo babona bizabageraho nibatsinda amakipe bakunda gufatwa nk’akomeye ariyo Rayon Sports na APR FC. Ibi Girumugisha yabigarutseho nyuma y’umukino Al Hilal yatsinzemo Bugesera FC ibitego 3-1, byose byatsinzwe na we, - [Arne Slot yahishuye igihe cyo kuganira na Mohammed Salah](https://thedrum.rw/2025/12/12/arne-slot-yahishuye-igihe-cyo-kuganira-na-mohammed-salah/) - Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu agomba kugirana ikiganiro cyihariye na Mohamed Salah kugira ngo hamenyekane niba uyu rutahizamu azagaragara mu mukino wo ku wa Gatandatu ubwo Liverpool izaba yakiriye Brighton kuri Anfield. Ibi bibaye nyuma y’uko Salah abwiye itangazamakuru ko yumva yaratereranywe n’ikipe ubwo Liverpool yagwaga - [Kiyovu Sports mu rujijo ku myitwarire ya Cedrick Amissi](https://thedrum.rw/2025/12/12/kiyovu-sports-mu-rujijo-ku-myitwarire-ya-cedrick-amissi/) - Kiyovu Sports iri mu bihe bitoroheye kubera umwuka utari mwiza uri hagati yayo n’umukinnyi wayo w’Umurundi, Cedrick Amissi, nyuma y’uruhuri rw’ibibazo byatangiye kugaragara mu minsi ishize. Amakuru agera kuri The Drum yemeza ko kugeza ubu ubuyobozi bw’iyi kipe butari kumvikana n’uyu mukinnyi, cyane cyane ku myitwarire itari myiza yagaragaje ndetse no kutitabira imyitozo. Ku wa - [RPL -  Al Hilal SC yanyomoje ibyo Banamwana Camarade yari yahigiye](https://thedrum.rw/2025/12/12/rpl-al-hilal-sc-yanyomoje-banamwana-camarade/) - Al Hilal SC yongeye kugaragaza imbaraga n’ uburyo bw’imikinire bwihariye ubwo yatsindaga Bugesera FC ibitego 3–1, mu mukino w’Umunsi wa 10 wa Shampiyona y’u Rwanda wakinirwaga kuri Kigali Pelé Stadium ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 11 Ukuboza 2025. Ni umukino utatinze gufunguka, kuko ku munota wa 2 gusa, Girumugisha yafatiye umupira mu - [She –Amavubi yaciye agahigo kabi mu mateka yayo](https://thedrum.rw/2025/12/11/she-amavubi-yaciye-agahigo-kabi-mu-mateka-yayo/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore [She-Amavubi]yasubiye inyuma ku rutonde rushya rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), igera ku mwanya wa 169, umwanya mubi kurusha indi yose yabonye mu mateka yayo. She- Amavubi yaje kuri uru rutonde rwasohotse ku wa Kane, tariki ya 11 Ukuboza 2025, rukanasoza umwaka w’imikino. Gusubira inyuma k’u Rwanda ku rutonde kuje - [Tour du Rwanda yatangaje ibirimo amahirwe adasanzwe ku rubyiruko](https://thedrum.rw/2025/12/11/tour-du-rwanda-yatangaje-ibirimo-amahirwe-adasanzwe-urubyiruko/) - Umuyobozi mushya wa Tour du Rwanda, Hubert Nkurayija, yatangaje gahunda nshya ziteganyijwe kuvugurura isura y’irushanwa rinini rya siporo mu gihugu, mu buryo buzaryongerera agaciro, rikabasha no kunganira gahunda zo guteza imbere abana bakiri bato mu mukino w’amagare. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru,yavuze ko kimwe mu byo ahanze amaso ari ukongera uburyo irushanwa ribwirwa isi binyuze mu - [RPL - Amakipe yo muri Sudani yemerewe kwitabaza urubuga rwa Facebook](https://thedrum.rw/2025/12/11/rpl-amakipe-yo-muri-sudani-yemerewe-kwitabaza-urubuga-rwa-facebook/) - Amakipe yo muri Sudani akina Shampiyona y’u Rwanda yatangaje umwanzuro mushya wo gutambutsa amashusho y’imikino yayo kuri Facebook kugirango arusheho kwegera abafana bayo baba mu bihugu by’Abarabu. Uyu mwanzuro wo gutambutsa imikino yose ya Shampiyona ku rubuga rwa Facebook ujye nyuma y’icyemezo cyavuye mu biganiro byimbitse byahuje FERWAFA, Rwanda Premier League n’ubuyobozi bw’aya makipe. Mu - [OFFICIAL - ikipe yakinnyemo Nairo Quintana izagaragara muri Tour du Rwanda 2026](https://thedrum.rw/2025/12/11/official-ikipe-yakinnyemo-nairo-quintana-izagaragara-muri-tour-du-rwanda-2026/) - Ikipe ikomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare ku rwego rw’Isi, Movistar Team yo muri Espagne, yatangaje ko izitabira Tour du Rwanda 2026 ku nshuro ya mbere, nk’uko bitangazwa n’abategura iri siganwa. Ku nshuro ya 18, Tour du Rwanda iteganijwe kuba kuva ku wa 22 Gashyantare kugeza ku wa 1 Werurwe 2026, aho imihanda y’u - [RPL : Camarade Banamwana yiteguye gutungura Al Hilal](https://thedrum.rw/2025/12/11/rpl-camarade-banamwana-yiteguye-gutungura-al-hilal/) - Umutoza mukuru wa Bugesera FC, Camarade Banamwana, yatangaje ko yizeye ko ikipe ye ishobora kongera kwitwara neza nk’uko yabikoze itsinda Al Merrikh, ubwo bari buze kuba bakina na Al Hilal kuri uyu wa Kane, tariki ya 11 Ukuboza, kuri Kigali Pele Stadium. Al Hilal iri kwitwara neza muri iyi minsi, kuko imaze gukina imikino itatu - [Amakipe yo muri Saudi Pro League arifuza gusinyisha Mohammed Salah](https://thedrum.rw/2025/12/11/saudi-pro-league-irifuza-gusinyisha-mohammed-salah/) - Mu gihe icyuho hagati ya Mohamed Salah na Liverpool gikomeje kwiyongera, amakipe yo muri Saudi Pro League yatangaje ko yiteguye kumwakira, nk’uko byemejwe na Omar Mugharbel, umuyobozi w’iyi shampiyona. Aya makuru aje nyuma y’uko rutahizamu w’imyaka 33 asizwe ku mukino wa Champions League wabahuje na Inter Milan ku wa Kabiri, nyuma yo kugirana ukutumvikana gukomeye - [RPL : Darko Novic na Al-Merrikh bongeye gutangira ubutumwa kuri Marines FC](https://thedrum.rw/2025/12/11/rpl-darko-novic-na-al-merrikh-bongeye-gutangira-ubutumwa-kuri-marines-fc/) - Ikipe ya Al-Merrikh yo muri Sudani ikomeje kwitwara neza muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kubona intsinzi ya kane yayo itsinze Marine FC igitego 1–0, mu mukino wakinirwaga imbere y’abafana batageze ku 150 kuri Kigali Pelé Stadium. Al-Merrikh yinjiranye ibibazo mu mukino kuko itari ifite bamwe mu ngenderwaho barimo Sibomana Sultan Bobo wari mu kababaro - [Xabi Alonso yahakanye iby’igitutu kimuriho nyuma yo gutsindwa na Man City](https://thedrum.rw/2025/12/11/xabi-alonso-ntahakanye-ibyigitutu-kimuriho-nyuma-yo-gutsindwa-na-man-city/) - Real Madrid yongeye kwisanga mu rungabangabo nyuma yo gutsindirwa i Bernabeu na Manchester City ibitego 2-1 mu mukino wa Champions League wabaye ku wa Gatatu. Nubwo Rodrygo Goes yari yafunguriye Los Blancos amazamu hakiri kare, City yaje kubitesha agaciro mu minota 10 gusa, ibifashijwemo na Nico O’Reilly na Erling Haaland, bituma Madrid itsindirwa mu rugo - [Rwanda Premier League yazanye imipira yo gukina mishya](https://thedrum.rw/2025/12/10/rwanda-premier-league-yazanye-imipira-yo-gukina-mishya/) - Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko rwinjiye mu bufatanye bushya na sosiyete ya Prostar Sports International yo muri Nigeria, mu rwego rwo kuzamura ireme ry’imipira ikoreshwa mu mikino ya shampiyona. Aya masezerano y’imyaka itatu ateganya ko iki kigo ari cyo kizajya gitanga umupira wemewe uzakoreshwa mu mikino - [FIFA irashinjwa kwica nkana amategeko yayo](https://thedrum.rw/2025/12/10/fifa-irashinjwa-kwica-nkana-amategeko-yayo/) - Itsinda riharanira uburenganzira bwa muntu, FairSquare, ryandikiye komite ishinzwe imyitwarire muri FIFA risaba ko hakorwa iperereza kuri Perezida wayo Gianni Infantino, ryemeza ko yaba yararenze ku mabwiriza yo kutavanga politiki mu mikorere y’uyu muryango. Ibi birashingirwa ku cyemezo cya Infantino cyo guha Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihembo cya mbere cyiswe - [Paul Pogba yashoye imari mu mukino wo gusiganwa ku ngamiya](https://thedrum.rw/2025/12/10/paul-pogba-yashoye-imari-mu-mukino-wo-gusiganwa-ku-ngamiya/) - Umukinnyi wo hagati wa AS Monaco ,Paul Pogba ubu yabaye umwe mu banyamigabane b’ikipe ya Al Haboob, ikipe ya mbere mu gusiganwa ku ngamiya yo muri Arabia Saudite, ariko ikarushanwa mu bihugu byinshi byo mu kigobe cyo hagati. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Pogba w’imyaka 32 yavuze ko atigeze yihutira gushoramo, ahubwo yabanje gukora ubushakashatsi - [Niyibizi Ramadhan ari mu gahinda ko kubura umubyeyi](https://thedrum.rw/2025/12/10/niyibizi-ramadhan-ari-mu-gahinda-ko-kubura-umubyeyi/) - Niyibizi Ramadhan, umukinnyi wa APR FC, n’umutoza n’umukinnyi wa Marines FC Sultan Bobo, uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’uko se yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukuboza 2025. Amakuru The Drum yamenye avuga ko nyakwigendera yaguye mu rugo rwe i Rubavu, ahazwi nko mu Mujyi wa Gisenyi, ahagana saa - [U Rwanda ruzakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball](https://thedrum.rw/2025/12/10/u-rwanda-ruzakira-shampiyona-nyafurika-ya-volleyball/) - U Rwanda rwahawe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo, izwi nka Africa Men’s Club Championship 2026. Ni irushanwa ritegurwa buri mwaka n’Impuzamashyirahamwe ya Volleyball muri Afurika (CAVB), rikazaba ku nshuro ya 47 kuva ku wa 20 Mata kugeza ku wa 3 Gicurasi 2026 mu Mujyi wa Kigali. Ni irushanwa rikomeye - [INSIDER - Hamenyekanye uwasimbuye by’agateganyo Brig Gen Deo Rusanganwa ku buyobozi bwa APR FC](https://thedrum.rw/2025/12/10/insider-hamenyekanye-uwasimbuye-byagateganyo-brig-gen-deo-rusanganwa-ku-buyobozi-bwa-apr-fc/) - Mu gitondo cyo ku munsi wejo nibwo hatangiye gucicikana inkuru zavugaga ko Brig Gen Deo Rusanganwa yakuwe ku nshingano zo kuyobora APR FC, nyuma y’amezi 13 gusa yari ayoboye iyi kipe y’Ingabo z’u Rwanda. Brig Gen Rusanganwa, usanzwe ayobora Diviziyo ya Kabiri mu Ngabo z’u Rwanda, yahawe kuyobora APR FC mu Ugushyingo 2024 asimbura Col - [AFCON 2025 :Côte d’Ivoire yagaruye Wilfried Zaha](https://thedrum.rw/2025/12/10/afcon-2025-cote-divoire-yagaruye-wilfried-zaha/) - Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire , Emerse Faé yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 26 izifashisha mu irushanwa rya CAN 2025. Uru rutonde rwavugishije benshi cyane cyane kubera kugaruka kwa Wilfried Zaha, wari umaze hafi imyaka ibiri adahamagarwa. Zaha, wahoze akinira Crystal Palace, yongeye guhamagarwa kubera uburyo ari kwitwara neza muri uyu mwaka akinira Charlotte - [UCL – Bayern Munich yateye ikirenge mu cya Arsenal](https://thedrum.rw/2025/12/10/ucl-bayern-munich-yateye-ikirenge-mu-cya-arsenal/) - Ikipe ya Bayern München yongeye kwerekana ko ikomeye ku mugabane w’u Burayi nyuma yo kwikura imbere ya Sporting CP bayitsinze ibitego 3–1 ku mukino wa 6, bituma ihita ibona itike iyijyana mu cyiciro gikurikiraho muri UEFA Champions League 2025/26. Uyu mukino wasojwe Lennart Karl yishimira igitego cy’ingenzi, cyafashije iyi kipe yo muri Bavaria kurinda umwanya - [Turikiya yafunze abarimo abakinnyi ba Galatasaray kubera 'Betting'](https://thedrum.rw/2025/12/09/turikiya-yafunze-abarimo-abakinnyi-ba-galatasaray-kubera-betting/) - Urukiko rwo muri Turikiya rwatangaje ko rwafunze abantu 20 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gutega ku mikino byakomeje kugaragara mu byiciro bitandukanye bya shampiyona z’umupira w’amaguru, birimo na Turkish Süper Lig. Aba bafashwe barimo abakinnyi bakomeye, abayobozi b’amakipe ndetse n’abandi bafatiwe mu iperereza ryagutse rimaze iminsi rikorerwa muri iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’Ikigo cy’Itangazamakuru - [FIFA yatangaje impinduka zigomba kubahirizwa mu gikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/12/09/fifa-yatangaje-impinduka-zigomba-kubahirizwa-mu-gikombe-cyisi-cya-2026/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko mu Gikombe cy’Isi cya 2026 hazajya hatangwa iminota itatu yo kunywa amazi muri buri gice cy’umukino. Iki cyemezo, nk’uko FIFA ibivuga, kigamije kurinda ubuzima n’imbaraga z’abakinnyi, kandi kizakurikizwa mu mikino yose, haba hari ubushyuhe bwinshi cyangwa ntibubeho, kugira ngo amakipe yose ahabwe amahirwe angana. Biteganyijwe ko umusifuzi - [APR FC yasembuye Rayon Sports nyuma y’icyemezo cya FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/12/09/apr-fc-yasembuye-rayon-sports-nyuma-yicyemezo-cya-ferwafa/) - Nyuma y’aho FERWAFA ishyiriye ahagaragara itariki y’umukino wa Super Cup uteganyijwe guhuza APR FC na Rayon Sports, amakimbirane asanzwe agaragara hagati y’aya makipe yongeye kuzamuka ubwo APR FC yatangazaga amagambo yakiriwe n’abafana ba Rayon nk’ukubishongoraho. Ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryamenyesheje abakunzi - [Rutahizamu w'u Bwongereza yatawe muri yombi nyuma yo kurwana mu kabari](https://thedrum.rw/2025/12/09/rutahizamu-wu-bwongereza-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kurwana-mu-kabari/) - Mu mpera z’icyumweru gishize, rutahizamu w’U Bwongereza Ivan Toney, wakiniye Brentford mbere yo kwerekeza muri Al-Ahli yo muri Arabia Saudite, yafunzwe na polisi ya Londres akurikiranyweho gukubita umugabo wari mu kabari ka 100 Wardour Street mu gace ka Soho. Byabaye mu masaha akuze ya saa saba z’ijoro zo ku wa Gatandatu, ahari huzuye abantu bari - [Manzi Thierry na Bizimana Djihad bongeye gutwarana igikombe na Al Ahli Tripoli](https://thedrum.rw/2025/12/09/manzi-thierry-na-bizimana-djihad-bongeye-gutwarana-igikombe-na-al-ahli-tripoli/) - Al Ahli Tripoli ikinamo abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Manzi Thierry na Bizimana Djihad yongeye kwandika amateka muri ruhago yo muri Libya, nyuma yo kwegukana Libya Super Cup 2025 itsinze Al-Ahly Benghazi kuri penaliti. Ni intsinzi ikomeye yasize iyi kipe ibaye iya kabiri mu mateka yayo itwara ibikombe byose bitatu bikinirwa muri icyo gihugu mu - [Igitutu ni cyose kuri Canisius wa Mukura VS watsinzwe na Al Hilal SC y’abakinnyi 10](https://thedrum.rw/2025/12/09/igitutu-ni-cyose-kuri-canisius-wa-mukura-vs-watsinzwe-na-al-hilal-sc-yabakinnyi-10/) - Al Hilal SC yo muri Sudani yongeye kwerekana ko iri mu makipe azatanga akazi gakomeye muri shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa mbere. Nubwo Al Hilal yakinnye iminota myinshi iri abakinnyi 10 gusa nyuma y’uko myugariro Petros Aprocius yahawe ikarita itukura - [Ruben Amorim yashimye Maason Mount nyuma y’itsinzi ya Wolves](https://thedrum.rw/2025/12/09/ruben-amorim-yashimye-maason-mount-nyuma-yitsinzi-ya-wolves/) - Mu ijoro ryakeye Manchester United yongeye kwigaragaza itsinda Wolves ibitego 4-1 mu mukino waje nyuma y’igitutu gikomeye cy’abafana ba Wolves batinze kwinjira ku mpamvu yo kwigaragambya. United yafunguye amazamu hakiri kare binyuze kuri Bruno Fernandes, ariko icyo cyizere cyaje guhungabanywa mu minota ya nyuma y’igice cya mbere ubwo Jean-Ricner Bellegarde yatsindaga igitego cyo kunganya. Byasaga - [Basketball : APR yitegura shampiyona yongereyemo amaraso mashya](https://thedrum.rw/2025/12/08/basketball-apr-yitegura-shampiyona-yongereyemo-amaraso-mashya/) - APR Basketball Club ikomeje kongera imbaraga mu ikipe yayo mbere y’uko hatangira shampiyona ya Rwanda Basketball League (RBL) 2025, iteganyijwe gutangira ku wa 24 Mutarama. Kuri ubu, iyi kipe y’ingabo yatangaje ko yasinyishije Carlton Edward Bragg Jr., umukinnyi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kongera imbaraga isanzwe ifite no gukomeza guhatanira - [Amatariki ya Ferwafa Super Cup yamenyekanye](https://thedrum.rw/2025/12/08/amatariki-ya-ferwafa-super-cup-yamenyekanye/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, ‘FERWAFA’, Ryatangaje amatariki y’Umukino wa Super Cup, Iyo mikino izahuza Rayon Sports na APR Fc mu (bagabo) na Rayon Women Football Club na Indahangarwa Women Football Club mu (bagore). Ferwafa mu ibaruwa yandikiye ayo makipe yabamenyesheje ko, Tariki ya 10 Mutarama 2025 aribwo hazaba iyo mikino, Mu Itangazo ryashyizweho umukono - [Arne Slot yasize Mohamed Salah mu bakinnyi yajyanye mu Butaliyani](https://thedrum.rw/2025/12/08/arne-slot-yasize-mohamed-salah-mu-bakinnyi-yajyanye-mu-butaliyani/) - Liverpool yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye nyuma y’uko rutahizamu wayo Mohamed Salah avuze amagambo akakaye nyuma y’umukino banganyijemo na Leeds United kuwa Gatandatu. Uyu mukino warangiye ari 3-3, ukomeza gushyira Liverpool ku mwanya wa cyenda muri Premier League, umwanya utari kwishimirwa n’abakunzi bayo. Salah yongeye kwicazwa ku ntebe y’abasimbura ku mukino wa gatatu wikurikiranya, ibintu - [Darko Novic yemeye ko intsinzi ya AS Kigali yamukuyeho igitutu](https://thedrum.rw/2025/12/08/darko-novic-yemeye-ko-intsinzi-ya-as-kigali-yamukuyeho-igitutu/) - Umutoza wa Al-Merrikh, Darko Novic, nyuma y’intsinzi ikomeye ya 2–1 batsinze AS Kigali ku Cyumweru, yavuze ko yumvise umutwaro umuvuyeho nyuma y’uko ikipe ye itangiye nabi Shampiyona y’u Rwanda. Umunyaseribiya Novic yari amaze iminsi aterwa igitutu n’abakunzi b’ikipe nyuma yo gutsindwa imikino ibiri ya mbere. Nyamara kuva ubwo, ikipe ye yongeye kwiyubaka, itsinda imikino ibiri - [Depite Mukabalisa Germaine yegukanye umudali wa zahabu](https://thedrum.rw/2025/12/08/depite-mukabalisa-germaine-yegukanye-umudali-wa-zahabu/) - Depite Mukabalisa Germaine yongeye kwandika amateka mu mikino ihuza Abadepite n’Abasenateri bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), aho yegukanye umudali wa Zahabu mu gusiganwa ku maguru metero 400 ndetse n’uw’Umuringa muri metero 100. Ni intsinzi yaje ikurikira izindi yari aherutse kubona mu marushanwa yabereye i Kigali mu mwaka ushize, ikaba ikomeza kumushyira - [INSIDER -APR FC iritegura gusesa amasezerano y’intwaro zayo ebyiri](https://thedrum.rw/2025/12/08/insider-apr-fc-iritegura-gusesa-amasezerano-yintwaro-zayo-ebyiri/) - Mu gihe hasigaye igihe gito ngo isoko ryo muri Mutarama 2026 rifungurwe, amakuru ava mu ikipe ya APR FC yemeza ko hashobora kuba impinduka zikomeye muri iyi kipe, cyane cyane mu bakinnyi basatira banyura ku mpande. Amakuru dukesha ikinyamakuru Isimbi yemeza ko Denis Omedi na Hakim Kiwanuka bashobora gutandukana n’iyi kipe nyuma y’umwaka umwe gusa - [Tottenham Hotspur iri gukora iperereza kuri Yves Bissouma](https://thedrum.rw/2025/12/08/tottenham-hotspur-iri-gukora-iperereza-kuri-yves-bissouma/) - Ikipe ya Tottenham Hotspur yatangaje ko iri gukurikirana amakuru avuga ko umukinnyi wo hagati Yves Bissouma yafotowe arimo ahumeka umwuka w’ikinyabutabire cya nitrous oxide. Amashusho yasohowe n’ikinyamakuru The Sun ni yo yerekana uwo mukinnyi w’imyaka 29 wavukiye muri Mali asa n’uhumeka ku bushake uwo mwuka utemewe gukoreshwa ku bakinnyi bo mu Bwongereza. Uwo mwanya, Tottenham - [RPL:Al Merrikh SC yigaranzuye AS Kigali ihita inayicaho](https://thedrum.rw/2025/12/07/rplal-merrikh-sc-yigaranzuye-as-kigali-ihita-inayicaho/) - Al Merrikh SC yo muri Sudani yigaranzuye AS Kigali iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wa Shampiyona wakiniwe kuri Kigali Pelé Stadium kuri iki Cyumweru, ku isaha ya saa kumi n’ebyiri. Ni umukino wari utegerejwe cyane, by’umwihariko ku ruhande rw’ikipe y’Umutoza Darco Novic, yasabwaga gutsinda kugira ngo ikomeze kwiyubakiraho icyizere imaze kugaragaza mu mikino iheruka. Mu - [Xabi Alonso wa Real Madrid yemeye ko ari ku gitutu](https://thedrum.rw/2025/12/08/xabi-alonso-wa-real-madrid-yemeye-ko-ari-ku-gitutu/) - Real Madrid yaraye itunguwe na Celta Vigo muri La Liga, itsindwa mu mukino warangiye ari abakinnyi icyenda mu kibuga, bituma igitutu ku mutoza Xabi Alonso kirushaho kwiyongera. Ni indi ntsinzi yabuze ku ikipe y’i Madrid imaze iminsi ititwara neza, kuko mu mikino itanu iheruka muri shampiyona batsinze umwe gusa. Ubu baracyari inyuma ya Barcelona amanota - [Basketball: Inteko rusange yashimangiye ubunyamuryango bwa AZOMCO muri FERWABA](https://thedrum.rw/2025/12/07/basketball-inteko-rusange-yashimangiye-ubunyamuryango-bwa-azomco-muri-ferwaba/) - Mu nama y’inteko rusange isanzwe y’ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda [FERWABA] yabereye i Kigali ku wa Gatandatu, tariki 6 Ukuboza 2026, abayobozi b’iri shyirahamwe bemeranyije ku ngingo nyinshi zigamije kunoza imitegurire ya shampiyona no guteza imbere uyu mukino. Iyi nama yitabiriwe n’abahagarariye amakipe, abatoza ndetse n’inzego zitandukanye zifite aho zihurira n’uyu mukino, yagaragaje isura - [Uwabayeho umunyamigabane muri Liverpool yitabye Imana](https://thedrum.rw/2025/12/07/uwabayeho-umunyamigabane-muri-liverpool-yitabye-imana/) - Tom Hicks, wahoze ari umwe mu banyamigabane bakuru ba Liverpool FC, yitabye Imana afite imyaka 79, nk’uko byatangajwe n’umuryango we. Hicks yapfiriye mu rugo rwe i Dallas muri Texas, aho yari ari kumwe n’abo mu muryango we mu minota ya nyuma y’ubuzima bwe. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’abana be batandatu, bavuze ko nubwo se yari - [RPL:Dore icyatumye igitego cya Police cyiburizwamo ku mukino na APR FC](https://thedrum.rw/2025/12/07/rpldore-icyatumye-igitego-cya-police-cyiburizwamo-ku-mukino-na-apr-fc/) - Impaka ni zo zabyutse zivugwa kuri iki cyumweru nyuma yuko kuri Kigali Pele Stadium mu mukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona ya 2025–2026,umusifuzi Nshimiyimana Remy Victor yanze igitego Byiringiro Lague yatsinze kuri Coup Franc [kufura]. Ibyabaye byatangiye ku munota wa 40, ubwo Police FC yabonaga kufura ku ikosa Niyomugabo Claude yakoze. Byiringiro Lague, wari uhagaze - [Lionel Messi yongeye kwandika  amateka adasanzwe](https://thedrum.rw/2025/12/07/lionel-messi-yongeye-kwandika-amateka-adasanzwe/) - Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine ndetse n’uw’ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, yongeye kwandika izindi paji z’amateka mu mupira w’amaguru nyuma yo kwegukana igikombe cya 48 mu rugendo rwe nk’umukinnyi w’ibihe byose wegukanye ibikombe byinshi. Byari mu ijoro ryo ku wa Gatandatu ubwo Inter Miami yatsindaga Vancouver Whitecaps - [Agahinda ka Mo Salah yatewe nibyo Liverpool iri kumukorera](https://thedrum.rw/2025/12/07/agahinda-ka-mo-salah-yatewe-nibyo-liverpool-iri-kumukorera/) - Rutahizamu w’umunya-Misiri, Mohamed Salah nyuma y’Umukino ikipe ya Liverpool yanganyijemo na Leeds United ibitego 3-3, Mo Salah ntiyigeze akina uwo mukino kubera ko yari yashyizwe ku ntebe y’abasimbura, Ibi byatumye avuga ko mu ikipe ya Liverpool bigaragara ko hari umuntu utamushaka kandi nta mubano agifitanye n’Umutoza wa Liverpool, Arne Slot. Byinshi Mo Salah yatangaje adaciye - [Aston Villa yahinyuje benshi mu bari batangiye guha igikombe Arsenal](https://thedrum.rw/2025/12/06/aston-villa-yahinyuje-benshi-mu-bari-batangiye-guha-igikombe-arsenal/) - Aston Villa yakuye Arsenal mu byishimo yari imazemo iminsi, itsinda igitego kidasanzwe mu masegonda ya nyuma y’umukino, bikomeza kugaragaza uburyo iyi kipe ya Unai Emery iri mu bihe byiza cyane muri Premier League. Ni umukino watumye Villa yigabanyiriza ikinyuranyo cya amanota igera kuri atatu gusa inyuma ya Arsenal, ikomeje kuyobora urutonde. Mu minota ya mbere - [Ni bande bafite amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’isi cya 2026?](https://thedrum.rw/2025/12/06/ni-bande-bafite-amahirwe-menshi-yo-kwegukana-igikombe-cyisi-cya-2026/) - Amakipe azitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi cya 2026 cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico yashyizwe mu matsinda ; Dore iby’ingenzi dufatiye ku nguni yo kuvuga ngo ni nde ushobora kuryegukana. N’ubwo imyanya itandatu izuzuzwa muri Werurwe binyuze mu mikino ya play-offs, uburyo amakipe y’ibihugu ari kwitwara burahagije ngo harebwe abashobora kugera kure. - [Volleyball : Police yagarukanye Kepler mu mukino w’ishiraniro](https://thedrum.rw/2025/12/06/volleyball-police-yagarukanye-kepler-mu-mukino-wishiraniro/) - Police VC yatsinze Kepler VC mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Petit Stade ku wa Gatanu, itsinda amaseti 3–2 (19–25, 25–18, 25–17, 19–25, 15–13.) Kepler VC yari yaje yiyemeje gukomeza gushimangira umwanya wayo wa kabiri mu mikino ibanza, bituma itangira neza itsinda iseti ya mbere ku manota 25–19. Ariko ubwo Police yari itangiye gushakisha uburyo bwo - [FIFA yahembye Donald Trump](https://thedrum.rw/2025/12/06/fifa-yahembye-donald-trump/) - Mu muhango wabereye mu Mujyi wa Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyikirijwe igihembo cy’Amahoro gitangwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), mu rwego rwo kumushima uruhare rwe mu bikorwa bitandukanye byo guteza imbere amahoro n’ubufatanye mpuzamahanga. Uyu muhango wabereye mu rwego rwo gutangiza tombola y’amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026, igikorwa - [Inzibacyuho muri Rayon Sports yatangiranye intsinzi imbere ya Musanze FC](https://thedrum.rw/2025/12/06/inzibacyuho-muri-rayon-sports-yatangiranye-intsinzi-imbere-ya-musanze-fc/) - Mu mukino wari utegerejwe na benshi kandi wuzuye ishyaka ry’impande zombi, Rayon Sports yatsinze Musanze FC ibitego 2-0, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 5 Ukuboza 2025, kuri Kigali Pele Stadium. Saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, abafana bari buzuye sitade batangira kuryoherwa n’umupira wagendaga neza ku mpande zombi, nubwo Musanze FC itari ifite umubare munini - [Kapiteni wa Nigeria yasezeye mu ikipe y’Igihugu](https://thedrum.rw/2025/12/05/kapiteni-wa-nigeria-yasezeye-mu-ikipe-yigihugu/) - Myugariro w’Umunya-Nigeria, William Troost-Ekong uzwi nka M.O.N, Yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Nigeria Super Eagles, Ku myaka 32 y’Amavuko. Ku mugoroba wo kuwa Kane, Tariki ya 4 Umuhoza 2025, Nibwo Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru muri Nigeria, William Troost Ekong, Yanditse kurukuta rwe rwa Instagram avuga ko asezeye mu ikipe y’Igihugu yabo. Yagize ati “ - [Nubwo byamutsindishije kwa Leeds Enzo Maresca](https://thedrum.rw/2025/12/05/nubwo-byamutsindishije-kwa-leeds-enzo-maresca-agiye-kongera-guhindura/) - Nyuma y’intsinzi zatumaga abafana banyurwa mu mikino iheruka, Chelsea yigaragaje mu isura itandukanye ubwo yatsindirwaga i Elland Road na Leeds ibitego 3-1 ku wa Gatatu. Ni umukino wateye byinshi kuvugwa, cyane cyane ku mpinduka umutoza Enzo Maresca yari yakoze mu ikipe afatanya n’ibibazo by’imvune n’imitwaro y’imikino myinshi ikurikiranye. Maresca yari yahisemo gukora impinduka eshanu, ibintu - [Basketball: APR na REG zamenye abo bazacakirana mu mikino nyafurika](https://thedrum.rw/2025/12/05/basketball-apr-na-reg-zamenye-abo-bazacakirana-mu-mikino-nyafurika/) - Amakipe abiri ahagarariye u Rwanda n’Akarere ka Gatanu mu mikino ya Women Basketball League Africa 2025 (WBLA 2025), ari yo REG WBBC na APR WBBC, yamaze kumenya amatsinda azakiniramo mu irushanwa rizabera i Cairo mu Misiri guhera tariki ya 4 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2025. Uyu mwaka, aya makipe yombi yitezweho gushyira imbaraga mu - [INSIDER- Haruna Ferouz na APR FC mu bituma Fall Ngagne adakina](https://thedrum.rw/2025/12/05/insider-haruna-ferouz-na-apr-fc-mu-bituma-fall-ngagne-adakina/) - Rutahizamu ukomoka muri Senegal, Fall Ngagne, akomeje guteza urujijo mu bafana ba Rayon Sports n’ubuyobozi b’iyi kipe, nyuma y’aho byemejwe ko yakize imvune yari imaze amezi menshi imutera ikibazo ariko akanga kugaruka mu kibuga. Amakuru dukesha SK FM yemeza ko ikibazo kiri hagati y’uyu mukinnyi n’abatoza cyaba cyararenze iby’imvune. Ku wa 24 Gashyantare 2025, nibwo - [Umunyezamu wa Rayon Sports uri mu bihe bibi yihanangirije abanyamakuru ba Siporo](https://thedrum.rw/2025/12/05/umunyezamu-wa-rayon-sports-yihangirije-abanyamakuru-ba-siporo/) - Umunyezamu wa Rayon Sports, Pavelh Ndzila, ukomoka muri Congo Brazzaville, yongeye kuzamura impaka nyuma yo kunenga bikomeye zimwe mu mvugo z’abanyamakuru avuga ko bubakira ku bihuha no gutukisha abakinnyi kugira ngo bakurure ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga. Ni ubutumwa yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yifashishije urugero rw’imitekerereze y’abanyamakuru ku makosa y’abanyezamu. Yavuze ko - [Bizimana Djihad na Manzi Thierry begukanye igikombe muri Libya](https://thedrum.rw/2025/12/05/bizimana-djihad-na-manzi-thierry-begukanye-igikombe-muri-libya/) - Al Ahli Tripoli yo muri Libya, ikinamo Abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry, yegukanye Igikombe cya Libya Cup itsinze Al Ahli Benghazi ibitego 3–0, mu mukino wabereye mu Misiri kubera impungenge z’umutekano mu gihugu cya Libya. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi muri Afurika, utavuzweho rumwe kubera ko wakinirwaga ku kibuga kidafite abafana kandi kitari - [Ruben Amorim yashinze agati ku cyemezo cyo kudakoresha Kobbie Mainoo](https://thedrum.rw/2025/12/05/ruben-amorim-yashinze-agati-ku-cyemezo-cyo-kudakoresha-kobbie-mainoo/) - Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim, yihagazeho ku cyemezo cyo kudakoresha Kobbie Mainoo, nyuma y’uko uyu mukinnyi wo hagati yongeye kurangiza umukino ari ku ntebe y’abasimbura ubwo United yanganyaga na West Ham kuri Old Trafford. Muri uwo mukino warangiye ari igitego 1-1, United yabonye igitego cya mbere binyuze kuri Diogo Dalot ariko birangira itabashije kugumana - [Byose ukeneye kumenya kuri AFCON 2025](https://thedrum.rw/2025/12/05/byose-ukeneye-kumenya-kuri-afcon-2025/) - Impera z’uyu mwaka zizaba zidasanzwe ku bakunda ruhago muri Afurika, kuko kuva tariki ya 21 Ukuboza 2025 kugeza ku ya 18 Mutarama 2026, Maroc izakira irushanwa rya AFCON 2025, ku nshuro ya mbere kuva mu 1988 . Iki gikombe cyari cyarateganyijwe kuba muri Kamena na Nyakanga 2025, ariko kiza kwimurwa kubera FIFA Club World Cup - [Rayon Sports yatangaje umuvugizi mushya n’ibintu 6 bagiye kwitaho](https://thedrum.rw/2025/12/04/rayon-sports-yatangaje-umuvugizi-mushya/) - Ubuyobozi bushya bwa komite ya Rayon Sports y’inziba cyuho mu mezi 3 ari imbere, Ubuyobozi buyobowe na Murenzi Abdallah n’abandi bayobozi batandukanye bagiye gukorana muri icyo gihe cy’amezi 3 baganiye n’Itangazamakuru. Umuyobozi mukuru wa Rayon Sports Murenzi Abdallah, Yatangiye avuga icyo komite ye igiye gukora, Nyuma y’amakimbirane yari mu buyobozi bwa Rayon Sports buheruka kweguzwa - [Kera kabaye Donald Trump yavuye ku izima!](https://thedrum.rw/2025/12/04/kera-kabaye-donald-trump-yavuye-ku-izima/) - Nyuma y’iminsi havugwa amagambo akakaye hagati ya Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Iran (FFIRI) n’inzego za Leta zunze Ubumwe za Amerika ku birebana no gutanga viza, noneho byemejwe ko intumwa za Iran zizitabira tombola y’Igikombe cy’Isi cya 2026 iteganyijwe kubera i Washington DC kuwa Gatanu. Iran yari yasabye viza icyenda, ariko iza guhabwa enye gusa, harimo - [Amagare: FERWACY yahaye umugisha ugutandukana n’umutoza mukuru](https://thedrum.rw/2025/12/04/amagare-ferwacy-yahaye-umugisha-ugutandukana-numutoza-mukuru/) - Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryemeje ko ryatandukanye burundu n’Umufaransa David Louvet, wari umaze imyaka ibiri n’igice atoza Ikipe y’Igihugu y’Amagare. Uyu mwanzuro watangajwe ku wa Gatatu, tariki ya 3 Ukuboza 2025, ubwo Perezida wa FERWACY, Ndayishimiye Samson, hamwe n’abayobozi bagenzi be bahuraga na Louvet mu muhango wo kumusezera mu buryo bwemewe. Louvet wari - [Gamondi yahamagaye abo Tanzania izajonjoramo abijyana muri CAN!](https://thedrum.rw/2025/12/04/gamondi-yahamagaye-abo-tanzania-izajonjoramo-abijyana-muri-can/) - Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzania, Miguel Gamondi, yatangaje urutonde rw’agateganyo rugizwe n’abakinnyi 51 bazahatanira kwitabira imikino ya nyuma ya CAN 2025. Uru rutonde rwatangajwe byemezwa ruzongera kuvanwamo abandi bakinnyi mbere y’uko Tanzania yohereza urwa nyuma muri CAF. Taifa Stars iri mu itsinda C hamwe na Nigeria, Uganda na Tunisia. Ni ubwa kane Tanzania igaragaye - [Uwakiniye Amavubi yayobotse inzira yo gutoza](https://thedrum.rw/2025/12/04/uwakiniye-amavubi-yayobotse-inzira-yo-gutoza/) - Rutahizamu w’Amavubi, Sugira Ernest, yinjiye ku mugaragaro mu rugendo rushya rwo kuba umutoza, Nyuma yo kuba amaze igihe adakandagira mu kibuga kubera ko nta kipe afite akinira ubu. Sugira Ernest, yatangiye kumenyeka ubwo yakiniraga AS Muhanga, Yaje kuvamo yerekeza muri APR Fc atamazemo igihe kuko yahasanze abakinnyi nka Ndahinduka Michael wari uzwi cyane nka Bugesera - [Jojea Kwizera yongereye amasezerano muri Rhode Island FC](https://thedrum.rw/2025/12/04/jojea-kwizera-yongereye-amasezerano-muri-rhode-island-fc/) - Umukinnyi wo hagati w’Umunyarwanda, Jojea Kwizera, yongeye amasezerano mashya agomba kumugeza mu mpera za 2026 ari muri Rhode Island FC yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nk’uko iyi kipe yabitangaje, aya masezerano ye yongerewe ku munsi w'ejo atanga igihamya cy’icyizere ko azakomeza kuba umwe mu nkingi za mwamba z’umushinga wiy'ikipe yo muri Leta Zunze - [Umutoza wa Gasogi United yahaye gasopo abasuzugura amakipe yo muri Sudan](https://thedrum.rw/2025/12/04/umutoza-wa-gasogi-united-yahaye-gasopo-abasuzugura-amakipe-yo-muri-sudan/) - Umukino wari utegerejwe na benshi hagati ya Gasogi United na Al Hilal Omdurman wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatatu, tariki ya 3 Ukuboza 2025, wasize ikipe ya Gasogi itsinzwe ibitego 2-0 maze hasigara havugwa byinshi ku bitekerezo n’imyitwarire yakurikiye uyu mukino. Ni umukino wabaga nyuma y’uko Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, - [Enzo Maresca yihanangirije William  Estevão](https://thedrum.rw/2025/12/04/enzo-maresca-yihanangirije-william-estevao/) - Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yavuze ko umusore muto w’Umunyabrezili Willian Estevão ari kwiga mu buryo bubi ariko bukenewe nyuma yo gukurwa mu kibuga hagati mu mukino kugira ngo yirinde ikarita itukura, mu mukino wamuhaye ibyo yise Ikaze mu Premier League atazibagirwa. Chelsea, yari imaze imikino myinshi yitwara neza, yahanukiye i Elland Road itsinzwe ibitego - [Yannick Mukunzi yatandukanye n’ikipe yaramazemo imyaka 6](https://thedrum.rw/2025/12/03/yannick-mukunzi-yatandukanye-nikipe-yaramazemo-imyaka-6/) - Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Mukunzi Yannick abinyujije kuri Instagram ye, Yavuzeko yatandukanye na Sandvikens IF yo muri Sweden,Yari amazemo imyaka 6 ayikinira. Mukunzi Yannick kuri Instagram yagize ati “ Nishimiye gufata uyu mwanya nshima minute ku mutima buri muntu muri iyi Club, Kuva ubwo nazaga 2019, Mwaranyakiriye, Muranyizera, Ibi byatumye ari urugendo nta kwibagirwa. ”Ntabwo binyoroheye - [Al Hilal yahaye isomo Gasogi ya KNC, Babona amanota 3 ya mbere](https://thedrum.rw/2025/12/03/al-hilal-yahaye-isomo-gasogi-ya-knc-babona-amanota-3-ya-mbere/) - Gasogi United yari yakiriye ikipe ya Al Hilal yo muri Sudan, Muri Shampiyona y’U Rwanda, Umukino waberaga kuri Pele Stadium, Urangira Al Hilal itsinze ibitego 2-0 Gasogi United yari yakiriye KNC. Ni umukino watangiye Saa 18:00, Usifurwa na Irafasha Emmanuel, Yari yungurijwe na Ndagijimana Peace Eric na Mugisha Bonheur Fabrice, Mu gihe Nsabimana Celestin yari - [Umunyamahirwe w’umukire yashoye ibihumbi 450,Atsindira ama miliyoni](https://thedrum.rw/2025/12/03/umunyamahirwe-wumukire-yashoye-ibihumbi-450atsindira-ama-miliyoni/) - Uru sirwo rugero rw’umunyamahirwe wiyizeye bihagije? Uyu munyamahirwe yashoye 450,000 FRW ku mikino yari yizeye ko izatsinda, kandi koko iratsinda. Kw’itike ye ifite nimero 3533338735799999 (www.fortebet.rw) uyu munyamahirwe yakoresheje over za 0.5 hamwe na over 1.5 yongeraho imikino ibiri ahitamo ko ikipe itsinda yanakoze over ya 1.5 ku mikino ya Barcelona hamwe n’umukino wa Manchester - [Rutahizamu wa APR FC yanyomoje ibihuha byamuvugwagaho !](https://thedrum.rw/2025/12/03/rutahizamu-wa-apr-fc-yanyomoje-ibihuha-byamuvugwagaho/) - Rutahizamu ukomoka muri Mauritania, Mamadou Sy, yatangaje ko nta kintu na kimwe kimuhangayikishije uretse gufasha ikipe ye ya APR FC gukomeza gutsinda no kugera ku ntego yihaye. Ibi yabitangaje nyuma y'amakuru yagiye acicikana mu itangazamakuru avuga ko yaba ashaka gutandukana n’iyi kipe y’Ingabo z'Igihugu muri Mutarama 2026. Mamadou Sy, usanzwe ari umwe mu bakinnyi b'ingenzi - [Umutoza wa Tottenham Hotspur yifatiye ku gahanga VAR](https://thedrum.rw/2025/12/03/umutoza-wa-tottenham-hotspur-yifatiye-ku-gahanga-var/) - Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yatangaje ko habaye ikosa rikomeye ryatewe na VAR yafashije umusifuzi gutanga penaliti yateje impaka ikomeye mu mukino ikipe ye yanganyijemo na Newcastle ku bitego 2-2 kuri Stade ya St James’ Park ku mugoroba wo ku munsi wejo. Tottenham yari imaze kunganya 1-1 ubwo ku munota wa 86 ,VAR yabonaga - [Rayon Sports yatumye menya ukuri kwa ruhago y’u Rwanda - Twagirayezu Thaddée](https://thedrum.rw/2025/12/03/rayon-sports-yatumye-menya-ukuri-kwa-ruhago-yu-rwanda-twagirayezu-thaddee/) - Mu muhango wabereye ku biro bya Rayon Sports ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukuboza 2025, hakozwe ihererekanya bubasha hagati ya Komite Nyobozi ya Twagirayezu Thaddée n’Inama y’Ubutegetsi ya Paul Muvunyi zombi zasheshejwe na RGB, na Komite y’Inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah igiye kuyobora iyi kipe mu gihe cy’amezi atatu. Ni umuhango waje mu gihe - [Perezida Trump yangiye abayobozi ba Iran kwitabira tombola y’igikombe cy’Isi](https://thedrum.rw/2025/12/03/perezida-trump-yangiye-abayobozi-ba-iran-kwitabira-tombola-yigikombe-cyisi/) - Mu gihe habura iminsi mike ngo tombola y’igikombe cy’isi cya 2026 ibere i Washington D.C, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, haravugwa ikibazo gikomeye cyatunguye benshi mu rwego rwa siporo mpuzamahanga:bijyanye nuko bamwe mu bayobozi bakuru b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Iran batemerewe kwinjira muri Amerika, nyuma yo kwimwa visa n’iki gihugu. Iran, imwe mu makipe - [Premier League : Erling Haaland yageze ku gahigo ka Alan Shearer](https://thedrum.rw/2025/12/03/premier-league-erling-haaland-yageze-ku-gahigo-ka-alan-shearer/) - Rutahizamu w’Umwongereza w’imyaka 25 ukinira Manchester City, Erling Haaland, yongeye kwandika izina rye mu mateka ya Premier League ubwo yuzu­zaga ibitego 100 mu buryo bwihuse kurusha undi mukinnyi uwo ari we wese mu mateka y’iri rushanwa. Yageze kuri aka gahigo ku mukino wo ku wa kabiri ubwo City yatsindaga Fulham ibitego 5–4, mu mukino wari - [Umutoza wa APR FC azi abakomeje kumuharabika](https://thedrum.rw/2025/12/03/umutoza-wa-apr-fc-yavuze-ko-azi-abakomeje-kumuharabika/) - Umutoza wa APR FC, Taleb Abderrahim, yeruye avuga ko azi neza umuntu uri inyuma y’inkuru zimaze iminsi zisebya ikipe ye n’uburyo atoza, ndetse ko n’ubuyobozi bwa APR FC bumuzi. Ibi yabivugiye kuri Stade ya Kigali nyuma y’umukino w’ikirarane w’umunsi wa gatatu wa shampiyona APR FC yaraye itsinzemo Etincelles FC 2-1. Mu minsi ishize nibwo hatangiye - [Hoteli ya FERWAFA igiye kujya yakira andi makipe atari aya ruhago](https://thedrum.rw/2025/12/03/hoteli-ya-ferwafa-igiye-kujya-yakira-andi-makipe-atari-aya-ruhago/) - Umuyobozi wa Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ushinzwe tekiniki, Richard Mugisha, yatangaje ko hoteli ya FERWAFA iherutse gutangira gukora nyuma y’imyaka myinshi itegerejwe igiye kuzajya yakira andi makipe yo mu yindi mikino hamwe n’abashyitsi basanzwe. Iyi hoteri y’inyenyeri enye yatangiye kubakwa mu Kanama 2015, ikaba yari iteganijwe kurangira mu mpera za 2016 itwaye agaciro - [RPL : APR FC iri kurya isataburenge Police FC  nyuma gutsinda Etincelles FC](https://thedrum.rw/2025/12/02/rpl-apr-fc-iri-kurya-isataburenge-police-fc-nyuma-gutsinda-entencelles-fc/) - Ikipe ya APR FC yitwaye neza itsinda Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Kabiri. Uyu mukino wari witezwe cyane kuko wari guha APR FC amahirwe yo kwegera Police FC iyoboye urutonde by’agateganyo. APR FC yatangiye umukino yihuta, yereka abafana - [Hakoreshwa VAR mu gutanga Koruneri mu gikombe cy’isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/12/02/fifa-izakoresha-var-mu-gutanga-koruneri-mu-gikombe-cyisi-cya-2026/) - Mu gihe shampiyona zitandukanye ku isi zikomeje kugaragaza ko zidashyigikiye igitekerezo cyo kongerera VAR ububasha bwo kugenzura amakosa n’itangwa ry’imipira iturutse muri koruneri, FIFA yo yatangaje ko izakoresha ubu buryo bushya mu mikino y’igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada. Ibi byemezo byasubiwemo mu nama yabaye mu Ukwakira - [Uwakinnye muri Premier League arashinjwa gufata ku ngufu umukunzi we](https://thedrum.rw/2025/12/02/uwakinnye-muri-premier-league-arashinjwa-gufata-ku-ngufu-umukunzi-we/) - Umukinnyi wahoze akinira Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza (Three Lions) mu myaka yo muri 2010 ndetse wanakinnye muri Premier League, yatawe muri yombi na Polisi ya Essex akekwaho icyaha cyo kugerageza gufata ku ngufu, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano mu Bwongereza. Uwo mugabo, utatangajwe amazina ye kubera impamvu z’amategeko, yafashwe ku Cyumweru ubwo yari agiye kwinjira muri - [Bonnie Mugabe yakomoje kuri maguya no guhwihwiswa kw’amakuru yo muri FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/12/02/bonnie-mugabe-yakomoje-kuri-maguya-no-guhwihwiswa-kwamakuru-yo-muri-ferwafa/) - Umunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangaje ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi neza ko amanyanga yo kugura no kugurisha imikino (Match Fixing) akigaragara mu mupira w’u Rwanda, kandi ko ababitungwaho urutoki bagomba kwitega ibigomba kubatungura vuba. Mu kiganiro yagiranye na RadioTV10, Mugabe yavuze ko nubwo FERWAFA idafite ububasha bwuzuye - [Umuhungu wa Thiago Silva yasinyiye Chelsea  ](https://thedrum.rw/2025/12/02/umuhungu-wa-thiago-silva-yasinyiye-chelsea/) - Isago Silva, umuhungu w’icyamamare Thiago Silva wahoze akinira Brazil n’ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye ya mbere y’umwuga muri iki kigugu cyo mu Bwongereza. Ibi bibaye nyuma y’imyaka amaze yitoreza mu ishuri ry’abato rya Chelsea aho yaryinjiyemo mu 2020 ubwo se yazaga gukina muri Premier League. Isago ufite imyaka 17, nk’uko se - [AFCON 2026 : Cameroun ntago yamahagaye Andre Onana](https://thedrum.rw/2025/12/02/afcon-2026-cameroun-ntago-yamahagaye-andre-onana/) - Mu gihe hasigaye igihe gito ngo Igikombe cya Afurika (Afcon) kizabera muri Maroc gitangire ku wa 21 Ukuboza 2025, ikipe y’igihugu ya Cameroun yongeye kwinjira mu rungabangabo nyuma yo gusohora urutonde rutarimo amazina akomeye arimo n’umunyezamu Andre Onana. Ibi bibaye mu gihe umutoza mukuru Marc Brys aherutse gutandukanywa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (Fecafoot), riyobowe - [Kigali : Hagiye kongera gukorerwa Licence A-CAF](https://thedrum.rw/2025/12/02/kigali-hagiye-kongera-gukorerwa-licence-a-caf/) - Nyuma y’imyaka umunani abatoza b’umupira w’amaguru mu Rwanda batabona amahugurwa ya Licence A-CAF, hamenyekanye ko iyi mpamyabumenyi yo gutoza igiye kongera gutangirwa mu gihugu guhera mu ntangiriro z’umwaka utaha. Aya mahugurwa aheruka gukorerwa mu Rwanda mu 2017, ubwo abatoza 12 b’Abanyarwanda barimo Mashami Vincent wabaye uwa mbere mu manota, Casa Mbungo André wamukurikiye, ndetse na - [Amagare : Abanyarwanda batangiye neza muri Rwanda Epic](https://thedrum.rw/2025/12/02/amagare-abanyarwanda-batangiye-neza-muri-rwanda-epic/) - Umwuka w’ibirori n’amarushanwa wari wose kuri Mont-Kigali ku wa Mbere, tariki ya 1 Ukuboza 2025, ubwo hatangiraga ku nshuro ya gatanu isiganwa ry’amagare yo mu misozi ya ‘Rwanda Epic’. Abakinnyi 85 baturutse mu bihugu 16, barimo Abanyarwanda 18, ni bo bahagurukiye muri Fazenda Sengha banyura mu nzira y’ibilometero 8,8 mu isiganwa ryo gusiganwa n’igihe. Mu - [Rutsiro FC yahagaritse umutoza wayo](https://thedrum.rw/2025/12/01/rutsiro-fc-yahagaritse-umutoza-wayo/) - Nyuma y’igihe kitari gito Rutsiro FC ihanganye n’umusaruro muke muri shampiyona y’u Rwanda, ubuyobozi bw’iyi kipe bwafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana n’umutoza mukuru, Bizumuremyi Radjab, binyuze mu gusesa amasezerano bari bafitanye. Uyu mwanzuro wemejwe mu ibaruwa Rutsiro FC yamwandikiye, ikamusaba guhita ahagarika inshingano ze kugeza ibiganiro bisoza gusesa amasezerano birangiye. Muri iyo baruwa, ubuyobozi bw’iyi - [APR FC yungutse amaraso mashya mbere yo guhura na Etincelles FC](https://thedrum.rw/2025/12/01/apr-fc-yungutse-amaraso-mashya-mbere-yo-guhura-na-etincelles-fc/) - Umunya-Burkina Faso ukina hagati muri APR FC, Memel Raouf Dao, yongeye kugaruka mu myitozo nyuma y’amezi hafi abiri yari amaze hanze y’ikibuga kubera imvune yagize ku kirenge. Ni inkuru yishimiwe cyane mu imbere mu ikipe y’Ingabo z’Igihugu, cyane ko uyu mukinnyi ari umwe mu nkingi za mwamba umutoza Abderrahim Talib yifashishaga mu mikino ikomeye yakinnye - [Benshi mu bakinnyi b’Amavubi bakina hanze berekanye imbaraga zidasanzwe](https://thedrum.rw/2025/12/01/benshi-mu-bakinnyi-bamavubi-bakina-hanze-berekanye-imbaraga-zidasanzwe/) - Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu bakina hanze bakomeje kwitwara neza mu makipe yabo, ibintu bikomeza gutanga icyizere ko bazaba bari ku rwego rushimishije igihe imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2027 izatangira muri Werurwe 2026. Mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe muri bo bakinnye imikino itandukanye, haba muri Afurika ndetse no ku mugabane w’u Burayi, buri umwe - [FERWACY yatangaje umuyobozi mushya muri Tour du Rwanda](https://thedrum.rw/2025/12/01/ferwacy-yatangaje-umuyobozi-mushya-wa-tour-du-rwanda/) - Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert ari we uhawe inshingano zo kuba Umuhuzabikorwa w’irushanwa rya Tour du Rwanda. Ibi byatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Ukuboza 2025, binyuze ku mbuga nkoranyambaga za FERWACY. Izi nshingano azaba azigiyemo asimbuye Kamuzinzi Freddy, wari usanzwe muri - [Ruhago y’Abagore : Rayon Sports yanyagiye AS Kigali ku munsi wa 7 wa shampiyona](https://thedrum.rw/2025/12/01/ruhago-yabagore-rayon-sports-yanyagiye-as-kigali-ku-munsi-wa-7-wa-shampiyona/) - Ku Cyumweru, tariki ya 30 Ugushyingo 2025, hakinwaga imikino y’umunsi wa Karindwi muri Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere y’Umupira w’Amaguru. Imikino yo kuri uyu munsi yatunguranye mu buryo bwinshi, by’umwihariko umukino wabereye mu Nzove wahuje Rayon Sports WFC na AS Kigali WFC. Rayon Sports yagaragaje ubuhanga n’imbaraga nyinshi mu kibuga, itsinda AS Kigali WFC ibitego - [Uko inama za KNC zafashije Saint Eloi Lupopo imbere ya Al Hilal Omdurman](https://thedrum.rw/2025/12/01/uko-inama-za-knc-zafashije-saint-eloi-lupopo-imbere-ya-al-hilal-omdurman/) - Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yatangaje ko yagiriye inama umutoza wa Saint Eloi Lupopo, Guy Bukasa, mbere y’umukino w’amatsinda ya CAF Champions League hagati ya Saint Eloi Lupopo na Al Hilal Omdurman. Ku cyumweru tariki ya 30 Ugushyingo 2025, Al Hilal Omdurman yagiye gukina umukino wa kabiri mu matsinda ya CAF Champions - [Basketball : U Rwanda rwatashye rwumva amanota atatu mu matanganzo!](https://thedrum.rw/2025/12/01/basketball-u-rwanda-rwatashye-rumvwa-amanita-atatu-mu-matanganzo/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagabo muri Basketball yongeye kugorwa n’urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2027, isoza icyiciro cya mbere idatsinze umukino n’umwe nyuma yo gutsindwa na Nigeria amanota 75-69 mu mukino witabajwemo iminota itanu y’inyongera (OT). Ni umukino wabereye i Radès ku Cyumweru, aho Abanyarwanda bari bafite icyizere ko bashobora kwitwara neza nyuma - [Premier League : Arsenal yanganyije na Chelsea y’abakinnyi 10](https://thedrum.rw/2025/11/30/premier-league-arsenal-inganyije-na-chelsea-yabakinnyi-10/) - Mu mukino wari witezwe na benshi kuri iki cyumweru, Arsenal yanganyije na Chelsea yari ifite abakinnyi 10, nubwo yakomeje kuguma ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Premier League nyuma yo kongeraho ikinyuranyo cy’amanota atanu hagati yayo na Manchester City. Uku kunganyiriza ku kibuga cya Stamford Bridge kuje nyuma yaho umunya-Esipanye Mikel Merino, wakinishijwe nk’umwataka - [Premier League : Joshua Zirkzee afashije Manchester United kwitwara neza](https://thedrum.rw/2025/11/30/premier-league-joshua-zirkzee-afashije-manchester-united-kwitwara-neza/) - Manchester United yongeye kwikamata mu mukino wari ukomeye wabereye kuri Selhurst Park, itsinda Crystal Palace ibitego 2–1 nyuma yo kuba yari yarangije igice cya mbere iri inyuma. Ni intsinzi yagaruye ikipe ya Ruben Amorim mu myanya itandatu ya mbere muri Premier League, inasoza urukurikirane rw’imikino itatu itabona amanota atatu. Igitego cya Jean-Philippe Mateta cyaturutse kuri - [Thomas Frank yifatiye ku gahanga abakomeje gutuka umuzamu we](https://thedrum.rw/2025/11/30/thomas-frank-yifatiye-ku-gahanga-abakomeje-gutuka-umuzamu-we/) - Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yasabye imbabazi ariko anacyaha abafana b’ikipe ye nyuma y’uko bamwe muri bo bagaragaje umujinya bakibasira umunyezamu Guglielmo Vicario wakoze ikosa ryahesheje Fulham igitego cyabafashije kuyobora umukino byihuse. Mu minota itandatu ya mbere gusa, Spurs yari imaze gutsindwa ibitego bibiri. Icyarazamuye umujinya w’umuranduranzuzi w’aba bafana ni uko Vicario, wari waje - [Jado Castar yahawe inshingano muri FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/11/30/jado-castar-yahawe-inshingano-muri-ferwafa/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryongereye imbaraga mu miyoborere y’iterambere rya ruhago, ritangiza komite nshya zigamije gushyira umurongo uhamye ku cyerekezo cy’umupira w’amaguru kugeza mu 2030. Muri izi komite hashyizwemo amazina akomeye, arimo Ntagungira Célestin “Abega” wahoze ayobora FERWAFA, ndetse n’umunyamakuru w’imikino kuri B&B Kigali FM, Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar. - [11 Chelsea ishobora gukinisha kuri Arsenal ari nako impaka za Palmer na Estevão zaciwe](https://thedrum.rw/2025/11/30/11-chelsea-ishobora-gukinisha-kuri-arsenal-ari-nako-impaka-za-palmer-na-estevao-zaciwe/) - Chelsea irakira Arsenal ku mugoroba wo kuri iki cyumweru saa 18:30, kuri Stamford Bridge mu mukino ugaragara nk’usobanura byinshi ku mpande zombi ndetse no ku rutonde rwa shampiyona . Nyuma yo kunyagira Barcelona ibitego 3–0 hagati muri iki cyumweru, abasore ba Maresca barashaka gukomeza uwo murongo mwiza, mu gihe gutsinda byabaha kusigara amanota atatu gusa - [Ibirwa bya Maurice na Eritrea bongeye kwigaragaza -Africa Cycling Excellence Awards ](https://thedrum.rw/2025/11/30/ibirwa-bya-maurice-na-eritrea-bongeye-kwigaragaza-africa-cycling-excellence-awards/) - Ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyingo 2025, muri Zaria Court hatangwaga ku nshuro ya mbere ibihembo bya Africa Cycling Excellence Awards (ACEA) byateguwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC). Mu mwuka w’akanyamuneza kari kavanzemo ishema ryo kubona u Rwanda ruba urubuga rwo kwishimira intambwe uyu mukino uteye ku mugabane, abayobozi batandukanye barimo Umunyamabanga wa - [RPL : Gicumbi FC itumye Rayon Sports imara imikino itatu idatsinda](https://thedrum.rw/2025/11/29/rpl-gicumbi-fc-itumye-rayon-sports-imara-imikino-irindwi-idatsinda/) - Rayon Sports yongeye gutakaza amanota ku mukino w’Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona nyuma yo kunganya na Gicumbi FC igitego 1-1, mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku mugoroba wo ku wa Gatandatu. Ni umukino wari witezwe na benshi bitewe n’ibihe bitari byiza Rayon Sports imaze iminsi irimo, haba mu kibuga no hanze yacyo. Igice - [Hatangajwe abagomba gufatanya na Minisitiri Nelly Mukazayire](https://thedrum.rw/2025/11/29/hatangajwe-abagomba-gufatanya-na-minisitiri-nelly-mukazayire/) - Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Ugushyingo 2025 iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe ibyemezo birimo no kongerera Minisiteri ya Siporo imbaraga mu buyobozi bwayo binyuze mu gushyiraho abayobozi bashya batatu. Iyi Minisiteri yari imaze igihe ifite imyanya y’ubuyobozi ituzuye, ibintu byakunze kugarukwaho n’abakurikiranira hafi iterambere rya siporo mu Rwanda, bavuga ko bikomeje - [Volleyball : APR yigaranzuye Police ubwo RRA yatsindwaga na Kepler](https://thedrum.rw/2025/11/29/volleyball-apr-yigaranzuye-police-ubwo-rra-yatsindwaga-na-kepler/) - Petit Stade i Remera yari yuzuye inkuba z’ibiro byavuzaga ubuhuha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, aho imikino ya shampiyona ya Volleyball yari yakomeje mu Ijoro rya cyeye. Ubwitabire bwari ku rwego rwo hejuru, ndetse n’amarangamutima ya bamwe yakomezaga kuzamuka uko iseti yavagaho hakazaho indi.Mu mukino watangiye kare, REG VC yatsinze Kigali Volleyball Club - [Murenzi Abdallah yahakanye ibyo kurebana ay’ingwe na Skol](https://thedrum.rw/2025/11/29/murenzi-abdallah-yahakanye-ibyo-kurebana-ayingwe-na-skol/) - Nyuma y’amezi menshi Rayon Sports yibasiwe n’ibibazo by’ubwumvikane buke, byageze aho RGB yinjira mu mikorere yayo maze ubuyobozi bwari buriho bugaseswa, Murenzi Abdallah uherutse kugirwa Umuyobozi w’Inzibacyuho yatangaje byinshi byari bitaramenyekana ku mpamvu z’iri hindagurika ry’ubuyobozi. Mu kiganiro yagiranye na RBA, Murenzi yavuze ko imvano y’ibi bibazo ari amategeko adasobanutse, akunze kuzamura urujijo mu nshingano - [FERWAFA yahaye ikaze Bonnie Mugabe uherutse guhabwamo inshingano](https://thedrum.rw/2025/11/29/ferwafa-yahaye-ikaze-bonnie-mugabe-uherutse-guhabwamo-inshingano/) - Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], iyobowe na Perezida Shema Fabrice, yakiriye ku mugaragaro Bonnie Mugabe uherutse kugirwa Umunyamabanga Mukuru mushya w’iri shyirahamwe. Uyu muhango wabaye ku wa Gatanu, tariki ya 28 Ugushyingo 2025, mu cyicaro cya FERWAFA i Remera, ukaba waraganiriwemo intambwe nshya mu rugendo yo guterwa mu rwego rwo kunoza imiyoborere - [Al Hilal SC yajuririye icyemezo cya CAF](https://thedrum.rw/2025/11/29/al-hilal-sc-yajuririye-icyemezo-cya-caf/) - Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatangiye urugendo rwo kujurira icyemezo cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) nyuma yo gufatira rutahizamu wayo , Jean Claude Girumugisha, ibihano bikomeye birimo kumuhagarika imikino itatu. Amakuru aturuka mu bayobozi b’iyi kipe avuga ko barimo gushaka uburyo icyo gihano cyavanwaho cyangwa kigagabanywa. Girumugisha, umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ya - [RPL – APR FC yanganije na AS Kigali](https://thedrum.rw/2025/11/28/rpl-apr-fc-yanganije-na-as-kigali/) - Ikipe ya APR FC yafashe umwanya wa kabiri muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya na AS Kigali igitego 1–1 mu mukino w’umunsi wa cyenda wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatanu. Uyu mukino wari ukomeye cyane ndetse wuzuyemo ibintu byashyushyaga abafana nubwo ubwitabire bwari hasi. APR FC yinjiranye imbaraga, maze mu gice - [Umutoza wa APR FC yashinje ingengabihe yegeranye kumutera umusaruro nkene](https://thedrum.rw/2025/11/29/umutoza-wa-apr-fc-yashinje-ingengabihe-yegeranye-kumutera-umusaruro-nkene/) - Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, c yongeye gushidikanywaho n’abakunzi bayo nyuma yo kunganya na AS Kigali igitego 1–1, mu mukino w’Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona waberaga kuri Kigali Pele Stadium. Ibyafatwaga nk’ibisanzwe byatangiye kuba nk’urusobe rw’amezi agoye kuri iyi kipe y’ingabo z’igihugu. Nyuma y’umukino, umutoza mukuru Abderrahim Talib ntiyazuyaje kugaragaza ko icyuho kiri hagati - [Cole Palmer yakize bihagije byo gukina na Arsenal ku cyumweru](https://thedrum.rw/2025/11/28/cole-palmer-yakize-bihagije-byo-gukina-na-arsenal-ku-cyumweru/) - Umukinnyi ukomeye wa Chelsea, Cole Palmer, yakize neza kandi yiteguye gukina umukino ukomeye wo ku Cyumweru ikipe ye izakiramo Arsenal kuri Stamford Bridge. Ibi byatangajwe n’umutoza Enzo Maresca nyuma y’icyumweru cyari cyuzuyemo impungenge ku bafana b’iyi kipe. Palmer w’imyaka 23 yari amaze iminsi hanze kubera imvune y’ino yatewe no gusitara agakubita ikirenge ku muryango mu - [Twacagaguye byose ukeneye kuzirikana ku nzibacyuho iri muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/28/twacagaguye-byose-ukeneye-kuzirikana-ku-nzibacyuho-iri-muri-rayon-sports/) - Nyuma y’imyaka myinshi y’uruhurirane rw’ibibazo by’imiyoborere byakomeje kurangwa muri Rayon Sports, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rusheshe inzego zose zayoboraga iyi kipe, rutegeka ko hashyirwaho komite y’inzibacyuho igamije gukora impinduka z’ingenzi mu gihe kitarenze amezi atatu. Iyo komite nshya yafashe inshingano ku wa Kabiri, tariki ya 25 Ugushyingo, ikaba igizwe n’abantu batanu barimo n’abo - [Inter-Universities Sports League igiye kugaruka nyuma y’imyaka irenga 10](https://thedrum.rw/2025/11/28/inter-universities-sports-league-igiye-kugaruka-nyuma-yimyaka-irenga-10-ihagaze/) - Nyuma y’imyaka irenga icumi amarushanwa y’imikino yahuzaga za kaminuza mu Rwanda yarahagaze, agiye kongera kugaruka ku mugaragaro, imyiteguro ikaba igeze kure ku buryo izatangira mu Ukuboza uyu mwaka. Ibi byemejwe mu mpera z’Ukuboza n’abayobozi batandukanye, nyuma y’aho Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yabigarutseho mu nama y’Abadepite yo ku wa 5 Ugushyingo. Aya marushanwa, azwi nka - [Rayon Sports yahuye n’igihombo gikomeye mu kibuga](https://thedrum.rw/2025/11/28/rayon-sports-yahuye-nigihombo-gikomeye-mu-kibuga/) - Umukinnyi wo hagati ukomoka mu Burundi, Bigirimana Abedi, ukina muri Rayon Sports, agiye kumara igihe cy’ibyumweru bitatu adagaragara mu kibuga nyuma yo kugira ikibazo cy’imvune kimaze iminsi kimukurikirana. Aya makuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, ubwo iyi kipe yambara ubururu n’umweru yasohoraga itangazo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga - [Ishusho ngari twakuye ku myitozo ya APR FC yitegura AS Kigali](https://thedrum.rw/2025/11/28/ishusho-ngari-twakuye-ku-myitozo-ya-apr-fc-yitegura-gukina-na-as-kigali/) - Ikipe ya APR FC ikomeje imyiteguro y’umukino w’Umunsi wa 9 wa Shampiyona y’u Rwanda izahuramo na AS Kigali kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Ugushyingo 2025. Mu myitozo yo ku wa Kane nimugoroba, abakinnyi bose bagarutse mu kibuga nyuma y’igihe bamwe bari batari bahari kubera imvune, bituma umutoza Abderrahim Taleb yunguka amahitamo menshi mu - [APR FC yaciye amarenga yuko hari abanyamakuru bayigumurira abakinnyi](https://thedrum.rw/2025/11/28/apr-fc-yaciye-amarenga-yuko-hari-abanyamakuru-bayigumurira-abakinnyi/) - Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yongeye kugira icyo avuga ku bivugwa ko hari bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe bavugwaho kugira imyitwarire itajyanye n’umwuga, bamwe bakabishingira ku kuba bafitanye ubucuti bwa hafi n’abanyamakuru batavuga rumwe n’ubuyobozi bwa APR FC. Mu minsi ishize, nibwo humvikanye amakuru avuga ko hari abakinnyi b’iyi kipe bafite imyitwarire - [FERWACY irangamiye korohereza abakinnyi kongera kwitwara neza](https://thedrum.rw/2025/11/28/ferwacy-irangamiye-korohereza-abakinnyi-kongera-kwitwara-neza/) - Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko rigiye kongera amarushanwa yo mu gihugu ndetse no kunoza gahunda y’imyitozo y’abakinnyi, hagamijwe kubaka urwego ruhamye rwatuma Team Rwanda ikomeza kwitwara neza ku ruhando mpuzamahanga. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko abakinnyi b’u Rwanda bitwaye neza muri Shampiyona Nyafurika ya 2025 yabereye muri Kenya, bagatahukana imidali 10. Irushanwa - [Amakuru agezweho: CAF yahagaritse umurundi ukinira Al Hilal](https://thedrum.rw/2025/11/28/amakuru-agezweho-caf-yahagaritse-umurundi-ukinira-al-hilal/) - Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Afurika CAF, Ryahagaritse Girumugisha Jean Claude imikino 3, Kubera imyitwarire mibi yagaragaje ubwo umukino wa Al Hilal na Mc Alger wari urangiye I Kigali, Mu marushanwa ya CAF Champions League. Ibi byabaye tariki ya 21 Ugushyingo 2025, Ubwo Al Hilal yakiraga ikipe ya MC Alger kuri Stade Amahoro mukino warangiye ari - [Basketball : U Rwanda ntago byaruhiriye imbere ya Guinea](https://thedrum.rw/2025/11/28/basketball-u-rwanda-ntago-byaruhiriye-imbere-ya-guinea/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatangiye nabi urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2027 , itsindwa na Guinea amanota 82-70 mu mukino wabereye muri Salle Multidisciplinaire i Radès, muri Tunisia, mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki 27 Ugushyingo 2025. Ni umukino watangiye amakipe yombi yitwara neza, ubona ko buri ruhande rwazanye imbaraga - [Europa League : Robin van Persie byamukomeranye yifashisha umuhungu we](https://thedrum.rw/2025/11/28/europa-league-robin-van-persie-byamukomeranye-yifashisha-umuhungu-we/) - Mu ijoro ryo ku wa kane, umutoza wa Feyenoord , Robin van Persie yongeye kujya kugaruka mu bitangazamakuru bikomeye nyuma yo guha amahirwe umuhungu we Shaqueel van Persie gukina umukino wa mbere mu ikipe nkuru, mu mukino ikipe ye yatsindiwemo na Celtic mu mikino ya Europa League. Yagize icyo abivugaho mu buryo bwumvikanisha ko icyemezo - [Habimana Sosthène yasabye imbabazi nyuma y’umusaruro nkene yagize](https://thedrum.rw/2025/11/27/habimana-sosthene-yasabye-imbabazi-nyuma-yumusaruro-nkene-yagize/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje Imyaka 17, Habimana Sosthène, yasabye imbabazi Abanyarwanda nyuma y’uko ingimbi z’u Rwanda zitashye amara masa mu irushanwa rya CECAFA U17 ryabereye muri Éthiopie, aho zasoreje ku mwanya wa nyuma nta mukino n’umwe zitsinze. Ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025, ni bwo aba bana barangije urugendo rwabo batsinzwe na Sudani - [Habimana Sosthène yasabye imbabazi nyuma y’umusaruro nkene yagize](https://thedrum.rw/2025/11/27/habimana-sosthene-yasabye-imbabazi-nyuma-yumusaruro-nkene-yagize/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje Imyaka 17, Habimana Sosthène, yasabye imbabazi Abanyarwanda nyuma y’uko ingimbi z’u Rwanda zitashye amara masa mu irushanwa rya CECAFA U17 ryabereye muri Éthiopie, aho zasoreje ku mwanya wa nyuma nta mukino n’umwe zitsinze. Ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025, ni bwo aba bana barangije urugendo rwabo batsinzwe na Sudani - [Basketball :Dore icyo bisaba ngo u Rwanda rwitegura Guinea rujye mu gikombe cy'isi](https://thedrum.rw/2025/11/27/basketball-dore-icyo-bisaba-ngo-u-rwanda-rwitegura-guniea-rujye-mu-gikombe-cyisi/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, iri kwitegura gucakirana na Guinea mu mukino wa mbere wo mu itsinda rya gatatu wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi. Ni itsinda rikomeye ririmo u Rwanda, Guinea, Nigeria na Tunisia yakiriye iyi mikino ibera mu mujyi wa Radès, muri Salle Multidisciplinaire de Radès. Ku munsi wejo nibwo - [Amashirakinyoma ku bijyanye nuko Murenzi Abdallah ashaka kugarura Lotfi](https://thedrum.rw/2025/11/27/amashirakinyoma-ku-bijyanye-nuko-murenzi-abdallah-ashaka-kugarura-lotfi/) - Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuba akajagari k’amakuru arebana n’ahazaza ha Rayon Sports, cyane cyane nyuma y’ishyirwaho rya Komite y’Inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah. Ikibazo cyibazwa na benshi ni kimwe: ese Murenzi yaba agiye gukomorera umutoza Afhamia Lotfi, uherutse gusezererwa mu buryo bwavuzwemo amakemwa? Aya makuru yatangijwe nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku wa Gatatu, agaragaza Murenzi Abdallah - [Perezida Kagame yashimye imyitwarire ya Arsenal](https://thedrum.rw/2025/11/27/perezida-kagame-yashimye-imyitwarire-ya-arsenal/) - Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ibyishimo nyuma y’uko Arsenal itsinze Bayern Munich ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League wabereye kuri Emirates Stadium ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Perezida Kagame yashimye uko Arsenal iri - [Kiyovu Sports yatumijeho inteko rusange mu buryo budasanzwe](https://thedrum.rw/2025/11/27/kiyovu-sports-yatumijeho-inteko-rusange-mu-buryo-budasanzwe/) - Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yatumijeho Inteko Rusange isanzwe izabera ku wa 27 Ukuboza 2025. Urucaca rwongeye kugaragaza ko rushaka gushyira ibintu ku murongo no kwiyubaka mu buryo burambye, nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane rusohoye itangazo rimenyesha abanyamuryango bayo ko Inteko Rusange isanzwe izaterana ku wa 27 Ukuboza 2025 guhera - [Byose ukeneye kumenya ku irushanwa rya FIFA Series rizakinirwa i Kigali](https://thedrum.rw/2025/11/27/byose-ukeneye-kumenya-ku-irushanwa-rya-fifa-series-rizakinirwa-i-kigali/) - U Rwanda rwashyizwe mu bihugu umunani byemejwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) bizakira irushanwa rya FIFA Series 2026, rizaba muri Werurwe na Mata umwaka utaha mu minsi yagenwe n’amatariki y’imikino mpuzamahanga. Iri rushanwa rishya ryateguwe na FIFA kigamije guha amahirwe menshi ibihugu bitandukanye yo gukina imikino mpuzamahanga hanze y’imbibi z’amashyirahamwe biyoborwamo. Ni uburyo bufasha - [Icyo abarimo Rwarutabura basaba ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/27/icyo-abarimo-rwarutabura-basaba-ubuyobozi-bwa-rayon-sports/) - Rayon Sports yagarukanye akanyamuneza kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo, ubwo yakoraga imyitozo ya mbere kuva Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaza icyemezo cyo gusesera inzego zose zari ziyoboye Rayon Sports Association ndetse igashyiraho komite y’inzibacyuho igomba kuyobora amavugurura yategetswe gukorwamo. Imyitozo yabereye ku kibuga cya Nzove, yitabirwa n’abakinnyi, abafana bari babukereye ndetse n’abagize - [UCL : Mbappé yatsinze bitatu mu minota irindwi ubwo Arsenal yitwaraga neza](https://thedrum.rw/2025/11/27/ucl-mbappe-yatsinze-bitatu-mu-minota-irindwi-ubwo-arsenal-yitwaraga-neza/) - Arsenal yongeye kugaragaza ko iri mu bihe byiza muri uyu mwaka w’imikino, itsinda Bayern Munich ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025. Ni umukino wari utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi, kuko wahuzaga - [Darko Novic yakomoje ku byo gutwarira igikombe muri APR FC](https://thedrum.rw/2025/11/27/darko-novic-yakomoje-ku-byo-gutwarira-igikombe-muri-apr-fc/) - Mu gihe shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka w’imikino yiyongereyemo amakipe abiri yo muri Sudani [ Al Hilal na Al Merreikh] ,umutoza Darko Novic yatangaje ko atabasha kwemeza niba yari gutwara igikombe aramutse agumanye na APR FC. Darko Novic yatoje APR FC mu mwaka ushize w’imikino, baza gutandukana bageze mu mikino ya nyuma. Nyuma y’aho, iyi - [Yatsindiye 5,403,680 frw mu masaha make kuri Over ya 2.5](https://thedrum.rw/2025/11/26/over-za-2-5-zashwanyaguje-5403680-frw-mu-masaha-make/) - Mu gihe benshi bakomeje kwibaza uburyo bwo kubona intsinzi zihuse mu mikino yo gutega, hari umunyamahirwe wagaragaje ko hari ubwo amahitamo macye gusa ashobora guhindura ibintu byose mu kanya nk’ako guhumbya. Kuri iyi nshuro, si ikipe runaka cyangwa abakinnyi ku giti cyabo babaye imvano y’intsinzi ye, ahubwo yari “Over 2.5” cyangwa kuboneka kw’ibitego bitatu mu - [Amissi Cédric yasabye imbabazi abayovu](https://thedrum.rw/2025/11/26/amissi-cedric-yasabye-imbabazi-abayovu/) - Kapiteni wa Kiyovu Sports, Amissi Cédric, yasabye imbabazi umuryango mugari w’iyi kipe nyuma y’uko afatiwe ibihano byo guhagarikwa imikino ibiri no kwamburwa igitambaro cy’ubukapiteni kubera imyitwarire mibi yagaragaje ku mikino ya Shampiyona yakinnwe na Gasogi United ndetse na Al-Merreikh. Ibaruwa y’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yasohotse kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025, ni - [AS Kigali mu Rujijo: Komite ebyiri ziyoboye ikipe zitumye ubuyobozi busaba RGB gutabara](https://thedrum.rw/2025/11/26/as-kigali-mu-rujijo-komite-ebyiri-ziyoboye-ikipe-zitumye-ubuyobozi-busaba-rgb-gutabara/) - Dr. Rubagumya Emmanuel, wahoze ari Visi Perezida wa AS Kigali akaba ari na we wasigaranye inshingano zo kuyobora ikipe ubwo Shema Fabrice yatorerwaga kuyobora FERWAFA, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) asaba ko rwabagoboka rugakemura ibibazo bikomeye bimaze iminsi bivugwa muri iyi kipe iterwa inkunga n’umujyi wa Kigali. Ibi bibazo birimo kuba hari komite ebyiri zivuga - [Umurundi Amissi Cédric yahagaritswe muri Kiyovu yamburwa n’inshingano](https://thedrum.rw/2025/11/26/umurundi-amissi-cedric-yahagaritswe-muri-kiyovu-yamburwa-ninshingano/) - Umukinnyi mpuzamahanga w’Umurundi Amissi Cédric, Yahagaritswe muri Kiyovu Sports imikino 2, Yamburwa n’Igitambaro cya Kapiteni wiyo kipe kubera imyitwarire mibi. Umwanzuro w’ibihano Cédric yafatiwe muri Kiyovu Sports, Byamenyekanye muri iki gitondo cyo kuwa 3 Tariki ya 26 Ugushyingo 2025, Ubwo uyu mukinnyi yahabwaga ibaruwa imuhagarika kubera imyitwarire yagaragaje ubwo Kiyovu Sports yatsindwaga na Gasogi United - [UCL - Chelsea yahatiye Barcelona kongera kujya kwitekerezaho](https://thedrum.rw/2025/11/26/ucl-chelsea-yahatiye-barcelona-kongera-kujya-kwitekerezaho/) - Imikino yo ku munsi wa gatanu wa UEFA Champions League yari yakomeje kuri uyu wa Kabiri, isiga Chelsea itsinze FC Barcelona ibitego 3-0 mu mukino wari witezwe na benshi wabereye kuri Stamford Bridge, mu gihe Manchester City yongeye gutakaza amanota imbere y’abafana bayo. Ni umukino watangiriye hejuru cyane ku ruhande rwa Chelsea, yahise yigaragaza mu - [RGB yashyizeho abagomba kuyobora inzibacyuho muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/26/rgb-yashyizeho-abagomba-kuyobora-inzibacyuho-muri-rayon-sports/) - Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 25/11/2025, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko komite yari isanzwe iyiyobora yasheshejwe, hashyirwaho Komite y’agateganyo izamara amezi atatu iyoboye Umuryango wa Rayon Sports, inahabwa inshingano zo kuvugurura amategeko n’imitegekere yose y’uyu muryango. Ibi byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama yabereye ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), - [CAF yitabaje umunyarwanda mbere yuko AFCON itangira](https://thedrum.rw/2025/11/26/caf-yitabaje-umunyarwanda-mbere-yuko-afcon-itangira/) - Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yashyize hanze urutonde rwa nyuma rw’abasifuzi bazayobora imikino y’Igikombe cya Afurika cya 2025 ,ndetse Umunyarwanda Samuel Uwikunda ari mu batoranyijwe nk’abasifuzi bo hagati bazitabira iri rushanwa rikomeye. Ni ku wa Kabiri CAF yasohoye uru rutonde, rugaragaza ko Uwikunda ari we Munyarwanda rukumbi uzaserukira igihugu muri iri rushanwa rizabera muri - [RPL : APR FC yifashishije Marines FC mu kwiyunga n’abafana](https://thedrum.rw/2025/11/25/rpl-apr-fc-yakoresheje-marines-fc-mu-kwiyunga-nabafana/) - Ikipe ya APR FC yakuye intsinzi ikomeye kuri Marine FC mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa mbere wa shampiyona, umukino wakinirwaga kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Kabiri guhera saa kumi n’ebyiri. Nubwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu yatahanye amanota atatu, byabasabye imbaraga n’ubushishozi budasanzwe kuko Marine FC yagaragaje ko ifite ubushake n’ubushobozi bwo gutuma uyu - [Muvunyi ashobora kuvanamo ake karenge -  Ubuyobozi bwa Murera burahura na RGB](https://thedrum.rw/2025/11/25/muvunyi-ashobora-kuvanamo-ake-karenge-ubuyobozi-bwa-murera-burahura-na-rgb/) - Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatumijeho ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma y’uko ibibazo by’imiyoborere n’amakimbirane bimaze igihe muri iyi kipe bikomeje gufata indi ntera . Aya makimbirane yateye urujijo mu buyobozi, ndetse binagira ingaruka no ku musaruro w’ikipe mu kibuga.Abatumijwe ni Komite Nyobozi ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thaddee ndetse n’Inama y’Ubutegetsi iyobowe na Paul - [UCL - Byose ukeneye kumenya mbere yuko Chelsea na Barcelona zihura](https://thedrum.rw/2025/11/25/ucl-byose-ukeneye-kumenya-mbere-yuko-chelsea-na-barcelona-zihura/) - Igihe cyose Chelsea ihuye na Barcelona muri UEFA Champions League, haba hari umwuka wihariye udapfa kuboneka mu yindi mikino. Uko ibihe byagiye bisimburana kuva mu myaka ya za 60, aya makipe amaze guhura inshuro 17, buri rukerera rukabyara indi nkuru y’akataraboneka , rimwe na rimwe yuzuye ishyaka, ubuhanga, n’amakimbirane y’amateka. Uyu mwaka, impaka zirakomeye kuko - [Handball : Hatangajwe abakinnyi 20 bazakoreshwa mu gikombe cy’Afurika](https://thedrum.rw/2025/11/25/handball-hatangajwe-abakinnyi-20-bazakoreshwa-mu-gikombe-cyafurika/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Handball mu bagabo, Hafedh Zouabi, yatangaje urutonde rushya rw’abakinnyi 20 bagomba gukomeza kwitegura icyiciro cya kabiri cy’umwiherero utegura Igikombe cya Afurika cya 2026, kizabera i Kigali kuva 21 kugeza ku ya 31 Mutarama 2026. Ni icyemezo avuga ko yakoze ashingiye ku isuzuma yakoze ku bakinnyi 28 bari bamaze ibyumweru bikorera hamwe - [FERWAFA yemeje ko Rayon Sports yatsinze APR nyuma y'impaka ndende](https://thedrum.rw/2025/11/25/ferwafa-yemeje-ko-rayon-sports-yatsinze-apr-fc-nyuma-yimpaka-ndende/) - Nyuma y’iminsi itari mike havugwa urujijo ku masezerano ya Ihirwe Regine, myugariro w’ibumoso w’ikipe y’Igihugu y’Abangavu batarengeje imyaka 19, Akanama Gashinzwe ibijyanye no guhindura amakipe muri FERWAFA kemeje ko uyu mukinnyi yemerewe kwerekeza muri Rayon Sports WFC, nyuma y’ibiganiro by’imbitse byahuje impande zose bireba. Ku wa 18 Nyakanga 2025,nibwo Rayon Sports WFC binyuze ku mbuga - [Twagusinyishije abandi bakujugunye – Amissi Cédric akomeje guterwa imijugujugu n’abayovu](https://thedrum.rw/2025/11/25/twagusinyishije-abandi-bakujugunye-amissi-cedric-akomeje-guterwa-imijugujugu-nabayovu/) - Abakunzi ba Kiyovu Sports bakomeje kugaragaza agahinda n'umujinya nyuma y’imyitwarire idasanzwe ya kapiteni wabo, Amissi Cédric, yerekanye mu mukino batsinzwemo na Al-Merrikh SC yo muri Sudani ibitego 2-0. Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa Mbere tariki 24 Ugushyingo 2025, aho Al-Merrikh ,imwe mu makipe yo muri Sudani yasabye gukina shampiyona y’u Rwanda - [David Moyes yashimye Idrissa Gueye wakubise urushyi Michael Keane](https://thedrum.rw/2025/11/25/david-moyes-yashimye-idrissa-gueye-wakubise-urushyi-michael-keane/) - Mu mukino wari ukomeye hagati ya Manchester United na Everton, wasize inkuru ikomeye y’umukinnyi wasohowe mu kibuga kubera gukubita mugenzi we bakinana. Idrissa Gueye, umukinnyi wo hagati w’imyaka 36, yahawe ikarita itukura nyuma yo gukubita Michael Keane nyuma yo gutongana ku munota wa 13 w’umukino 3. Byatangiye ubwo ishoti rya Bruno Fernandes yatereye inyuma gato - [RPL : Al Merreikh yatangiye itangira isomo kuri Kiyovu Sports](https://thedrum.rw/2025/11/25/rpl-al-merreikh-yatangiye-itangira-isomo-kuri-kiyovu-sports/) - Ikipe ya Al Merreikh yo muri Sudani yatangiye neza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025–2026, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2–0 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa Mbere, tariki ya 24 Ugushyingo 2025. Ni umwe mu mikino itangiza umwaka w’imikino,kuri aya makipe yo muri Sudani yemerewe kuyitabira muri uyu - [Umwaka urashize atangiye gutoza Man United, Dore ibyo amaze gukora](https://thedrum.rw/2025/11/24/umwaka-urashize-atangiye-gutoza-man-united-dore-ibyo-amaze-gukora/) - Igihe nk’iki,Umwaka ushize nibwo Ruben Amorim, Yatoje umukino we wa mbere muri Manchester United nk'Umutoza mukuru nyuma yo gusimbura Ruud Van Nistelrooy wari umaze iminsi 14 atoza iyo kipe. Ruben Philipe Marques Amorim, Ni umutoza wa Manchester United yo mu gihugu cy'Ubwongereza umaze umwaka 1 n'Iminsi 13 atoza ikipe ya Manchester United. Uyu mutoza ukomoka - [Abanyamahanga binjije ibitego 11- imibare yaranze umunsi wa munani wa shampiyona](https://thedrum.rw/2025/11/24/abanyamahanga-binjije-ibitego-11-imibare-yaranze-umunsi-wa-munani-wa-shampiyona/) - Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda yakomezaga mu mpera z’icyumweru gishize hakinwa umunsi wa munani, umunsi wigaragaje nk’uwagaragayemo impinduka nyinshi ugereranyije n’indi minsi, haba mu gutsindwa kw’amakipe akomeye ndetse no mu bwinshi bw’ibitego byinjiye mu izamu. Uyu munsi w’imikino watangiye ku wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025, Gasogi United yakira Kiyovu Sports. Ku mikino - [CECAFA U17 : Somalia yasubije ingimbi z’u Rwanda mu kongera gutegura](https://thedrum.rw/2025/11/24/cecafa-u17-somalia-yasubije-ingimbi-zu-rwanda-mu-kongera-gutegura/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17 imaze gutsindwa na Somalia ibitego 3–0 mu mukino wa kabiri w’amatsinda ya CECAFA U17, bityo ikomeza kugenda ibura amahirwe yo gukomeza muri cyiciro gikurikiyeho muri iri rushanwa riri kubera muri Ethiopia. Uyu mukino wabereye kuri stade ya Abebe Bikila yubatse mu Mujyi wa Addis Ababa kuri uyu wa - [Darko Novic witegura gukina na Kiyovu SC yavuze kuri APR FC yaciyemo](https://thedrum.rw/2025/11/24/darko-novic-witegura-gukina-na-kiyovu-sc-yavuze-kuri-apr-fc-yaciyemo/) - Umutoza wa Al Merrikh SC yo muri Sudani, Darko Nović, ari mu myiteguro ya nyuma mbere y’uko atangira urugendo rushya muri Shampiyona y’u Rwanda. Ni urugendo avuga ko arufata nk’amahirwe yo gukosora ibyo atabashije kugeraho atoza APR FC mu mwaka ushize w’imikino wa 2024/25. Ibi yabigarutseho mbere y’umukino wa mbere wa Al Merrikh na Kiyovu - [Umutoza wa Rayon Sports yegetse byose ku bakinnyi be](https://thedrum.rw/2025/11/24/umutoza-wa-rayon-sports-yegetse-byose-ku-bakinnyi-be/) - Ku munsi w'ejo hashize ku cyumweru tariki ya 23 Ugushyingo 2025, Nibwo Rayon Sports yongeye gutakaza amanota y’ingenzi imbere y’abakunzi bayo, nyuma y’uko itsindiwe na AS Kigali ibitego 2–0 mu mukino w’umunsi wa 8 wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Nyuma y’uyu mukino, umutoza w’agateganyo wa Gikundiro, Haruna Ferouz, yavuze ko icyabaciye intege atari - [Ruhago y’abagore :  AS Kigali yakubitiwe ahareba i Nzega](https://thedrum.rw/2025/11/24/ruhago-yabagore-as-kigali-yakubitiwe-ahareba-i-nzega/) - Imikino y’umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bagore yasize Police WFC ikomeje gutanga ubutumwa bukomeye ku izina ryayo, nyuma yo kunyagira AS Kigali WFC ibitego 6-2 mu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku Cyumweru, tariki ya 23 Ugushyingo 2025. Ni umukino wari utegerejwe cyane kuko wahuzaga amakipe yombi akunze kwitwara neza - [Nyuma yo gutsinda Gicumbi FC, rutahizamu wa Police FC yatangaje ibikomeye](https://thedrum.rw/2025/11/24/nyuma-yo-gutsinda-gicumbi-fc-rutahizamu-wa-police-fc-yatangaje-ibikomeye/) - Nyuma y’umukino wa munani wa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League], rutahizamu wa Police FC, Byiringiro Lague, akomeje kwerekana ko ari mu bakinnyi bari kwitwara neza muri iyi ntangiriro y’umwaka w’imikino. Uyu musore wigeze gukinira APR FC, yongeye guhishura byinshi ku ntego ze, avuga ko yifuza kuba umukinnyi mwiza w’umwaka wa 2025–26 (MVP). Byiringiro yabivugiye - [Twatereye akajisho ku myitwarire y’abatezweho kujyana Amavubi muri CAN 2027](https://thedrum.rw/2025/11/24/twatereye-akajisho-ku-myitwarire-yabatezweho-kujyana-amavubi-muri-can-2027/) - Mu mpera z’icyumweru dusoje benshi mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi amakipe yabo yamanukaga mu kibuga ;reka turebera hamwe uko bitwaye byumwihariko mu bagerageje kugirirwa icyizere cyo gukandagira mu kibuga ; Reka duhere kuri Mugisha Bonheur, umukinnyi wo hagati w’Umunyarwanda ukinira Al Masyr yo mu Misiri, wongeye kwerekana urwego ruri hejuru mu mikino mpuzamahanga, nyuma yo - [Ijambo ku rindi – Ibyo umutoza wa Spurs yavuze nyuma yo kunyagirwa na Arsenal](https://thedrum.rw/2025/11/23/ijambo-ku-rundi-ibyo-umutoza-wa-spurs-yavuze-nyuma-yo-kunyagirwa-na-arsenal/) - Tottenham Hotspur yahuye n’umunsi mubi kurusha indi muri uyu mwaka w’imikino, itsindwa mu buryo bwatumye abatoza n’abakinnyi ubwabo bemera ko batitwaye nk’uko byari bikwiye. Nyuma y’umukino warangiye batsinzwe na Arsenal ibitego 4-1 , umutoza Thomas Frank n’umunyezamu we Guglielmo Vicario batangaje amagambo yiganjemo kwemera intege nke zabo ndetse anagaragaza ko ikipe ikeneye kwisubiraho. Thomas Frank, - [Lionel Messi ntago yatumye Cristiano Ronaldo yiharira ukuvugwa wenyine](https://thedrum.rw/2025/11/24/lionel-messi-ntago-yatumye-cristiano-ronaldo-yiharira-ukuvugwa-wenyine/) - Cristiano Ronaldo, w’imyaka 40, yongeye kugaragaza ko imyaka ari imibare gusa ubwo yatsindaga igitego cy’umwigaramo cyigasiga imbaga mu mangambure ubwo Al-Nassr yatsindaga Al-Khaleej ibitego 4–1 muri Saudi Pro League. Ni igitego cyaje mu minota y’inyongera, aho yifashe akiterura akishyira mu kirere neza neza hagati mu rubuga rw’amahina agatererayo umupira wari uturutse kuri Nawaf Boushal wari - [AS Kigali itumye Rayon Sports itishimira ugutsindwa kwa Mukeba](https://thedrum.rw/2025/11/23/as-kigali-itumye-rayon-sports-itishimira-ugutsindwa-kwa-mukeba/) - Nubwo yari yifitiye icyizere cyo kuba yabona amahirwe yo kwegera Mukeba wayinyagiye 3-0 mu mpera z’icyumweru gishize nawe agakubitirwa i Musanze, Rayon Sports yongeye gutenguha abakunzi bayo itsinda na AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa munani wa Rwanda Premier League wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Umukino watangiranye isura y’amakipe yombi yinjiye mu kibuga - [Pogba yagarutse mu kibuga nyuma y’Iminsi 811](https://thedrum.rw/2025/11/23/pogba-yagarutse-mu-kibuga-nyuma-yiminsi-811/) - Umukinnyi mpuzamahanga w’Umufaransa Paul Labile Pogba, Yagarutse mu kibuga nyuma yo kumara imyaka 2 n’amezi 2 adakina kubera gukoresha imiti yongera imbaraga. Paul Pogba afite imyaka 32 y’amavuko, Akina mu ikipe ya AS Monaco, Ku mugoroba w'ejo hashize kuwa gatandatu, yinjiye mu kibuga asimbuye Mamadou Coulibaly ku monota wa 85’, Mu mukino wa Shampiyona y’Igihugu - [INSIDER – U Rwanda ruri guhatanira kwakira igikombe cy’Afurika](https://thedrum.rw/2025/11/23/insider-u-rwanda-ruri-guhatanira-kwakira-igikombe-cyafurika/) - Biravugwa ko U Rwanda rukomeje kugaragaza ko rufite ubushobozi n’ubushake bwo kwakira ibirori bikomeye bya siporo ku rwego mpuzamahanga, ndetse ubu ruravugwa mu bihugu bishobora guhabwa amahirwe yo kwakira Igikombe cya Afurika hagati ya 2029 na 2035. Ni amakuru yatangajwe n’umunyamakuru , Micky Junior, wanditse ku rukuta rwe rwa X ko u Rwanda ruri kumwe - [AS Kigali yatoye ubuyobozi bushya](https://thedrum.rw/2025/11/23/as-kigali-yatoye-ubuyobozi-bushya/) - Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 23 Ugushyingo 2025, muri salle y’inama y’Umujyi wa Kigali hateraniye ibikorwa by’Inama y’Inteko Rusange Idasanzwe ya AS Kigali, inama yari itegerejwe n’abakunzi b’iyi kipe n’abanyamuryango mu buryo budasanzwe. Inama yari ifite intego yo gushyiraho Komite Nyobozi nshya igomba kuyobora ikipe mu myaka iri imbere, nyuma y’aho iyari - [Noni Madueke yiseguye ku bafana ba Chelsea yahozemo !](https://thedrum.rw/2025/11/23/noni-madueke-yiseguye-ku-bafana-ba-chelsea-yahozemo/) - Mababa wa Arsenal ,Noni Madueke yatangaje ko atari we wari inyuma y’inyandiko zateje impaka ku rubuga rwa X, aho amafoto ye yagaragaye yambaye umwenda wa Arsenal yaherekejwe n’amagambo ashinja Chelsea kuba atari ikipe ikomeye ugereranije n’aho yaturutse. Iyo foto yavugwagaho cyane yari ifite ubutumwa bugufi ngo “Meza neza kurusha mbere”, butuma abafana ba Chelsea bacika - [Arsenal vs Spurs : Amateka ,imibare ,amakuru ahari ,imvune n'ibyo abatoza batangaje](https://thedrum.rw/2025/11/23/arsenal-vs-spurs-amateka-imibare-amakuru-ahari-imvune-nibyo-abatoza-batangaje/) - Nyuma y’uko imikino mpuzamahanga yo muri 2025 ishyizweho akadomo, amaso y’abakunzi b’umupira w’amaguru yose yerekejwe ku mukino wo muri iki cyumweru aho Arsenal yakira Tottenham muri deribi yitiriwe iy'amajyaruguru y'umurwa mukuru ,Londres kuri iki Cyumweru saa kumi n'imwe n'igice. Ni umukino utegerejwe cyane kuko Arsenal yifuza gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona no kongera umubare w’imikino - [Amagare : Abanyarwandakazi begukanye imidali muri shampiyona Nyafurika](https://thedrum.rw/2025/11/23/3876/) - Mu mikino ya Shampiyona Nyafurika y’Amagare ikomeje kubera muri Kenya, u Rwanda rwongeye kugaragaza ko rufite urubyiruko rufite ubushobozi buhanitse mu gusiganwa ku magare, nyuma y’imidali yegukanywe n’Abanyarwandakazi ku munsi wejo ku wa wa Gatandatu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wari utegerejwe n’abakunzi b’uyu mukino mu gihugu cya Kenya, dore ko hirya no - [Umutoza wa APR FC yikomye imiterere ya sitade Ubworoherane](https://thedrum.rw/2025/11/23/3866/) - Umutoza wa APR FC, Taleb Abderrahim yasabye Imbabazi abafana b'iyi kipe y'ingabo z'igihugu nyuma yo gutsindirwa na Musanze kuri sitade Ubworoherane ibitego 3_2 mu mukino w'umunsi wa munani wa shampiyona. Nyuma y’uyu mukino utarahiriye Ikipe y'ingabo z’Igihugu, umutoza Abderrahim Talib yemeye ko ikipe ye yitwaye nabi, yongeraho ko imiterere y’ikibuga yatumye batagaragaza umupira bamenyereye. Muri - [RPL : APR FC yakubitiwe mu Ruhengeri byungukirwamo na Police FC](https://thedrum.rw/2025/11/22/rpl-apr-fc-yakubitiwe-mu-ruhengeri-byungukirwamo-na-police-fc/) - Umunsi wa 8 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere (Rwanda Premier league), wasize Police FC ikomeje kuyobora urutonde nyuma yo gutsinda Gicumbi FC ibitego 2-1. Mu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Gatandatu, iyi kipe y'igipolisi k'igihugu yari yakiriye Gicumbi FC. Gicumbi FC ni yo yabonye igitego cya mbere ku munota wa 17, cyatsinzwe - [FERWAFA yabonye umunyamabanga mushya](https://thedrum.rw/2025/11/22/ferwafa-yabonye-umunyamabanga-mushya/) - Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Bonnie Mugabe yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’iryo shyirahamwe, Biteganyijwe ko imirimo ye azayitangira i tariki ya 1 Ukuboza 2025. Mugabe, usanzwe azwi cyane mu nzego z’umupira w’amaguru mu Rwanda no hanze yarwo, afite ubunararibonye n’ubuhanga bukomeye mu miyoborere y’umupira - [RPL : Al Hilal yaciye amarenga yo kuzakinisha ikipe ya kabiri](https://thedrum.rw/2025/11/22/rpl-al-hilal-yaciye-amarenga-yo-gukoresha-ikipe-ya-kabiri/) - Mu mukino wahuje Al Hilal Omdurman na USM Alger mu irushanwa rya CAF Champions League ku itariki 21 Ugushyingo 2025, ikipe ya Al Hilal yitwaye neza itsinda ibitego 2-1, ibintu byashimishije abafana bayo n’abayikurikiraniraga . Uyu mukino wabereye kuri Sitade Amahoro, wasusurukijwe n’imikinire myiza y’abakinnyi b’abahanga, ariko nyuma y’umukino, ibyo umutoza wa Al Hilal, Laurent - [Volleyball: Imbere ya Minisitiri Mukazayire ,APR na Gisagara zitwaye neza](https://thedrum.rw/2025/11/22/volleyball-imbere-ya-minisitiri-mukazayire-apr-na-gisagara-zitwaye-neza/) - Ku wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025, imikino ibiri yari itegerejwe na benshi muri Shampiyona y’u Rwanda ya Volleyball yasize intsinzi ku makipe ya APR WVC mu bagore na Gisagara VC mu bagabo. Ku mugoroba wa buri wa Gatanu, umukino wabanje ku kibuga cya Petit Stade i Remera wahuje amakipe abiri akomeye mu bagore, - [RPL : Gasogi United yahaye umwitangirizwa izirimo APR FC](https://thedrum.rw/2025/11/22/rpl-gasogi-united-yahaye-umwitangirizwa-izirimo-apr-fc/) - Ku munsi wejo nibwo Stade Amahoro yongerwaga gukinirwaho umukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wahuje Kiyovu Sports na Gasogi United. Ni ubwa mbere izi kipe zari zigiye kuhakinira kuva iki kibuga cyavugururwa, ariko ibyishimo byasorejwe ku ruhande rwa Gasogi United yegukanye intsinzi y’igitego 1-0. Umukino watangiranye ishyaka ku mpande zombi, cyane ku ruhande rwa Kiyovu - [Byagenze bite ngo umukino wa Al Hilal na MC Alger witabazwemo polisi?](https://thedrum.rw/2025/11/22/byagenze-bite-ngo-umukino-wa-al-hilal-na-mc-alger-witabazwemo-polisi/) - Byasabye ubwitange n’ubuhanga bwa Polisi y’u Rwanda guhosha imirwano yavutse nyuma y’umukino wa CAF Champions League wahuje Al Hilal na MC Alger ku wa gatanu, wabereye kuri Stade Amahoro. Ni ubwa mbere iyi stade yari yakiriye umukino w’amatsinda ya Champions League, Al Hilal, ubu igiye gukina Shampiyona y’u Rwanda, yari yakiriye MC Alger yo muri - [Cole Palmer azasiba umukino Chelsea ifitanye na Barcelona](https://thedrum.rw/2025/11/21/cole-palmer-azasiba-umikino-chelsea-ifitanye-na-barcelona/) - Umukinnyi w’imbere wa Chelsea, Cole Palmer, yongeye kunyura mu bihe bitari byoroshye nyuma y’uko asitaye ku rugi rw’iwe mu rugo, bigatuma avunika ino ryo ku kuguru kw’ibumoso. Iyi mpanuka yoroheje ariko ibabaje yahise iyoyora amahirwe yo kugaruka mu kibuga yari amaze ukwezi n’igice adakandagiramo kubera imvune yari yagize. Umutoza Enzo Maresca yemeje aya makuru mu - [CECAFA U17 : Ingimbi z’u Rwanda zatsinzwe na Kenya](https://thedrum.rw/2025/11/21/cecafa-u17-ingimbi-zu-rwanda-zatsinzwe-na-kenya/) - Ikipe y’igihugu ya Kenya y’abatarangeje imyaka 17 yaturutse inyuma itsinda Amavubi ibitego 2-1, mu mukino wabereye muri Ethiopia ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, mu itsinda A rya CECAFA U17. Umukino watangiranye umuvuduko udasanzwe. Mu minota 20 ya mbere nta ikipe yabashije kurusha indi mu buryo bugaragara, kuko wasangaga impande zombi zihanahana umupira nabi - [Amakuru mashya ku rubanza rwa Camarade wayoboye muri FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/11/21/amakuru-mashya-ku-rubanza-rwa-camarade-wayoboye-muri-ferwafa/) - Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye umwanzuo wa nyuma ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rwa Kalisa Adolphe Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, rutegeka kumugumisha muri kasho mu gihe ubucamanza bukomeje kumukurikiranaho ibyaha byo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano. Iki cyemezo cyemejwe ku wa 20 Ugushyingo 2025, nyuma yo gusuzuma ubujurire yari yaherutse gutanga nyuma - [Nyuma yo gutsindwa na Mukeba ; Rayon Sports yateguje impinduka](https://thedrum.rw/2025/11/21/nyuma-yo-gutsindwa-na-mukeba-rayon-sports-yateguje-impinduka/) - Umutoza wa Rayon Sports, Haruna Ferouz, yatangaje ko hitezwe impinduka zikomeye mu bakinnyi 11 bazatangira ku mukino iyi kipe izakiramo AS Kigali kuri iki Cyumweru, tariki ya 23 Ugushyingo 2025, kuri Kigali Pelé Stadium saa Cyenda. Ibi Ferouz yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’imyitozo yo ku wa Kane, aho yeruye ko gutsindwa na APR FC - [Rwanda Premier League : Musanze FC yiteguye guhigika APR FC](https://thedrum.rw/2025/11/21/rwanda-premier-league-musanze-fc-yiteguye-guhigika-apr-fc/) - Umutoza wa Musanze FC, Ruremesha Emmanuel, yatangaje ko we n’abakinnyi be biteguye neza umukino ukomeye bazakiramo APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025, kuri Stade Ubworoherane, mu munsi wa munani wa Rwanda Premier League. Ni umukino yemeza ko bawutegereje bafite icyizere cyo gukomeza urugendo rwiza batangiye mu minsi ishize. Iyi kipe yo - [Al Hilal SC yashinze agati ku bukana bw’itsinda C mbere yo guhura na MC Algier](https://thedrum.rw/2025/11/21/al-hilal-sc-yashinze-agati-ku-bukana-bwitsinda-c-mbere-yo-guhura-na-mc-algier/) - Umutoza wa Al Hilal SC , Rulani Mokwena yemeje ko nubwo itsinda C rikaze ariko ritabuza ikipe ye kugira icyizere cyo kuzitwara neza mbere yo guhura na MC Algier. Mu gihe ikipe ya MC Alger yo muri Algérie yamaze kugera i Kigali , kwitegura gukina umukino wa mbere w’itsinda rya CAF Champions League na Al - [Umukinnyi w’Amavubi ari kwifuzwa n'amakipe yo muri Bundesliga](https://thedrum.rw/2025/11/20/umukinnyi-wamavubi-ari-kwifuzwa-namakipe-yo-muri-bundesliga/) - Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo, ukinira Standard de Liège mu Bubiligi, akomeje gukurura amaso y’amakipe akomeye ku mugabane w’u Burayi, cyane cyane ayo mu cyiciro cya mbere mu Butaliyani. Amakuru dukesha ibinyamakuru byo mu Butaliyani aragaragaza ko Atalanta na Bologna zimaze igihe zikurikirana bya hafi imikino ye, mu rwego rwo kureba niba yazaba umwe - [Al Hilal SC yashimiye Perezida Kagame ubwo yararikaga abafana](https://thedrum.rw/2025/11/20/al-hilal-sc-yashimiye-perezida-kagame-ubwo-yararikaga-abafana/) - Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, imaze iminsi ikorera ibikorwa byayo mu Rwanda, yatangaje ko yiteguye umukino wa mbere w’Itsinda C muri CAF Champions League izakiriramo MC Alger yo muri Algeria kuri Stade Amahoro. Uyu mukino uteganyijwe gukinwa ku wa Gatanu, tariki ya 21 Ugushyingo 2025, umukino w’amateka ku mpande zombi. Mu butumwa - [Uwakiniye She –Amavubi yitabye Imana](https://thedrum.rw/2025/11/20/uwakiniye-she-amavubi-yitabye-imana/) - Ufitinema Clotilde, umwe mu bakinnyi bageze kure mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda ndetse wanakinye ikipe y’Igihugu, yitabye Imana nyuma y’imyaka myinshi ahangana n’uburwayi bwa kanseri. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Ugushyingo 2025, aho yari arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK). Ufitinema yari amaze iminsi akurikiranirwa n’abaganga - [Amagare : Umunyarwandakazi yitwaye neza](https://thedrum.rw/2025/11/20/amagare-umunyarwandakazi-yitwaye-neza/) - Masengesho Yvonne yanditse izina mu mateka y’imikino nyarwanda nyuma yo kuba Umunyarwandakazi wa mbere wegukanye umudali muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare 2025, iri kubera mu Mujyi wa Mombasa muri Kenya guhera kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Ugushyingo 2025. Iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe yo mu bihugu 30, rikomeje kugaragaza isura yaryo nk’imwe mu marushanwa akomeye - [Rayon Sports yasozanije  byose na Robertinho](https://thedrum.rw/2025/11/20/rayon-sports-yasozanije-byose-na-robertinho/) - Rayon Sports ikomeje urugendo rwo gukemura ibibazo by’amategeko byayigizeho ingaruka zikomeye mu mezi ashize, birimo n’icyatumye ihagarikwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ku kutubahiriza amasezerano yagiranaga n’abatoza n’abakinnyi bayo. Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino wa 2024–2025, ubuyobozi bwa Gikundiro bwafashe umwanzuro wo gutandukana n’uwari umutoza wayo mukuru, Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi - [Ese ibyo RGB yasubije inteko inshinga amategeko byanyuze aba- Rayons?](https://thedrum.rw/2025/11/20/ese-ibyo-rgb-yasubije-inteko-inshinga-amategeko-byanyuze-aba-rayons/) - Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, tariki ya 19 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwagejeje ku Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2024/2025 ndetse n’imishinga rufite mu mwaka wa 2025/2026. Mu bibazo byagarutsweho n’Abadepite, ibyerekeye Rayon Sports byafashe umwanya munini, cyane cyane hashingiwe ku makimbirane amaze igihe acinyiza iyi kipe ikundwa - [Samuel Eto’o yangiwe kwiyamamariza kuyobora FECAFOOT](https://thedrum.rw/2025/11/19/samuel-etoo-yangiwe-kuyobora-fecafoot/) - Mu gihe hasigaye iminsi mike mbere amatora azashyiraho Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT) akaba, ibiri kuba mu gihugu cya Cameroun birakomeje gufata intera . Samuel Eto’o, wari umaze igihe ayobora FECAFOOT, yari yifuje kongera kugaruka mu buyobozi ariko ahura n’imbogamizi zituruka ku kibazo cy’ubwenegihugu bwe. Amatora yateganyijwe kuba tariki ya 29 Ugushyingo - [KNC yongeye gucyemanga ubunyamwuga bwa FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/11/19/knc-yongeye-gucyemanga-ubunyamwuga-bwa-ferwafa/) - Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yongeye kugaragaza impungenge ku mikorere y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), nyuma y’uko ritangaje mu buryo bwagutse umukino wa CAF Champions League ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani izakiramo MC Alger. Uyu mukino wa Champions League, wo ku munsi wa mbere mu Itsinda C, uteganyijwe - [Antoine Semenyo wa Bournemouth yateye ivi](https://thedrum.rw/2025/11/19/antoine-semenyo-wa-bournemouth-yateye-ivi/) - Umunya-Ghana Antoine Semenyo, umaze kuba umwe mu bakinnyi bafatiye runini ikipe ya Bournemouth, akomeje kwigarurira imitwe y’inkuru z’ibitangazamakuru bikomeye ku isi nyuma yo guterera ivi umukunzi we . Nyuma yo gutangira umwaka w’imikino mu buryo budasanzwe, uyu mukinnyi w’imyaka 25 yongeye gutungurana ku giti cye ubwo yemezaga ko yambitse impeta y’urudashira umukunzi we, Jordeen Buckley. - [Umunyamahirwe yateze 200 frw ku ‘gice cy’umukino kibonekamo ibitego byinshi’ atsindira arenga miliyoni ebyiri](https://thedrum.rw/2025/11/19/umunyamahirwe-yateze-200-frw-ku-gice-cyumukino-kibonekamo-ibitego-byinshi-atsindira-arenga-miliyoni-ebyiri/) - Mu gihe benshi bakomeza gutega baharanira kugerageza amahirwe yabo, umwe mu banyamahirwe yongeye kwerekana ko rimwe na rimwe amahirwe ahora ku muntu ushishoza kandi ufata umwanzuro utekerejweho neza. Ku biceri 200 FRW byonyine, uyu munyamahirwe wo muri iki cyumweru yigaragaje mu buryo butangaje, atsindira amafaranga asaga miliyoni ebyiri n’ibihumbi magana ane mirongo itandatu na bitanu - [Muri Muhazi United ngo ntibazi umushahara mu mezi abiri ashize](https://thedrum.rw/2025/11/19/muri-muhazi-united-ngo-ntibazi-umushahara-mu-mezi-abiri-ashize/) - Mu gihe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bagore ikiri mu ntangiriro; amakipe amwe aracyabangamiwe n’ibibazo by’amakoro.Ikipe ya Muhazi United WFC yo mu Ntara y’Iburasirazuba ni yo iri mu bibazo bikomeye kurusha izindi, nyuma y’amezi abiri yose abakinnyi bayo batarabona imishahara ndetse batarahabwa n’agahimbazamusyi bari bemerewe. Amakuru The Drum yamenye ahamya ko ubu abakinnyi bafashe icyemezo - [Amasezerano ya Visit Rwanda hagati y’u Rwanda na Arsenal mu marembera](https://thedrum.rw/2025/11/19/amasezerano-ya-visit-rwanda-hagati-yu-rwanda-na-arsenal-mu-marembera/) - Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko amasezerano y’ubufatanye hagati ya Arsenal FC na Visit Rwanda azasozwa muri Kamena 2026, nyuma y’imyaka umunani y’ishyirwa mu bikorwa by’ibikorwa bishingiye ku kumenyekanisha u Rwanda. Ibi byemejwe ku wa Gatatu, tariki ya 19 Ugushyingo 2025, ubwo impande zombi zatangazaga ko uyu mwaka w’imikino uzaba urangiye ari nabwo uzasiga ubu - [Handball : Umutoza w’ikipe y’igihugu yaremye agatima abanyarwanda](https://thedrum.rw/2025/11/19/handball-umutoza-wikipe-yigihugu-yaremye-agatima-abanyarwanda/) - Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Handball y’u Rwanda, Hafedh Zouabi, yatangaje ko kuba Rwanda rwisanze mu itsinda mu gikombe cya Afurika cy’abagabo cya 2026 ari ibintu bikomeye, ariko yizeza abanyarwanda ko ikipe ye izaba ifite ubushake n’ubushobozi buhagije bwo guhangana kugeza ku rwego rwo hejuru. Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu i Kigali habereye igikorwa - [Myugariro wa Arsenal ashobora kugaruka muri Mutarama 2026](https://thedrum.rw/2025/11/19/myugariro-wa-arsenal-ashobora-kugaruka-muri-mutarama-2026/) - Arsenal iracyategereje kumenya uburemere bw’imvune ya myugariro wayo ,Gabriel Magalhães wavunikiye mu ikipe y’igihugu ya Brazil, ndetse hakaba hari impungenge zuko ashobora kumara ibyumweru byinshi adakina. Gabriel, ufite imyaka 27, yavunitse mu mpera z’icyumweru ubwo Brazil yakinaga na Senegal kuri Emirates Stadium. Yagaragaye agenda agendera acumbagira agaragaza ububabare, bituma ahita avanwa mu kibuga. Nyuma y’iyo - [Ibigezweho muri Rayon Sports :  Mohammed Chelly , Azouz Lotfi na Fall Ngagne](https://thedrum.rw/2025/11/18/ibigezweho-muri-rayon-sports-mohammed-chelly-azouz-lotfi-na-fall-ngagne/) - Rayon Sports yongeye kugira impinduka zikomeye mu ikipe no mu buyobozi bwayo bwa tekiniki, nyuma y’uko umwe mu bakinnyi bayo bo hagati mu kibuga, Mohammed Chelly, n’uwari Umutoza wungirije, Azouz Lotfi, bemeranyije n’ubuyobozi bwa Gikundiro gutandukana na yo mu mahoro, ntacyo basabye nk’indishyi. Ibyo bitangajwe nyuma y’igihe kirenga ukwezi aba batoza bafatiwe icyemezo cyo guhagarikwana - [Fulham igiye kongerera amasezerano umutoza wayo](https://thedrum.rw/2025/11/18/fulham-igiye-kongerera-amasezerano-umutoza-wayo/) - Ikipe ya Fulham yo mu Bwongereza yongeye kugaragaza ko ikeneye cyane umutoza wayo Marco Silva, nyuma yo kumushyikiriza icyifuzo cy’amasezerano mashya mu gihe aya bari basanzwe bafitanye yari kurangira ku mpera z’uyu mwaka w’imikino. Silva w’imyaka 48, umaze imyaka ine ayobora iyi kipe, yakunze kugaragaza kutameranywa neza n’imikorere y’abayobozi ba Fulham, aho mu mpeshyi ishize - [Ishusho ngari twakuye muri APR FC yongeye gusubukura imyitozo](https://thedrum.rw/2025/11/18/ishusho-ngari-twakuye-muri-apr-fc-yongeye-gusubukura-imyitozo/) - APR FC, yongeye gusubukura imyitozo yayo ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Ugushyingo 2025, nyuma y’ikiruhuko cy’umunsi umwe cyari cyahawe abakinnyi n’umutoza Abderrahim Taleb. N'imyitozo yagaragayemo abakinnyi benshi b’abanyamahanga, gusa abakina mu Amavubi bo bari bagifite ikiruhuko bahawe nyuma y’umukino wa gishuti baheruka gukina. Amavubi amaze iminsi itatu mu mwiherero watangiye tariki 13 - [Al Hilal SC iri gukorera kuri Kigali Pele stadium ikomeje kwitegura MC Algier](https://thedrum.rw/2025/11/18/al-hilal-sc-iri-gukorera-kuri-kigali-pele-stadium-ikomeje-kwitegura-usm-algier/) - Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani ikomeje imyiteguro y’imikino y’amatsinda ya CAF Champions League, aho ku wa Gatanu, tariki ya 21 Ugushyingo, izacakirana na MC Alger yo muri Algérie. Ni umukino uteganyijwe kubera kuri Stade Amahoro i Kigali saa kumi n’igice z’umugoroba, aho Al Hilal ikomeje gukorera imyitozo muri iyi minsi. Nyuma yo - [Basketball : U Rwanda rwitabaje Libya mu kwitegura igikombe cy’isi](https://thedrum.rw/2025/11/18/basketball-u-rwanda-rwitabaje-libya-mu-kwitegura-igikombe-cyisi/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Basketball ikomeje imyiteguro ikomeye mbere y’uko hatangira imikino ya mbere y’amajonjora yo gushaka itike y ‘igikombe cy’isi cya Basketball [ FIBA World Cup 2027], kizabera muri Tunisia kuva ku wa 27 kugeza ku wa 30 Ugushyingo. Mu rwego rwo kongera imbaraga n’ubushobozi bw’ikipe,Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda - [Benjamin Šeško agiye kumara ukwezi adakina](https://thedrum.rw/2025/11/18/benjamin-sesko-agiye-kumara-ukwezi-adakina/) - Manchester United yongeye kwisanga mu bibazo by’imvune nyuma y’aho rutahizamu Benjamin Sesko yavunikiye mu mukino banganyijemo na Tottenham Hotspur tariki ya 8 Ugushyingo. Ni umukino waberaga i Londres, aho uyu musore w’imyaka 22 yinjiye mu gice cya kabiri ariko ntiyawurangiza kubera ikibazo cy’ivi yahise agira. Sesko, wageze muri United muri Kanama avuye muri RB Leipzig - [Achraf Hakimi, Mohamed Salah na Victor Osimhen bahigitse abandi](https://thedrum.rw/2025/11/17/achraf-hakimi-mohamed-salah-na-victor-osimhen-bahigitse-abandi/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje urutonde rw’abakinnyi batatu bageze ku cyiciro cya nyuma mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka ku mugabane w’Afurika, aho Achraf Hakimi, Mohamed Salah na Victor Osimhen ari bo bahatanira igihembo gikomeye kurusha ibindi ku mugabane. Achraf Hakimi, kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc, ni umwe mu bakinnyi bamaze gukomeza kwandika - [FERWABA yabonye umuyobozi mushya](https://thedrum.rw/2025/11/17/ferwaba-yabonye-umuyobozi-mushya/) - Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda [FERWABA] ryatangaje ko François-Régis Gahuranyi ari we wagizwe Umuyobozi mukuru waryo, asimbuye Fionah Ishimwe wari umaze imyaka itatu kuri uwo mwanya. Ni impinduka zije mu gihe FERWABA ikomeje gushaka kunoza imikorere no kongera imbaraga mu mitegurire y’amarushanwa no guteza imbere umukino wa basketball ku rwego rw’igihugu. Gahuranyi, ufite amateka - [Martin Rutagambwa yatunze itoroshi ku cyo yise 'gatsiko k’amabandi' muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/17/martin-rutagambwa-yatunze-itoroshi-ku-cyo-yise-gatsiko-kamabandi-muri-rayon-sports/) - Nyuma y’isubikwa ry’Inama y’Inteko Rusange Idasanzwe ya Rayon Sports, yagombaga kuba ku wa 22 Ugushyingo 2025, umwe mu bakunzi bakomeye b’iyi kipe akaba n’umwe mu bayikurikiranira hafi, Martin Rutagambwa, yongeye kuvuga amagambo akomeye ashinja ubuyobozi bwa Twagirayezu Thadée kunanirwa gukora ibikwiye no kwimakaza imikorere ishingiye ku ivangura n’akarengane. Mu kiganiro yagiranye na Radio y’igihugu , - [RPL : Al Hilal SC na Al Merreikh zitegeye amakiriro kuri CAF](https://thedrum.rw/2025/11/17/rpl-al-hilal-sc-na-al-merreikh-zitegeye-amakiriro-kuri-caf/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) iritegura gutanga umwanzuro wa nyuma ku busabe bwa Al Hilal SC na Al Merreikh, amakipe yo muri Sudani aheruka gusaba gukorera ibikorwa byayo by’imikino mu Rwanda kubera ikibazo cy’umutekano wo mu gihugu bakomokamo. Komite Nyobozi ya CAF izaterana ku wa Gatatu, tariki ya 19 Ugushyingo 2025, ikaba ari yo - [Dore impamvu muzi yateye Muvunyi Paul kwisubiraho](https://thedrum.rw/2025/11/17/dore-impamvu-muzi-yateye-muvunyi-paul-kwisubiraho/) - Mu gihe abakunzi ba Rayon Sports bari biteze ko iki cyumweru kirarangira habaye Inteko Rusange Idasanzwe yari yitezweho gukemura amakimbirane amaze iminsi avugwa muri iyi kipe, ubuyobozi bwatangaje ko iyi nteko itakibaye, icyemezo cyafashwe ku munota wa nyuma kubera impungenge z’umutekano n’imyumvire itarajya hamwe hagati y’abayobozi. Paul Muvunyi, Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rayon Sports, ni - [Erling Halland yateye ikirenge mu cya Se wabikoze mu 1998](https://thedrum.rw/2025/11/17/erling-halland-yateye-ikirenge-mu-cya-se-wabikoze-mu-1998/) - Ikipe y’igihugu ya Noruveje yongeye kwandika amateka adasanzwe mu mupira w’amaguru nyuma yo gusubira mu Gikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere mu myaka 28, itsinze Ubutaliyani mu mukino w’ishiraniro wabahuje. Ni intsinzi yaje ikurikiye iya Estonia bari batsinze ku wa Kane, ikaba yaratumye basatira itike ku buryo Ubutaliyani bwasabwaga gutsinda ibitego icyenda kugira ngo bubaceho - [DR.Congo yatumye Nigeria yongera kubura mu gikombe cy’isi](https://thedrum.rw/2025/11/17/dr-congo-yatumye-nigeria-yongera-kubura-mu-gikombe-cyisi/) - Mu mukino wari ukomeye kandi wuzuyemo impagarara kugeza ku munota wa nyuma, ikipe y’Igihugu ya Nigeria, Super Eagles, yasezerewe mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026 nyuma yo gutsindwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri penaliti,n ku Cyumweru, i Rabat muri Maroc. Uyu mukino wa nyuma wa kamarampaka wabereye kuri Stade Moulay Hassan - [Sir Alex Ferguson yacyeje Ruben Amorim na Mbuemo](https://thedrum.rw/2025/11/16/sir-alex-ferguson-yacyeje-ruben-amorim-na-mbuemo/) - Sir Alex Ferguson, umutoza w’ibihe byose wa Manchester United, yashimye cyane uruhare rw’umutoza n’abakinnyi bashya barimo Mbuemo na Matheus Cunha binjiye muri iyi kipe mu mezi ya mbere y’iyi mpeshyi. Manchester United iri mu bihe byiza nyuma yo kugera ku mikino itanu idatsindwa ndetse ikanakuraho umukasiro wo kudutsinda imikino ibiri yikurikiranya ya Premier. Ibi byose - [Volleyball : Tyson na Ndayisaba ba Gisagara ntibigeze babarira KVC yabareze](https://thedrum.rw/2025/11/16/volleyball-tyson-na-ndayisaba-ba-gisagara-ntibigeze-babarira-kvc-yabareze/) - Ikipe ya Gisagara VC yongeye kwitwara neza muri shampiyona nyuma yo kwegukana andi manota atatu mu mukino waberaga muri Petit Stade ku wa Gatandatu, tariki 15 Ugushyingo, itsinda biyoroheye amaseti 3-0 (25-14, 25-20, 25-22) Kigali Volleyball Club (KVC) . Ni umukino wari ubereye ijisho ndetse urimo n’izindi mpamvu zo hanze y’ikibuga zawusunikaga kuko abarimo Sylvestre - [Basketball : APR yegukanye igikombe cya Zone 5](https://thedrum.rw/2025/11/16/baskestball-apr-bbc-yegukanye-igikombe-cya-zone-5/) - APR Women Basketball Club, yanditse amateka mashya mu mukino w’intoki mu Rwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya mbere cya Women’s Basketball League Africa (WBLA) Zone 5, itsinze REG amanota 82-71 mu mukino wa nyuma wabereye i Nairobi muri Kenya, ku wa Gatandatu. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi ndetse wagiye ugaragaramo ishyaka ridasanzwe cyane ,cyane ko - [Myugariro wa Arsenal yavunitse mbere yo guhura  na Spurs](https://thedrum.rw/2025/11/16/myugariro-wa-arsenal-yavunitse-mbere-yo-guhura-na-spurs/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Carlo Ancelotti, yatangaje ko myugariro wa Arsenal Gabriel Magalhães azasuzumwa muri iki Cyumweru nyuma yo kuvunikira mu mukino wa gicuti batsinzemo Senegal i Londres. Gabriel w’imyaka 27 yagaragaye yicara hasi nta wundi mukinnyi umukozeho, bigaragara ko afite ikibazo ku bice by’imbere by’ivi no ku itako rye.Yahise ahabwa ubuvuzi bwihuse mbere - [Yanga Africans yazanye umutoza ukomeye ku Isi mu bato babo](https://thedrum.rw/2025/11/15/yanga-africans-yazanye-umutoza-ukomeye-ku-isi-mu-bato-babo/) - Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania yazanye umutoza ukomeye muri Africa no ku Isi mu makipe y'Abato babo batarengeje imyaka 11,13,15, Nk'Umutoza ugiye guhugura abatoza b'ayo makipe muri gahunda bise "Yanga Soccer School". Uyu munsi tariki ya 15 Ugushyingo 2025, Nibwo Yanga Africans yerekanye Dr Pisto Mosimane nk'Umutoza ugiye gufasha abandi batoza bagenzi be - [Ruhago y’abagore : FERWAFA iri guhugura abazasifura shampiyona y'icyiciro cya kabiri](https://thedrum.rw/2025/11/15/ruhago-yabagore-ferwafa-iri-guhugura-abasifura-shampiyona-icyiciro-cya-kabiri/) - Komisiyo y’Abasifuzi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abasifuzi bazayobora imikino ya Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Kabiri. Ni gahunda ihuriyemo abasifuzi 96, barimo abakobwa 23 n’abahungu 73, bose bakiri mu rugendo rwo kubaka ubunararibonye bw’umwuga wo gusifura. INDI NKURU WASOMA : Liverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur mu nkundura - [Muvunyi ashobora kweguriramo – Rayon Sports yatumijeho inteko rusange idasanzwe!](https://thedrum.rw/2025/11/15/muvunyi-ashobora-kweguriramo-rayon-sports-yatumijeho-inteko-rusange-idasanzwe/) - Umwuka utari mwiza umaze iminsi ugaragara mu buyobozi bwa Rayon Sports ugiye kongera gushyirwa ku meza mu Nteko Rusange Idasanzwe yatumijwe ku wa 22 Ugushyingo 2025 kuri Delight Hotel, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’Umuryango binyuze mu ibaruwa yasohotse ku wa Gatanu, tariki 14 Ugushyingo 2025. Iyi baruwa, yanditswe na Muvunyi Paul, umwe mu bayobozi bakomeye b’uyu - [Shema Fabrice yahaye umukoro abarimo gukorera Licence B–CAF](https://thedrum.rw/2025/11/15/shema-fabrice-yahaye-umukoro-abarimo-gukorera-licence-b-caf/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasuye abatoza 25 bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa Licence B ya CAF, abibutsa ko u Rwanda rubitezeho umusanzu ukomeye mu iterambere rya ruhago. Aba batoza, barimo abagabo 22 n’abagore batatu, bamaze amezi arenga atanu bakurikira amasomo atanu abarizwa muri uru rwego mpuzamahanga. Licence - [Liverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur mu nkundura yo kwegukana Semenyo](https://thedrum.rw/2025/11/15/liverpool-manchester-city-na-tottenham-hotspur-mu-nkundura-yo-kwegukana-semenyo/) - Antoine Semenyo wa Bournemouth akomeje kwifuzwa na menshi makipe akomeye muri Premier League ariko ayarimo Liverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur niyo ayoboye ayandi mu gushaka kumusinyisha mu isoko ry’igura n’igurisha ryo muri Mutarama 2026. Uyu musore w’imyaka 25 yasinye amasezerano mashya mu mpeshyi ashize, nyuma yo gushakwa na Spurs ndetse na Manchester United. Gusa - [Volleyball : Minisitiri Mukazayire yarebye uko APR yigaranzura Gisagara - PICTORIAL](https://thedrum.rw/2025/11/15/volleyball-minisitiri-mukazayire-yarebye-uko-apr-yigaranzura-gisagara-pictorial/) - Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Volleyball yakomeje gutanga isura nshya yuje ishyaka ridasanzwe, nyuma y’uko ku wa Gatanu, tariki ya 14 Ugushyingo 2025, muri Petit Stade i Remera yuzuye ku rwego rutaherukaga uretse iyo APR na Police byabaga bihanganye. Kuri iyi nshuro, abari bayujuje bari baje kureba uko Gisagara VC, itari yaratsindwa na rimwe, ihangana - [Jurgen Kloop watoje Liverpool yatangaje indi ntambwe nshya](https://thedrum.rw/2025/11/15/jurgen-kloop-watoje-liverpool-yatangaje-indi-ntambwe-nshya-agiye-gutera/) - Nyuma y’imyaka irenga 15 atagaragara mu mwuga wo gusesengura imikino kuri televiziyo, Jürgen Klopp yongeye kubitangaza ku mugaragaro binyuze kuri Instagram, ko azasubira kuri televiziyo nk’impuguke mu mupira w’amaguru mu marushanwa akomeye azaba mu mpeshyi itaha. Nk’uko byemejwe n’ikinyamakuru Daily Mail dukesha iyi nkuru, Klopp azaba ari umwe mu basesenguzi b’imena bazakurikirana irushanwa ry’igikombe cy’isi - [U Bwongereza bwitegura Albania bwatakaje intwaro y’ingenzi](https://thedrum.rw/2025/11/14/u-bwongereza-bwitegura-albania-bwatakaje-intwaro-yingenzi/) - Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, yahisemo kuva mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza nyuma y’uko abaganga bemeje ko atabasha gukomeza gukina kubera imvune yagize ku kagombambari k’ukuguru kw’iburyo. Uyu myugariro w’imyaka 25 yavunikiye mu mukino wa Conference League wabahuzaga na AZ Alkmaar mu cyumweru gishize, imvune yaje kuba ikomeye ku buryo yamusize atabasha no kugenda - [Basketball : Inkingi ya mwamba ya APR yagarutse nyuma y’amezi 9 y’imvune](https://thedrum.rw/2025/11/14/basketball-inkingi-ya-mwamba-ya-apr-yagarutse-nyuma-yamezi-9-yimvune/) - Osborn Shema, umwe mu bakinnyi beza ba APR BBC bakina imbere, yongeye kugaruka mu myitozo nyuma y’amezi icyenda yari amaze hanze y’ikibuga kubera imvune ikomeye yatumye ajya hanze iki gihe cyose. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yavunikiye mu mukino ukomeye APR yatsinzemo UGB amanota 94-92 mu mukino wa nyuma wa GMT 2025, wabaye tariki ya 27 - [Sindi Paul arangamiye kwemeza Adel Amrouche](https://thedrum.rw/2025/11/14/sindi-paul-arangamiye-kwemeza-adel-amrouche/) - Abakinnyi bashya bahamagawe bwa mbere mu ikipe y’igihugu Amavubi baravuga ko biteguye kwerekana impamvu umutoza Adel Amrouche yabahaye amahirwe yo kwambara umwambaro w’igihugu, aho bagiye gukora igeragezwa ry’iminsi ine ribanziriza umukino wa gicuti na Al Hilal uteganyijwe ku wa 21 Ugushyingo i Kigali. Ku wa Gatatu, tariki ya 12 Ugushyingo, ni bwo Amrouche yatangaje urutonde - [Rayon Sports yatsinze umukinnyi wayo wayireze](https://thedrum.rw/2025/11/14/rayon-sports-yatsinze-urubanza-rwumukinnyi-wayo-wayireze/) - Nyuma y’amezi yari amaze azenguruka mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi bwa ruhago yishakira ibisobanuro ku masezerano ye, umukinnyi wo hagati Niyonshuti Emerance yamenyeshejwe n’itsinda ry’abanyamategeko ba FERWAFA ko yatsinzwe urubanza yarezemo Rayon Sports WFC amusaba gusesa amasezerano. Ibi byakurikiye ibibazo byatangiye kugaragara nyuma y’uko Niyonshuti avuye mu mikino ya Cecafa yabereye muri Kenya, aho ngo yakomezaga - [Basketball y’abagore : APR na REG zikomeje kwitwara neza](https://thedrum.rw/2025/11/14/basketball-yabagore-apr-na-reg-zikomeje-kwitwara-neza/) - Amakipe abiri ahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Zone 5 muri Basketball y’abagore, APR WBBC na REG WBBC, akomeje kwitwara neza kuko yose yamaze kugera muri 1/2 cy’irangiza, nyuma yo kurangiza imikino y’amatsinda ari aya mbere. Ku wa Gatatu habaye imikino isoza amatsinda, aho APR WBBC yatsinze Kenya Ports Authority (KPA) ku manota 81-71. Nubwo - [Norway yatindijwe n’u Butaliyani mu kubona itike y’igikombe cy’isi](https://thedrum.rw/2025/11/14/norway-yatandijwe-nu-butaliyani-mu-kubona-itike-yigikombe-cyisi/) - Ikipe y’Igihugu ya Norway kiri ku marembo yo kugaruka mu Gikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere mu myaka 28, nyuma yo gutsinda Estonia mu mukino wayihaye amanota akomeye ndetse ukereka buri wese ko iyi kipe ikomeje kugira umugambi n’imbaraga zidatezuka. Ni umukino waranzwe no kubyaza umusaruro amahirwe babonye mu gice cya kabiri, aho Erling Haaland - [Chancel Mbemba yaciye akarongo ku nzozi za Bryan Mbeumo](https://thedrum.rw/2025/11/14/chancel-mbemba-yaciye-akarongo-ku-nzozi-za-bryan-mbeumo/) - Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guhumurirwa n’icyizere cyo kugera mu gikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda Cameroun igitego 1–0 mu mukino wa kamarampaka wabereye kuri sitade Al Barid i Rabat muri Maroc, ku mugoroba wo ku wa Kane. Ni intsinzi yaje itunguranye cyane, kuko Chancel Mbemba, kapiteni w’Izi ngwe , - [Real Madrid na Lyon mu nzira zisoza kuganira ku hazaza ha Endrick](https://thedrum.rw/2025/11/13/real-madrid-na-lyon-mu-nzira-zisoza-kuganira-ku-hazaza-ha-endrick/) - Amakuru aturuka muri Espagne aravuga ko Real Madrid iri mu biganiro bya nyuma na Olympique Lyonnais byo gutiza rutahizamu w’Umunyabrezili, Endrick Felipe Moreira de Sousa, muri iyi kipe yo mu Bufaransa muri Mutarama 2026. Uyu musore w’imyaka 19, wageze i Madrid avuye muri Palmeiras mu mpeshyi ya 2024, ntiyahiriwe cyane n’umwaka we wa kabiri muri - [RDC buri mukinnyi yemerewe miliyoni y’Amadorali](https://thedrum.rw/2025/11/12/rdc-buri-mukinnyi-yemerewe-miliyoni-yamadorali/) - Leta ya Congo Kinshasa yemereye, Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru yabo agahimbazamusyi kadasanzwe,Buri mukinnyi azabona miliyoni y’Amadorali mu gihe barenga ikiciro bagezemo (Africa Play-Offs) cyo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Nubwo batahita babona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ikipe y’Igihugu ya Repubulika iraranira Demokarasi ya Congo, Ejo tariki ya 13 Ugushyingo 2025, Saa 21:00, Kuri - [Tour du Rwanda mu nzira zijya ku rwego rwa Tour de France](https://thedrum.rw/2025/11/13/tour-du-rwanda-mu-nzira-zijya-ku-rwego-rwa-tour-de-france/) - Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) hagamijwe kuzamura urwego rw’irushanwa mpuzamahanga “Tour du Rwanda” kugira ngo ribe ku rwego rwa mbere ku Isi, bizwi nka “World Tour”, bitarenze umwaka wa 2027. Tour du Rwanda ni rimwe mu masiganwa akunzwe kandi akomeye muri Afurika, rikaba - [Rayon Sports yemeje ko yatandukanye burundu na Afahamia Lotfi](https://thedrum.rw/2025/11/13/rayon-sports-yemeje-ko-yatandukanye-burundu-na-afahamia-lotfi/) - Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yemeje ko iyi kipe imaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru, Afahamia Lotfi, nyuma y’amezi atatu gusa ayitoza. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’ukwezi kumwe uyu mutoza w’Umunyatunisia hamwe n’umwungiriza we, Azzouz Lotfi, bahagaritswe by’agateganyo ku itariki ya 13 Ukwakira 2025. Icyo gihe, ubuyobozi bw’ikipe bwari bwatangaje ko butanyuzwe n’imyitwarire y’ikipe mu - [Sitade Amahoro yavuye mu biganza bya Minisiteri ya Siporo](https://thedrum.rw/2025/11/13/sitade-amahoro-yavuye-mu-biganza-bya-minisiteri-ya-siporo/) - Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yafashe umwanzuro mushya wo gushyira Stade Amahoro mu maboko y’abikorera, mu rwego rwo kunoza imicungire yayo no kuyibyaza umusaruro ku buryo bujyanye n’igihe. Ubu iyi Stade iri mu biganza bya kompanyi yitwa Q&A Group Ltd, yatangiye kuyiyobora ku mugaragaro guhera ku mukino wa APR FC na Rayon Sports wabaye ku - [Uwakiniye Rayon Sports yongerewe ibihano na FIFA](https://thedrum.rw/2025/11/13/uwakiniye-rayon-sports-yongerewe-ibihano-na-fifa/) - Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Bimenyimana Bonfils-Caleb, yahawe ikindi gihano byo kudakina imikino itatu mpuzamahanga, nyuma y’igikorwa cyafashwe nk’icy’ubugome yakoze ubwo yakiniraga igihugu cye mu mukino wa gushaka itike y’igikombe cy’isi wabereye i Bujumbura mu kwezi gushize. Mu mukino u Burundi bwakinnyemo na Kenya, Bimenyimana wahoze akinira Rayon Sports ndetse na Kaizer Chiefs yo muri - [Umuhungu wa Ronaldinho yemeje ko nta gitutu yaterwa n’izina rya se](https://thedrum.rw/2025/11/13/umuhungu-wa-ronaldinho-yemeje-ko-nta-gitutu-yaterwa-nizina-rya-se/) - Joao Mendes, ukina ku ruhande rw’iburyo mu ishuri ry’abato rya Hull City yatangaje ko kuba ari umuhungu w’icyamamare mu mupira w’amaguru, Ronaldinho Gaucho, bitamushyiraho igitutu cyangwa ngo bimubuze gutuza mu rugendo rwe nk’umukinnyi ku giti cye. Uyu musore w’imyaka 20, yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Nzeri uyu mwaka, nyuma yo kurangiza ayo yari afite muri - [Twasobanuye byose ukeneye kumenya kuri Euro 2028](https://thedrum.rw/2025/11/13/twasobanuye-byose-ukeneye-kumenya-kuri-euro-2028/) - Umujyi wa Cardiff, umurwa mukuru wa Pays de Galles (Wales), ni wo uzakira umukino ufungura irushanwa rya Euro 2028, nk’uko byemejwe ku mugaragaro na Uefa mu muhango wabereye i London kuri uyu wa Gatatu. Ni inkuru yashimishije cyane abafana b’ikipe y’igihugu ya Wales, bakunze kwitwa ‘ The Red Wall’, kuko ari bwo bwa mbere bazakira - [Handball :Twamenye aho u Rwanda rwisanze muri tombola y’igikombe cy’Afurika](https://thedrum.rw/2025/11/13/handball-twamenye-aho-u-rwanda-rwisanze-muri-tombola-yigikombe-cyafurika/) - U Rwanda ruri mu myiteguro ikomeye yo kwakira Igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026, rwisanze mu gakangara ka gatatu (Pot 3) muri tombola y’uko ibihugu bizahura mu matsinda. Ni tombola iteganyijwe kuba ku wa Gatanu tariki ya 14 Ugushyingo 2025, mbere y’uko irushanwa nyirizina ritangira mu ntangiriro z’umwaka utaha. Iki gikombe cy’Afurika kizabera mu - [Uwakiniye Chelsea yafashwe n’umutima yikubita hasi](https://thedrum.rw/2025/11/12/uwakiniye-chelsea-yafashwe-numutima-yikubita-hasi/) - Umunyabrazil Oscar dos Santos Emboaba Júnior, wahoze ari umukinnyi wo hagati muri Chelsea ndetse n’ikipe y’igihugu ya Brazil, ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’umutima ubwo yari mu myitozo ye ya mbere muri São Paulo FC. Nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ikipe ya São Paulo, Oscar w’imyaka 34 yarwaye kuva kuwa Kabiri ubwo yari ari gukorerwa - [FIFA irashinjwa gushyiraho imiryango y’abahagarariye abakinnyi ya baringa !](https://thedrum.rw/2025/11/12/fifa-irashinjwa-gushyiraho-imiryango-yabahagarariye-abakinnyi-ya-baringa/) - Umuryango mpuzamahanga w’abakinnyi b’umupira w’amaguru, FIFPRO, urashinja ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, kuba ririmo kugoreka ibiganiro bigamije kurengera ubuzima n’imibereho y’abakinnyi rinyuze mu gukorana n’imiryango itazwi nk’iyemewe ihagarariye abakinnyi. FIFPRO ivuga ko FIFA yaremye amashyirahamwe ayishyigikiye kugira ngo ibone abo iganira nabo mu izina ry’abakinnyi, aho gukorana n’imiryango isanzwe yemewe nk’iy’abahagarariye abakinnyi ku isi. - [Adel Amrouche yagaragaye ku rubanza rwa Camarade wa FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/11/12/adel-amrouche-yagaragaye-ku-rubanza-rwa-camarade-wa-ferwafa/) - Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, yongeye kuburana mu bujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranyweho byo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano. Nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwari rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo ku itariki ya 29 Nzeri 2025, Camarade yajuririye iki cyemezo mu Rukiko Rwisumbuye - [Lamine Yamal yabaye izingiro ry’umwiryane hagati ya Barcelona na Espagne](https://thedrum.rw/2025/11/12/lamine-yamal-yabaye-izingiro-ryumwiryane-hagati-ya-barcelona-na-espagne/) - Lamine Yamal w’imyaka 18, ari mu mazi abira nyuma y’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Espagne (RFEF) ryikomye FC Barcelona ku cyemezo yafashe cyo kumuvana mu ikipe y’igihugu mu buryo butunguranye. Yamal, wigaragaje cyane muri uyu mwaka, amaze iminsi arwaye ibizwi nka pubalgia, indwara ifata mu gice cy’inda yo hasi n’impyiko, ituma umukinnyi yumva ububabare mu - [“Mwatengushye aba-Rayons”- Uwayoboye Gikundiro yikomeye abasaza !](https://thedrum.rw/2025/11/12/mwatengushye-aba-rayons-uwayoboye-gikundiro-yikomeye-abasaza/) - Umwe mu bayoboye ikipe ya Rayon Sports mu bihe bitandukanye, Habiyakare Saïdi, yatangaje amagambo akomeye ku miyoborere iriho muri iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na SK FM ku munsi wejo, Habiyakare yavuze ko aterwa ipfunwe no kubarirwa mu bayobozi b’iyi kipe bavuga ko batuma isubira inyuma kubera imiyoborere idahwitse. Uyu - [Ntwari Fiacre yabazwe urutugu](https://thedrum.rw/2025/11/12/ntwari-fiacre-yabazwe-urutugu/) - Umunyezamu wa mbere w’Ikipe y’Igihugu y’ U Rwanda,’AMAVUBI’, Ntwari Fiacre yabazwe urutugu rwari rumaze iminsi rumurya kubera kuvunika. Fiacre ukina mu ikipe ya Kaizer Chiefs muri Afurika y’Epfo, Ejo hashize kuwa 2 tariki ya 11 Ugushyingo 2025, Nibwo yabazwe, Aho biteganyijwe ko agomba kumara amezi 2 hanze y’Ikibuga adakina. INDI NKURU WASOMA:EXCLUSIVE – Rayon Sports - [Mu minota 7 gusa umunyamahirwe yatsindiye 247,860 Frw](https://thedrum.rw/2025/11/11/mu-minota-7-gusa-umunyamahirwe-yatsindiye-247860-frw/) - Nk’ibisanzwe imikino y’umupira w’amaguru wa vaco yishyura vuba cyane kurusha indi mikino yose, gusa bisaba gushishoza no gukoresha ubwenge mbere yo kubikora. Uyu munyamahirwe yahisemo amakipe atega ku bitego, byose bihura n’ibikubo bya 9 n’amafaranga 3000RWF, Yari yashyizeho. Nyuma y’iminota 7 umukino wa mbere uratangira maze atsindira 247,860RWF. Ipari ikimara gutsinda, amafaranga ye yayahawe kuri - [EXCLUSIVE - Rayon Sports yashyizwe mu bihano bikomeye na FIFA](https://thedrum.rw/2025/11/11/exclusive-rayon-sports-yashyizwe-mu-bihano-bikomeye-na-fifa/) - Ikipe ya Rayon Sports FC, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye nyuma y’uko Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ishyize izina ryayo ku rutonde rw’amakipe yafatiwe ibihano byo kutandikisha abakinnyi bashya. Ibi byakurikiye kutubahiriza imyanzuro yafatwaga mu manza z’abahoze bayikorera, barimo abatoza n’abakinnyi bayireze kubera ibikubiye mu masezerano bari bafitanye itubahirije. Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa - [Adel Amrouche yemerewe gupima urwego bw’abakina imbere mu gihugu](https://thedrum.rw/2025/11/11/adel-amrouche-yemerewe-gupima-urwego-bwabakina-imbere-mu-gihugu/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Ikipe y’Igihugu Amavubi igiye gukora umwiherero w’iminsi ine ugamije gusuzuma urwego rw’abakinnyi bakina imbere mu gihugu. Nk’uko Mugisha Richard, Visi Perezida wa FERWAFA akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’Agateganyo yabihamirije Isimbi, uyu mwiherero uzaba kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 16 Ugushyingo 2025, ukazitabirwa n’abakinnyi bahamagawe n’umutoza mukuru - [Liverpool yasobanuje icyateye ukwangirwa igitego ku mukino na Man City](https://thedrum.rw/2025/11/11/liverpool-yasobanuje-icyataye-kwangirwa-igitego-ku-mukino-na-man-city/) - Ikipe ya Liverpool yatangaje ko yandikiye urwego rushinzwe abasifuzi b’umupira w’amaguru mu Bwongereza, (PGMOL), igaragaza impungenge zayo ku cyemezo cyafashwe n’abasifuzi cyo gutesha agaciro igitego cya Virgil van Dijk mu mukino batsinzwemo na Manchester City ibitego 3-0 ku Cyumweru gishize. Mu mukino wabereye ku kibuga cya Etihad, ubwo City yari imbere n’igitego 1-0, Van Dijk - [Al Hilal SC yo muri Sudani yatanze ubutumwa bukomeye kuri AS Kigali](https://thedrum.rw/2025/11/11/al-hilal-sc-yo-muri-sudani-yatangiye-ubutumwa-bukomeye-kuri-as-kigalie/) - Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025. Ni umukino wa mbere iyi kipe ikiniye mu Rwanda nyuma yo kwemererwa kuzakina Shampiyona y’u Rwanda, aho iri mu myiteguro y’imikino ya CAF Champions League. Nubwo iyi - [Espoir FC yahagaritse umutoza wayo by’agateganyo](https://thedrum.rw/2025/11/11/espoir-fc-yahagaritse-umutoza-wayo-byagateganyo/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya Espoir FC iterwa inkunga n’Akarere ka Rusizi, bwatangaje ko umutoza mukuru Hatungimana Amran hamwe na Matata Ismaël utoza abanyezamu bahagaritswe mu nshingano zabo mu gihe cy’imikino itandatu ibanza ya shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri. Mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa Espoir FC, bwavuze ko iki cyemezo gifashwe nyuma y’isuzuma ryakozwe ku musaruro w’ikipe mu - [Indi nkingi ya mwamba ya Chelsea igiye kumara ukwezi idakina](https://thedrum.rw/2025/11/11/indi-nkingi-ya-mwamba-ya-chelsea-igiye-kumara-ukwezi-idakina/) - Umukinnyi wo hagati wa Chelsea, Romeo Lavia, ari mu bihe bitamworoheye nyuma yo kongera kugira ikibazo cy’imvune mu nyuma zo ku kaguru , ibintu byemezwa ko bigiye gutuma amara nibura ukwezi adakina. Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko, kuva yagera i Stamford Bridge muri 2023 avuye muri Southampton ku giciro cya miliyoni £53, ubuzima bwe muri - [Dua Lipa yagaragaye ari kureba Superclásico muri Argentine](https://thedrum.rw/2025/11/10/dua-lipa-yagaragaye-ari-kureba-superclasico-muri-argentine/) - Umuhanzikazi Dua Lipa, yagaragaye yambaye umwambaro w’ikipe y’igihugu ya Argentine ubwo yitabiraga umukino ukomeye wahuzaga amakipe y’amateka muri iki gihugu [Boca Juniors na River Plate], uzwi cyane nka Superclásico. Ibi byabaye nyuma y’uko mu mpera z’iki cyumweru yari amaze gukorera ibitaramo bibiri bikomeye mu murwa mukuru w’iki gihugu , Buenos Aires, mu rugendo rw’ibitaramo bye - [Rwanda Premier League : Hahindutse byinshi ku mukino wa AS Kigali na Al Hilal Omdurman](https://thedrum.rw/2025/11/10/rwanda-premier-league-hahindutse-byinshi-ku-mukino-wa-as-kigali-na-al-hilal-omdurman/) - Umukino wari utegerejwe cyane wagomba guhuza AS Kigali na Al Hilal Omdurman muri shampiyona y’u Rwanda, watunguranye ugirwa uwa gishuti mu gihe haburaga amasaha make ngo ukinwe . Uyu mukino wari uteganyijwe kuba kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ni wo wa mbere ikipe ya Al Hilal yo muri Sudani yari igiye - [Intare FC yitandukanije n’abatekamutwe bayiyitiriye bagucucura ababyeyi](https://thedrum.rw/2025/11/10/intare-fc-yitandukanije-nabatekamutwe-bayiyitiriye-bagucucura-ababyeyi/) - Ubuyobozi bw’Irerero ry’ikipe y’abato ya Intare FC bwatangaje ko bwitandukanyije n’umugabo witwa Nibishimirwe Patrick, ukurikiranyweho kwambura abaturage bo mu Karere ka Kamonyi abizeza kuzafasha abana babo kwinjira muri iyo kipe. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi Mukuru w’Amarerero ya APR FC, Gatibito Byabuze, ryasohotse kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ubuyobozi bwavuze ko - [Maroc yatsinze ibitego 17-0  mu gikombe cy’Isi](https://thedrum.rw/2025/11/10/maroc-yatsinze-ibitego-17-0-mu-gikombe-cyisi/) - Ku Cyumweru, tariki ya 9 Ugushyingo 2025, ikipe y’igihugu ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17 yanditse amateka akomeye mu mupira w’amaguru, itsinda New Caledonia ibitego 17-0, mu mikino y’igikombe cy’Isi iri kubera i Doha muri Qatar. Uwo mukino wagaragaje itandukaniro rikomeye hagati y’amakipe yombi, unaca agahigo ko kuba ari wo mukino warimo ibitego byinshi kurusha indi - [Ruhago y’abagore : Incamake y’umunsi wa kane wa shampiyona](https://thedrum.rw/2025/11/10/ruhago-yabagore-incamake-yumunsi-wa-kane-wa-shampiyona/) - Imikino y’umunsi wa kane wa Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere yasize amakipe atandukanye yerekanye urwego ruri hejuru ndetse andi agaragaza ko akiri mu rugendo rwo kwiyubaka. Indahangarwa WFC yo mu Karere ka Kayonza ni yo yabaye inkuru y’ingenzi nyuma yo gutsinda Forever WFC y’i Kigali ibitego 3-1, intsinzi yatumye isoza icyumweru iyoboye urutonde rw’agateganyo. Uyu - [Shema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda](https://thedrum.rw/2025/11/10/shema-fabrice-yahaye-umukoro-ukomeye-ingimbi-zihagarariye-u-rwanda/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo kwerekeza mu mikino ya CECAFA U17 izabera muri Éthiopie kuva ku wa 15 Ugushyingo kugeza ku wa 2 Ukuboza 2025. Uyu muhango wabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo iyi - [Robert Lewandowski yafashije Barcelona kwegera Real Madrid](https://thedrum.rw/2025/11/10/robert-lewandowski-yafashije-barcelona-kwegera-real-madrid/) - Robert Lewandowski yongeye kwerekana ubuhanga bwe mu gutsinda ibitego, ubwo yafashaga FC Barcelona kubona amanota atatu akomeye itsinze Celta Vigo ibitego 4–2, bituma igera ku kinyuranyo cy’amanota atatu gusa inyuma ya Real Madrid iyoboye La Liga. Umukinnyi w’Umunyapolonye yatangiye neza, atsinda igitego cya mbere ku munota wa 9 kuri penariti nyuma y’uko Marcos Alonso akoze - [Manchester City yizihirije ibirori bya Pep Guardiola kuri Liverpool](https://thedrum.rw/2025/11/09/manchester-city-yizihirije-ibirori-bya-pep-guardiola-kuri-liverpool/) - Pep Guardiola yizihije neza umukino we w’igihumbi nk’umutoza mu buryo budasanzwe, ubwo Manchester City yanyagiraga Liverpool ibitego 3-0 kuri sitade ya Etihad, mu mukino wagaragaje ubudahangarwa bw’iyi kipe iri kongera kugaragaza imbaraga zayo mu rugamba rwo gukubana na Arsenal ku mwanya wa mbere muri Premier League. City yinjiye mu mukino ifite intego yo gukomeza kwiyubakamo - [Umunyabigwi wa Brazil wabaswe n’ubusambanyi yatandukanye n’umunyeshuri bakundanaga](https://thedrum.rw/2025/11/09/umunyabigwi-wa-brazil-wabaswe-nubusambanyi-yatandukanye-numunyeshuri-bakundanaga/) - Uwahoze ari Rutahizamu rurangiranwa mu mupira w’amaguru w’Umunya-Brazil, Romário de Souza Faria, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutandukana n’umukunzi we mushya, Alicya Gomes, umukobwa w’imyaka 22 wiga muri kaminuza, bari bamaze amezi make bakundana. Uyu mugabo w’imyaka 59 wari umaze igihe kinini agarukwaho mu binyamakuru byo muri Brazil kubera ubuzima bwe bw’urukundo, yatangiye gukundana na - [Uwakiniye Rayon Sports yabasabye kudakinisha umupira umunwa](https://thedrum.rw/2025/11/09/uwakiniye-rayon-sports-yabasabye-kudakinisha-umupira-umunwa/) - Mu mukino wari utegerejwe na benshi w’Umunsi wa Karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, APR FC yatsindiye Rayon Sports ibitego 3-0 kuri Stade Amahoro, ituma iyi kipe y’ingabo yisubiza icyizere nyuma yo kunganya imikino ibiri iheruka. Umunya-Mali Souleymane Daffé, wahoze akinira Rayon Sports mu mwaka ushize w’imikino, ntiyihanganiye kurebera uko ikipe yahoze akinira yitwara. Abinyujije ku - [Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga yabonye umuyobozi](https://thedrum.rw/2025/11/09/komite-yigihugu-yimikino-yabafite-ubumuga-yabonye-umuyobozi/) - Ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Bizimana Dominique yongeye gutorerwa kuyobora Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NPC Rwanda), asubira ku buyobozi yaherukagaho mu mwaka wa 2012. Ni amatora yabereye muri Classic Hotel, mu Mujyi wa Kigali, yitabirwa n’abanyamuryango b’iri shyirahamwe.Mu matora yari arimo impaka n’amatsiko menshi, Bizimana yegukanye intsinzi n’amajwi 21, - [Rubanguka yasezeye ruhago ku myaka 29](https://thedrum.rw/2025/11/09/rubanguka-yasezeye-ruhago-ku-myaka-29/) - Rubanguka Steve, Yasezeye gukina umupira w’Amaguru ku myaka 29 y’Amavuko nyuma yo kumara imyaka 11, Akina nk’Umukinnyi wabigize umwuga. Rubanguka Steve yabinyujije kuri Instagram ye Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, Tariki ya 9 Ugushyingo 2025, Yavuze ko yahagaritse gukina umupira w’Amaguru nk'Uwabigize umwuga nyuma y’Imyaka 11 atangiye gukina umupira w’Amaguru. Yagize ati “ Nyuma - [Premier League : Kubera iki uguhura kwa Slot na Pep ari ingenzi kurusha ?](https://thedrum.rw/2025/11/09/premier-league-kubera-iki-uguhura-kwa-slot-na-pep-ari-ingenzi-kurusha/) - Pep Guardiola, umutoza wa Manchester City, yavuze ko guhura na Liverpool ku mukino we wa 1,000 nk’umutoza ari “amahirwe adasanzwe”, nyuma y’imyaka myinshi aya makipe yombi ahangana ku rwego rwo hejuru muri shampiyona y’u Bwongereza. Mu myaka umunani ishize, ibikombe bya Premier League byagiye hagati ya Manchester City na Liverpool, City ikabyegukana inshuro esheshatu, harimo - [Ruben Amorim yahishuye imipangu ye nyuma y’imvune ya Šeško](https://thedrum.rw/2025/11/08/ruben-amorim-yahishuye-imipangu-ye-muri-mutarama-nyuma-yimvune-ya-sesko/) - Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko ikipe ye ishobora kuzongeramo abakinnyi bashaka ibitego muri Mutarama bitewe n’uko bikomeje kugendekera nabi Benjamin Šeško, wavunitse ivi mu mukino banganyijemo na Tottenham Hotspur ibitego 2–2. Šeško yinjiye mu kibuga ku munota wa 58 asimbuye, ariko ataramara iminota 30 mu kibuga yahise asohoka kubera imvune. Kuko Amorim - [RPL - APR FC yerekanye ubwambure bwa Mukeba](https://thedrum.rw/2025/11/08/rpl-apr-fc-yerekanye-ubwambure-bwa-mukeba/) - Kuri uyu wa Gatandatu saa cyenda z’amanywa, kuri Stade Amahoro, habereye umukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje abakeba bakomeye, APR FC na Rayon Sports. Ni umukino wari utegerejwe n’abatari bake, warangiye ikipe y’ingabo itsinze Gikundiro ibitego 3-0, ikomeza kwerekana ubukaka bwayo mu kibuga. Umukino watangiye amakipe yombi afite umuvuduko n’ubushishozi bwinshi, ariko - [Abafana ba West Ham bagiye kwigaragambya](https://thedrum.rw/2025/11/08/abafana-ba-west-ham-bagiye-kwigaragambya/) - Abafana b’ikipe ya West Ham United bari kwitegura gukora indi myigaragambyo ikomeye ku wa gatandatu w’iki cyumweru, mbere y’uko ikipe yabo yakira Burnley kuri sitade ya London. Iyi myigaragambyo ije nyuma y’igihe kirekire abakunzi b’iyi kipe bagaragaza kutishimira uburyo ubuyobozi buyobowe na David Sullivan na visi-perezida Karren Brady buri kwitwaramo. Abafana basaba ko bombi begura, - [Ruben Amorim yemeje ko rutahizamu we ari guhurika](https://thedrum.rw/2025/11/08/ruben-amorim-yemeje-ko-rutahizamu-we-ari-guhurika/) - Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim, yemeje ko rutahizamu w’Umuslovenia Benjamin Sesko akiri mu bihe bigoye nyuma yo kwinjira muri iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza. Ibi bije nyuma y’amagambo y’uwahoze ari kapiteni wa United, Gary Neville, wavuze ko uyu musore ari kure cyane n’urwego rw’abandi bakinnyi bashya. Sesko aherutse gukina umukino warangiye ari 2–2 - [1000 Hills Derby : Amakuru ku mpande zombi ,umwuka uhari n’abashobora kubanzamo](https://thedrum.rw/2025/11/08/1000-hills-derby-amakuru-ku-mpande-zombi-umwuka-uhari-nabashobora-kubanzamo/) - Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Stade Amahoro i Remera irakira umukino w’amateka uhuza abakeba b’ibihe byose mu mupira w’amaguru w’u Rwanda — APR FC na Rayon Sports. Uyu mukino w’Umunsi wa Karindwi wa Shampiyona utegerejwe n’abafana benshi, bitewe n’amateka y’aya makipe ndetse n’ibihe byayo muri iki gihe. Rayon Sports, iri ku - [Maresca wa Chelsea yasubije Wayne Rooney uherutse kumunenga](https://thedrum.rw/2025/11/08/maresca-wa-chelsea-yasubije-wayne-rooney-uherutse-kumunenga/) - Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yongeye gutangaza impamvu akomeje gukoresha politiki yo gusimburanya abakinnyi benshi, nyuma yo kunengwa n’uwahoze ari kapiteni w’Ubwongereza, Wayne Rooney. Rooney yari aherutse kuvuga ko abakinnyi bakuru bakwiye kwibaza ku byemezo bya Maresca, nyuma y’uko mu mukino wa Champions League banganyije na Qarabag ibitego 2–2, aho umutoza yahinduye abakinnyi barindwi mu - [Aho ibya Ben Moussa na Police FC ye ntibyatangiye kwicayura ?](https://thedrum.rw/2025/11/07/aho-ibya-ben-moussa-na-police-fc-ye-ntibyatangiye-kwicayura/) - Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Ugushyingo 2025, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya Police FC yanganyije na AS Kigali 0-0 mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, bitangira gutera benshi kwibaza niba iyi kipe y’Igipolisi k’Igihugu itangiye kugabanya umuvuduko yari ifite. Police FC yari yagiye muri uyu mukino iyoboye - [CAF yagaragaje ko ruhago ny’Afurika yamaze kurenga imbibi z’Umugabane](https://thedrum.rw/2025/11/07/caf-yagaragaje-ko-ruhago-nyafurika-yamaze-kurenga-imbibe-zumugabane/) - Perezida wa CAF, Dr. Patrice Motsepe, yatangaje ko umupira w’amaguru muri Afurika uri mu gihe cy’amahirwe akomeye, ashimangira ko uburyo Morocco yitwaye muri FIFA World Cup Qatar 2022 ari ikimenyetso cyigaragaza cy’iterambere rya ruhago y’uyu mugabane ku rwego mpuzamahanga. Morocco yabaye igihugu cya mbere cyo muri Afurika cyageze muri 1/2 cy’irangiza cy’igikombe cy’isi, itsinda ibihugu - [Ureberera inyungu za Lamine Yamal yamutangajeho byinshi!](https://thedrum.rw/2025/11/07/ureberera-inyungu-za-lamine-yamal-yamutangajeho-byinshi/) - Ureberera inyungu za Lamine Yamal, Jorge Mendes, yatangaje amagambo akomeye kuri uyu wa Gatanu, agira icyo avuga ku bibazo n’ibihuha bimaze igihe bivugwa ku mukinnyi we. Mu kiganiro yagiranye na Mundo Deportivo, Mendes yasobanuye ko Yamal ameze neza, kandi ko ibivugwa byose bidafite ishingiro. Mendes yavuze ati :“Sinumva impamvu y’amagambo yose ari kuvugwa kuri Lamine - [Premier League : Ruben Amorim yatowe nk’umutoza mwiza w’Ukwakira](https://thedrum.rw/2025/11/07/premier-league-ruben-amorim-yatowe-nkumutoza-mwiza-wukwakira/) - Umutoza wa Manchester United ukomoka muri Portugal, Ruben Amorim yegukanye igihembo cy’Umutoza mwiza w’ukwezi k’Ukwakira muri Premier League nyuma yo gufasha ikipe ye gutsinda imikino itatu yikurikiranya. Ni ubwa mbere Amorim agera kuri aka gahigo kuva yagera kuri Old Trafford mu Ugushyingo kwa 2024. Muri iki gihe gito, uyu mutoza w’imyaka 40 yagaragaje impinduka zikomeye - [Bite by’ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwagiyeho mu bwiru bukomeye?](https://thedrum.rw/2025/11/07/bite-byubuyobozi-bushya-bwa-rayon-sports-bwagiyeho-mu-bwiru-bukomeye/) - Rayon Sports yongeye kugarura izina Abraham Kelly mu buyobozi bwayo, nyuma y’imyaka ibiri avuye muri iyi kipe ubwo yayoborwaga na Munyakazi Sadate. Uyu wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe, hamwe na Habinshuti Mike, batangajwe nk’abafasha Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, mu nshingano z’imiyoborere, mu gihe hagitegerejwe ko Inteko Rusange yemeza abayobozi bashya. Ibi byatangajwe - [Byiringiro Lague yihakanye ibyavugwaga ko yatorotse umwiherero w'ikipe](https://thedrum.rw/2025/11/07/byiringiro-lague-yihakanye-ibyavugwaga-ko-yatorotse-umwiherero-wikipe/) - Rutahizamu w’ikipe ya Police FC, Byiringiro Lague, yahakanye amakuru yavugaga ko yatorotse umwiherero w’iyi kipe mbere y’uko bakina na AS Kigali mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, avuga ko impamvu itamwemerera gukina ari uburwayi, aho kuba imyitwarire mibi nk’uko bamwe babivuze. Amakuru y’uko Lague yakuwe mu mwiherero yatangiye gucicikana - [Umukino wa APR FC ukabirizwa mu bafana naho kuri nge urasanzwe: Umutoza wa Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/07/umukino-wa-apr-fc-ukabirizwa-mu-bafana-naho-kuri-nge-urasanzwe-umutoza-wa-rayon-sports/) - Umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports, Haruna Ferouz, yatangaje ko nta gitutu na gito afite mbere y’umukino ukomeye uzahuza ikipe ye na APR FC kuri Stade Amahoro, ku wa Gatandatu w’iki cyumweru. Ni umukino w’umunsi wa 7 wa shampiyona y’u Rwanda 2025-2026, ukaba utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru bose mu gihugu. Ferouz yabigarutseho nyuma y’imyitozo yo ku - [Lionel Messi yemeje ko gusezera ruhago kwe bitari vuba](https://thedrum.rw/2025/11/06/lionel-messi-yemeje-ko-gusezera-ruhago-kwe-bitari-vuba/) - Lionel Messi yongeye kugaragaza ko igihe cye cyo gusezera ku mupira w’amaguru kitaragera ubwo yari nama y’ubucuruzi yiswe ‘American Business Forum’ yabereye i Miami ku wa Gatatu w’iki cyumweru. Messi, w’imyaka 38, yari umwe mu batumirwa barimo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, n’Umuyobozi Mukuru wa Formula - [Abasifuzi bazasifura umukino wa APR Fc na Rayon Sports bamenyekanye](https://thedrum.rw/2025/11/06/abasifuzi-bazasifura-umukino-wa-apr-fc-na-rayon-sports-bamenyekanye/) - Tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Ikipe ya APR Fc izakira ikipe ya Rayon Sports muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda. Ni umukino uruta iyindi mu Rwanda, Kubera ko ayo makipe 2 ariyo akomeye mu Rwanda kurusha andi yose ari nayo akunzwe cyane nk’uko bigaragara ku bibuga ayo makipe aba yakiniyeho. APR Fc niyo izakira Uwo - [Karangwa wimye ubutabera APR FC mu kibuga yahagaritswe](https://thedrum.rw/2025/11/06/karangwa-wimye-ubutabera-apr-fc-mu-kibuga-yahagaritswe/) - Nyuma y’umukino waranzwe n’impaka ndende hagati ya APR FC na Rutsiro FC, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo guhagarika umusifuzi wo ku ruhande, Karangwa Justin, ibyumweru bine adasifura, nyuma yo kwanga kwemeza igitego cya APR FC cyavugishije benshi. Uyu mukino wabaye tariki ya 1 Ugushyingo 2025 wabereye kuri sitade Umuganda mu karere - [Umutoza wa APR FC yasabye FERWAFA kwikubita agashyi](https://thedrum.rw/2025/11/06/umutoza-wa-apr-fc-yasabye-ferwafa-kwikubita-agashyi-mu-misifurire/) - Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongeye gusaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko ryakwigira ku makosa y’imisifurire amaze kugaragara muri Shampiyona, rikongera guhugura abasifuzi hagamijwe kuzamura urwego rw’imikino n’ireme ry’irushanwa. Ibi yabivugiye i Shyorongi, nyuma y’imyitozo yo ku wa Gatatu, aho yemeje ko amakosa y’abasifuzi amaze gutwara amanota menshi ikipe ye ndetse agatera - [UCL - Victor Osimhen yigaranzuye abarimo Erling Haaland](https://thedrum.rw/2025/11/06/ucl-victor-osimhen-yigaranzuye-abarimo-erling-haaland/) - Rutahizamu w’umunya-Nijeriya, Victor Osimhen, yongeye kuyobora urutonde rw’abamaze gutsinda ibitego byinshi muri Champions League ya 2025/26 nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine (hat-trick) ubwo ikipe ye ya Galatasaray yatsindaga Ajax ibitego 3-0 ku munsi wa kane w’imikino. Osimhen ,ubu amaze kugira ibitego bitandatu, byatumye asiga amwe mu mazina akomeye nka Erling Haaland, Harry Kane, na - [Nyiri Nottingham Forest ari mu mazi abira](https://thedrum.rw/2025/11/06/nyiri-nottingham-forest-ari-mu-mazi-abira/) - Umunyemari w’Umunyagiriki ufite ikipe ya Nottingham Forest yo mu Bwongereza ndetse n’iya Olympiacos mu Bugereki, Evangelos Marinakis yagejejwe imbere y’urukiko i Athènes akekwaho guteza imvururu muri siporo no gushyigikira umutwe w’abagizi ba nabi. Marinakis w’imyaka 58, hamwe n’abandi bantu bane bo mu buyobozi bwa Olympiacos, bakurikiranyweho ibyaha bibiri bifitanye isano no guteza urugomo binyuze mu - [EXCLUSIVE – Real Madrid yafashe umwanzuro wo gutandukana na Vinícius](https://thedrum.rw/2025/11/05/exclusive-real-madrid-yafashe-umwanzuro-wo-gutandukana-na-vinicius/) - Ibitangazamakuru byo muri Espagne biratangaza ko ikipe ya Real Madrid yafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana na rutahizamu wayo Vinícius Junior bitarenze umwaka wa 2026, nyuma y’aho umubano we n’umutoza Xabi Alonso wongeye kuzamo agatotsi. Ibyabaye byose byatangiriye mu mukino wa El Clásico wabereye i Santiago Bernabéu mu mpera z’Ukwakira, ubwo Real Madrid yatsindaga FC Barcelona - [Minisitiri ya Siporo yaburiye abasohokera igihugu bagiye kwitabira gusa  ](https://thedrum.rw/2025/11/05/minisitiri-wa-siporo-yasubiyemo-ibyamkipe-yigihugu-asohoka-igiye-kwitabira-gusa/) - Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kohereza amakipe y’igihugu mu marushanwa mpuzamahanga adafite inyigo isobanutse y’icyo azegukana, kuko kuba ingwizamurongo bitwara igihugu amafaranga menshi kandi bikaba nta nyungu bifitiye abaturage. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC) ku wa 3 Ugushyingo 2025. - [Nelly  Mukazayire yahuye n’abakanyujijeho mu Amavubi](https://thedrum.rw/2025/11/05/nelly-mukazayire-yahuye-nabakanyujijeho-mu-amavubi/) - Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagiranye ibiganiro byihariye n’abahoze ari abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi, barimo Jimmy Mulisa na Haruna Niyonzima, hagamijwe gushimangira ubufatanye mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda. Ibi biganiro byabereye ku cyicaro cya Minisiteri ya Siporo , aho Minisitiri Nelly Mukazayire wari umushyitsi mukuru yari aherekejwe n’Umunyamabanga wa Leta muri iyo Minisiteri, - [Nyuma y’igihe kinini Hoteli ya FERWAFA yafunguwe](https://thedrum.rw/2025/11/05/nyuma-yigihe-kinini-hoteli-ya-ferwafa-yatangiye-yafunguwe/) - Nyuma y’imyaka 11 yose ibikorwa byo kubaka bitangiye ariko bitajya mu ngiro, kera kabaye Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangiye gukora ku mugaragaro. Ku wa Kabiri, tariki ya 4 Ugushyingo 2025, nibwo FERWAFA yemeje ko hoteli yayo iherereye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, yatangiye kwakira abashyitsi, aho ikipe y’igihugu y’abatarengeje - [INSIDER – Bugesera FC yigaramye ibyo gukina na Al Hilal Omdurman](https://thedrum.rw/2025/11/05/insider-bugesera-fc-yigaramye-ibyo-gukina-na-al-hilal-omdurman/) - Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yongeye kuzamo impaka ndende nyuma y’uko Bugesera FC yanze gukina umukino wayo wa mbere yagombaga guhuriramo na Al Hilal Omdurman yo muri Sudani. Uyu mukino wari uteganyijwe kubera kuri stade ya Kigali Pelé ku wa Kane tariki ya 6 Ugushyingo 2025, ukaba wari gutangiza urugendo rw’amakipe - [Dore ubutumwa bw’amagambo atatu Arne Slot yabwiye Alexander-Arnold](https://thedrum.rw/2025/11/05/dore-ubutumwa-bwamagambo-atatu-arne-slot-yabwiye-alexander-arnold/) - Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yagaragarije urukundo rudasanzwe Trent Alexander-Arnold nyuma y’uko uyu mukinnyi wahoze muri Liverpool yakirijwe amahane n’urwango rwinshi n’abahoze bamufana , mu mukino wahuje Liverpool na Real Madrid ku wa Kabiri. Alexander-Arnold, ubu ukinira Real Madrid, yinjiye mu kibuga asimbuye mu minota ya nyuma, ariko amajwi y’urusaku n’ibitutsi bimwibasira byahise byuzura muri - [UCL - Max Dowman wa Arsenal yanditse amateka adasanzwe](https://thedrum.rw/2025/11/05/ucl-max-dowman-wa-arsenal-yanditse-amateka-adasanzwe/) - Umukinnyi ukiri muto wa Arsenal, Max Dowman, yanditse amateka mashya muri ruhago y’u Burayi ubwo yabaga umukinnyi wa mbere ufite imyaka 15 gusa ukinnye umukino wa UEFA Champions League, asimbuye abari barigeze kubigeraho barimo Youssoufa Moukoko na Lamine Yamal. Mu ijoro ryo ku wa 4 Ugushyingo 2025 ubwo Arsenal yatsindaga Slavia Praha ibitego 3-0 mu - [UCL - Max Dowman wa Arsenal yanditse amateka adasanzwe](https://thedrum.rw/2025/11/05/ucl-max-dowman-wa-arsenal-yanditse-amateka-adasanzwe/) - Umukinnyi ukiri muto wa Arsenal, Max Dowman, yanditse amateka mashya muri ruhago y’u Burayi ubwo yabaga umukinnyi wa mbere ufite imyaka 15 gusa ukinnye umukino wa UEFA Champions League, asimbuye abari barigeze kubigeraho barimo Youssoufa Moukoko na Lamine Yamal. Mu ijoro ryo ku wa 4 Ugushyingo 2025 ubwo Arsenal yatsindaga Slavia Praha ibitego 3-0 mu - [Ethiopia : Rutahizamu w’Amavubi akomeje gufasha ikipe ye kwitwara neza](https://thedrum.rw/2025/11/04/ethiopia-rutahizamu-wamavubi-akomeje-gufasha-ikipe-ye-kwitwara-neza/) - Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina asatira anyura ku mpande, Sibomana Patrick uzwi cyane nka Papy, ari kubyitwaramo neza muri Shampiyona y’Icyiciro cya mbere muri Ethiopia, aho ubu ikipe ye ya Ethio Electric Sport Club, iri ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona. Nyuma y’iminsi ine ya shampiyona, iyi kipe ikomeje kuba ku isonga n’amanota 10, aho - [James Maddison wa Spurs yongeye kubyara impanga yikurikiranya!](https://thedrum.rw/2025/11/04/james-maddison-wa-spurs-yongeye-kubyara-impanga-yikurikiranya/) - Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Tottenham Hotspur, James Maddison, yahishuye ko yibarutse impanga ku nshuro ya kabiri …[aho umwe yamwise Jensen ;undi akamwita Frankie Maddison]. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 n’umukunzi we w’umunyamideli Kennedy Alexa bakomeje kugaragaza urukundo n’ibyishimo mu rugo rwabo, aho ubu bamaze kugira abana batanu mu gihe gito cyane. Maddison yabinyujije ku - [1000 Hills Derby: Rayon Sports yakiriye izindi mbaraga mbere yo guhura na mukeba](https://thedrum.rw/2025/11/04/1000-hills-derby-rayon-sports-yakiriye-izindi-mbaraga-mbere-yo-guhura-na-mukeba/) - Rayon Sports yongeye guhumeka umwuka w’intsinzi mu mwiherero wayo mbere yo guhura na APR FC, mu mukino utegerejwe na benshi uzaba ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025. Iyi kipe yambara ubururu n’umweru yakiriye inkuru nziza y’uko umukinnyi wayo ngenderwaho uyikinira hagati, Bigirimana Abedi, yasubukuye imyitozo nyuma y’imvune yari imaze icyumweru imutandukanyije n’ikibuga. Bigirimana - [Ibikubo byo ku mukino wose ndetse n’ibitego nibyo byahesheje umunyahirwe akayabo ka 1,531,607rwf](https://thedrum.rw/2025/11/04/ibikubo-byo-ku-mukino-wose-ndetse-nibitego-nibyo-byahesheje-umunyahirwe-akayabo-ka-1531607rwf/) - Mu gihe abenshi bagerageza amahirwe yabo mu mikino y’amahirwe ariko ntibabigereho, hari umukiliya umwe wagaragaje ubuhanga budasanzwe, yegukana akayabo k’asaga 1,531,607 RWF abikesha uburyo bwe bwihariye bwo gutega. Uyu mukiliya, twamwise “umuhanga mu gutega”, yakoze ipari idasanzwe kandi itarakorwa muri uyu mwaka wose. Icyo yatekereje cyose cyarabaye ku buryo bwita ku mukino wose — ni - [Yitwa Anna Gegnoso ; Hura n’ikuzungerezi cyagirizwa gusenyera Lamine Yamal na Nicole](https://thedrum.rw/2025/11/04/yitwa-anna-gegnoso-hura-nikuzungerezi-cyagirizwa-gusenyera-lamine-yamal-na-nicole/) - Urukundo rwa Lamine Yamal ukinira FC Barcelona, na Nicki Nicole, umuraperikazi ukomoka muri Arijantine, rwongeye kwiharira ibitangazamakuru byo muri Esipanye nyuma y’uko havuzwe amakuru y’uko bashwanye nyuma y’amezi atatu bakundana. Ibi byatangajwe n’umunyamakuru witwa Javier de Hoyos,, aho yasomye ubutumwa bwa Yamal wamwemereye ko urukundo rwe na Nicki rwamaze kurangira. De Hoyos yagize ati: “Lamine - [Vision FC yategetswe kutarenza iminsi 90 mu kwishyura miliyoni 32 umutoza yirukanye](https://thedrum.rw/2025/11/04/vision-fc-yategetswe-kutarenza-iminsi-90-mu-kwishyura-miliyoni-32-umutoza-yirukanye/) - Nyuma y’igihe kitari gito mu manza , ikipe ya Vision FC yategetswe n’Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] kwishyura arenga gato miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda (Frw) uwahoze ari umutoza wayo, Colum Shaun Selby, nyuma yo kumwirukana mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Uyu mwongereza, wari warahawe inshingano zo gutoza Vision FC mu mwaka w’imikino wa 2024/2025, - [Rayon Sports mu ihurizo bigoye kwigobotora mbere yo guhura na mukeba](https://thedrum.rw/2025/11/04/rayon-sports-mu-ihurizo-bigoye-kwigobotora-mbere-yo-guhura-na-mukeba/) - Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ikipe igiye guhura na APR FC ifite ikibazo kimwe gikomeye cyo kubura ba rutahizamu bayo babiri b’imena kubera imvune. Ibi yabitangaje nyuma y’uko Rayon Sports itsinze Marines FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiyona wabereye i Rubavu, ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Nubwo batsinze, - [Umutoza wo muri Serbia yikubise hasi ubwo yarimo atoza ahita apfa](https://thedrum.rw/2025/11/04/umutoza-wo-muri-serbia-yikubise-hasi-ubwo-yarimo-atoza-ahita-apfa/) - Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Mladen Zizović, wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu ya Bosniya ndetse akaba yari umutoza mukuru w’ikipe ya Radnički 1923 yo muri Serbiya. Zizović, wari ufite imyaka 44, yaguye mu kibuga ku munota wa 22 w’umukino wahuzaga Radnički 1923 na Mladost mu cyiciro - [Mikel Arteta yakomoje ku bukana bw’imvune ya Viktor Gyokeres](https://thedrum.rw/2025/11/04/mikel-arteta-yakomoje-ku-bukana-bwimvune-ya-viktor-gyokeres/) - Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko afite impungenge zikomeye kuri rutahizamu we w’Umunyasuwede Viktor Gyokeres, nyuma y’uko akomerekeye mu mukino wa Premier League ubwo Arsenal yatsindaga Burnley ibitego 2-0 ku wa gatandatu ushize. Gyokeres, wageze muri Arsenal muri iyi mpeshyi avuye muri Sporting CP ku mafaranga agera kuri £64 miliyoni, ni we wafunguye amazamu - [APR FC yongeye gutaka ugukorwa mu mufuka](https://thedrum.rw/2025/11/03/apr-fc-yongeye-gutaka-ugukorwa-mu-mufuka/) - Nyuma yo kunganya na Rutsiro FC igitego 1–1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko butishimiye uburyo abasifuzi bayoboye uyu mukino, by’umwihariko umusifuzi wo hagati, Ngabonziza Jean Paul. Uyu mukino wabereye kuri Stade Umuganda ku wa Gatandatu, tariki ya 1 Ugushyingo 2025, wasize ikipe y’Ingabo ibuze - [Shampiyona y’abagore: AS Kigali yatunguwe mu buryo bukomeye  ](https://thedrum.rw/2025/11/03/shampiyona-yabagore-as-kigali-yatunguwe-mu-buryo-bukomeye/) - Umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y’abagore y’umupira w’amaguru mu Cyiciro cya Mbere wasize ikipe ya Macuba WFC itanze ubutumwa bukomeye, nyuma yo gutsindira AS Kigali WFC kuri tapis rouge igitego 1–0, mu mukino wari utegerejwe cyane . Uyu mukino, wabereye wabereye ku kibuga cya tapis rouge ku isaha y’I saa Cyenda z’amanywa, wari uw’umunsi wa - [Abafana ba Rayon Sports bihanangirije abayobozi babo](https://thedrum.rw/2025/11/03/abafana-ba-rayon-sports-bihanangirije-abayobozi-babo/) - Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza umwuka mubi mu buyobozi bwayo, abakunzi n’abafana bayo bafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba ko ubuyobozi buyobowe na Twagirayezu Thadée bwegura, nyuma yo kunanirwa gukemura amakimbirane amaze igihe hagati y’abayobozi bakuru b’iyi kipe. Amakuru yizewe avuga ko hashize igihe kirekire hari kutumvikana hagati ya Perezida wa Rayon Sports, - [Intsinzi ya Rayon Sports imbere ya Marines FC yaherekejwe n’inkuru mbi](https://thedrum.rw/2025/11/03/intsinzi-ya-rayon-sports-imbere-ya-marines-fc-yaherekejwe-ninkuru-mbi/) - Umwuka w’ibyishimo waranze abafana ba Rayon Sports bari mu karere ka Rubavu kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Ugushyingo 2025, ubwo ikipe yabo yatsindaga Marine FC igitego 1-0, mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda . Gusa ibyishimo byabo byasojwe n’impungenge nyuma y’uko mababa wabo, Aziz Bassane, akuwe mu kibuga ari mu mbangukiragutabara. Bassane, wari wigaragaje - [Premier League : Wolves yirukanye umutoza wayo wari utazi intsinzi](https://thedrum.rw/2025/11/02/premier-league-wolves-yirukanye-umutoza-wayo-wari-utazi-intsinzi/) - Ikipe ya Wolves yirukanye umutoza wayo Vitor Pereira nyuma y’uko ananiwe gutsinda umukino na umwe mu mikino 10 ya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino. Amakuru dukesha umunyamakuru Ben Jacobs wa TalkSports, avuga ko uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’intsinzwi y’ibitego 3-0 batsinzwemo na Fulham ku wa Gatandatu muri Premier League. The Drum twanamenye ko uyu munya-Portigal yeretswe - [Miss Jolly yatangaje benshi agura akayabo ‘Jersey’ ya PSG yihariye](https://thedrum.rw/2025/11/02/miss-jolly-yatangiye-benshi-agura-akayabo-jersey-ya-psg-yihariye/) - Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 1 Ugushyingo 2025, Nyampinga w’U Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yari umwe mu bitabiriye ibirori bya The Silver Gala, Byabereye muri BK Arena I Remera. Muri ibyo birori byari byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo ku Isi, Muri ibyo birori hakozwe byinshi bitandukanye harimo no kugurisha umwambaro wa Paris Saint - [EXCLUSIVE - Lamine Yamal yatandukanye n‘umukunzi we - Nicki Nicole](https://thedrum.rw/2025/11/02/exclusive-lamine-yamal-yatandukanye-numukunzi-we-nicki-nicole/) - Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we, umuraperikazi w’umunya-Argentine Nicki Nicole, nyuma y’amakuru yakwirakwiye avuga ko yaba yamuciye inyuma agakundana n’umukobwa ukomoka mu Butaliyani. Inkuru y’itandukana ry’aba bombi yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru Javier de Hoyos, watangarije kuri televiziyo ya Espagne ko Lamine ubwe yamwandikiye ubutumwa bwihariye amusobanurira iby’ayo - [RPL : Police FC ikomeje kuziyoboza inkoni y’icyuma](https://thedrum.rw/2025/11/02/rpl-police-fc-ikomeje-kuziyoboza-inkoni-yicyuma/) - Police FC yongeye gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, n’ubwo yanganyije na Mukura Victory Sports igitego 1–1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wabereye kuri sitade ya Kigali Pelé. Uyu mukino wari utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, by’umwihariko abafana ba Police FC, bari bizeye gukomeza umuvuduko w’intangiriro y’umwaka - [Umwuka ukomeje kuba muri Spurs nyuma yuko abakinnyi bayo bannyeze umutoza Thomas Frank!](https://thedrum.rw/2025/11/02/umwuka-ukomeje-kuba-muri-spurs-nyuma-yuko-abakinnyi-bayo-bannyeze-umutoza-thomas-frank/) - Ikipe ya Tottenham Hotspur yongeye gutakaza amanota ku mukino wayihuje na Chelsea, warangiye itsinzwe igitego 1–0 kuri sitade yayo iherereye i Londres. Ariko si igitego kimwe cyayigoye gusa — ahubwo nyuma y’umukino hagaragaye umwuka mubi hagati y’umutoza Thomas Frank n’abakinnyi be babiri bakomeye. Nyuma y’umukino, ubwo umusifuzi yari amaze guhuha ifirimbi isoza , abakinnyi barimo - [Penaliti yahawe Rutsiro ku mukino inganijemo na APR FC ikomeje kurikoroza -Amashusho](https://thedrum.rw/2025/11/01/penaliti-yahawe-rutsiro-ku-mukino-inganijemo-na-apr-fc-ikomeje-kurikoroza-amashusho/) - Penaliti yahawe ikipe ya Rutsiro ikomeje guteza impaka zikomeye nyuma y’umukino APR FC imaze kungamo igitego 1-1 na Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Rwanda Premier League waberaga kuri sitade Umuganda yo mu karere ka Rubavu . Iyi ni penaliti yatanzwe n’umusifuzi Jean Paul Ngabonziza ahagana nko ku munota wa mirongo ine w’igice - [SERIE A : Patrick Vieira yahanye gatanya na Genoa hadateye kabiri](https://thedrum.rw/2025/11/01/serie-a-patrick-vieira-yahanye-gatanya-na-genoa-hadateye-kabiri/) - Umutoza w’Umufaransa Patrick Vieira yasezeye ku mirimo ye yo gutoza ikipe ya Genoa CFC yo mu Butaliyani, ku bwumvikane bw’impande zombi . Iyi kipe iri ku mwanya wa nyuma muri Serie A, ikaba itarigeze itsinda umukino n’umwe w’irushanwa muri uyu mwaka w’imikino. Nk’uko byatangarijwe mu itangazo rigufi ryashyizwe hanze n’iyi kipe, Genoa yavuze ko Patrick - [RPL : Nubwo badasiba guhanwa ;burya abasifuzi nta n’urupfumuye bari babona](https://thedrum.rw/2025/11/01/rpl-nubwo-badasiba-guhanwa-burya-abasifuzi-nta-nurupfumuye-bari-babona/) - Abasifuzi basifura imikino ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda [Rwanda Premier League] bakomeje kugaragaza agahinda baterwa no kudahabwa insimburamubyizi zabo, ibintu bavuga ko bibabangamiye mu buzima bwa buri munsi no mu kazi biyemeje gukora . Kuva shampiyona yatangira muri Nzeri uyu mwaka, imikino itandatu irihiritse, nta mafaranga n’amwe aba basifuzi babona. Ni ibintu bavuga - [Tanzania : Imyigaragambyo yahagaritse imikino ya shampiyona](https://thedrum.rw/2025/11/01/tanzania-imyigaragambyo-yahagaritse-imikino-ya-shampiyona/) - Imyigaragambyo imaze iminsi ine muri Tanzania irakataje, nyuma y’uko abaturage benshi bagaragaje kutishimira uburyo amatora y’umukuru w’igihugu yateguwe n’uko yagenze. Iyi myigaragambyo yatangiye ku wa Gatatu w’iki cyumweru, ikomeje gufata indi ntera ndetse n’inzego nyinshi z’ubuzima bw’igihugu zatangiye guhagarara, Ibyahagaze harimo n’imikino ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere. Abigaragambya bavuga ko batishimiye ko Komisiyo y’Amatora yatangaje - [INSIDER – Twamenye ushobora kuba umunyamabanga wa FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/11/01/insider-twamenye-ushobora-kuba-umunyamabanga-wa-ferwafa/) - Amakuru yizewe agera kuri The DRUM aremeza ko Bonnie Mugabe, usanzwe ari Umukozi Ushinzwe Umutekano ku bibuga mu Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ari mu nzira zigaruka mu Rwanda aho biteganyijwe ko azahabwa inshingano z’Umunyamabanga Mukuru wa Ferwafa. Nyuma yo gutorwa kwa Komite Nyobozi nshya ya c iyobowe na Shema Ngoga Fabrice, hakomeje - [Hatangajwe urutonde rw'ingimbi zigomba guhagarira u Rwanda muri CECAFA](https://thedrum.rw/2025/11/01/hatangajwe-urutonde-rwingimbi-zigomba-guhagarira-u-rwanda-muri-cecafa/) - Umutoza w’ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 17, Sosthene Lumumba, yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 23 bazahagararira u Rwanda mu mikino y’akarere ya CECAFA izabera muri Ethiopia mu byumweru bibiri biri imbere. Urutonde rw’abahamagawe harimo Irakaza Don Divin, Habimana Jacques, Niyonzima Muhudi, Shyaka Khalifa, Bahati Pacifique, Mugisha Huzayifa, Niyonza Zaidi n’abandi benshi bavuye mu makipe atandukanye arimo FC - [CAF yemeje ikoreshwa rya VAR mu mikino yayo !](https://thedrum.rw/2025/11/01/caf-yemeje-ikoreshwa-rya-var-mu-mikino-yayo/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika (CAF) yatangaje ko mu mikino ya kamarampaka yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 hazakoreshwa ikoranabuhanga ryunganira abasifuzi, rizwi nka VAR (Video Assistant Referee). Ni ubwa mbere iri koranabuhanga rikoreshwa mu mikino ya kamarampaka y’Afurika yose izabera mu gihugu kimwe. Biteganyijwe ko iyi mikino izaba ku itariki ya - [Rwasamanzi Yves yahigiye kongera kubabaza Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/11/01/rwasamanzi-yves-yahigiye-kongera-kubabaza-rayon-sports/) - Umutoza mukuru w’ikipe ya Marines FC, Rwasamanzi Yves, yashimangiye ko biteguye neza umukino ukomeye baza guhuramo na Rayon Sports kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Ugushyingo 2025, kuri Stade Umuganda i Rubavu. Ku wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025, Marines FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Gikundiro mu mukino w’umunsi wa - [RPL: Rutsiro FC nta bidasanzwe yateguye ku mukino wa APR FC](https://thedrum.rw/2025/10/31/rpl-rutsiro-fc-nta-bidasanzwe-yateguye-ku-mukino-wa-apr-fc/) - Ku wa Gatandatu tariki ya 1 Ugushyingo 2025, saa cyenda zuzuye kuri Stade Umuganda i Rubavu mu Burengerazuba bw’igihugu, ikipe ya Rutsiro FC irakira APR FC mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Mbere y’uyu mukino, Perezida wa Rutsiro FC, Nsanzineza Ernest, yatangaje byinshi birimo ko nta myiteguro idasanzwe bakoze - [Umurundi watoje Kiyovu SC yahindutse umushomeri !](https://thedrum.rw/2025/10/31/umurundi-watoje-kiyovu-sc-yahindutse-umushomeri/) - Ubuyobozi bwa Police FC yo muri Kenya bwatangaje ko bwatandukanye n’umutoza wayo mukuru, Étienne Ndayiragije, hamwe n’abungiriza be, nyuma y’umwaka urenga bari bamaze bakorana. Nk’uko byatangajwe ku wa Gatatu, tariki ya 29 Ukwakira 2025, biciye ku rukuta rw’iyi ikipe rwo ku rubuga rwa X , ubuyobozi bwa Police FC bwemeje ko impande zombi zumvikanye gutandukana - [Mamadou Sy na Yussif Dauda bahawe imbabazi ziherekejwe na gasopo](https://thedrum.rw/2025/10/31/mamadou-sy-na-yussif-dauda-bahawe-imbabazi-ziherekejwe-na-gasopo/) - Nyuma y’igihe kigera ku kwezi abakinnyi babiri ba APR FC bari bahagaritswe kubera imyitwarire itari myiza, ubuyobozi bw’iyi kipe bwafashe umwanzuro wo kubababarira nyuma yo gusaba imbabazi no kwemera amakosa yabo. Abo bakinnyi ni Mamadou Sy na Seidu Yussif Dauda, bombi bari barafatiwe ibihano tariki ya 10 Ukwakira 2025. Aba bakinnyi bahagaritswe nyuma y’uko basohotse - [Handball : Hatangajwe abagomba guhagararira u Rwanda mu gikombe cy’Afurika](https://thedrum.rw/2025/10/31/handball-hatangajwe-abagomba-guhagararira-u-rwanda-mu-gikombe-cyafurika/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Handball mu bagabo, Hafedh Zouabi , yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 28 bagomba gutangira umwiherero wa mbere wo kwitegura Igikombe cya Afurika cya 2026, kizabera i Kigali kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 31 Mutarama 2026. Uyu mwiherero uteganyijwe gusozwa ku ya 5 Ugushyingo 2025, abakinnyi bagasubira mu makipe - [EXCLUSIVE - Al Hilal Omdurman yo muri Sudani yageze mu Rwanda](https://thedrum.rw/2025/10/31/exclusive-al-hilal-omdurman-yo-muri-sudani-yageze-mu-rwanda/) - Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudani yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025, aho ije gutangira imyiteguro yo gukina Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kwemererwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Iyi kipe yahagurutse muri Libya ku wa Kane tariki 30 Ukwakira 2025, ihagurukiye kuri - [Djibril Ouattara wa APR FC wari umaze igihe arwaye yagarutse atangaza !](https://thedrum.rw/2025/10/31/djibril-ouattara-wa-apr-fc-wari-umaze-igihe-arwaye-yagarutse-atangaza/) - Rutahizamu w’umunya-Burkina Faso ukinira APR FC, Cheikh Djibril Ouattara, yatangaje ko ameze neza nyuma yo gukira burundu indwara yo kuzana amazi mu bihaha, akaba yiteguye gusubira mu kibuga mu minsi mike iri imbere. Ouattara yari amaze hafi amezi abiri adakina nyuma yo kubagwa, aho yoherejwe iwabo muri Burkina Faso kugira ngo avurwe byimbitse. Nyuma y’amezi - [Paul Scholes yahishuye icyatumye areka ibyo gusesengura imikino kuri TNT Sports!](https://thedrum.rw/2025/10/30/paul-scholes-yahishuye-icyatumye-areka-ibyo-gusesengura-imikino-kuri-tnt-sports/) - Uwahoze akinira Manchester United, Paul Scholes,yahagaritse gukora akazi ko gusesengura imikino no gutanga ibitekerezo kuri televiziyo kugira ngo abashe guhuza gahunda ze n’ubuzima bw’umuhungu we Aiden, ufite ubumuga bwo mu bwonko butera umuntu kwigunga. Uyu mukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, kuri ubu ufite imyaka 50, yavuze ko nyuma yo kuva mu kibuga mu mwaka - [Amagare : U Rwanda rurimbanije imyiteguro ya shampiyona nyafurika](https://thedrum.rw/2025/10/30/amagare-u-rwanda-rurimbanije-imyiteguro-ya-shampiyona-nyafurika/) - Ikipe y’Igihugu y’Umukino w’Amagare, Team Rwanda, igizwe n’abakinnyi 26 barimo abahungu n’abakobwa baturutse mu byiciro byose, yatangiye umwiherero wo kwitegura Shampiyona Nyafurika izabera i Mombasa, muri Kenya, kuva ku wa 19 kugeza ku wa 23 Ugushyingo 2025. Guhera ku wa Gatatu, tariki ya 29 Ukwakira 2025, aba bakinnyi batangiye imyitozo mu Kigo cy’Iterambere ry’Umukino w’Amagare - [RPL - Rutahizamu wa Rayon Sports arangamiye guhigika bagenzi be](https://thedrum.rw/2025/10/30/rpl-rutahizamu-wa-rayon-sports-arangamiye-guhigika-bagenzi-be/) - Rutahizamu wa Rayon Sports, Habimana Yves, yatangaje ko yiteguye gukora uko ashoboye kose kugira ngo asohoze inzozi ze zo kuba rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukinnyi wahoze akinira Rutsiro FC mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Isimbi yagaragaje icyizere gikomeye nyuma yo gufasha ikipe ye nshya gutsinda Amagaju FC igitego 1–0 mu mukino - [Enzo Maresca yemeje ko imyitwarire ya rutahizamu we yuje ubuswa bukabije !](https://thedrum.rw/2025/10/30/enzo-maresca-yemeje-ko-imyitwarire-ya-rutahizamu-we-yuje-ubuswa-bukabije/) - Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko yababajwe kandi atewe isoni n’uburyo rutahizamu we Liam Delap yitwaye mu mukino wa Carabao Cup batsinzemo Wolves ibitego 4–3 mu ijoro ryakeye. Delap, w’imyaka 22, yari amaze ibyumweru 10 hanze kubera imvune yagize ku misokoro ku ivi, ariko yagarutse nabi. Yinjiye mu kibuga ku munota wa 61 asimbuye - [Abanyarwanda 15 bagiye gutyarizwa muri Arsenal](https://thedrum.rw/2025/10/30/abanyarwanda-15-bagiye-gutyarizwa-muri-arsenal/) - Abana 15 bo mu mushinga wa Isonga bitabiriye gahunda yihariye y’ikipe ya Arsenal igamije guteza imbere impano z’abato, izwi nka Arsenal Academy Training Experience. Ni gahunda yatangiye ku wa 27 Ukwakira 2025, ikazasozwa ku wa 31 Ukwakira 2025, ikabera ku bibuga by’imyitozo bya Arsenal no mu bindi bice bitandukanye by’iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza. - [APR FC yajuriye ku cyemezo cya Ferwafa, isaba ubutabera](https://thedrum.rw/2025/10/30/apr-fc-yajuriye-ku-cyemezo-cya-ferwafa-isaba-ubutabera/) - Nyuma y’imyanzuro yashyizwe ahagaragara na Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA ku mikino yo ku munsi wa 5 wa Rwanda Premier League, ikipe ya APR FC yatangaje ko itanyuzwe n’ibyavuye mu isuzuma ryakozwe ku mukino wayihuje na Kiyovu Sports Club, maze isaba ko hajyaho komisiyo yihariye kandi yigenga, kugira ngo isuzume ukuri ku byemezo byafashwe n’abasifuzi - [Al Hilal Omdurman igiye gukina shampiyona y’u Rwanda irahagurutse ! -AMAFOTO](https://thedrum.rw/2025/10/30/al-hilal-omdurman-igiye-gukina-shampiyona-yu-rwanda-irahagurutse-amafoto/) - Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudani yatangiye urugendo rwayo ruza mu Rwanda aho igiye gukina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026. Ni urugendo rwatangarijwe ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, aho yagaragaje amafoto n’amashusho y’abakinnyi bari guhaguruka ku kibuga cy’indege cya Benina International Airport - [Mamadou Sy na  Dauda Yussif  ba APR FC baciye bugufi](https://thedrum.rw/2025/10/30/mamadou-sy-na-dauda-yussif-ba-apr-fc-baciye-bugufi/) - Nyuma y’ibyumweru bike ikipe ya APR FC ivuye mu Misiri gukina na Pyramids FC mu mikino ya CAF Champions League, ubuyobozi bw’iyi kipe y’Ingabo bwemeje ko abakinnyi babiri bari baherutse guhagarikwa basabye imbabazi ku makosa bakoze, ndetse bakaba bamaze kugaragaza ubushake bwo kwisubiraho. Aba bakinnyi ni Mamadou Sy na Seidu Dauda Yussif, bombi bahagaritswe nyuma - [Al Ahli Madani yo muri Sudan yasubitse ibyo gukina Rwanda Premier League](https://thedrum.rw/2025/10/29/al-ahli-madani-yo-muri-sudan-yasubitse-ibyo-gukina-rwanda-premier-league/) - Ikipe ya Al Ahli Madani yo muri Sudani yatangaje ko itazakina Shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka w’imikino nkuko byari byitezwe, ahubwo igahitamo gutegura umwiherero w’iminsi 40 hanze y’igihugu mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe ifite imbaraga n’intego z’igihe kirekire. Nk’uko byemejwe n’umuvugizi wayo, Sadd Al-Atyam, ubuyobozi bwa Al Ahli bwafashe iki cyemezo nyuma y’inama idasanzwe - [Liverpool yafashe umwanzuro ku hazaza h’umutoza Arne Slot](https://thedrum.rw/2025/10/30/liverpool-yafashe-umwanzuro-ku-hazaza-humutoza-arne-slot/) - Nyuma yo gutsindwa na Crystal Palace ibitego 3-0 mu mikino ya Carabao Cup yabaga mu ijoro ryo ku wa Gatatu , ubuyobozi bwa Liverpool bwafashe umwanzuro ku hazaza h’umutoza Arne Slot. Uyu mukino, wabereye ku kibuga cya Selhurst Park kiri mu mujyi wa Londres, waranzwe n’impinduka nyinshi mu ikipe ya Liverpool isanzwe ibanzamo. Abakinnyi b’abato - [Umunyamahirwe utangaje yakoze ipari imwe inshuro ebyiri atsindira 1,049,410 rwf](https://thedrum.rw/2025/10/29/umunyamahirwe-utangaje-yakoze-ipari-inshuro-imwe-inshuro-ebyiri-atsindira-1049410-rwf/) - Mu byumweru byinshi abantu benshi baba bashakisha amahirwe yo gutsinda binyuze mu gutega ku mikino y’amahirwe (betting), ariko kuri iyi nshuro, umwe mu bakunzi b’iyi mikino yahiriwe ku buryo butangaje. Uyu munyamahirwe, utarifuje ko amazina ye atangazwa, yatsindiye amafaranga angana na 1,049,410 Frw nyuma yo gukina itike ebyiri zifite amahitamo asa neza — ibintu bidasanzwe - [Ukuri ku mukino wa gicuti uvugwa hagati y’Amavubi na Senegal](https://thedrum.rw/2025/10/29/ukuri-ku-mukino-wa-gicuti-uvugwa-hagati-yamavubi-na-senegal/) - Hari amakuru yizewe avuga ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ishobora gukina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Senegal mu kwezi gutaha k’Ugushyingo 2025, uyu mukino ukazabera mu gihugu cy’u Bufaransa. Nk’uko biteganyijwe n’itegeko rya FIFA, impera z’icyumweru za tariki ya 7 n’iya 9 Ugushyingo 2025 zizaba ari igihe cy’akaruhuko ka FIFA (FIFA International Break), - [Rwanda Premier League yatesheje agaciro ubusabe bw' Amagaju na APR FC](https://thedrum.rw/2025/10/29/rwanda-premier-league-yatesheje-agaciro-ubusabe-bw-amagaju-na-apr-fc/) - Komisiyo ishinzwe imisifurire muri Rwanda Premier League yasohoye imyanzuro yerekeye umunsi wa gatanu w’irushanwa, isobanura ibyerekeye ibirego byari byatanzwe n’amakipe atandukanye, harimo APR FC, Amagaju FC, ndetse n’umukino wahuje Bugesera FC na AS Muhanga. Ku ikubitiro, Komisiyo yatangaje ko APR FC itarenganijwe ku mukino wayihuje na Kiyovu Sports Club wabaye tariki 25 Ukwakira 2025. Nyuma - [LATEST – Amakuru yose avugwa muri APR FC yitegura gucakirana na Rutsiro](https://thedrum.rw/2025/10/29/latest-amakuru-yose-avugwa-muri-apr-fc-yitegura-gucakirana-na-rutsiro/) - Nubwo ikipe ya APR FC iri kwitegura umukino izahuramo na Rutsiro ku wa Gatandatu tariki ya 1 Ugushyingo , ariko ntizaba ifite abakinnyi batanu basanzwe mu ikipe ya mbere kubera impamvu zitandukanye zirimo imvune, amakarita n’ibihano by’imbere mu ikipe. Ronald Ssekiganda ni umwe mu batazaboneka muri uwo mukino nyuma yo guhabwa amakarita abiri y’umuhondo mu - [Lamine Yamal yigaruriye inzu ya Piqué na Shakira](https://thedrum.rw/2025/10/29/lamine-yamal-yigaruriye-inzu-ya-pique-na-shakira/) - Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, agiye kwimukira mu nyubako yigeze guturwamo na Gerard Piqué wahoze akinira Barcelona, ndetse n’umuhanzikazi Shakira bahoze babana. Yamal, Wamaze kwerekana ko ari umwe mu bakinnyi bato bafite impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru ku Isi, bivugwa ko ahembwa hafi ibihumbi 325 by’amapawundi buri cyumweru. Mu mezi make - [RPL: Abasifuye umukino wa Bugesera FC na AS Muhanga nabo bahanwe](https://thedrum.rw/2025/10/29/rpl-abasifuye-umukino-wa-bugesera-fc-na-as-muhanga-nabo-bahanwe/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse by’agateganyo abasifuzi babiri bo mu Cyiciro cya Mbere kubera amakosa akomeye bakoze ku mukino w’Umunsi wa Gatanu wa Rwanda Premier League wahuje Bugesera FC na AS Muhanga, umukino warangiye Bugesera itsinzwe igitego 1-0. Umusifuzi wo hagati Kwizera Olivier yahagaritswe ibyumweru bitanu, naho uwo ku ruhande Mbonigena Seraphin ahagarikwa - [AMAFOTO- Saudi Arabia igiye kubaka sitade yo mu bicu  ](https://thedrum.rw/2025/10/28/amafotp-saudi-arabia-igiye-kubaka-sitade-yo-mu-bicu/) - Igihugu cya Saudi Arabia kiri kwitegura kubaka stade idasanzwe izaba iri mu kirere, yamaze guhabwa izina rya NEOM Stadium. Iyo stade izaba iri hejuru cyane y’ubutaka nkuko amashusho mashya yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano akomeje gukwirakirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga abyerekana. Nk’uko ayo mashusho abigaragaza, stade izaba yubatse hejuru y’indi nyubako ndende (skyscraper), ifite ubushobozi bwo - [Umugore wa Kylie Walker agiye kugezwa imbere y’urukiko](https://thedrum.rw/2025/10/28/umugore-wa-kylie-walker-agiye-kugezwa-imbere-yurukiko/) - Annie Kilner, umugore wa myugariro wa Burnley FC, Kylie Walker aritegura kujya mu rukiko umwaka utaha kujya kuburana ku birego byo kurenza umuvuduko wemewe ubwo yari atwaye imodoka ye yo mu bwoko bwa Land Rover mu muhanda wo hafi y’ikibuga cy’indege cya Manchester mu Bwongereza. Nk’uko byatangajwe n’urukiko rwa Crewe, Kilner, w’imyaka 33, ashinjwa kuba - [Twamenye impamvu nyamukuru yatumye abakinnyi ba APR FC biyogoshesha](https://thedrum.rw/2025/10/28/twamenye-impamvu-nyamukuru-yatumye-abakinnyi-ba-apr-fc-biyogoshesha/) - Nyuma y’iminsi mike abakunzi ba ruhago nyarwanda batunguwe no kubona abakinnyi bose ba APR FC biyogoshesheje, birangiye impamvu nyayo ishyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Chairman wa APR FC, Brigadier General Deo Rusanganwa, yatangaje ko nk’ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC igomba kubahiriza amahame n’indangagaciro za gisirikare, harimo n’isuku n’imyitwarire ikwiye umusirikare. INDI NKURU WASOMA BIFITANYE ISANO - [Aaron Ramsey yashyiriyeho akayabo uwabona imbwa ye yabuze](https://thedrum.rw/2025/10/28/aaron-ramsey-yashyiriyeho-akayabo-uwabona-imbwa-ye-yabuze/) - Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Wales, Aaron Ramsey, yashyizeho akayabo k’angana na 290,703,400 RWF nk’ igihembo ku muntu wese watanga amakuru yafasha kuboneka kw’imbwa ye yitwa Halo, yaburiye muri Mexique kuva ku wa 9 Ukwakira 2025. Ramsey, wahoze akinira amakipe ya Arsenal na Cardiff City, ubu ukinira ikipe ya Pumas UNAM yo muri Mexique, yavuze - [Rutahizamu wa APR FC akomeje gukubitika !](https://thedrum.rw/2025/10/28/rutahizamu-wa-apr-fc-akomeje-gukubitika/) - Rutahizamu ukomoka muri Mauritania ukinira APR FC, Mamadou Sy, akomeje kugorwa n’ibihe bitoroshye nyuma yo guhagarikwa n’ubuyobozi bw’ikipe kubera imyitwarire mibi. Amakuru The DRUM twamenye nuko uyu mukinnyi yisanze mu myitozo y’ikipe y’Intare FC , mu gihe yari yagenwe kujya gukorera imyitozo mu bato ba APR FC batarengeje imyaka 17. Ibi byabaye nyuma y’uko ku - [Nyir’Uruganda rutanga ibihembo by’Umukinnyi w’Umikino yatawe muri yombi](https://thedrum.rw/2025/10/28/nyiruruganda-rutanga-ibihembo-byumukinnyi-wumikino-yatawe-muri-yombi/) - Nyir’Uruganda rwa ‘Roots Investment Group’, Rukora inzoga yitwa ‘Be One Gin’, Habamugisha Jean Paul yatawe muri yombi nk’uko umuvugizi wa RIB yabyemeje ko afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rusororo. Dr Murangira Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Ubwo yaganiraga na IGIHE yemeje aya makuru, Avuga ati “Ni byo koko Habumugisha Jean Paul,Nyir’Uruganda rukora ikinyobwa gisembuye - [Abasifuzi 571 bo muri Turkey basanzwe babetinga ku mukino basifura](https://thedrum.rw/2025/10/28/abasifuzi-571-bo-muri-turkey-basanzwe-babetinga-ku-mukino-basifura/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Turukiya (TFF) ryatangaje ko rigiye gutangiza iperereza n’ibihano bikomeye nyuma yo gusanga benshi mu basifura imikino ya shampiyona y’iki gihugu bafite konti zo gukina imikino y’amahirwe (betting). Nyuma y’ubushakashatsi bwamaze imyaka itanu, TFF yatangaje ko mu basifuzi 571 bakoraga ku rwego rw’igihugu, 371 bafite konti zo gutega ku mikino, kandi muri - [VAR i Nyarugenge ,amakipe mashya yo muri Sudan  ; Shema Fabrice yononosoye byose wibazaho](https://thedrum.rw/2025/10/28/var-i-nyarugenge-amakipe-mashya-yo-muri-sudan-shema-fabrice-yononosoye-byose-wibazaho/) - Mu rwego rwo guteza imbere umupira w’amaguru no guha amahirwe abashaka gukina ahari umutekano, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeye ko amakipe atatu yo muri Sudani—Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madan—azakina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26. Ibi byatangajwe na Perezida wa FERWAFA, - [Kevin De Bruyne agiye kumara igihe kinini hanze y’ikibuga](https://thedrum.rw/2025/10/28/kevin-de-bruyne-agiye-kumara-igihe-kinini-hanze-yikibuga/) - Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Napoli, Kevin De Bruyne, agiye kumara igihe kinini hanze y’ikibuga nyuma yo gukomereka bikomeye ku mikaya y’akagombambari ubwo yari amaze gutsinda penaliti mu mukino batsinzemo Inter Milan ibitego 3–1, ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Uyu mukinnyi w’imyaka 34 y’amavuko, ukomoka mu Bubiligi, yagaragaye afashe ku kagombambari k’iburyo ubwo yari amaze - [Abakinnyi 3 b’abanyarwanda bageze mu matsinda y’Imikino ya CAF abandi 2 bari ku muryango](https://thedrum.rw/2025/10/27/abakinnyi-3-babanyarwanda-bageze-mu-matsinda-yimikino-ya-caf-abandi-2-bari-ku-muryango/) - Abakinnyi 3 b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Afurika bamaze kubona itike yo gukina imikino y’Amatsinda mu mikino ya CAF Confederation Cup. Mugisha Bonheur wa Al Masry yo mu gihugu cya Misiri, Uyu musore yari mu kibuga ubwo ikipe ye ya Al Masry yabonaga itsinzi y’ibitego 2 kuri 1, Batsinda Al-Ittihad yo mu gihugu cya Libya. Umukino - [Messi yavuze impamvu yongeye amasezerano muri Inter Miami](https://thedrum.rw/2025/10/27/messi-yavuze-impamvu-yongeye-amasezerano-muri-miami/) - Umunyabigwi mu mateka y’Umupira w’Amaguru ku Isi, Lionel Messi ukomoka mu gihugu cya Argentina yavuze impamvu yongeye amasezerano mu ikipe ya Inter Miami yo kugeza 2028 abakinira. Messi ubwo yaganiraga na NBC News yavuze ko ari icyemezo cyamworoheye gufata kubera ukuntu yishimye muri iyi kipe ya Inter Miami. Yagize Ati “Mpora mbivuga ko mfata ibyemezo - [Police Fc ikomeje kwandika amateka muri Shampiyona y’U Rwanda](https://thedrum.rw/2025/10/27/police-fc-ikomeje-kwandika-amateka-muri-shampiyona-yu-rwanda/) - ikipe ya Police Fc, Ikomeje kwitwara neza muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru Rwanda Premier League. Ibi impamvu yabyo nuko imaze imikino 5 ibanza ya Shampiyona yose iyitsinda. Police Fc nibwo bwa mbere mu mateka yabo batsinze imikino 5 ibanza ya Shampiyona y’U Rwanda, Ibi byerekana ko iyi kipe uyu mwaka ni komeza gukora ibyo iri gukora - [Chelsea byanze, Man U ikomereza aho yasoreje kuri Liverpool nayo bikomeza kugorana](https://thedrum.rw/2025/10/25/chelsea-byanze-man-u-ikomereza-aho-yasoreje-kuri-liverpool-nayo-bikomeza-kugorana/) - Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ubwongereza yari igeze ku munsi wa 9, Habaye imikino 5 yabonetsemo ibitego 20. Leeds United niyo yatangiye ibona amanota 3 ubwo yatsindaga West Ham United ibitego 2 kuri 1, Chelsea yari yakiriye ikipe ya Sunderland yaje gutakaza amanota 3 yose nyuma yo kuva inyuma kwa Sunderland yabifashijwemo na Isidor Wilson - [Rashford uri mu bihe byiza I Barcelona yatangaje byinshi mbere yo gukina El Clásico](https://thedrum.rw/2025/10/24/rashford-uri-mu-bihe-byiza-i-barcelona-yatangaje-byinshi-mbere-yo-gukina-el-clasico/) - Rutahizamu w’Umwongereza Marcus Rashford, Ukina mu gihugu cya Spain mu ikipe ya FC Barcelona yaganiye n’itangazamakuru ryiyo kipe ku muyoboro wabo wa YouTube, Abazwa ibibazo bitandukanye n’Abafana n’Umunyamakuru by’Umwihariko bavuga ku mukino wa El Clássico. Rashford nyuma yo kuva muri Manchester United bitameze neza, Yageze mu ikipe ya Fc Barcelona nk’intizanyo ya Manchester United mu - [Hakim Ziyech wakiniye Chelsea ikipe yamusinyishije muri Afurika yamenyekanye](https://thedrum.rw/2025/10/24/hakim-ziyech-wakiniye-chelsea-ikipe-yamusinyishije-muri-afurika-yamenyekanye/) - Umukinnyi mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Morocco, Hakim Ziyech wakiniye ikipe ya Chelsea yo mu bwongereza, Yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye muri Shampiyona y’iwabo muri Morocco kuzayikinira kugeza muri 2027, Wydad Athletic Club niyo yatangajeko yasinyishije uyu mukinnyi w’Imyaka 32 y’amavuko, Nyuma yo gutandukana na Al-Duhail nk’umukinnyi wigurisha ku giti cye ‘Free Agent’. Ziyech muri Al-Duhail - [Virgil van Dijk yavuze icyatumye Liverpool ihita isubiza mu buryo bukomeye!](https://thedrum.rw/2025/10/23/virgil-van-dijk-yavuze-icyatumye-liverpool-ihita-isubiza-mu-buryo-bukomeye/) - Kapiteni wa Liverpool, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatumijeho inama y’abakinnyi nyuma yo gutsindwa na Manchester United ku Cyumweru gishize, ariko ashimangira ko atari “inama y’uburangare cyangwa iy’ikibazo” nk’uko bamwe babitekerezaga. Liverpool yari imaze gutsindwa imikino ine yikurikiranya, harimo n’iyo yakiriye iwabo kuri Anfield basorejeho ari ibitego 2-1 bya Manchester United. Ibyo byatumye ikipe yisanga - [Yahiye umurizo, iti reka bucye bose bahabone ! ; Thaddée na Board ya Rayon Sports byagodogereye](https://thedrum.rw/2025/10/23/yahiye-umurizo-iti-reka-bucye-bose-bahabone-thaddee-na-board-ya-rayon-sports-byagodogereye/) - Mu ikipe ya Rayon Sports hakomeje kugaragaramo umwuka mubi hagati y’ubuyobozi bwa Perezida Twagirayezu Thaddée n’abamurwanya, aho ubu intwaro nshya ikoreshwa ari ugusohora amajwi n’amashusho y’ibiganiro by’imbere mu ikipe. Abasesenguzi bavuga ko ibi bisa n’ukwambika ubusa uwo mwanywanye, aho benshi babigereranya n’igihe abigeze gukundana batandukanye, umwe agatangira gusohora amabanga y’undi. Twagirayezu Thaddée watowe mu Ugushyingo - [Iby’akanyenyeri ka Rayon Sports byajemo kidobya](https://thedrum.rw/2025/10/23/ibyakanyenyeri-ka-rayon-sports-byajemo-kidobya/) - Umushinga wa Rayon Sports wo kwandika abanyamuryango mu buryo bw’ikoranabuhanga uzwi nka *Gikundiro 702# uri mu bibazo bikomeye nyuma y’uko hagaragaye umwenda ugera kuri Miliyoni 80 Frw, bikibazwa aho ayo mafaranga azaturuka ngo yishyurwe. Uyu mushinga watangijwe ku mugaragaro ku wa 25 Kanama 2025, ugamije gufasha abakunzi ba Rayon Sports kwiyandikisha binyuze muri telefoni zabo - [FERWAFA igiye guha rugali RIB mu ruhago nyarwanda](https://thedrum.rw/2025/10/23/ferwafa-igiye-guha-rugali-rib-mu-ruhago-nyarwanda/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro bya nyuma n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha bikunze kugaragara mu mupira w’amaguru nyarwanda. Ibi byasobanuwe n’Umunyamabanga w’agateganyo wa FERWAFA akaba na Visi Perezida wa kabiri ushinzwe tekinike, Mugisha Richard, ubwo yari mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda ku wa - [UCL : Abarimo Harry Kane na Kylian Mbappé bakomeje gukubana umutwe](https://thedrum.rw/2025/10/23/ucl-abarimo-harry-kane-na-kylian-mbappe-bakomeje-gukubana-umutwe/) - Nyuma y’umunsi wa gatati y’imikino ya Champions League 2025/26, abakinnyi babiri b’amazina akomeye ku mugabane w’u Burayi, Kylian Mbappé wa Real Madrid na Harry Kane wa Bayern München, bari gukubana imutwe ku mwanya w’uwatsinze ibitego byinshi muri iri rushanwa rikomeye kugeza ubu, bombi bafite ibitego bitanu buri umwe. Mu mukino wo ku munsi wa gatatu, - [Mugemana Charles wavuraga muri Rayon Sports ntago yorohewe n’ubuzima](https://thedrum.rw/2025/10/22/mugemana-charles-wavuraga-muri-rayon-sports-ntago-yorohewe-nubuzima/) - Muri Nzeri 2025, nibwo inkuru y’uko umubyeyi w’umuhanzikazi Queen Cha, Mugemana Charles, yari arwaye yatangajwe. Mugemana, ufite izina rikomeye mu mupira w’amaguru, akaba yaravuriye ikipe ya Rayon Sports kuva mu 1995, ;kuri ubu ari mu bitaro bya CHUK aho ari kwitabwaho kubera uburwayi bukomeye bukomeje kumumerera nabi. Umukobwa we, Queen Cha, yavuze ko yahaye Imana - [Mohammed Salah na Achraf Hakimi mu bahataniye ibihembo bya CAF](https://thedrum.rw/2025/10/22/mohammed-salah-na-achraf-hakimi-mu-bahataniye-ibihembo-bya-caf/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi icumi bashobora kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka (African Footballer of the Year Award);uru rugaragaramo bamwe mu bakinnyi b'ibihangange ku mugabane wa Afurika. Abakinnyi batatu bakomeye, Achraf Hakimi na Mohamed Salah, nibo bahanganye cyane muri ibi bihembo, nyuma y’uko bafashije amakipe yabo kugera ku byishimo bikomeye mu - [Afhamia Lotfi mu nzira zirega Rayon Sports muri FIFA](https://thedrum.rw/2025/10/22/afhamia-lotfi-mu-nzira-zirega-rayon-sports-muri-fifa/) - Afhamia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports, yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe abasaba ko bamusubiza mu nshingano ze bitarenze amasaha 48, niba batabikoze akitabaza inkiko. Ibaruwa yayandikiye Rayon Sports ku wa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira 2025, igaragaza ko afite gahunda yo gukurikirana uburenganzira bwe mu nzira z’amategeko, akabifashwamo n’abanyamategeko be. Tariki ya 13 Ukwakira - [KNC n’umusifuzikazi Umutoni Aline rurageretse !](https://thedrum.rw/2025/10/22/knc-numusifuzikazi-umutoni-aline-rurageretse/) - Umutoni Aline, umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko , Kakooza Nkuliza Charles (KNC), Perezida wa Gasogi United, nyuma y’amagambo amushinja ibyaha yamuvuzeho adafite gihamya. Mu kiganiro cyanyuze kuri Radio & TV1 mu gitondo cyo ku wa Kabiri, KNC yashinje abasifuzi ubuswa no kubogama mu mukino wabahuje na Bugesera FC banganyijemo 0-0. Muri - [Ku biceri 200 frw yatsindiye arenga miliyoni na Fortebet](https://thedrum.rw/2025/10/21/ku-biceri-200-frw-yatsindiye-arenga-miliyoni-na-fortebet/) - Mu gihe benshi bakibaza niba gutega amafaranga make byabyarira umuntu inyungu nini, umugabo umwe yaciye ibintu ku mbuga z’imikino nyuma yo gutsindira akayabo k’amafaranga 1,367,725 RWF. Uyu munyamahirwe, utatangajwe amazina, yatunguranye ubwo yategekagaho igikubo gikomeye gishingiye ku mikino 10, yifashishije amakipe 6 yakiniraga iwayo, andi 3 ari hanze ndetse n’umukino 1 yateganyije impande zombi ziza - [UCL _ Abarimo Viktor Dadason wa Copenhagen banditse amateka adasanzwe!](https://thedrum.rw/2025/10/22/ucl-_-abarimo-lamine-yamal-banditse-amateka-adasanzwe/) - Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 21 Ukwakira 2025, umukinnyi ukiri muto w’ikipe ya Copenhagen, Viktor Dadason, yanditse izina rye mu mateka ya UEFA Champions League ubwo yabonaga igitego mu mukino bari bahanganyemo na Borussia Dortmund. Uyu musore w’imyaka 17 n’iminsi 113, yabaye uwa gatatu mu bakiri bato babashije gutsinda igitego muri iri rushanwa rikomeye - [Twinjirane muri Gymnasium’ iri kubakwa i Huye](https://thedrum.rw/2025/10/22/twinjirane-muri-gymnasium-iri-kubakwa-i-huye/) - Urubyiruko rwo mu ntara y’Amajyepfo ruri mu byishimo bidasanzwe nyuma yuko Minisiteri ya Siporo ku bufatanye n’Akarere ka Huye ibatekerejeho ikaba iri kubakira ‘Gymnasium’ n’Ikibuga cy’Umupira w’Amaguru biri kubakwa mu Kagali Mutunda, Umurenge wa Mbazi, Akarere ka Huye; Dore iby’ibanze ukwiye kumenya kuri iki gikorwa remezo kidasanzwe . Izi nyubako ziri kubakwa ku buso burengaho - [Arsenal yasabye imbabazi ku byo yakoreye Atletico Madrid](https://thedrum.rw/2025/10/21/arsenal-yasabye-imbabazi-ku-byo-yakoreye-atletico-madrid/) - Ku mugoroba wo ku wa mbere, ibintu byafashe indi ntera ku kibuga cy’i Emirates Stadium ubwo ikipe ya Atletico Madrid yari mu myitozo yitegura umukino wa UEFA Champions League. Ikipe y’i Madrid yahuye n’akaga kadasanzwe ubwo basanze nta mazi ashyushye ahari mu cyumba cyo gukarabiramo. Nk’uko amategeko ya UEFA abiteganya, amakipe aba agomba guhabwa uburyo - [Rwanda Premier League yemeje ko iri hafi kongerwamo abanyamuryango batatu](https://thedrum.rw/2025/10/21/rwanda-premier-league-yemeje-ko-iri-hafi-kongerwamo-abanyamuryango-batatu/) - Mu gihe intambara ikomeje kuyogoza Sudani kuva muri Mata 2023, ibikorwa by’imikino muri icyo gihugu byarahagaze burundu, birimo na shampiyona y’icyiciro cya mbere. Iyi mpagarara n’umutekano muke mu gihugu wasize amakipe menshi y’umupira w’amaguru muri iki gihugu adafite aho akinira, ndetse anasigaye yakirira imikino Nyafurika hanze y’igihugu. Ni no muri urwo rwego amakipe atatu akomeye - [Bayern Munich yongereye amasezerano umutoza wayo !](https://thedrum.rw/2025/10/21/bayern-munich-yongereye-amasezerano-umutoza-wayo/) - Umutoza wa Bayern Munich , Vincent Kompany yongereye amasezerano y’imyaka ibiri azageza muri Kamena 2029, nk'uko byatangajwe ku mugaragaro n'ubuyobozi bw'iyi kipe yo mu Budage. Vincent Kompany, wahoze akinira Manchester City akaba ari n'umwe mu bakinnyi bayo b'ibihe byose, yinjiye muri Bayern muri Gicurasi 2024, aho amasezerano ye ya mbere yari kuzagera ku musozo mu - [Mukura VS irashinja Cucuri kuba mu byatumye itsindwa na APR FC](https://thedrum.rw/2025/10/21/mukura-vs-irashinja-cucuri-kuba-mu-byatumye-itsindwa-na-apr-fc/) - Kuri uyu wa Mbere, ikipe ya Mukura Victory Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), rusaba ibisobanuro ku misifurire y’umusifuzi mpuzamahanga Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri, mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025/26, wabahuje na APR FC tariki ya 19 Ukwakira kuri Kigali Pele Stadium. Mukura VS yatsinzwe - [FERWAFA yahannye abasifuzi  bagaragaweho imyitwarire idakwiye](https://thedrum.rw/2025/10/21/ferwafa-yahannye-abasifuzi-bagaragaweho-imyitwarire-idakwiye/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse abasifuzi babiri, Patrick Ngaboyisonga na Is’haq Nizeyimana, nyuma yo gusanga barakoze amakosa akomeye mu mikino ya shampiyona basifuye ku itariki ya 20 Nzeri 2025. Komisiyo y’imisifurire mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ivuga ko Patrick Ngaboyisonga, yakoze amakosa ku mukino Musanze FC yakiriyemo AS Kigali kuri Stade Ubworoherane. - [Pyramids FC na Kalala Mayele bashobora kugaruka i Kigali](https://thedrum.rw/2025/10/21/pyramids-fc-na-kalala-mayele-bashobora-kugaruka-i-kigali/) - Nyuma y’uko Pyramids FC yo mu Misiri isezereye itsinze APR FC ku giteranyo k’ibitego 5-0 mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, amakuru ahari yemeza ko iyi kipe ishobora kongera kugaruka i Kigali gukina umukino w’ijonjora rya kabiri. Ku Cyumweru, tariki ya 26 Ukwakira 2025, Pyramids FC izakirwa na Ethiopia Medhin mu mukino ubanza - [EXCLUSIVE  - AS Kigali ntago yorohewe n’ibihe hanze y’ikibuga](https://thedrum.rw/2025/10/21/exclusive-as-kigali-ntago-yorohewe-nibihe-hanze-yikibuga/) - Mu minsi ibiri ikurikirana, Umuryango wa AS Kigali uvezwemo inkuru zibabaje, zateye intimba abawugize n’abakunzi bawo muri rusange. Nyuma y’urupfu rwa Karemera Fabrice wahoze ari Umubitsi w’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, hakurikiyeho urundi rupfu rubabaje rw’umwana w’imfura wa Kayitesi Egidie wigeze gutoza AS Kigali WFC. Ku Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, nibwo - [KNC yaduteye umwete wo kujya gucukumbura niba ‘betting’ na ‘Match Fixing’ iba muri ruhago nyarwanda](https://thedrum.rw/2025/10/21/knc-yaduteye-umwete-wo-kujya-gucukumbura-niba-betting-na-match-fixing-iba-muri-ruhago-nyarwanda/) - Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yihanangirije bikomeye abantu bose bari inyuma yo kwica umupira w’u Rwanda binyuze mu bikorwa bya betting, asaba Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) kubyinjiramo byihuse. KNC yatangaje ibi mu kiganiro “Rirarashe” cyatumbutse kuri Radio na TV 1 mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Ukwakira - [Hansi Flick ntago yifuza ko abazukuru be bazabona ibyo yakoze !](https://thedrum.rw/2025/10/21/hansi-flick-ntago-yifuza-ko-abazukuru-be-bazabona-ibyo-yakoze/) - Ku wa Gatandatu ushize, umutoza wa FC Barcelona, Hansi Flick, yerekanye amarangamutima adasanzwe ubwo ikipe ye yakinaga na Girona, ibintu byatumye yerekwa ikarita itukura. Uyu mutoza w’imyaka 60 yavuze ko atishimiye uko yitwaye kandi ko atifuza ko abazukuru be bazabona iyo sura mbi ye. Mu mukino warangiranye intsinzi ya Barcelona, Flick yabanje guhabwa ikarita y’umuhondo - [Jurgen Kloop yakomoje ku byo kugaruka kwe muri Liverpool](https://thedrum.rw/2025/10/20/jurgen-kloop-yakomeje-ku-byo-kugaruka-kwe-muri-liverpool/) - Jurgen Klopp, wahoze ari umutoza wa Liverpool, yatangaje ko bishoboka ku rwego rw’imyumvire ko yazagaruka gutoza iyi kipe mu minsi iri imbere. Uyu mugabo w’imyaka 58, yavuye ku ntebe y’ubutoza muri Liverpool mu mwaka wa 2024 nyuma y’imyaka icyenda ayitoza. Ni igihe cyaranzwe n’ibikorwa by’indashyikirwa birimo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ndetse n’igikombe cya - [Twamenye igihe cyo kugarukira mu kibuga kwa Djibril Ouattara wa APR FC](https://thedrum.rw/2025/10/20/twamenye-igihe-cyo-kugarukira-mu-kibuga-kwa-djibril-ouattara-wa-apr-fc/) - Nyuma y’igihe kitari gito atagaragara mu kibuga, rutahizamu wa APR FC, Cheick Djibril Ouattara, agiye kugaruka mu kibuga. Byemejwe n’ubuyobozi bw’ikipe ko uyu mukinnyi yari amaze ukwezi arwariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe, aho yari ajengerejwe n’uburwayi bw’ibihaha byari byarajemo amazi. Ouattara yaherukaga gukina ku itariki ya 13 Nzeri 2025 ubwo APR FC yari - [Nottingham Forest iri hafi kubona umusimbura wa Ange Postecoglou](https://thedrum.rw/2025/10/20/nottingham-forest-iri-hafi-kubona-umusimbura-wa-ange-postecoglou/) - Nottingham Forest iri mu biganiro bya nyuma n'umutoza Sean Dyche ngo abe umutoza mukuru mushya w’iyo kipe, nyuma yo gusezerera Ange Postecoglou ku cyumweru, hashize iminota 17 gusa batsinzwe ibitego 3-0 na Chelsea mu mukino wa Premier League. Ibi bije mu gihe Forest iri ku mwanya wa 18 ku rutonde rwa shampiyona, ifite intsinzi imwe - [Byiringiro Lague yatangaje amagambo yashenguye abakeba](https://thedrum.rw/2025/10/20/byiringiro-lague-yatangaje-amagambo-yashenguye-abakeba/) - Ku cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, ikipe ya Police FC yakomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe mu rugendo rwa Shampiyona y’u Rwanda, itsinda Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino wakiniwe kuri Kigali Pelé Stadium. Iki gitego cy’intsinzi cyatsinzwe na Ndayishimiye Dieudonné Nzotanga ku munota wa 77 w’umukino, gikomeza gushyira Police FC ku mwanya wa mbere n’amanota - [APR FC ku kubabarira abarimo Mamadou Sy na Seidu Yussif Dauda](https://thedrum.rw/2025/10/20/apr-fc-ku-kubabarira-abarimo-mamadou-sy-na-seidu-yussif-dauda/) - Umutoza mukuru wa APR FC, Taleb Abderrahim, yatangaje ko abakinnyi be babiri, Mamadou Sy na Seidu Yussif Dauda, bahawe imbabazi nyuma yo guhanwa kubera imyitwarire idahwitse bagaragaje ubwo bari mu mwiherero w’ikipe mu Misiri. Tariki ya 10 Ukwakira 2025, ni bwo ubuyobozi bwa APR FC bwashyize hanze itangazo rihagarika by’agateganyo aba bakinnyi bombi mu gihe - [Hatangajwe icyerekezo gishya cya Nsabimana Aimable nyuma ya Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/10/20/hatangajwe-icyerekezo-gishya-cya-nsabimana-aimable-nyuma-ya-rayon-sports/) - Ku Cyumweru, tariki ya 19 Ukwakira 2025, ikipe ya Assabah Sports Club yo muri Libya yatangaje ko yamaze gusinyisha myugariro w’Umunyarwanda, Nsabimana Aimable, amasezerano y’umwaka umwe. Uyu ni umwe mu bakinnyi bari bamaze igihe mu rungabangabo mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, aho yari aherutse gutandukana na Rayon Sports ku mpamvu z’ubwumvikane buke. Nsabimana Aimable yerekeje - [Imigeri yavuzaga ubuhuha n'iby'akarenze umunwa w’uwaciye muri siporo –Ibyaranze icyumweru](https://thedrum.rw/2025/10/20/imigeri-yavuzaga-ubuhuha-i-nyarugenge-naho-akarenze-umunwa-wuwaciye-muri-siporo-kamubera-ingorabahizi-mu-kugahamagara-ibyaranze-icyumweru/) - The Drum iguhaye ikaze mu makuru muri gahunda yayo y’amakuru yaranze icyumweru kiba cyatambutse ; reka amakuru yaranze icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Ukwakira 2025 tuyahere mu afite aho ahuriye n’imikino njyarugamba yaberaga mu Rwanda . Kigali ibipfunsi, amaraso n’imigeri y’injyanamuntu byavuzaga ubuhuha Muri izi mpera z’icyumweru Umujyi wa Kigali wakiriye imikino ya ½ - [Hatangajwe ingano y’amatike y’igikombe cy’isi cya 2026 amaze kugurwa !](https://thedrum.rw/2025/10/19/hatangajwe-ingano-yamatike-yigikombe-cyisi-cya-2026-amaze-kugurwa/) - Mu gihe amakipe 28 yamaze kubona itike ibajyana mu gikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kanada na Mexique, abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi hose batangiye kwerekana ko biteguye uko bitari bwigere bibaho. Nyuma y’ifungurwa rya gahunda y’igura rya mbere ryatangiye hagati muri Nzeri binyuze mu buryo bwiswe Visa Presale Draw, - [Harry Maguire atumye Manchester United ikuraho umukasiro yari ifite kuri Anifield](https://thedrum.rw/2025/10/19/harry-maguire-atumye-manchester-united-ikuraho-umukasiro-yari-ifite-kuri-anifield/) - IBYAVUYE MU MUKINO :Liverpool 1 - 2 Manchester United. Mu mukino waberaga kuri sitade ya Anfield kuri iki Cyumweru tariki 19 Ukwakira 2025, Manchester United yasanze iwabo Liverpool iyitsinda bitego 2-1 mu buryo bwatangaje benshi, bikaba byari ubwa mbere iyi kipe y’i Manchester itsindiye kuri Anfield kuva mu 2016. Harry Maguire, myugariro umaze igihe kinini - [Perezida wa CAF yigaramye ibyo kwinjira muri politike !](https://thedrum.rw/2025/10/19/perezida-wa-caf-yigaramye-ibyo-kwinjira-muri-politike/) - Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika(CAF), Patrice Tlhopane Motsepe yahakanye amakuru yavugaga ko ashaka kuzaba perezida wa Afurika y’Epfo. Ibyo bibaye nyuma y’aho mu ntangiriro z’uyu mwaka hari amakuru yavugaga ko uwo muherwe afite gahunda yo gusimbura Perezida Cyril Ramaphosa ku buyobozi bw’Ishyaka African National Congress (ANC) ndetse no kuba Perezida wa Afurika y’Epfo. INDI - [FUFA yisubiyeho ku cyemezo cyatumye Vipers SC yikura muri shampiyona](https://thedrum.rw/2025/10/19/fufa-yisubiyeho-ku-cyemezo-cyatumye-vipers-sc-yikura-muri-shampiyona/) - Ku munsi wejo ku wa Gatandatu, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA) ryatangaje ko ryahagaritse uburyo bushya bwo gukinamo shampiyona y’iki gihugu (Premier League), isubira ku buryo bwa kera bwari busanzwe. Ibi byemejwe nyuma y’inama yabereye ku cyicaro cya FUFA yahuje ubuyobozi bwa shampiyona, abahagarariye amakipe, n’ubuyobozi bwa FUFA ndetse amakipe 11 muri 16 yitabiriye - [Yanga yirukanye umutoza nyuma yo gutsindwa inshuro imwe gusa !](https://thedrum.rw/2025/10/19/yanga-yirukanye-umutoza-wayo-nyuma-yo-gutsindwa-inshuro-imwe-gusa/) - Yanga SC yo muri Tanzania, yatangaje ku mugaragaro ko yasezereye umutoza mukuru wayo , Romain Folz, nyuma y’igihe gito yari amaze ahawe izi nshingano. Uyu mutoza w’Umufaransa yahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma yo gutsindwa na Silver Strikers yo muri Malawi igitego 1-0 mu mikino y’amajonjora ya kabiri ya CAF Champions League, umukino wabereye kuri Bingu National - [Liverpool vs Man United : Amateka ,amakuru ahari ,abashora kubanzamo na Predictions](https://thedrum.rw/2025/10/19/liverpool-vs-man-united-amateka-amakuru-ahari-abashora-kubanzamo-na-predictions/) - Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, sitade ya Anfield irakira umukino utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ku isi – Liverpool yakira Manchester United mu mukino w’ishiraniro w’umunsi wa munani wa Premier League. Ni umukino w’umwihariko mu mateka ya ruhago y’u Bwongereza, kuko aya makipe - [Rwanda Premier League : Rayon Sports yakuyeho amapfa y’intsinzi , As Kigali yitwara neza](https://thedrum.rw/2025/10/19/rwanda-premier-league-rayon-sports-yakuyeho-amapfa-yintsinzi-na-as-kigali-yitwara-neza/) - Nyuma y’iminsi 35 itabona intsinzi, ikipe ya Rayon Sports yongeye gusubiza icyizere abafana bayo ubwo yatsindaga Rutsiro FC ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona wabereye kuri Kigali Stadium ku wa Gatandatu saa 18:30. Uyu mukino watangiye utungurana, kuko ku munota wa mbere gusa Tambwe Gloire yafunguye amazamu ku gitego cyiza yatsinze ku - [Nottingham Forest yirukanye umutoza nyuma y’iminota 18 atsinzwe na Chelsea](https://thedrum.rw/2025/10/18/nottingham-forest-yirukanye-umutoza-nyuma-yiminota-18-atsinzwe-na-chelsea/) - Nottingham Forest yirukanye Ange Postecoglou ku mwanya w’umutoza mukuru nyuma y’iminota 18 gusa itsinzwe na Chelsea ibitego 3-0, mu mukino wa Premier League wakinwe kuri Stade yayo ya City Ground. Uyu mwanzuro waje nyuma y’uko uyu Munya-Australia unafite amamuko mu Bugereki atsinzwe imikino itanu muri itandatu, kandi mu gihe cy’Iminsi 39 yari amaze atoza iyi - [AS Kigali irangamiye gusimbuza Shema Fabrice](https://thedrum.rw/2025/10/18/as-kigali-irangamiye-gusimbuza-shema-fabrice/) - Mu gihe habura amasaha make ngo haterane Inama y’Inteko Rusange y’Abanyamuryango ba AS Kigali, haravugwa byinshi ku bijyanye n’impinduka zitegerejwe muri iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali. Iyo nama iteganyijwe kuba ku Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025 guhera saa yine za mu gitondo, izabera ku cyicaro cy’Umujyi wa Kigali. Kimwe mu bintu by’ingenzi - [FERWAFA yemeje iby'amakipe abiri yivanye mu irushanwa ryayo !](https://thedrum.rw/2025/10/18/ferwafa-yavanye-amakipe-abiri-mu-irushanwa-ryayo/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryamanuye ku mugaragaro amakipe ya Nyagatare FC na Akagera FC mu cyiciro cya Gatatu, nyuma y’uko yose yikuye muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri y’umwaka w’imikino wa 2025/2026. Ibi byemezo byafashwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa Gatandatu, rigaragaza ko aya makipe yombi yarenze ku mabwiriza agenga - [OFFICIAL - Marc Guehi azava muri Crystal Palace umwaka utaha](https://thedrum.rw/2025/10/18/official-marc-guehi-azava-muri-crystal-palace-umwaka-utaha/) - Kapiteni w’ikipe ya Crystal Palace, Marc Guehi, yatangarije ubuyobozi bw’iyi kipe ko atazongera amasezerano mashya, ndetse ko yifuza kugerageza indi nzira mu mwuga we w’umupira w’amaguru, nk’uko byemejwe n’umutoza w’iyi kipe, Oliver Glasner. Uyu myugariro w’imyaka 25, ukinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, arimo kurangiza amasezerano ye azageza ku mpera z’uyu mwaka w’imikino ubundi agahita ava - [Handball : Police yakoreye amateka muri Maroc](https://thedrum.rw/2025/10/18/handball-police-yakoreye-amateka-muri-maroc/) - Ikipe ya Police Handball Club, ihagarariye u Rwanda mu irushanwa nyafurika ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo, yageze bwa mbere mu mateka yayo muri 1/4 cy’iryo rushanwa, nubwo yaje gusezererwa na FAP yo muri Cameroun. Iri rushanwa ryatangiye ku itariki ya 10 Ukwakira 2025, riri kubera mu Mujyi wa Casablanca muri Maroc, ku nshuro yaryo ya - [Umunyamabanga mushya wa APR FC yatangiye atanga umukoro ukomeye](https://thedrum.rw/2025/10/18/umunyamabanga-mushya-wa-apr-fc-yatangiye-akazi-ahiya-umukoro-ukomeye/) - Mu gihe shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wayo wa kane, ikipe ya APR FC yakiriye umunyamabanga mushya, Rtd Col Vincent Mugisha, watangiye inshingano ze ku mugaragaro asura ikipe mu myitozo yabereye i Shyorongi. Iyi myitozo yabaye kuri uyu wa Gatandatu, yabanjirije umukino ukomeye APR FC izahuramo na Mukura Victory Sports ku Cyumweru. Mu ruzinduko - [Uheruka kwirukanwa  muri Westham mu nzira zo gutoza Suwede !](https://thedrum.rw/2025/10/18/uheruka-kwirukanwa-muri-westham-mu-nzira-zo-gutoza-suwede/) - Uwahoze atoza ikipe ya West Ham yo mu Bwongereza, Graham Potter, ari mu biganiro byo kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Suwede. Uyu mugabo w’imyaka 50 y’amavuko, mu cyumweru gishize yatangaje ko afitiye urukundo rwinshi iki gihugu ndetse anifuza cyane kukibera umutoza mukuru. Inkuru yamenyekanye nyuma y’uko Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Suwede ryirukanye Jon Dahl - [INSIDER -Rwanda Premier League igiye gukinwamo n’amakipe yo muri Sudan](https://thedrum.rw/2025/10/18/insider-rwanda-premier-league-igiye-gukinwamo-namakipe-yo-muri-sudan/) - Mu gihe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda igeze ku munsi wayo wa kane, haravugwa impinduka zidasanzwe zitezwe kuyigaragaramo: amakipe abiri akomeye yo muri Sudani, ari yo Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani, yamaze kwemererwa gukina muri iyi Shampiyona. Aya makipe yombi, azwi cyane muri ruhago y’Afurika, yasabye ku mugaragaro kwitabira Shampiyona - [Amakipe yo muri Premier League yacitsemo ibice bigeze ku cyemezo cy’imikoreshereze y’imari](https://thedrum.rw/2025/10/17/amakipe-yo-muri-premier-league-yacitsemo-ibice-bigeze-ku-cyemezo-cyimikoreshereze-yimari/) - Mu gihe hasigaye ukwezi kumwe ngo haterane inama izafata icyemezo cy’itegeko rishya rigenga imikoreshereze y’amafaranga mu ikipe zo muri Premier League, amakipe arimo gucikamo ibice ku cyifuzo cyo gushyiraho imbago ku ngano y’imishahara, amafaranga y’abajyanama n’ayo kugura abakinnyi. Iki cyemezo kizwi nka “Top-to-Bottom Anchoring” (TBA), gisobanura ko amafaranga ikipe yemerewe gukoresha atagomba kurenga inshuro eshanu - [Kapiteni w'Amavubi yakomoje ku musaruro ugayitse bamaze iminsi babona](https://thedrum.rw/2025/10/17/kapiteni-wamavubi-yakomoje-ku-musaruro-ugayitse-bamaze-iminsi-babona/) - Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda(Amavubi), Bizimana Djihad, yavuze ko n’abakinnyi ubwabo baba badashimishijwe n’umusaroro ikipe ibona nyuma y’uko Abanyarwanda bashavujwe n’umusaruro w’ikipe yabo. Amavubi yabuze itiki mu buryo bw’inkurikirane haba kujya mu gikombe cya Afurika ndetse n’iyo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunzwe Ubumwe za Amerika, Canada ndetse na Mexico. Kapiteni - ["Ndicuza kuba ndi gukorana na Muhirwa Prosper" - Twagirayezu Thaddée yamennye!](https://thedrum.rw/2025/10/17/ndicuza-kuba-ndi-gukorana-na-muhirwa-prosper-twagirayezu-thaddee-yamennye/) - Mu gihe ibintu bitifashe neza muri Rayon Sports, Perezida wayo Twagirayezu Thaddée yagaragaje ko Inama y’Ubutegetsi idafite ububasha bwo kumweguza, anahishura ko yicuza icyemezo yafashe cyo gukorana na Muhirwa Prosper, Visi Perezida wa Mbere w’iyi kipe. Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda ku wa 17 Ukwakira 2025, aho yasobanuye byinshi ku bibazo biri - [Perezida Ramaphosa yashimiye Bafana Bafana iheruka gukubita agashyi Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/17/perezida-ramaphosa-yashimiye-bafana-bafana-iheruka-gukubita-agashyi-amavubi/) - Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ntiyatinze gutanga ubutumwa bw’ishimwe n’ishimwe ku bakinnyi n’abagize uruhare bose muri uru rugendo rugana muri Mexique, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada, aho Igikombe cy’Isi kizabera. Mu mukino utazibagirana wabaye mu cyumweru gishize, ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo, Bafana Bafana, yegukanye intsinzi y’agaciro itsinda u Rwanda ibitego 3-0, - [Volleyball : RRA VC iri kwiyubuka mu buryo bukomeye](https://thedrum.rw/2025/10/17/volleyball-rra-vc-iri-kwiyubuka-mu-buryo-bukomeye/) - Mu rwego rwo kwitegura neza shampiyona ya Volleyball y’umwaka wa 2025/26 izatangira ku wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira 2025, ikipe ya Rwanda Revenue Authority Volleyball Club (RRA VC) yamuritse abakinnyi bashya yaguze n’abandi basanzwe bongereye amasezerano. Mu muhango wabereye ku cyicaro cy’iyi kipe, Perezida wayo Uwitonze Jean Paulin yashimiye abakinnyi bashya n’abasubiye mu ikipe, - [Umurundi yahembwe nk’umukinnyi w’ukwezi muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/10/17/umurundi-yahambwe-nkumukinnyi-wukwezi-muri-rayon-sports/) - Mu birori byabereye ku kibuga cy’imyitozo cya Rayon Sports kiri mu Nzove, ikipe ya Rayon Sports ku bufatanye na Skol Brewery Ltd yashimiye abakinnyi bitwaye neza muri Nzeri , haba mu cyiciro cy’abagabo ndetse n’abagore. Iki gikorwa cyamaze kumenyerwa nk'umwanya wo guha agaciro imbaraga n'uruhare rw’abakinnyi mu mikino ya buri kwezi ya Murera, cyizwi ku - [Lamine Yamal ari mu bayoboye – urutonde rushya rw’abakinnyi binjiza agatubutse ku isi](https://thedrum.rw/2025/10/17/lamine-yamal-ari-mu-bayoboye-urutonde-rushya-rwabakinnyi-binjiza-agatubutse-ku-isi/) - Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, amaze gushyira izina rye mu mateka y’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi nyuma yo gushyirwa ku rutonde rw’abakinnyi 10 bahembwa amafaranga menshi ku isi rwatangajwe n’ikinyamakuru Forbes. Yamal w’imyaka 18 y’amavuko gusa, yashyizwe ku mwanya wa 10 kuri uru rutonde, aho bivugwa ko azinjiza agera kuri 62,141,665,000 Frw, - [Real Madrid mu ihurizo rikomeye mbere yo guhura na Barcelona](https://thedrum.rw/2025/10/16/real-madrid-mu-ihurizo-rikomeye-mbere-yo-guhura-na-barcelona/) - Mu gihe El Clásico [umukino hagati ya Real Madrid na FC Barclona] igihe gito ngo ibe, inkuru itari nziza yageze ku bakunzi ba Real Madrid: myugariro wabo ukiri muto, Dean Huijsen, aracyari mu mvune, bikaba biteye impungenge kuri Real Madrid mu gihe ikiruhuko cya FIFA kiri kugana ku musozo. Dean Huijsen yakomeretse mu kagombambari mu - [Afhamia Lotfi agomba gusubizwa mu nshingano - Muhirwa Prosper](https://thedrum.rw/2025/10/16/afhamia-lotfi-agomba-gusubizwa-mu-nshingano-muhirwa-prosper/) - Nyuma y’itangazo ryasohowe ku wa Mbere tariki 13 Ukwakira 2025, aho ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse umutoza wayo mukuru, Afhamia Lotfi, n’umwungiriza we wa kabiri, igashyira inshingano Haruna Ferouz wari umwungiriza wa mbere, byahise bitera impagarara mu buyobozi bw’iyi kipe. Amakuru yizewe agera kuri The DRUM yemeza ko Visi Perezida wa mbere wa - [Hakizimana Muhadjiri na Police FC bahanye gatanya !](https://thedrum.rw/2025/10/16/hakizimana-muhadjiri-na-police-fc-bahanye-gatanya/) - Nyuma y’imyaka ibiri akinira ikipe ya Police FC, Hakizimana Muhadjiri yamaze gutandukana n’iyi kipe y’abashinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, aho ubu yamaze kuba umukinnyi wigenga [free agent]. Uyu mukinnyi, wamenyekanye cyane mu Rwanda kubera impano ye n’ubuhanga bwe mu kibuga, yinjiye muri Police FC mu 2021, nyuma yo gutandukana n’andi makipe atandukanye arimo APR FC, - [Twasobanukiwe umuzi w’amakimbirane ari hagati ya perezida wa Rayon Sports na Afahmia Lotfi](https://thedrum.rw/2025/10/16/twasobanukiwe-inkomoko-yamakimbirane-ari-hagati-ya-perezida-wa-rayon-sports-na-afahmia-lotfi/) - Umujyanama w’Umutoza Afahmia Lotfi, Habimana Hussein yatangaje ko kutumvikana kuri hagati y’uyu mutoza na perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, rushingiye ku kuba ngo yaranze kwitsindisha. Rayon Sports binyuze ku muyobozi wayo iherutse gutangaza ko yahagaritse Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri, Azouz Lotfi, kubera umusaruro muke, dore ko uyu mutoza yasezerewe na Singida Black Stars - [Shema Fabrice yijeje abanyarwanda impinduka zifatika mu Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/16/shema-fabrice-yijeje-abanyarwanda-impinduka-zifatika-mu-amavubi/) - Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru, Amavubi, yasesekaye i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 16 Ukwakira 2025, ikubutse muri Afurika y’Epfo aho yari yitabiriye umukino wa nyuma wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni urugendo rwasojwe nabi nyuma yo gutsindwa ibitego 3-0 n’iki gihugu mu mukino usoza Itsinda C. Mu kiganiro cyihariye - [Twamenye amatariki Tour du Rwanda yo muri 2026 izaberaho ](https://thedrum.rw/2025/10/15/twamenye-amatariki-tour-du-rwanda-yo-muri-2026-izaberaho/) - Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Isiganwa Mpuzamahanga ry’Amagare rizenguruka u Rwanda, Tour du Rwanda 2026, rizaba guhera tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026. Ni inkuru yatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Ukwakira 2025, aho FERWACY yemeje ko n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) yamaze - [AMASHUSHO - Denis Omedi wa APR FC yeretse umunya-Algeria aho abera mubi mu gipfunsi!](https://thedrum.rw/2025/10/15/amashusho-denis-omedi-wa-apr-fc-yeretse-umunya-algeria-aho-abera-mubi-mu-gipfunsi/) - Ku munsi wejo ku wa Kabiri, tariki ya 14 Ukwakira 2025, habaye agashya mu mukino wahuje ikipe y’igihugu ya Uganda n’iya Algeria, umukino usoza itsinda G mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cya 2026. Muri uwo mukino, Denis Omedi ukinira APR FC ya hano mu Rwanda, yagaragaye mu gisa n’imirwano ikomeye n'umukinnyi w’ikipe - [Rutahizamu w’Amavubi yasinye muri Ethiopia](https://thedrum.rw/2025/10/15/rutahizamu-wamavubi-yasinye-muri-ethiopia/) - Rutahizamu w’Umunyarwanda ukina aca ku mpande, Sibomana Patrick Papy, yamaze gusinyira ikipe nshya ya Ethio Electric yo mu cyiciro cya mbere muri Ethiopia. Amasezerano yasinywe ku wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira 2025, ashimangira intambwe nshya uyu mukinnyi w’imyaka 29 aterye mu rugendo rwe rw’umupira w’amaguru. Papy yageze muri iyi kipe nyuma yo gutandukana na - [Abakinnyi ba APR FC bari basanzwe bafite imisatsi yihariye, bogoshe](https://thedrum.rw/2025/10/15/abakinnyi-ba-apr-fc-bari-basanzwe-bafite-imisatsi-yihariye-bogoshe/) - Bamwe mu bakinnyi b'ikipe ya APR FC bakomeje guteza urujijo n'impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yuko hasohotse amafoto abagaragaza bakuyeho imisatsi yihariye bari bafite . Amwe mu mafoto The DRUM yabonye ubwo iyi kipe yakoreraga imyitozo kuri sitade Ikirenga i Shyorongi yo kwitegura umukino wa Shampiyona; abakinnnyi barimo myugariro Niyigena Clement ,Mamel Dao na - [Afurika y’Epfo yibukije Amavubi urwego rwayo](https://thedrum.rw/2025/10/14/afurika-yepfo-yibukije-amavubi-urwego-rwayo/) - Mu mukino usoza urugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026, ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahuye n’akaga gakomeye itsindwa ibitego 3-0 na Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ukwakira 2025. Saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo umukino watangiye, Amavubi agaragaza intege nke mu guhanahana no kubaka umukino wayo. Ku munota wa 5 gusa, - [Igihombo kuri FC Barcelona yitegura gukina na Real Madrid](https://thedrum.rw/2025/10/14/rutahizamu-wa-fc-barcelona-ashobora-gusiba-umukino-ifitanye-na-real-madrid/) - Rutahizamu w’Umunya-Pologne, Robert Lewandowski, ashobora kudakina umukino ukomeye wa El Clasico uzahuza Barcelona na Real Madrid tariki ya 26 Ukwakira, nyuma yo kugira imvune y’imitsi yo ku itako . Nk’uko byemejwe n’ikipe ya FC Barcelona ibinyujije mu itangazo yasohoye, Lewandowski yagize imvune ku kuguru kw’ibumoso, bikaba byitezwe ko atazagaragara mu kibuga mu gihe gishobora kugera - [EXCLUSIVE - Police FC yerekanye Manishimwe Djabel](https://thedrum.rw/2025/10/14/exclusive-police-fc-yerekanye-manishimwe-djabel/) - Nyuma y’igihe atagaragara mu kibuga , Manishimwe Djabel yongeye kubona ikipe, akaba ubu ari umukinnyi mushya wa Police FC, iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 wanyuze mu makipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarangije amasezerano ye n’ikipe ya Naft Al-Wasat yo muri - [Umunyamahirwe yatsindiye hafi Miliyoni y’Amanyarwanda muri Fortebet](https://thedrum.rw/2025/10/14/umunyamahirwe-yatsindiye-asaga-miliyoni-hamwe-na-fortebet/) - Mu bintu byafashwe igihe gito cyane ku wa 10 Ukwakira 2025, handitswe amateka atangaje ku isoko ry’imikino n’amahirwe. Umwe mu banyarwanda ntagi yatinye gufata icyemezo cyihuse ariko cyaranzwe no kwiyizera, cyatumye atsindira amafaranga agera ku 989,500 FRW nyuma yo gutega 50,000 FRW ku mikino itanu yatoranyije mu buryo buhambaye. Uyu munyamahirwe, utatangajwe amazina, yagaragaje ubushishozi - [Inkuru mbi mu Amavubi yitegura gucakirana na Afurika y’Epfo](https://thedrum.rw/2025/10/14/inkuru-mbi-mu-amavubi-yitegura-gucakirana-na-afurika-yepfo/) - Mu gihe ikipe y’igihugu Amavubi iri kwitegura gukina umukino wa nyuma mu itsinda C mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026, ibura rya myugariro Kavita Phanuel ryabaye inkuru y’ingenzi mu mwiherero kuri ubu. Uyu mukinnyi usanzwe ukinira Birmingham Legion muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ntiyagaragaye mu myitozo kuva Amavubi yagera muri Afurika - [Agezweho muri Rayon Sports : Inkubiri yageze kuri Lotfi na Aimable  ](https://thedrum.rw/2025/10/14/agezweho-muri-rayon-sports-inkubiri-yageze-kuri-lotfi-na-aimable/) - Ikipe ya Rayon Sports yongeye kuvugisha benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’itangazo ryo guhagarika umutoza mukuru Afahmia Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri, Azzouz Lotfi. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, Afahmia Lotfi agaragaye ku kibuga cy’imyitozo i Nzove ariko akangirwa gukoresha imyitozo nk’ibisanzwe. Amakuru yizewe avuga - [Rayon Sports ikomeje kurwana n’urwa Lotfi igiye gusinyisha undi murundi!](https://thedrum.rw/2025/10/13/rayon-sports-ikomeje-kurwana-nurwa-lotfi-igiye-gusinyisha-undi-murundi/) - Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kurwana no gutandukana n’umutoza wayo w’Umunya-Tunisiya, Afhamia Lotfi, amakuru aravuga ko yamaze kugera ku ntego yo kumvikana na Nshimirimana Ismail Pitchou, umukinnyi wo hagati w’Umurundi wamenyekanye cyane mu Rwanda. Pitchou, wakiniye Kiyovu Sports na APR FC, yari amaze igihe adafite ikipe nyuma yo gusoza amasezerano ye muri APR - [Mbappé yakomoje ku myitwarire itavugwaho rumwe ya Lamine Yamal](https://thedrum.rw/2025/10/13/mbappe-yakomoje-ku-myitwarire-itavugwaho-rumwe-ya-lamine-yamal/) - Kylian Mbappé yagaragaje ko abantu bakwiye kureba ibyo Lamine Yamal akora mu kibuga kurusha kujya kureba ibindi byo hanze y’ibuga nyuma y’uko uyu Munya-Esipanye akomeje kugarukwaho mu itangazamakuru. Yamal amaze igihe ari kumwe n’umukunzi we Nicki Nicole ndetse hagiye hanze amafoto menshi bari kumwe anayashyira ku mbuga nkoranyamba ze ni mu gihe atigeze ajyana n’ikipe - [Amakipe yose yamaze kubona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/10/13/amakipe-yose-yamaze-kubona-itike-yigikombe-cyisi-cya-2026/) - Amakipe menshi akomeje urugamba rukomeye rwo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cya 2026, mu gihe andi yamaze gukatisha itike . Iki gikombe kizabera ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada, kizitabirwa n’amakipe 48, bikaba byaratumye amahirwe yo kukitabira yiyongera ku bihugu byinshi. Kugeza ubu, amakipe 21 niyo yamaze kubona - [William Togui wa APR FC yihanganishe abanyarwanda !](https://thedrum.rw/2025/10/13/william-togui-wa-apr-fc-yihanganishe-abanyarwanda/) - Rutahizamu wa APR FC ukomoka muri Côte d’Ivoire, William Togui Mel, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi i Kigali. Ni igikorwa cyakozwe mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu kwibuka amateka akomeye yaranze igihugu, ndetse no gusobanukirwa n’ingaruka z’ivangura n’urwango rwabibwe mu gihe cya Jenoside. Mu mashusho yashyizwe ahagaragara n’iyi kipe, Togui Mel - [Shema Fabrice yitsije ku iterambere ry’abato nk’igisubizo ku Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/13/shema-fabrice-yitsije-ku-iterambere-ryabato-nkigisubizo-ku-amavubi/) - Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bwana Shema Fabrice, yatangaje ko gutsindwa kw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bidakwiye gufatwa nk’iherezo, ahubwo nk’isomo rihamagarira impinduka z’igihe kirekire. Ibi yabivuze mu gihe Amavubi ari muri Afurika y’Epfo aho agiye gukina umukino wa nyuma wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 mu itsinda C. Mu kiganiro yagiranye - [Twamenye ugomba kuyobora ‘Ijabo Ryawe Rwanda’ mu myaka itanu iri mbere](https://thedrum.rw/2025/10/12/twamenye-ugomba-kuyobora-ijabo-ryawe-rwanda-mu-myaka-itanu-iri-mbere/) - Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Hilltop Hotel habereye Inteko Rusange idasanzwe y’Ihuriro ry’Amarerero yigisha abana gukina umupira w’amaguru, “Ijabo Ryawe Rwanda”, aho hanatorewemo Komite Nyobozi nshya. Uwari utegerejwe n’abatari bake mu matora y’uyu munsi, Sheikh Habimana Hamdan, yongeye kugirirwa icyizere, atorwa nk’umuyobozi mukuru w’iri huriro ku bwiganze bw’amajwi 100%, aho yari - [Amavubi yatsindiwe imbere ya Perezida n’ikibazo cya Ka-Boy  :  Ibyaranze icyumweru muri siporo](https://thedrum.rw/2025/10/13/amavubi-yakubitiwe-imbere-ya-perezida-nikibazo-cya-ka-boy-ibyaranze-icyumweru-muri-siporo/) - The Drum ,tubahaye ikaze muri gahunda yacu nshya y’amakuru yaranze icyumweru mu isi y’imikino haba mu Rwanda ,ku mugabane w’Afurika ndetse no ku mugabane w’u Burayi . Gutsindwa kw’amavubi Aya makuru yaranze iki cyumweru cyatangiye tariki ya 6 Ukwakira 2025 reka tuyahere ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakinaga umukino wo kwishyura wo gushaka itike - [Volleyball:Group Scolaire Marie Mercie yatangiye neza muri Shampiyona y’abato](https://thedrum.rw/2025/10/12/volleyballgroup-scolaire-marie-mercie-yatangiye-neza-muri-shampiyona-yabato/) - Shampiyona y’igihugu y’abato mu mukino wa Volleyball yatangijwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, ibera i Kabgayi mu Karere ka Muhanga. Umukino wafunguye iri rushanwa wahuje ikipe ya Group Scolaire Marie Mercie yo mu Karere ka Nyaruguru n’iya Saint-Joseph Kabgayi. Nubwo iseti ya mbere yari igoranye, ikipe ya Saint-Joseph yaje kuyitsinda - [Ibigezweho kuri gahunda yo guhagarika Israel muri ruhago](https://thedrum.rw/2025/10/12/ibigezweho-kuri-gahunda-yo-guhagarika-israel-muri-ruhago/) - Amajwi ari gusaba ko Israel ihagarikwa mu marushanwa ya ruhago yo ku mugabane w’u Burayi yongeye kuzamuka nyuma y’umunsi umwe amasezerano yo guhagarika imirwano muri Gaza ashyizwe mu bikorwa, mu gihe ikipe y’Igihugu ya Israel yongeye gukina mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi. Itsinda riharanira uburenganzira bwa muntu ryitwa ‘Game Over Israel’ kuri uyu - [Amakipe ya Polisi yitwaye neza muri Medwell Pre-Season Volleyball Tournament 2025](https://thedrum.rw/2025/10/12/amakipe-ya-polisi-yitwaye-neza-muri-medwell-pre-season-volleyball-tournament-2025/) - Ikipe ya Police VC mu bagabo na Police WVC mu bagore nizo zegukanye ibikombe by’Irushanwa rya Medwell Pre-Season Volleyball Tournament 2025, ryasojwe ku wa Gatandatu tariki ya 11 Ukwakira 2025 kuri Petit Stade i Remera. Iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda, ryari rigamije gufasha ayo makipe kwitegura Shampiyona y’umwaka w’imikino - [Nyuma yo gusiba shampiyona y’isi;Mugisha Moïse yongeye gufatwa n’uburwayi](https://thedrum.rw/2025/10/12/nyuma-yo-gusiba-shampiyona-yisimugisha-moise-yongeye-gufatwa-nuburwayi/) - Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Moïse, yongeye kujyanwa mu bitaro nyuma yo kugira isereri akitura hasi, nubwo hari hashize iminsi mike abazwe amenyo yari amaze igihe amubabaza. Ubu burwayi bwamuteje ibibazo bikomeye byatumye atitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali, ndetse n’irindi siganwa rya Kirehe Race ryatangiye muri mpera z’iki cyumweru. Muri Shampiyona y’Isi y’Amagare - [Julian Nagelsmann yifatiye ku gahanga abacyerensa urwego rwa Florian Writz](https://thedrum.rw/2025/10/12/julian-nagelsmann-yifatiye-ku-gahanga-abacyerensa-urwego-rwa-florian-writz-muri-liverpool/) - Nyuma y’ibyumweru bitari bike by’igitutu ku mukinnyi w’imyaka 22 w’Umudage, Florian Wirtz, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Budage, Julian Nagelsmann, yavuze ko ibihe bikomeye ari kunyuramo muri Liverpool bituruka ku bintu bidaturuka ku bushobozi bwe. Uyu musore washimangiye ubushobozi bwe ubwo yafashaga Bayer Leverkusen kwegukana igikombe cya Bundesliga bwa mbere mu mateka y’iyo kipe muri 2024, - [AMAFOTO - Rwanda Premier League yanonosoye iby’imitangire y’ibihembo by’abitwaye neza](https://thedrum.rw/2025/10/12/amafoto-rwanda-premier-league-yanonosoye-ibyimitangire-yibihembo-byabitwaye-neza/) - Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, ku cyicaro cya FERWAFA, habereye inama idasanzwe yahuje ubuyobozi bwa Rwanda Premier League n’akanama nkemurampaka kazajya gatoranya abahize abandi muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu byiciro bitandukanye. Intego nyamukuru y’iyi nama kwari ugushimangira umucyo n’ubutabera mu gutoranya izi ndashyikirwa, hanagaragazwa uburyo ibihembo bigiye gushyirwaho bizafasha - [Kirehe Race 2025: Umunye-Esipanye yatangiye yanikira bagenzi be](https://thedrum.rw/2025/10/11/kirehe-race-2025-umunye-esipanye-yatangiye-yanikira-bagenzi-be/) - Isiganwa ngarukamwaka rya Kirehe Race ryatangiranye isura nshya n'umuvuduko udasanzwe, ubwo Alejandro Gainza Rodríguez, Umunya-Espagne ukinira Ikipe ya May Stars, yegukanaga intsinzi y'umunsi wa mbere mu cyiciro cy’abakuru n’abatarengeje imyaka 23. Mu bagore, Nyirarukundo Claudette wa Team Amani yigaragaje mu buryo budasanzwe, yegukana umwanya wa mbere. Iri siganwa riri gutegurwa n’Akarere ka Kirehe ku bufatanye - [Bruno Fernandez yavuze kubyo kwerekeza muri Saudi Arabia  ](https://thedrum.rw/2025/10/11/bruno-fernandez-yavuze-kubyo-kwerekeza-muri-saudi-arabia/) - Mu gihe inkuru zinyuranye zakomeje kuvugwa mu itangazamakuru mpuzamahanga zivuga ku buryo bushoboka ko Bruno Fernandes yajya gukinira amakipe yo muri Saudi Arabia, uyu kapiteni wa Manchester United yavuze ko ibyo ari inzozi zitashoboka. Fernandes, umaze imyaka amaze igihe ari umwe mu nkingi za mwamba muri Manchester United, yagize uruhare rukomeye mu gukura ikipe ye - [Nyuma yo gukubitwa icy’ingusho na Benin, Amavubi yerekeje muri Afurika y’Epfo](https://thedrum.rw/2025/10/11/nyuma-yo-gukubitwa-icyingusho-na-benin-amavubi-yerekeje-muri-afurika-yepfo/) - Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Ukwakira 2025, yahagurutse ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe saa 10:30 za mu gitondo, yerekeza i Johannesburg muri Afurika y’Epfo aho igiye gukina umukino usoza itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Urugendo rw’amasaha 3 n’iminota 50 rurangira saa - [Myugariro wa Liverpool yavuye mu ikipe y’igihugu cye igitaraganya !](https://thedrum.rw/2025/10/11/myugariro-wa-liverpool-yavuye-mu-ikipe-yigihugu-cye-igitaraganya/) - Ibrahima Konate, myugariro w’ikipe ya Liverpool, yavuye mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa igitaraganya kubera imvune yo ku kibero cy’ukuguru kw’iburyo. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yavunitse mu mukino Liverpool yatsinzwemo na Chelsea ibitego 2-1 ku wa Gatandatu ushize, aho yasimbuwe hakiri kare cyane. Nyuma y’uwo mukino, umutoza Arne Slot yagaragaje impungenge z’uko imvune ye ishobora kuba - [Amrouche ati ‘mugomba kwibwiza ukuri’; Minisitiri Mukazayire ati ‘nta kuva mu ngamba'](https://thedrum.rw/2025/10/11/ibisigisigi-byumukino-amrouche-ati-mugomba-kwibwiza-ukuri-minisitiri-mukazayire-ati-nta-kuva-mu-ngamba/) - Nyuma yo gutsindwa na Bénin igitego 1-0 mu mukino wo guhatanira itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, umutoza mukuru w’Amavubi, Adel Amrouche, yagaragaje impamvu zifatika zikwiye gutuma u Rwanda rwisuzuma mu bijyanye n’iterambere rya ruhago yarwo. Uyu mutoza ukomoka muri Algérie, wanatoje amakipe menshi y’ibihugu muri Afurika, yavuze ko nta terambere ryashoboka mu gihe hakiri ibinyoma - [FIFA W.C 2026 Q : Amakipe arimo Benin yateye intambwe iyaganisha ku kubona itike  ](https://thedrum.rw/2025/10/11/fifa-world-cup-2026-qualifiers-amakipe-arimo-benin-yateye-intambwe-iyaganisha-ku-kubona-itike/) - Mu gihe hasozwaga umunsi wa 9 w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 ku mugabane wa Afurika, amakipe nka Senegal, Côte d’Ivoire na Benin yakomeje gusatira itike iberekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique. Ikipe y’igihugu ya Benin yitwaye neza mu mukino yatsinzemo u Rwanda 1-0 i Kigali, gitego cyatsinzwe na - [Arsenal yahaniwe amakosa yakoreye ku mukino wa Manchester United](https://thedrum.rw/2025/10/10/arsenal-yahaniwe-amakosa-yakoreye-ku-mukino-wa-manchester-united/) - Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yahanishijwe ihazabu ingana na £500,000 nyuma yo guhamwa n'ikosa ryo kutubahiriza amabwiriza y’irushanwa rya FA Cup mu mukino wayihuje na Manchester United muri Mutarama uyu mwaka. Iki kibazo cyari gishingiye ku mubare w’amatike agenewe abafana b’ikipe yasuye, Manchester United, mu mukino wabereye kuri Emirates Stadium. Nk’uko amategeko y’irushanwa abiteganya, - [Anthony Taylor yasabye abafana kudafata umusifuzi nk’utagomba kwibeshya](https://thedrum.rw/2025/10/10/anthony-taylor-yasabye-abafana-kudafata-umusifuzi-nkutagomba-kwibeshya/) - Umusifuzi w’imyaka 46 muri Premier League, Anthony Taylor yongeye kuvuga ku kibazo kimaze gufata indi ntera:kirimo ihohoterwa n’agasuzuguro abasifuzi bahura nako, haba ku kibuga no hanze yacyo. Mu kiganiro yagiranye na BBC , Taylor yavuze ko imyumvire y’uko umusifuzi agomba kuba ntamakemwa ihinduka umutwaro ukomeye ku buzima bwabo bwa buri munsi. Uyu musifuzi umaze imyaka - [Amikoro yatumye Nyagatare FC isezera mu cyiciro cya kabiri](https://thedrum.rw/2025/10/10/amikoro-yatumye-nyagatare-fc-isezera-mu-cyiciro-cya-kabiri/) - Mu ibaruwa ifunguye yandikiwe Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku itariki ya 9 Ukwakira 2025, ikipe y’abagabo ya Nyagatare Football Club yatangaje ko itazitabira shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. Muri iyi baruwa yashyizweho umukono na Perezida w’iyo kipe, Bwana Magezi Bonny hasobanurwamo ko icyemezo cyo kwikura muri iryo rushanwa - [APR FC yafatiye ibihano bikomeye Mamadou Sy na Dauda Yussif](https://thedrum.rw/2025/10/10/apr-fc-yafatiye-ibihano-bikomeye-mamadou-sy-na-dauda-yussif/) - Nyuma y’urugendo rutari rworoshye i Cairo mu Misiri, aho APR FC yaherukaga gukina n’ikipe ya Pyramids FC mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions League, Ubuyobozi bw’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu bwafashe umwanzuro ukomeye ku bakinnyi bayo babiri bitwaye mu buryo budahwitse. Ubuyobozi bwa APR FC busobanura ko imyitwarire mibi yagaragajwe n’abakinnyi barimo Sy Mamadou na - [AMASHUSHO _ Eric Nshimiyimana yahamije ko Amavubi yiteguye](https://thedrum.rw/2025/10/10/amashusho-_-eric-nshimiyimana-yahamije-ko-amavubi-yiteguye/) - Umutoza wungirije w'ikipe y'igihugu Amavubi ,Eric Nshimiyimana yatangaje ko biteguye gukora ibishoboka byose ngo ikipe yitware neza ku mukino bafitanye na Benin mu rugendo rwo gushaka itike y'igikombe cy'isi kigomba kubera muri Canada ,Mexico na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika. Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wacu nyuma y'imyitozo ibanziriza umukino yabereye kuri sitade Amahoro nk'ikibuga nyirizina kigomba - [Adel Amrouche yacyeje Mangwende mu buryo budasanzwe !](https://thedrum.rw/2025/10/10/adel-amrouche-yacyeje-mangwende-mu-buryo-budasanzwe/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Adel Amrouche, yatangaje amagambo akomeye ashimangira urwego rutangaje rw'umukinnyi Imanishimwe Emmanuel Mangwende, avuga ko nubwo yaba afite akaguru kamwe, amurutira abakinnyi bose bakina ku ruhande rw’ibumoso mu Amavubi. Aya magambo yayatangarije itangazamakuru mbere y'umukino w’ingenzi Amavubi agomba gukina na Benin kuri uyu munsi tariki 10 Ukwakira 2025 kuri Stade Amahoro saa - [Imvune ya Cole Palmer ikomeje kuba mbi cyane](https://thedrum.rw/2025/10/09/imvune-ya-cole-palmer-ikomeje-kuba-mbi-cyane/) - Umukinnyi w’ikipe ya Chelsea, Cole Palmer, ari gukomeza kugorwa n’imvune yo mu rukenyerero (groin) yagize, bikaba biteganyijwe ko azamara ibindi byumweru byinshi adakandagira mu kibuga, bityo bikagabanya amahirwe yo kumubona mbere y’ Ugushyingo. Palmer amaze imikino itatu adakina — harimo uwo Chelsea yakinnye na Brighton, Benfica ndetse na Liverpool — nyuma yo gukurwa mu kibuga - [Umukinnyi wa Togo ntazongera kunyeganyega – Byagenze bite ?](https://thedrum.rw/2025/10/09/umukinnyi-wa-togo-ntazongera-kunyeganyega-byagenze-bite/) - Samuel Asamoah, umukinnyi wo hagati mu ikipe y’igihugu ya Togo ndetse n’ikipe ya Guangxi Pingguo yo mu cyiciro cya kabiri mu Bushinwa, yagize impanuka ikomeye kuri iki cyumweru ishobora kumusigira ubumuga bukomeye . Uyu mukinnyi w’imyaka 31 yakomeretse ubwo yakubitaga umutwe ku cyapa cyamamaza kiri ku nkengero z’ikibuga, nyuma yo gusunikwa n'umukinnyi wo mu ikipe - [Umweyo muri Murera – Lotfi mu muryango usohoka, ayo kumwishyura n’ikibazo ndetse n’umusimbura we!](https://thedrum.rw/2025/10/09/umweyo-muri-murera-lotfi-mu-muryango-usohoka-ayo-kumwishura-nikibazo-ndetse-numusimbura-we/) - Rayon Sports iri mu biganiro byo gutandukana n’umutoza wayo mukuru, Afhamia Lotfi, nyuma y’umusaruro udahagije ikipe ikomeje kugaragaza. Ibi byaje nyuma y’imikino ine ikipe yari imaze gukina idatsinda, aho yatsinzwemo kabiri, inganya umukino umwe, inatsinda umwe gusa. Amasezerano y’umutoza Afhamia Lotfi avuga ko mu gihe ikipe yifuza kumurekura mbere y’igihe, igomba kumwishyura amafaranga y’amezi atatu, - [Amavubi vs Bénin : Imibare n'Amahirwe ahari n’icyo umukino usobanuye](https://thedrum.rw/2025/10/08/amavubi-vs-benin-imibare-amahirwe-ahari-ndetse-nicyo-umukino-usobanuye/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, iramanuka mu kibuga kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025 kuri Sitade Amahoro, aho iracakirana n’ikipe ya Bénin mu mukino ukomeye wo mu itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico. Uyu mukino uteganyijwe gutangira saa kumi - [INSIDER – APR FC yashyizeho umunyambanga mushya](https://thedrum.rw/2025/10/09/insider-apr-fc-yashyizeho-umunyambanga-mushya/) - Nyuma y’igihe ikipe ya APR FC itandukanye n’uwari umunyamabanga wayo, Rtd Lt Col Alphonse Muyango, amakuru mashya yizewe aremeza ko hashyizweho umusimbura we ku mugaragaro. Uwo nta wundi ni Rtd Col Vincent Mugisha, umusirikare wigeze no kuyobora inzego zitandukanye mu Ngabo z’u Rwanda, cyane cyane urwego rushinzwe guhuza abasivile n’abasirikare. APR FC, nk’ikipe ikomeye kandi - [Mugomba gutsinda Benin kubw’isura y’igihugu – Perezida Shema Fabrice](https://thedrum.rw/2025/10/09/mugomba-gutsinda-benin-kubwisura-yigihugu-perezida-shema-fabrice/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] Shema Ngoga Fabrice yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi kwitara neza ku mukino ibiri bagomba guhuramo na Benin ndetse na Afurika Y’Epfo mu rugendo rwo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi cya 2026 . Ibi Shema Fabrice yabitangaje mu masaha yo ku mugorabo wo ku munsi wejo - [Adrien Rabiot wa AC Milan ari kurebana ay’ingwe na Serie A - Byagenze bite?](https://thedrum.rw/2025/10/08/adrien-rabiot-wa-ac-milan-ari-kurebana-ayingwe-na-serie-a-byagenze-bite/) - Mu gihe ubuyobozi bwa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Butaliyani [Serie A] buteganya gukinira imikino imwe hanze y’u Butaliyani, Adrien Rabiot, umukinnyi mpuzamahanga w’u Bufaransa ukinira AC Milan, ntabyumva kimwe n’aba bayobozi. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Figaro, Rabiot yavuze ko gahunda yo gukinira umukino uzahuza AC Milan na Como i Perth muri Australia ari - [AMAFOTO - Police FC yatangije gahunda yo kuzamura abato](https://thedrum.rw/2025/10/08/amafoto-police-fc-yatangije-gahunda-yo-kuzamura-abato/) - Kuri Stade ya Kigali Pelé habereye igikorwa cyari kigamije gutoranya abana bazubakirwaho ikipe y’abato ya Police FC, nk’uko gahunda nshya y’iyi kipe ibiteganya. Iki gikorwa cyari cyari giteguwe mu buryo abatoza b’iyi kipe hamwe n’abazatoza ingimbi bakoreshaga ubushishozi n’ubunyamwuga bwabo basanganywe mu guhitamo impano nshya z’umupira w’amaguru. Abana basaga 200 baturutse hirya no hino mu - [Abanyarwanda barimo Shema Fabrice bahawe inshingano nshya muri FIFA](https://thedrum.rw/2025/10/08/abanyarwanda-barimo-shema-fabrice-bahawe-inshingano-nshya-imirimo-mishya-muri-fifa/) - Ku munsi wejo hatanzwe inshingano nshya ku banyamuryango batandukanye baturuka ku mugabane wa Afurika, bazakorana na FIFA mu nzego zitandukanye. Inkuru nziza ku Rwanda, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, ari mu bahawe inshingano, yemezwa nk’umwe mu bagize Akanama ka FIFA gashinzwe kurwanya irondaruhu n’ivangura. Ibi bibaye nyuma y’Inama y’Inteko Rusange ya - [Arsenal ishobora kwimukira kuri sitade ya Wembley – Dore impamvu!](https://thedrum.rw/2025/10/08/arsenal-ishobora-kwimukira-kuri-sitade-ya-wembley-dore-impamvu/) - Arsenal FC, yatangiye ibiganiro by’imbere mu ikipe bigamije kureba uburyo yakwagura Stade yayo ya Emirates kugira ngo yongere imyanya y’abafana. Ibi biganiro bikiri mu ntangiriro yabyo, nta cyemezo gifatika kirafatwa ku buryo bizakorwa, ariko hari amahirwe ko bashobora gukina imikino ya shampiyona cyangwa iy’i Burayi kuri Wembley mu gihe ibikorwa by’ubwubatsi byaba bitangiye. Ubusanzwe Emirates - [Rutahizamu wa Marines FC yasimbujwe Joy-Lance Mickels mu Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/08/rutahizamu-wa-marines-fc-yasimbujwe-joy-lance-mickels-mu-amavubi/) - Ku wa Kabiri, tariki ya 7 Ukwakira 2025, ikipe ya Marines FC yatangaje ko rutahizamu wayo, Mbonyumwami Taiba, yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi, asimbuye Joy-Lance Mickels wagize imvune y’imbavu itamwemerera gukina. Joy-Lance Mickels, ukinira ikipe ya Sabah FK yo muri Azerbaijan, yari aherutse guhamagarwa bwa mbere mu Mavubi kugira ngo azayifashe mu mikino y’umunsi wa - [AMAFOTO: Umuntu 1 mu bazaza kureba umukino w'Amavubi azatsindira Miliyoni](https://thedrum.rw/2025/10/07/amafoto-umuntu-1-mu-bazaza-kureba-umukino-wamavubi-azatsindira-miliyoni/) - Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda Amavubi, Ikomeje kwitegura umukino wa Benin mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026, Umukino uzaba kuri uyu wa Gatanu, Tariki ya 10 Ukwakira kuri Stade Amahoro. Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, ryasohoye Itangazo rigenewe abanyarwanda bose banabashishikarizwa kuza gushyikira ikipe y'Igihugu, Izaba ifite akazi katoroshye ko gushaka amanota 3 imbere ya - [AMAFOTO: Micheal Sarpong watakiye Rayon Sports yatereye ivi umukunzi we  ](https://thedrum.rw/2025/10/07/micheal-sarpong-watakiye-rayon-sports-yatereye-ivi-umukunzi-we/) - Michael Sarpong, wigeze kwatakira ikipe ya Rayon Sports , yashyize iherezo ku rugendo rw’ubusore ubwo yambikaga impeta umukunzi we w’Umunyamerika, Tierra Wright. Ni igikorwa cyaranzwe n’amarangamutima menshi, cyabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bombi basanzwe batuye. Ibi birori byabaye ibidasanzwe, byitabiriwe n’inshuti za hafi n’abagize imiryango yombi,mu rwego guhamya urukundo ruhamye ruri hagati - [INSIDER- David Raya yongeyereye amasezerano muri Arsenal](https://thedrum.rw/2025/10/07/insider-david-raya-yongeyereye-amasezerano-muri-arsenal/) - Umunyezamu w’ikipe ya Arsenal ndetse n’ikipe y’igihugu ya Espagne, David Raya biremezwa ko yamaze guhabwa amasezerano mashya akubiyemo ingingo yo kuzamurirwa umushahara, mu rwego rwo gushimangira uruhare rwe muri iyi kipe itozwa na Mikel Arteta. Nk’uko amakuru dukesha ikinyamakuru London Evening Standard abyemeza , impande zombi zatangiye kuganira kuri aya masezerano guhera mu ntangiriro z’iyi - [AMAFOTO:Mugisha Gilbert wa APR FC yateye indi ntambwe ikomeye mu buzima](https://thedrum.rw/2025/10/06/mugisha-gilbert-wa-apr-fc-yateye-indi-ntambwe-ikomeye-mu-buzima/) - Mababa w’ikipe ya APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi Mugisha Gilbert, yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we w’igihe kirekire, Mpinganzima Josephine, mu birori byuje urugwiro n’umunezero byabereye mu Mujyi wa Kigali ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025. Uyu muhango wabanjirijwe no gusaba no gukwa byabereye kuri Romantic Garden, ukomereza mu kiliziya ya Romantic Church aho aba - [Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi yasezeranye imbere y’amategeko](https://thedrum.rw/2025/10/07/rutahizamu-wikipe-yigihugu-amavubi-yasezeranye-imbere-yamategeko/) - Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi akaba anakinira ikipe ya ES Sétif yo muri Algérie, Biramahire Abeddy, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kagame Vanessa, nyuma y’imyaka irenga itanu bari mu rukundo rwashibutsemo urugo n’umwana w’imfura. Ku wa Mbere, tariki ya 6 Ukwakira 2025, ni bwo aba bombi bahuje isezerano imbere y’amategeko, bemeranya kubana nk’umugabo n’umugore, nk’uko biteganywa - [Camarade wayoboye muri Ferwafa yajuriye](https://thedrum.rw/2025/10/07/camarade-wayoboye-muri-ferwafa-yajuriye/) - Kalisa Adolphe wamenyekanye muri ruhago y'u Rwanda ku izina rya Camarade, wanabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo cyo kumufunga iminsi 30 y’agateganyo. Ni icyemezo cyafashwe ku wa 29 Nzeri 2025, nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumushinje ibyaha bibiri bikomeye birimo kunyereza umutungo no gukoresha inyandiko mpimbano. Nubwo Kalisa - [Ishimwe Kevin wa Marines FC yabuze umubyeyi we](https://thedrum.rw/2025/10/07/ishimwe-kevin-wa-marines-fc-yabuze-umubyeyi-we/) - Umukinnyi wa Marine FC Ishimwe Kevin ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha nyina umubyara mu buryo butunguranye . Amakuru The DRUM twamenye nuko nyakwigendera yitwa UWAMALIYA Therese akaba yari atuye mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali . Mu kiganiro twagiranye n’Imwe mu nshuti ya hafi y’uyu mukinnyi, Twamenye ko nyakwigendera yafashwe mu - [Umunyamahirwe yatsindiye arenga miliyoni 4 na Fortebet](https://thedrum.rw/2025/10/07/umunyamahirwe-yatunguye-abasesengura-imikino-atsindira-miliyoni-4-na-fortebet/) - Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 6 Ukwakira 2025, umwe mu banyamahirwe ba ForteBet yatangiye icyumweru neza, nyuma yo gutsindira miliyoni zisaga enye z’amanyarwanda, mu mikino y’amahirwe. Uyu munyamahirwe, utatangajwe amazina, yegukanye akayabo ka 4,874,958 Frw, nyuma yo gutega amafaranga make cyane ugereranyije n’ibyo yatsindiye ;aho yashese angana 16,460 Frw gusa. Igitangaje kurushaho, - [Muri Kaizer Chiefs bagarutse ku kibazo cya Ntwari Fiacre](https://thedrum.rw/2025/10/07/muri-kaizer-cheifs-bagarutse-ku-kibazo-cya-ntwari-fiacre/) - Umutoza w’umusigarire wa Kaizer Chiefs, Kaze Cedric ukomoka mu gihugu cy'U Burundi yatangaje ko ikibazo cya Ntwari Fiacre kizaganirwaho ndetse kigacyemurirwa imbere mu ikipe, ntigishyirwe mu itangazamakuru. Nku'uko tubicyesha ikinyamakuru cyo muri Afurika y'Epfo kitwa Sowetan Live, Ubwo yaganiraga n'itangazamakuru nyuma y'Umukino Kaze avuga kwanga kuva mu kibuga kwa Fiacre. Yavuze ati: “ Ndizera ko - [Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’abagore biravugwa ko yahagaritswe gukina kubera gukekwaho kugira ubugabo](https://thedrum.rw/2025/10/06/rutahizamu-wikipe-yigihugu-yabagore-biravugwa-ko-yahagaritswe-gukina-kubera-gukekwaho-kugira-ubugabo/) - Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru y’abagore,She- Amavubi, Jeannine Mukandayisenga uzwi nka Kaboyi biravugwa ko yahagaritswe by’agateganyo mu gukina umupira w’amaguru muri Tanzania nyuma yo gukekwaho kugira ubugabo. Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga Kaboy, yahagaritswe gukina umupira w'amaguru w'abagore muri icyo gihugu nyuma y'uko akomeje gucyekwa ko ashobora kuba afite igitsina gabo n'ubwo bitaremezwa n'inzego zizewe - [FIFA WC.Q-Bénin yahigiye kwitwara neza imbere y’Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/06/fifa-wc-q-benin-yahigiye-kwitwara-neza-imbere-yamavubi/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Bénin, Gernot Rohr, yahamagariye abakinnyi be gukomeza umurava no guharanira intsinzi, mu gihe basigaje imikino ibiri y’ingenzi mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri USA ,Canada na Mexique. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mbere y’umukino ukomeye bazahuramo n’Amavubi ku wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025 kuri Stade - [Rutahizamu Joy-Lance Mickels yemeje ko atazitabira ubutumire bw'Amavubi](https://thedrum.rw/2025/10/06/rutahizamu-joy-lance-mickels-yemeje-ko-atazitabira-ubutumire-bwamavubi/) - Rutahizamu wa Sabah FK, Joy-Lance Mickels amaze kwemeza ko atazitabira ubutumire bw’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, nyuma yo kuvunika mu mukino wa shampiyona ya Azerbaijan. Mickels wari warahamagawe ku nshuro ye ya mbere mu ikipe y'igihugu yashimangiye iby'aya makuru abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram ;aho yavuze ko bitewe n'imvune ikomeye yagize ku rubavu rwe - [Chairman wa APR FC yatereye agapira umutoza mukuru ku kibazo cy’abarimo Mamadou Sy na Dauda Yussif bahagaritswe!](https://thedrum.rw/2025/10/06/chairman-wa-apr-fc-yatereye-agapira-umutoza-mukuru-ku-kibazo-cyabarimo-mamadou-sy-na-dauda-yussif-bahagaritswe/) - Chairman w’Ikipe ya APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yatangaje ko abakinnyi Mamadou Sy na Dauda Yussif bahagaritswe ku mpamvu z’umutoza, anashimangira ko ari we wazasobanura impamvu y’iki cyemezo. Ibi byatangajwe nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaye mu bakinnyi bombi, bituma batakinnye umukino wo kwishyura wahuje APR FC na Pyramids FC ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira - [Uheruka guhamagarwa n’Amavubi ashobora kutazagaragara ku mukino wa Benin](https://thedrum.rw/2025/10/06/uheruka-guhamagarwa-namavubi-ashobora-kutazagaragara-ku-mukino-wa-benin/) - Rutahizamu wa Sabah FK, Joy-Lance Mickels, ashobora kutitabira ubutumire bw’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, nyuma yo kuvunika mu mukino wa shampiyona ya Azerbaijan. Mickels yavunikiye mu mukino wahuje Sabah FK na FK Karvan Evlakh, wabaye ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, aho Sabah yatsinze 2-0. Uyu mukino wari uw’umunsi wa Karindwi wa Shampiyona ya - [Imibare ya APR FC imbere ya Pyramids FC ya mbere muri Afurika ubu](https://thedrum.rw/2025/10/06/imibare-ya-apr-fc-imbere-ya-pyramids-fc-ya-mbere-muri-afurika-ubu/) - Iby’ingenzi kandi byihuse wamenya ku mibare yaranze cyane cyane, umukino w'ejo I Cairo, mbere yo kwinjira birambuye mu nkuru Ejo Pyramids Fc na APR FC bakinaga umukino wa 6 mu myaka itatu ishize yikurikinya muri CAF Champions League,Muri iyo mikino isize Pyramids itsinze ibitego 15 kuri 3 bya APR FC Mu mukino w'ejo Pyramids yahanahanye - [Abakinnyi b'Amavubi bakina hanze dore uko bazagenda baza mu Rwanda](https://thedrum.rw/2025/10/04/abakinnyi-bamavubi-bakina-hanze-dore-uko-bazagenda-baza-mu-rwanda/) - Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda Amavubi, Igiye gutangira kwitegura imikino 2 isigaye yo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026, Aho izabanza kwakira Tariki ya 10 Ukwakira, 2025 ikipe y'Igihugu ya Benin kuri Stade Amahoro I Remera, Umukino wundi uzabera muri Afurika y'Epfo u Rwanda rukina nicyo gihugu. Abakinnyi bose bari bahamagawe mbere bari 23, Ubu hongewemo - [Basketball  :Tigers BBC yatwaye Rwanda Cup ihigitse REG BBC](https://thedrum.rw/2025/10/04/basketball-tigers-bbc-yatwaye-rwanda-cup-ihigitse-reg-bbc/) - Mu mukino wabereye muri Petit Stade i Remera ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 3 Ukwakira 2025, ikipe ya Tigers BBC yatsinze REG BBC ku manota 83 kuri 77, yegukana igikombe cya Rwanda Cup ku nshuro ya mbere mu mateka yayo. Iri rushanwa ryabaye ku nshuro ya kabiri, ryagaragayemo ishyaka n’ubuhanga buhanitse byombi - [Chelsea vs Liverpool : Amakuru ahari ,amateka ,11 bashobora kubanzamo na Predictions  ](https://thedrum.rw/2025/10/04/chelsea-vs-liverpool-amakuru-ahari-amateka-11-bashobora-kubanzamo-na-predictions/) - Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ukwakira 2025, amaso ya benshi araba yerekeje kuri Stamford Bridge, aho Chelsea irakira Liverpool mu mukino witezweho byinshi—atari amanota atatu gusa, ahubwo n’icyerekezo cy’amakipe yombi mu rugamba rwo guhatanira shampiyona. Amakipe abiri afite ibibazo byinshi, ariko byose ntibigomba kubabera urwitwazo. Liverpool iyoboye urutonde rwa Premier League, imaze gutsindwa - [BREAKING - APR FC yitegura kwishyura Pyramids yageze mu Misiri](https://thedrum.rw/2025/10/03/breaking-apr-fc-yitegura-kwishyura-pyramids-yageze-mu-misiri/) - Nyuma yo gutsindirwa kuri Kigali Pele Stadium ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, ikipe ya APR FC yamaze kugera mu Misiri aho igiye gukina umukino wo kwishyura na Pyramids FC uzabera kuri 30 June Stadium ku Cyumweru tariki ya 5 Ukwakira 2025. APR FC yahagurutse i Kigali mu rukerera - [Vipers SC yemeje ko itazongera gukina shampiyona ya Uganda](https://thedrum.rw/2025/10/03/vipers-sc-yemeje-ko-itazongera-gukina-shampiyona-ya-uganda/) - Mu ibaruwa yasohotse ku itariki ya 2 Ukwakira 2025, Perezida w’ikipe ya Vipers Sports Club, Dr. Lawrence Mulindwa, yatangaje ko ikipe ye itazitabira shampiyona nshya yateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bugande [FUFA], ashinja iri shyirahamwe kutabaha agaciro, kubima igisubizo ku bibazo bari baragaragaje no gukoresha imvugo zisebanya . Vipers SC, iri mu makipe akomeye kandi - [Myugariro wa Police FC ashobora kongerwa mu Amavubi by’igitaraganya !](https://thedrum.rw/2025/10/03/myugariro-wa-police-fc-ashobora-kongerwa-mu-amavubi-byigitaraganya/) - Myugariro w’ibumoso wa Police FC, Ishimwe Christian, ashobora kwinjizwa mu bakinnyi b’Amavubi bari kwitegura imikino ikomeye yo mu itsinda C ry’ijonjora ry’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ibi bije nyuma y’uko umutoza mukuru Adel Amrouche ahamagaye urutonde rw’abakinnyi 23, ariko hagaragaramo umwe rukumbi ukina kuri uwo mwanya: Niyomugabo Claude usanzwe ari kapiteni wa APR FC. Amakuru ava - [Mwarabibonye ko abakinnyi mwabahangayikishije mu kibuga, na hariya birashoboka cyane — Brig Gen Rusanganwa](https://thedrum.rw/2025/10/03/mwarabibonye-ko-abakinnyi-mwabahangayikishije-mu-kibuga-na-hariya-birashoboka-cyane-brig-gen-rusanganwa/) - Mu gihe ikipe ya APR FC yitegura umukino wo kwishyura izahuramo na Pyramids FC yo mu Misiri, Chairman wayo, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje mu mukino ubanza wabereye i Kigali. Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 2 Ukwakira 2025, ubwo yasuraga abakinnyi i Shyorongi aho iyi - [UEFA Conference League : Crystal Palace na Fiorentina  zatangiye neza irushanwa !](https://thedrum.rw/2025/10/03/uefa-conference-league-crystal-palace-na-fiorentina-batangiye-neza-irushanwa/) - Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, amakipe atandukanye yo ku mugabane w’u Burayi yatangiye urugendo rushya muri UEFA Conference League y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26. Muri ayo makipe, Crystal Palace yo mu Bwongereza na Fiorentina yo mu Butaliyani nizo zagaragaje imbaraga n’ubushake budasanzwe bwo kwitwara neza mu buryo bwemeza . Crystal Palace yatsindiye Dynamo - [OFFICIAL: Izina na technology idasanzwe kuri Ballon izakoreshwa mu gikombe cy'Isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/10/03/official-izina-rya-ballon-na-technology-idasanzwe-kuri-izakoreshwa-mu-gikombe-cyisi-cya-2026/) - Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, ryatangaje izina rya Ballon izakoreshwa mu gikombe cy'Isi cya 2026, Kizabera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika na Canada n'Igihugu cya Mexico. FIFA yatangaje ko umupira uzakoreshwa mu gikombe cy'Isi cya 2026 witwa 'TRIONDA', Ni umupira wakozwe na Adidas ari nayo yatangije iki gikorwa cyo kwita izina ballon izakoreshwa - [Police FC yongeye gutuma ahazaza ha Rayon Sports  hakomeza kwibazwaho](https://thedrum.rw/2025/10/02/police-fc-yongeye-gutuma-ahazaza-ha-rayon-sports-hakomeza-kwibazwaho/) - Mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Ukwakira 2025 kuri Kigali Pelé Stadium, ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Police FC igitego 1-0, mu mukino utarabereye igihe. Uyu mukino watangiye saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, wagaragayemo imbaraga n'umuvuduko mwinshi cyane cyane ku ruhande rwa Police FC - [FIFA yaruciye irarumira bigeze ku ngingo yo guhana Israel](https://thedrum.rw/2025/10/02/fifa-yaruciye-irarumira-bigeze-ku-ngingo-yo-guhana-israel/) - Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yatangaje ko ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ridashinzwe gukemura ibibazo by’ubutegetsi n’intambara, mu gihe rikomeje gusabwa n’amahanga gufatira ibihano Isiraheli kubera ibikorwa byayo muri Gaza. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Ukwakira 2025, mu nama y’akanama ka FIFA yabereye ku cyicaro gikuru cyayo i Zurich mu Busuwisi. Nubwo - [Dore imbamutimaza Joy-Lance Mickels wahamagawe mu Amavubi ku nshuro ya mbere !](https://thedrum.rw/2025/10/02/dore-imbamutimaza-joy-lance-mickels-wahamagawe-mu-amavubi-ku-nshuro-ya-mbere/) - Joy-Lance Mickels ukinira Sabah yo muri Azerbaijan yagaragaje imbamutima ze nyuma yo guhamagarwa bwa mbere mu ikipe y'igihugu Amavubi iri kwitegura imikino ibiri ya nyuma yo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026. Aho yagize ati : “Nakwivuga nk'umuntu uhorana inyota yo kugera kure, wibanda cyane ku kugera ku ntego, kandi uhorana ubushake bwo kugeza ikipe - [APR FC izajya kwishyura Pyramids idafite umukinnyi wayo w’ingenzi !](https://thedrum.rw/2025/10/02/apr-fc-izajya-kwishyura-pyramids-idafite-umukinnyi-wayo-wingenzi/) - Tariki ya 5 Ukwakira 2025, ikipe ya APR FC izakina umukino wo kwishyura mu irushanwa rya CAF Champions League n’ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri, ariko izaba idafite umwe mu bakinnyi bayo ngenderwaho — Mugisha Gilbert. Uyu mukinnyi ukina mu busatirizi anyura ku mpande, wari wanabanjemo mu mukino ubanza wabaye tariki ya 2 Ukwakira - [AMASHUSHO _ Byiringiro Lague yemeje ko APR FC izakuramo Pyramids](https://thedrum.rw/2025/10/02/amashusho-_-byiringiro-lague-yemeje-ko-apr-fc-izakuramo-pyramids/) - Rutahizamu wa Police FC , Byiringiro Lague yatangaje ko APR FC ifite amahirwe menshi yo gukuramo Pyramids nubwo yayitsinze ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League . Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa The Drum ; Lague yemeje ko hari amahirwe y'uko APR FC yazakuramo Pyramids mu mukino wo kwishyura uzabera mu Misiri - [Kayonza : Abarebaga umukino APR FC yatsinzwemo na Pyramids bakubiswe n’inkuba](https://thedrum.rw/2025/10/02/kayonza-abarebaga-umukino-apr-fc-yatsinzwemo-na-pyramids-bakubiswe-ninkuba/) - Ku wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, mu Mudugudu wa Kabuye, Akagari ka Kabura, Umurenge wa Kabarondo, mu Karere ka Kayonza, inkuba yakubise abaturage 16 bari bateraniye mu rugo rw’umuturage bareba umukino wa CAF Champions League wahuzaga APR FC yo mu Rwanda na Pyramids FC yo mu Misiri. Iyi nkuba yakubise ahagana saa Cyenda - [Gonçalo Ramos yakoze mu ijisho Barcelona : Champions League yakomeje](https://thedrum.rw/2025/10/02/goncalo-ramos-yakoze-mu-ijisho-barcelona-champions-league-yakomezaga/) - Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, hakomezaga umunsi wa kabiri w’imikino ya Champions League, Paris Saint-Germain yatsinze igitego cya kabiri mu minota ya nyuma kiyifasha gutsinda FC Barcelona mu buryo bwatunguye benshi, Mu gihe Erling Haaland yujuje imikino 50 muri iri rushanwa atsinda ibitego bibiri. Borussia Dortmund nayo yongeye kwinjiza ibitego bine, bikomeza kwerekana - [Izina rishya mu bo Eric Nshimiyimana na bamwe mu bagize FERWAFA bahamagaye bazifashishwa n’Amavubi ! ](https://thedrum.rw/2025/10/02/izina-rishya-mu-bo-eric-nshimiyimana-na-bamwe-mu-bagize-ferwafa-bahamagaye-abazifashishwa-namavubi/) - Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 1 Ukwakira 2025, nibwo Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Adel Amrouche afatanyije n'abarimo umutoza wungirije Eric Nshimiyimana n’abantu b’imbere muri FERWAFA bashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 23 bazifashishwa mu mikino ibiri ikomeye yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico. Muri uru rutonde haragaragaramo - [Liverpool yatangaje indi nkingi ya mwamba yayo itazaboneka ku mukino wa Chelsea !](https://thedrum.rw/2025/10/01/liverpool-yatangaje-indi-nkingi-ya-mwamba-yayo-itazaboneka-ku-mukino-wa-chelsea/) - Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yemeje ko umunyezamu we, Alisson Becker, atazaboneka mu mukino ukomeye bazahuramo n’ikipe ya Chelsea ku wa Gatandatu, kubera imvune yakuye mu mukino wa UEFA Champions League baraye batsinzwemo na Galatasaray. Alisson, w’imyaka 32, yasimbuwe ku munota wa 56 na Giorgi Mamardashvili mu mukino Liverpool yatsindiwemo igitego 1-0 i Istanbul. Uyu - [Fiston Kalala Mayere yabaye inzozi mbi kuri APR FC ubwo yakubitwaga na Pyramids FC](https://thedrum.rw/2025/10/01/fiston-kalala-mayere-yabaye-inzozi-mbi-kuri-apr-fc-ubwo-yakubitwaga-na-pyramids-fc/) - Mu mukino w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League waberaga kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatandatu, ikipe ya APR FC yahuye n’akaga gakomeye imbere y’abafana bayo, itsindwa ibitego 2-0 na Pyramids FC yo mu Misiri. Iyi ntsinzi y’abanya- Misiri yaturutse ku mukinnyi umwe wagaragaje ubuhanga budasanzwe:uwo nta wundi ni Rutahizamu Fiston Kalala Mayele, ukomoka muri - [Agapari ke yari yashyizeho 1000 rwf cyonyine yatanze akayabo k’arenga miliyoni enye hamwe na Fortebet](https://thedrum.rw/2025/10/01/ipari-yashesweho-1000-rwf-cyonyine-yatanze-akayabo-karenga-miliyoni-enye-hamwe-na-fortebet/) - Ntibyari byoroshye, ariko amahirwe ntiyamutengushye. Umwe mu batega muri kampani ya Fortebet yigaragaje nk’umwe mu bafite icyerekezo n’ukwizera, nyuma yo gutsindira akayabo k’angana na 4,399,417RWF abikesha ipari yari yatezeho 1,000RWF gusa. Uyu munyamahirwe yateze ku mikino 17 itandukanye, guhera tariki ya 17 Nzeri 2025.Imikino ye ya nyuma yaje kumugora cyane mu gutegereza, ariko amaherezo asanga - [Ibiteye amacyenga ku musifuzi wasifuye APR FC na Pyramids FC](https://thedrum.rw/2025/10/01/ibiteye-amacyenga-ku-musifuzi-wasifuye-apr-fc-na-pyramids-fc/) - Umusifuzi w’imyaka 33 ukomoka muri Mauritania witwa Abdel Aziz Mohamed Bouh niwe ugiye gukiranura ikipe ya APR FC na Pyramids FC mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze muri CAF Champions League. Uyu mukino witezwe na benshi uratangira mu kanya ku isaha y’i saa munani z’amanywa kuri Kigali Pele Stadium ;ugiye guhuza aya makipe ku nshuro ya - [ UCL- Galatasaray yatunguye Liverpool, Kylian Mbappé aca agahigo anafasha Real Madrid gutsinda](https://thedrum.rw/2025/10/01/ucl-galatasaray-yatunguye-liverpool-kylian-mbappe-aca-agahigo-anafasha-real-madrid-gutsinda/) - Umunsi wa kabiri wa UEFA Champions League wasize byinshi bivugwa ku mugoroba wo ku wa Kabiri, aho amwe mu makipe akomeye yitwaraga neza, andi agatungurwa ku buryo butunguranye. Mu byaranze ijoro ry’iyo mikino harimo intsinzi itunguranye ya Galatasaray kuri Liverpool,na Kylian Mbappé wa Real Madrid wageze ku ntego ikomeye y’ibitego 60 muri UEFA Champions League. - [Amashirakinyoma ku kuba Robertinho agiye guhanisha Rayon Sports mu buryo bikomeye !](https://thedrum.rw/2025/10/01/amashirakinyoma-ku-kuba-robertinho-agiye-guhanisha-rayon-sports-mu-buryo-bikomeye/) - Ikipe ya Rayon Sports,biravugwa ko ishobora kuba igiye guhura n’ikibazo gikomeye gishobora kuyiviramo ibihano biturutse ku kutubahiriza amasezerano yagiranye n’uwari umutoza wayo, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi cyane nka Robertinho, ukomoka muri Brazil. Uyu mutoza w’imyaka 65 yahagaritswe ku wa 14 Mata 2025 n’ubuyobozi bwa Rayon Sports, icyo gihe ahagarikwanwa hamwe n’uwari umutoza w’abanyezamu - [Amateka , imikino iheruka kubahuza n’ubunararibonye bivuga iki kuri APR FC imbere ya Pyramids](https://thedrum.rw/2025/10/01/amateka-imikino-iheruka-kubahuza-nubunararibonye-bivuga-iki-kuri-apr-fc-imbere-ya-pyramids/) - Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Champions League, iracakirana na Pyramids FC yo mu Misiri, mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze uteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium saa munani z’amanywa. Ni umukino utegerejwe na benshi cyane, kuko APR FC imaze imyaka 8 - [Umunyarwandakazi yakoze amateka muri Lyon Half Marathon2025](https://thedrum.rw/2025/10/01/umunyarwandakazi-yakoze-amateka-muri-lyon-half-marathon2025/) - Niyonkuru Florence, umukinnyi w’umunyarwandakazi ukinira Sina Gérard Athletics Club yo mu Karere ka Rulindo, yongeye kwandika amateka akomeye mu mikino yo gusiganwa ku maguru, ubwo yegukanaga Umudali wa Zahabu mu isiganwa rya Lyon Half Marathon ryabereye mu Bufaransa ku munsi wejo, tariki ya 30 Nzeri 2025. Mu bakinnyi 2899 bitabiriye iri siganwa, Niyonkuru niwe witwaye - [AC Milan na Inter Milan zigiye kugura sitade ya San Siro](https://thedrum.rw/2025/09/30/ac-milan-na-inter-milan-zigiye-kugura-sitade-ya-san-siro/) - Amakipe abiri akomeye yo mu mujyi wa Milan mu Butaliyani, AC Milan na Inter Milan, yatangaje ko yishimiye intambwe ikomeye yatewe nyuma y’uko Inama njyanama y’uyu mujyi yemeye kugurisha sitade ya San Siro basanzwe bakiriraho imikino yabo ariko bayikodesha. Icyemezo cyo kugurisha iyi sitade cyafashwe mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri, - [Imana ijye idufasha duhore dutombora za Pyramids na Al Ahly- Niyomugabo Claude](https://thedrum.rw/2025/09/30/imana-ijye-idufasha-duhore-dutombora-za-pyramids-na-al-ahly-niyomugabo-claude/) - Kapiteni wa APR FC, Niyomugabo Claude, yavuze ko nta bwoba bafitiye Pyramids FC, ahubwo ko bifuza ko Imana yazajya ihora ibafasha guhora batombora amakipe akomeye nka Pyramids na Al Ahly zo mu Misiri. Ibi yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri,mbere y’umukino na Pyramids FC yo mu Misiri ,aho Claude yijeje abakunzi ba - [Hatangajwe ugomba gusimbura uwari Kit-manager w'Amavubi uri mu maboko y’ubutabera](https://thedrum.rw/2025/09/30/hatangaje-ugomba-gusimbura-uwari-kit-manager-wamavubi-uri-mu-maboko-yubutabera/) - Nyuma y’uko Tuyisenge Eric uzwi cyane ku izina rya Cantona ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha [RIB] ku byaha byo kunyereza umutungo na ruswa, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryamusimbuje Hakizimfura Ayubu ku mwanya w’ushinzwe ibikoresho by’Amavubi. Aya makuru yemejwe n’ishami rishinzwe Itangazamakuru n’Itumanaho muri FERWAFA, aho babicije ku mbuga nkoranyambaga zabo bagize bati: - [CCL- Pyramids yitegura gucakirana na APR FC yakoreye imyitozo i Kigali](https://thedrum.rw/2025/09/30/ccl-pyramids-yitegura-gucakirana-na-apr-fc-yakoreye-imyitozo-i-kigali/) - Ikipe ya Pyramids FC yo Misiri, imaze imaze umunsi isesekaye i Kigali yakoze imyitoza yayo ya mbere ,aho yitegura gukina n’ikipe ya APR FC mu mukino ukomeye wo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, uteganyijwe ku wa Gatatu, tariki ya 1 Ukwakira kuri Stade ya Kigali Pele. Iyi kipe isanzwe ifite igikombe cya CAF - [APR FC yitegura guhura na Pyramids yahagaritse umuyobozi wayo](https://thedrum.rw/2025/09/30/apr-fc-yitegura-guhura-na-pyramids-yahagaritse-umuyobozi-wayo/) - Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Lt Col (Rtd) Alphonse Muyango, wari umunyamabanga w’agateganyo ndetse anashinzwe ibikoresho (logistics) muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Ni icyemezo cyafashwe mu nama idasanzwe y’ubuyobozi yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Nzeri 2025. Amakuru yizewe agera kuri The Drum yemeza ko Muyango yahamagajwe - [Dominic Solanke wa Tottenham yamaze kubagwa](https://thedrum.rw/2025/09/30/dominic-solanke-wa-tottenham-yamaze-kubagwa/) - Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham Hotspur, Dominic Solanke, yamaze kubagwa nyuma yo kugira ikibazo cy’akabombari ku kuguru kw’iburyo. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 y’amavuko yaherukaga kugaragara mu kibuga ku wa 23 Kanama ubwo Spurs yakinaga na Manchester City. Ku munsi wo ku wa Mbere, yongeye gusiba mu myitozo ya Tottenham mbere y’uko iyi kipe ijya guhatana na - [FIFA yateye mpaga Afurika y'Epfo, Amahirwe ariyongera kuri Benin, Nigeria n'U Rwanda](https://thedrum.rw/2025/09/29/fifa-yateye-mpaga-afurika-yepfo-amahirwe-ariyongera-kuri-benin-nigeria-nu-rwanda/) - Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, Yamaze gutera mpaga ikipe y'Igihugu ya Afurika y'Epfo iri mu itsinda C hamwe n'u Rwanda, Benin, Nigeria, Lesotho na Zimbabwe. FIFA yateye mpaga Afurika y'Epfo ikurwaho n'ibitego 3 kubera gukinisha Teboho Mokoena wari wujuje amakarita 2 y'umuhondo ariko aza gukoreshwa ku mukino wahuje Afurika y'Epfo na Lesotho muri Afurika - [AMAFOTO -Visit Rwanda yatangaje ubufatanye bushya n’Amakipe yo muri Amerika](https://thedrum.rw/2025/09/29/amafoto-visit-rwanda-yatangaje-ubufatanye-bushya-namakipe-yo-muri-amerika/) - Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ku mugaragaro ko "Visit Rwanda", ikirango cy’u Rwanda gishinzwe kumenyekanisha ubukerarugendo, cyagiranye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe abiri akomeye yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika: LA Clippers yo muri shampiyona ya Basketball (NBA), na Los Angeles Rams yo muri shampiyona ya ruhago y’iki gihugu (NFL). Aya masezerano yitezweho kuzamura isura y’u - [Shema Fabrice yahuye n’abakinnyi b’abanyarwanda bakina hanze](https://thedrum.rw/2025/09/29/shema-fabrice-yahuye-nabakinnyi-babanyarwanda-bakina-hanze/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Bwana Shema Fabrice, yatangiye urugendo rukomeye mu gushaka kongerera Amavubi imbaraga binyuze mu gushishikariza abakinnyi b’abanyarwanda bakomoka hanze y’igihugu kuza gukinira ikipe y’igihugu. Mu cyumweru gishize, Shema yahuje urugwiro n’abakinnyi babiri bakomeye bavuzwe inshuro nyinshi mu ikipe y’igihugu barimo : Ndayishimiye Mike Tresor ukinira Burnley yo mu Bwongereza - [Camarade wa FERWAFA yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo](https://thedrum.rw/2025/09/29/camarade-wa-ferwafa-yakatiwe-gufungwa-iminsi-30-yagateganyo/) - Urukiko rw’ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe, uzwi cyane ku izina rya “Camarade” wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ibi byemejwe kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Nzeri 2025, nyuma y’uko urubanza rwe rwaburanishijwe ku wa Kane w’icyumweru gishize ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Urukiko rwemeje - [Abafana ba Rayon Sports bafatiriwe muri Tanzania bacibwa n'amande](https://thedrum.rw/2025/09/29/abafana-ba-rayon-sports-bafatiriwe-muri-tanzania-bacibwa-namande/) - Bamwe mu bakunzi b'ikipe ya Rayon Sports bari baherekeje iyi kipe yabo muri Tanzania, Mu mukino wabahuje na Singida Black Stars muri CAF Confederation Cup ikabasezerera, Bafatiriwe muri Tanzania bacibwa n'amande. Abakunzi ba Rayon Sports, Bari kuva muri Tanzania n'imodoka batangiye urugendo rubagarura mu Rwanda, Nyuma y'umukino bari bamaze gutsindwa mo na Singida Black Stars - [La Liga - Lewandowski yafashije Barcelona kwikura imbere ya Real Sociedad](https://thedrum.rw/2025/09/29/la-liga-lewandowski-yafashije-barcelona-kwikura-imbere-ya-real-sociedad/) - Mu mukino wari witezwe na benshi mu gihugu cya Espagne, ikipe ya FC Barcelona yitwaye neza itsinda Real Sociedad ibitego 2-1 mu buryo bw’agatangaza, biyifasha guhita iyobora urutonde rwa La Liga. Real Sociedad ni yo yafunguye amazamu ku munota wa 31, ku gitego cyatsinzwe na Alvaro Odriozola nyuma yo gutanga umupira mwiza waturutse kuri Ander - [Perezida Kagame yakiriye umuteramakofe ufite ibiro birenga 100, Byinshi wamenya kuri we](https://thedrum.rw/2025/09/29/perezida-kagame-yakiriye-umuteramakofe-ufite-ibiro-birenga-100-byinshi-wamenya-kuri-we/) - Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye ikirangirire mu mukino w'iteramakofe ku Isi, Carlos Takam ukomoka muri Cameroon ariko akagira ubwenegihugu bw'ubufaransa. Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 28 Nzeri 2025, Nibwo Perezida yakiriye uwo mukinnyi muri Village Urugwiro, Ahari ibiro bya Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Mu Karere ka - [AMAFOTO: Pyramids, Rayon Sports, She Amavubi U20 baraye i Kigali](https://thedrum.rw/2025/09/29/amafoto-pyramids-rayon-sports-she-amavubi-u20-baraye-i-kigali/) - Amakipe atatu atandukanye harimo Pyramids Fc na Rayon Sports na Abangavu b'u Rwanda batarengeje imyaka 20, Bageze mu Rwanda bose amahoro. Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda y'abangavu bageze mu Rwanda amahoro bavuye mu gihugu cya Nigeria gukina umukino wo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cy'abatarengeje iyo myaka. Umukino warangiye iyo kipe itsinzwe na Nigeria ibitego 4 ku - [Bigoranye cyane , Arsenal ivanye amanota atatu imbumbe kuri Newcastle!](https://thedrum.rw/2025/09/28/bigoranye-cyane-arsenal-ivanye-amanota-atatu-imbumbe-kuri-newcastle/) - Mu mukino waberaga kuri St James’ Park, ikipe ya Arsenal yikuye mu kagozi mu minota ya nyuma y’umukino, itsinda Newcastle United ibitego 2-1, bituma itahana andi manota atatu y’ingenzi mu ntangiriro z’iyi shampiyona. Nubwo byari bimaze gusa n’aho umukino uri burangiye Arsenal itsinzwe, igitego cy’umutwe cya Gabriel mu munota wa gatandatu w’inyongera cyatumye ikipe ya - [Tadej Pogačar yegukanye shampiyona y’isi y’amagare](https://thedrum.rw/2025/09/28/tadej-pogacar-yegukanye-shampiyona-yisi-yamagare/) - Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, yongeye kwandika izina rye mu mateka y’amarushanwa y’amagare ku rwego rw’Isi ubwo yegukanaga Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro cy’abagabo [Elite Men Road Race] yabereye i Kigali kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Nzeri 2025. Nyuma yo kudahirwa n’umunsi wa mbere w’iri rushanwa, Pogačar yagaragaje ubukaka, atwara iri siganwa ku ntera y’ibilometero 267.5 - [AMAFOTO – Pyramids yitegura gutana mu mitwe na APR FC ihagurutse mu Misiri](https://thedrum.rw/2025/09/28/amafoto-pyramids-yitegura-gutana-mu-mitwe-na-apr-fc-ihagurutse-mu-misiri/) - Ikipe ya Pyramids yamaze gufata indege iyivana I Cairo mu Misiri iyerekeza mu Rwanda ,aho ije gukina na APR FC umukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze muri CAF Champions League . Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo APR FC yambarire urugamba mu mikino y’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League, abanyarwanda n’abakunzi b’umupira w’amaguru bose bari mu myiteguro - [Ruben Amorim yashimangiye ko adahangayikishijwe n’ibyo kuba yakwirukanwa](https://thedrum.rw/2025/09/28/ruben-amorim-yashimangiye-ko-adahangayikishijwe-nibyo-kuba-yakwirukanwa/) - Nyuma yo gutsindwa ibitego 3-1 na Brentford, ikipe ya Manchester United yongeye kwisanga mu bibazo by’uruhuri, ariko umutoza wayo mukuru, Ruben Amorim, aracyagaragaza ko afite icyizere no kwihangana nubwo amahirwe atakomeje kumuhira. Mu cyumweru cyari cyashize, ubwo United yatsindaga Chelsea, hari icyizere cyari cyagarutse mu bafana ndetse no mu bayobozi b’iyi kipe. Gusa ibyo byose - [Afhamia Lotfi yavuze ku gikurikiraho kuri Rayon Sports nyuma yo gusezererwa !](https://thedrum.rw/2025/09/28/afhamia-lotfi-yavuze-ku-gikurikiraho-kuri-rayon-sports-nyuma-yo-gusezererwa/) - Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025, ikipe ya Rayon Sports yasezerewe mu mikino ya CAF Confederation Cup itsinzwe na Singida Black Stars ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura, nyuma yo kuba yaratsindiwe i Kigali igitego 1-0. Ibi byatumye isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 3-1. Nyuma y’uyu mukino wabereye muri Tanzania, umutoza - [Afhamia Lotfi yavuze ku gikurikiraho kuri Rayon Sports nyuma yo gusezererwa !](https://thedrum.rw/2025/09/28/afhamia-lotfi-yavuze-ku-gikurikiraho-kuri-rayon-sports-nyuma-yo-gusezererwa/) - Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025, ikipe ya Rayon Sports yasezerewe mu mikino ya CAF Confederation Cup itsinzwe na Singida Black Stars ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura, nyuma yo kuba yaratsindiwe i Kigali igitego 1-0. Ibi byatumye isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 3-1. Nyuma y’uyu mukino wabereye muri Tanzania, umutoza - [Newcastle United vs Arsenal _ Amakuru ahari ,amateka ,imikino imaze kubahuza na Predictions](https://thedrum.rw/2025/09/27/newcastle-united-vs-arsenal-_-amakuru-ahari-amateka-imikino-imaze-kubahuza-na-predictions/) - Ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 28 Nzeri 2025, ikipe ya Arsenal iramanuka mu kibuga mu mukino ukomeye wa Shampiyona ugomba kuyihuza na Newcastle United kuri St James’ Park. Ikipe ya Mikel Arteta iri mu rugamba rukomeye rwo kugerageza kwegukana igikombe cya shampiyona nyuma yo kuba yarasoreje ku mwanya wa kabiri yikurikiranya mu myaka - [West Ham yatangaje ugomba gusimbura Graham Potter uherutse kwerekwa imiryango](https://thedrum.rw/2025/09/27/west-ham-yatangaje-ugomba-gusimbura-graham-potter-uherutse-kwerekwa-imiryango/) - Ikipe ya West Ham United yo mu Bwongereza yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo gusezerera umutoza wayo Graham Potter nyuma y’amezi umunani gusa ayitoza, byanemejwe ko igiye kumusimbuza Umutaliyani Nuno Espirito Santo wahoze atoza Nottingham Forest. Ubuyobozi bwa West Ham bwemeje ko bwagiranye ibiganiro byimbitse na Nuno, kandi biteganyijwe ko azatangira inshingano ze mbere y’umukino wa - [Munyakazi Sadate yashyiriyeho Rayon Sports agahimbazamusyi kadasanzwe](https://thedrum.rw/2025/09/27/munyakazi-sadate-yashyiriyeho-rayon-sports-agahimbazamusyi-kadasanzwe/) - Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yatanze ubutumwa bukomeye ku bakinnyi n’abatoza b’iyi kipe, ababwira ko nibabasha gusezerera ikipe ya Singida Big Stars muri CAF Confederation Cup, buri wese ari bumuhe amadolari 100 nk’agahimbazamusyi. Iki cyemezo Sadate yakigejeje ku ikipe mbere y’umukino wo kwishyura uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri - [AMAFOTO : Umunye-Espagne yanikiriye abangavu muri shampiyona y’isi y’amagare  ](https://thedrum.rw/2025/09/27/amafoto-umunye-espagne-yanikiriye-abangavu-muri-shampiyona-yisi-yamagare/) - Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025,hakomezaga Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare. Hari hatahiwe icyiciro cy’abangavu batarengeje imyaka 19, aho Umunya-Espagne Ostiz Taco Paula yigaranzuye bagenzi be, akegukana umudali wa zahabu. Uyu mukobwa w’imyaka 18 y’amavuko, yakoze amateka mu mihanda y’umujyi wa Kigali, aho yasoreje urugendo rw’ibilometero 74 mu masaha abiri, iminota - [Tadej Pogačar yatatse ubwiza bw’imihanda ya Kigali](https://thedrum.rw/2025/09/27/tadej-pogacar-yatatse-ubwiza-bwimihanda-ya-kigali/) - Umukinnyi w’umunya-Slovenia Tadej Pogačar, usanzwe ari na nimero ya mbere mu mukino w’amagare ku isi, yashimangiye ko isiganwa rya Shampiyona y’Isi riri kubera i Kigali riri ku rwego rwo hejuru kurusha iryabereye muri Australia mu mwaka wa 2022. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku munsi wejo , Pogačar w’imyaka 27, yavuze ko imiterere y’imihanda yo mu - [AMAFOTO-APR FC yijeje abafana itsinzi imbere ya Pyramids FC](https://thedrum.rw/2025/09/27/amafoto-apr-fc-yijeje-abafana-itsinzi-imbere-ya-pyramids-fc/) - Ku munsi wejo tariki ya 26 Kanama 2025, ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya mbere ku kibuga izakiriraho ikipe ya Pyramids yo mu Misiri, mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League uteganyijwe ku wa Gatatu, tariki ya 1 Ukwakira 2025, kuri Kigali Pelé Stadium. Ni imyitozo yatangiye saa munani z’amanywa, aho - [Harry Kane yakuyeho agahigo kari kari gafitwe na Cristiano Ronaldo na Halland](https://thedrum.rw/2025/09/27/harry-kane-yakuyeho-agacigo-kari-kari-gafitwe-na-cristiano-ronaldo-na-halland/) - Rutahizamu w’Umwongereza, Harry Kane, yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, atsindira Bayern Munich ibitego bibiri mu mukino wabaye ku mugoroba wo ku munsi wejo ,waje kurangira batsinze Werder Bremen 4-0. Ibyo bitego byombi bya Harry Eduard Kane byatume aca agahigo kadasanzwe, kuko icya kabiri cyatumye agera ku gitego cya 100 akinira - [SEFU yavuze icyo Ndikumana Asmani yabasabye kumwitura ubwo bamusuraga](https://thedrum.rw/2025/09/26/sefu-yavuze-icyo-ndikumana-asmani-yabasabye-ku-mwitura-ubwo-bamusuraga/) - Umukinnyi mpuzahanga w'Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati muri Rayon Sports, Niyonzima Olivier uzwi nka 'SEFU', Yavuzeko umukino wo kwishyura muri CAF Confederation Cup uzabahuza na Singida Black Stars, Bagomba gutsinda bagatura itsinzi Ndikumana Asmani uri mu mvune. Ibi SEFU yabitangaje ubwo yaganiraga na Nsabimana Eric uzwi nka Sheikh umunyamakuru wa B&B Fm uri muri Tanzania. - [Cole Palmer wa Chelsea agiye kumara hanze hagati y’ibyumweru bibiri na bitatu](https://thedrum.rw/2025/09/26/cole-palmer-wa-chelsea-agiye-kumara-hanze-hagati-yibyumweru-bibiri-na-bitatu/) - Umukinnyi wo hagati ariko ukina usatira mu ikipe ya Chelsea, Cole Palmer, agiye kuruhuka iminsi igera kuri 21 adakina kubera imvune imaze igihe imubangamira ku gice cy’urucyenyerero . Iyo mvune yongeye kubyuka ubwo yakinaga umukino batsinzwemo na Manchester United ibitego 2-1 mu mpera z’icyumweru gishize, bituma asohoka mu kibuga hakiri kare. Palmer yari yaragize icyo - [Mugisha Moise wari uhanzwe amaso yasezeye muri shampiyona y’isi y’amagare !](https://thedrum.rw/2025/09/26/mugisha-moise-wari-uhanzwe-amaso-yasezeye-muri-shampiyona-yisi-yamagare/) - Umunyarwanda Mugisha Moise yatangaje ko atazitabira umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare. Iri rushanwa rikomeje kubera mu Rwanda, rikaba riri hafi kugera ku musozo waryo, aho abasiganwa bazasozanya n’isiganwa ryo mu muhanda (Road Race) ku cyumweru tariki ya 28 Nzeri. Mugisha Moise, wari umwe mu bakinnyi bitezweho kwitwara neza, yahisemo kuva mu irushanwa nyuma - [FERWAFA yemeje kugabanya umubare w’amakipe akina icyiciro cya kabiri](https://thedrum.rw/2025/09/26/ferwafa-yemeje-kugabanya-umubare-wamakipe-akina-icyiciro-cya-kabiri/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [Ferwafa] ryatangaje ko rigiye kugabanya umubare w’amakipe akina shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri, mu rwego rwo kuyigira irushanwa rifite ireme no gushaka abafatanyabikorwa barambye. Ibi byemezo byatangajwe nyuma y’inama Perezida wa Ferwafa, Shema Ngoga Fabrice, yagiranye n’abayobozi b’amakipe akina mu Cyiciro cya Kabiri, aho baganiriye ku imiterere y’iyi shampiyona n’icyo hakenewe - [AMAFOTO -Umwongereza yanikiriye izindi ngimbi muri shampiyona y’isi](https://thedrum.rw/2025/09/26/amafoto-umwongereza-yanikiriye-izindi-ngimbi-muri-shampiyona-yisi/) - Kuri uyu wa Gatanu, umujyi wa Kigali wakomeje kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare, aho hakinwaga isiganwa ryo mu muhanda [road race] mu cyiciro cy’ingimbi zitarengeje imyaka 19. Isiganwa ryatangiye saa mbiri za mu gitondo, ritangirira kuri Kigali Convention Center, abasiganwa bagasabwa kuzenguruka inshuro umunani zingana n’intera ya kilometero 119.3. Abakinnyi 142 baturutse mu bihugu 71 nibo - [Mutabazi Yves yerekeje muri Gisagara Volleyball Club](https://thedrum.rw/2025/09/26/mutabazi-yves-yerekeje-muri-gisagara-volleyball-club/) - Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball, Mutabazi Yves yamaze gusinyira ikipe ya Gisagara Volleyball Club nyuma yo kumvikana na yo ku masezerano y’umwaka umwe. Uyu mukinnyi wari umaze imyaka akinira ikipe ya Kepler, yayisohotsemo ubwo amasezerano ye yarangiraga ku mpera z’umwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru ava imbere mu ikipe ya Gisagara avuga ko yasinyishije uyu mukinnyi - [Sergio Busquets yatangaje igihe cyo gusezerera kuri ruhago](https://thedrum.rw/2025/09/26/sergio-busquets-yatangaje-igihe-cyo-gusezerera-kuri-ruhago/) - Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’igihugu ya Esipanye , Sergio Busquets,yemeje ko agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga nyuma y’umwaka w’imikino muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26 Nzeri 2025, ni bwo Busquets yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze , asezera ku - [Robert Lewandowski yafashije Barcelona kwikura imbere ya Real Oviedo](https://thedrum.rw/2025/09/26/robert-lewandowski-yafashije-barcelona-kwikura-imbere-ya-real-oviedo/) - Mu mukino wabanje kuyigora, ikipe ya FC Barcelona yatsinze Real Oviedo ibitego 3-1 nyuma yo kubanza gutungurwa mu gice cya mbere mu mukino wabereye wa LA LIGA kuri sitade ya Carlos Tartiere. Real Oviedo yatangiye neza cyane, itsinda igitego cya mbere ku makosa ya bamyugariro n’umuzamu wa Barcelona, Joan Garcia. Alberto Reina ni we wabyaje - [Umufaransa yatorewe gukomeza kuyobora UCI](https://thedrum.rw/2025/09/26/umufaransa-yatorewe-gukomeza-kuyobora-uci/) - Mu nama idasanzwe yabereye i Kigali, Umufaransa David Lappartient yatorewe kongera kuyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) mu yindi manda y’imyaka ine, aho azarangiza inshingano ze mu mwaka wa 2029. Ibi byatangajwe ku wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, mu Nama ya 194 ya UCI yabereye muri Kigali Convention Centre.Iyo nama yateguwe mu - [UCI ROAD WORLD CHAMPIONSHIP 2025-  Umufaransa yegukanye umudali wa zahabu mu bakobwa batarengeje imyaka 23](https://thedrum.rw/2025/09/25/uci-road-world-championship-2025-umufaransa-yegukanye-umudali-wa-zahabu-mu-bakobwa-batarengeje-imyaka-23/) - Umufaransakazi Gery Célia yanditse amateka adasanzwe nyuma yo kwegukana umudali wa Zahabu mu isiganwa ryo mu muhanda mu bakobwa batarengeje imyaka 23 (U23), ryabaye kuri uyu wa kane tariki ya 25 Nzeri 2025, ku nshuro yaryo ya mbere mu mateka y’iyi Shampiyona y’Isi. Uyu mukobwa ukiri muto, yasoje intera y’ibilometero 119.3 mu masaha atatu, iminota - [Gen.Patrick Nyamvumba yasabye Rayon Sports kurwana ku izina ry’igihugu -AMAFOTO](https://thedrum.rw/2025/09/25/gen-patrick-nyamvumba-yasabye-rayon-sports-kurwana-ku-izina-ryigihugu-amafoto/) - Kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Général Patrick Nyamvumba, yasuye umwiherero wa Rayon Sports uri kubera i Dar es Salaam mbere y’umukino ukomeye wa CAF Confederation Cup uzayihuza na Singida Black Stars. Ambasaderi Nyamvumba yaganirije abakinnyi n’abatoza ba Rayon Sports, ababwira amagambo y’ihumure n’ubutwari. Yabasabye kudacika intege - [William Saliba yongereye amasezerano muri Arsenal](https://thedrum.rw/2025/09/25/william-saliba-yongereye-amasezerano-muri-arsenal/) - William Saliba, myugariro w’umufaransa ukinira ikipe ya Arsenal, yamaze kongera amasezerano mashya y’imyaka itanu azamugeza muri Kamena 2030. Uyu mukinnyi w’imyaka 24 wigaragaje nk’umwe mu bakinnyi beza ku mwanya w’abakina hagati mu bwugarizi muri Premier League, yafashe iki cyemezo cyo kuguma muri iyi kipe yo mu mujyi wa Londres nyuma yuko Real Madrid yamwifuzaga. Saliba, - [Hatangajwe igihe cyo gusomerwa umwanzuro ku ifungwa n’ifungurwa rya Camarade wayoboye muri FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/09/25/hatangajwe-igihe-cyo-gusomerwa-umwanzuro-ku-ifungwa-nifungurwa-rya-camarade-wayoboye-muri-ferwafa/) - Kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubukuye urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rwa Kalisa Adolphe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA]. Uyu mugabo wigeze kugira ijambo rikomeye mu mupira w’amaguru nyarwanda, ubu ari mu mazi abira, akurikiranyweho ibyaha - [Phil Foden yongeye kuba inyenyeri ubwo Man City yasezeraga Huddersfield Town](https://thedrum.rw/2025/09/25/phil-foden-yongeye-kuba-inyenyeri-ubwo-man-city-yasezeraga-huddersfield-town/) - Mu mukino wabereye i West Yorkshire ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Manchester City yitwaye neza imbere ya Huddersfield Town yo mu cyiciro cya gatatu [League One], iyitsinda ibitego 2-0 muri Carabao Cup. Phil Foden yigaragaje nk’umukinnyi w’umukino, atsinda igitego kimwe anatanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri. Igitego cya mbere cyabonetse ku munota wa 18, - [INSIDE - AS Kigali yatangaje uwanyuze muri Musanze FC nk'umutoza mushya!](https://thedrum.rw/2025/09/25/inside-as-kigali-yatangaje-uwanyuze-muri-musanze-fc-nkumutoza-mushya/) - Nyuma yo gutandukana na Guy Bakila wahoze ari umutoza wungirije wa AS Kigali, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ku mugaragaro ko Idrissa Nyandwi ari we ugiye kumusimbura muri izo nshingano, aho agiye gufatanya akazi na Mbarushimana Shaban, umutoza mukuru. Uyu mutoza mushya si izina rishya mu mupira w’amaguru mu Rwanda, kuko aherutse gutandukana na Police FC, - [Eberechi Eze yatsinze igitego cye cya mbere muri Arsenal](https://thedrum.rw/2025/09/25/eberechi-eze-yatsinze-igitego-cye-cya-mbere-muri-arsenal/) - Rutahizamu mushya wa Arsenal, Eberechi Eze, yatsindiye iyi kipe igitego cye cya mbere kuva yayigeramo, ubwo yatsindaga mu minota ya mbere y’umukino bahuriyemo na Port Vale, ikipe yo mu cyiciro cya gatatu, maze Arsenal igatsinda 2-0 igahita igera muri kimwe cya kane cya Carabao Cup. Uyu musore w’imyaka 27, wageze muri Arsenal mu kwezi gushize - [Australia yahize andi makipe y’ibihugu muri Shampiyona y’isi y’amagare -AMAFOTO](https://thedrum.rw/2025/09/24/australia-yahize-andi-makipe-yibihugu-muri-shampiyona-yisi-yamagare/) - Ikipe y’Igihugu ya Australia yegukanye shampiyona y’Isi cy’Amagare 2025 mu cyiciro cy’amakipe ahuriwemo n’abagabo n’abagore (Mixed Team Relay), nyuma yo kwitwara neza mu isiganwa ryabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025, mu Mujyi wa Kigali. Isiganwa ryatangiriye kuri Kigali Convention Centre, aho abakinnyi basiganwe ku ntera y’ibilometero 41.8. Ikipe ya Australia niyo - [Mamel Dao wa APR FC  yidoze kuri Pyramids FC mu gihe habura iminsi mike ngo batane mu mitwe](https://thedrum.rw/2025/09/24/mamel-dao-wa-apr-fc-yidoze-kuri-pyramids-fc-mu-gihe-habura-iminsi-mike-ngo-batane-mu-mitwe/) - Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo ikipe ya APR FC yakire Pyramids FC yo mu Misiri mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, umwe mu bakinnyi b’ingenzi b’iyi kipe y’ingabo z’igihugu, Memel Raouf Dao, yatangaje amagambo akomeye yerekana icyizere n’ubutwari bafite mu kwitegura uru rugamba. Uyu mukinnyi ukomoka muri Burkina Faso ukina - [Myugariro wa Liverpool agiye kumara igihe kinini hanze y’ikibuga](https://thedrum.rw/2025/09/24/myugariro-wa-liverpool-agiye-kumara-igihe-kinini-hanze-yikibuga/) - Myugariro w’imyaka 18 w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu Butaliyani, Giovanni Leoni byemejwe ko yagiriye imvune ikomeye y’akagombambari ku mukino we wa mbere yambaye umwambaro w’iyi kipe, byanatumye ku mugoroba ahita asohorwa mu kibuga mu ngobyi y’abakinnyi. Leoni yari yagaragaye bwa mbere imbere y’abafana ba Liverpool kuri Anfield, mu mukino wa Carabao Cup batsinzemo Southampton ibitego - [Abarimo rutahizamu Habimana Yves ntago bajyanye na Rayon Sports muri Tanzania](https://thedrum.rw/2025/09/24/abarimo-rutahizamu-habimana-yves-ntago-bajyanye-na-rayon-sports-muri-tanzania/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, ikipe ya Rayon Sports yahagurutse i Kigali yerekeza muri Tanzania, aho igiye gukina umukino wo kwishyura mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup ihura na Singida Black Stars. Nubwo yari yiteguye kujyana n’abakinnyi 22 nk’uko biteganywa, iyi kipe yahuye n’imbogamizi itateganyijwe — abakinnyi - [Arne Slot yifatiye ku gahanga imyifatire ya Hugo Ekitike](https://thedrum.rw/2025/09/24/arne-slot-yifatiye-ku-gahanga-imyifatire-ya-hugo-ekitike/) - Mu mukino wa Carabao Cup, ikipe ya Liverpool yitwaye neza itsinda Southampton ibitego 2-1 ariko intsinzi yayo yasizwe icyasha n’imyitwarire idashobotse ya rutahizamu Hugo Ekitike, watsinze igitego cy’intsinzi ariko agahita yerekwa ikarita itukura nyuma yo kwiyambura umipira umukino utari warangira. Uyu musore w’imyaka 23 yinjiye mu kibuga mu gice cya kabiri asimbuye Alexander Isak, ariko - [FC Barcelona yemeje igihe Gavi agomba kumara adakandagira mu kibuga](https://thedrum.rw/2025/09/24/fc-barcelona-yemeje-igihe-gavi-agomba-kumara-adakandagira-mu-kibuga/) - Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya FC Barcelona, Pablo Martín Páez Gavira, uzwi cyane ku izina rya Gavi, ashobora kumara hagati y’amezi ane n’atanu adakandagira mu kibuga nyuma yo kubagwa ivi ry’iburyo. Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko yari amaze kugaragara mu mikino ibiri ya mbere ya shampiyona y’uyu mwaka, mbere y’uko agirira ikibazo cy’ivi mu myitozo - [Urutonde rw'Abakinnyi Rayon Sports iri bujyane muri Tanzania](https://thedrum.rw/2025/09/24/twamenye-igihe-cyo-guhaguruka-nabakinnyi-rayon-sports-igomba-kujyana-ku-mukino-wo-kwishyura-wa-singida-black-stars/) - Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi n’abagize staff Techinique izajyana muri Tanzania, aho igiye kwitabira umukino wo kwishyura mu ijonjora ry’ibanze rya Total CAF Confederation Cup izahuramo na Singida Black Stars. Uyu mukino uteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri 2025. The DRUM twamenye ko Rayon Sports irahaguruka i Kigali saa - [AMAFOTO : She-Amavubi U-20 igiye kwerekeza muri Nigeria](https://thedrum.rw/2025/09/24/amafoto-she-amavubi-u-20-igiye-kwerekeza-muri-nigeria/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abakobwa batarengeje imyaka 20, izwi nka She-Amavubi U-20, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025, irahaguruka ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe saa 08:55 za mu gitondo, yerekeza muri Nigeria. Aba bali bahagarariye u Rwanda bafite imbere yabo urugamba rukomeye rw’umukino wo kwishyura wo guhatanira itike y’Igikombe - [Rutahizamu wa Rayon Sports Ndikumana Asman yemeje ko yamaze kubagwa](https://thedrum.rw/2025/09/24/rutahizamu-wa-rayon-sports-ndikumana-asman-yemeje-ko-yamaze-kubagwa/) - Rutahizamu wa Rayon Sports Ndikumana Asman yashimiye abafana n’ubuyobozi bw’ikipe ubwo yatangazaga ko igikorwa cyo kumubaga ukuboko cyagenze neza nyuma yo kugirira ikibazo k’imvune mu mukino batsinzwemo igitego 1-0 n’ikipe ya Singida Black Stars mu cyumweru gishize . Mu butuma yanyujije ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa Instagram ; uyu rutahizamu ukomoka mu gihugu - [Byamusabye ibyumweru bibiri kugirango atsindire miliyoni 26 frw na Fortebet](https://thedrum.rw/2025/09/23/byamusabye-ibyumweru-bibiri-kugirango-atsindire-miliyoni-26frw-na-fortebet/) - Mu gihe benshi babona gukina imikino y’amahirwe nko gupfusha amafaranga ubusa, hari umunyamahirwe wahamije ko iyi mvugo igomba gucika burundu abantu bagatangira gukirigita ifaranga. Ku wa 18 Nzeri 2025, ni bwo umukunzi wa Fortebet yasoje urugendo rw’ipari rwatangiye ku wa 5 Nzeri, asarura miliyoni 26,099,320 RWF nyuma yo gutega amafaranga 2,000 RWF gusa. Uyu munyamahirwe - [🚨 LIVE - Tubahaye ikaze mu isiganwa ry'abahungu batarengeje imyaka 19 -UCI ROAD CHAMPIONSHIP 2025](https://thedrum.rw/2025/09/23/🚨-live-tubahaye-ikaze-mu-isiganwa-ryabahungu-batarengeje-imyaka-19-uci-road-championship-2025/) - Igicamunsi kiza kuri wowe ukurikira gahunda zose za The DRUM umunsi ku munsi ,tuguhaye ikaze hano kuri BK Arena ahakomeje kubera shampiyona y'isi y'amagare , mu kanya saa munani hagiye gutangira isiganwa ry'abahungu batarengeje imyaka 19, aho bagiye gusiganwa n'igihe ku ntera y'ibilometero 22,6. Turi kumwe hano n'abaterankunga bacu batandukanye barangajwe imbere na kampani ya - [EXCLUSIVE -Ousmane Dembele na PSG bihariye ibihembo bya  Ballon d'Or 2025](https://thedrum.rw/2025/09/23/exclusive-ousmane-dembele-na-psg-bihariye-ibihembo-bya-ballon-dor-2025/) - Mu ijoro ryakeye, Paris Saint-Germain n’igihugu cy’u Bufaransa byaraye byanditse amateka mashya muri ruhago mpuzamahanga, ubwo rutahizamu Ousmane Dembélé yegukanaga Ballon d’Or ya 2025. Ni ku nshuro ya mbere ayitwaye, ndetse abaye ufite inkomoko muri Afurika y'Uburengerazuba wa gatandatu uyegukanye. Umusaruro wa Dembele mu buryo bw'imibare mu mwaka w'imikino ushize. Dembélé, w’imyaka 28, yakoze ibidasanzwe - [🚨LIVE :Umunya-Suede, Jakob Söderqvist ni we wegukanye umudali wa Zahabu muri ITT y'abahungu batarengeje imyaka 23](https://thedrum.rw/2025/09/22/live-ikaze-ku-munsi-wa-kabiri-wa-shampiyona-yisi-yamagare-iri-kubera-mu-mujyi-wa-kigali-uci-road-world-road-championship-2025/) - Twizere ko mukomeje kugubwa neza!Twongeye kubaha ikaze hano kuri BK Arena ahakomereje shampiyona y'isi y'amagare ; The Drum turi hano imbonankubone hamwe n'abaterankunga bacu barangajwe imbere na Fortebet ;aho wiyandikisha ugahita uhabwa amafaranga 200 frw yo gukora ipari ya mbere .Reka twinjirane mu isiganwa ry'abahungu batarengeje imyaka 23 ryamaze gutangira hano . - [🚨LIVE REPORTING - Umubiligi Remco Evenepoel niwe wegukanye agace ka ITT - UCI Road World Championshipship 2025](https://thedrum.rw/2025/09/21/🚨live-reporting-umujyi-wa-kigali-wakiriye-shampiyona-yisi-yamagare/) - Umubiligi REMCO EVENEPOEL niwe wegukanye irushanwa ry'amagare ry'Isi ririmo kubera hano i Kigali mu cyiciro cyo kwitwara wenyinye ITT mu bagabo. Ayitwaye nyuma yo kunyura kuri kabuhariwe TADEJ POGACAR amukoreraho amateka yo kumucaho. Reka nshimire mwebwe mwese twabanye muri iki gikorwa cyo twabagezeho umunsi wa mbere wa shampiyona y'isi ni akagaruka ejo ni etape ya - [Kacyiru El Hadji Diouf azereka abanyarwanda igikombe cya CAF Champions League,APR Fc izahatanira](https://thedrum.rw/2025/09/21/kacyiru-el-hadji-diouf-azereka-abanyarwanda-igikombe-cya-caf-champions-leagueapr-fc-izahatanira/) - Umunyabigwi mu mupira w'amaguru w'afurika ndetse no ku Isi, El Hadji Diouf ukomoka mu gihugu cya Senegal azerekana igikombe cya CAF Champions League mu Rwanda kuri uyu wa mbere. Ejo tariki ya 22 Nzeri 2025, Ahahoze Meridien Kacyiru, Kuri Station ya Total Energies Kacyiru Saa tanu z'amanywa umunyabwigwi mu mupira w'amaguru El Hadji Diouf afatanyije - [AMAFOTO:Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi U20 yatakaje amanota imbere ya Super Falcons U20](https://thedrum.rw/2025/09/21/amafotoikipe-yigihugu-yu-rwanda-amavubi-u20-yatakaje-amanota-imbere-ya-super-falcons-u20/) - Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda Amavubi y'abagore batarengeje imyaka 20, Yari yakiriye Super Falcons ya Nigeria y'abagore batarengeje imyaka 20 kuri Pelé Stadium I Nyamirambo. Wari umukino ubanza wo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya batarengeje imyaka 20 kizabera muri Poland, Uwo mukino waje kurangira Nigeria itsinze igitego 1 ku busa U Rwanda. Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda - [Arsenal vs Man City : Amakuru ahari , abashobora kubanzamo n'ibishobora kuva mu mukino](https://thedrum.rw/2025/09/21/arsenal-vs-man-city-amakuru-ahari-abashobora-kubanzamo-nibishobora-kuva-mu-mukino/) - Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Nzeri 2025, saa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba ku isaha ya Kigali na Bujumbura, ku kibuga cya Emirates mu murwa mukuru w’u Bwongereza, London, ikipe ya Arsenal iracakirana na Manchester City mu mukino witezwe cyane wa Shampiyona y’Abongereza, [English Premier League]. Uyu ni umukino ushobora gutanga icyerekezo cyuko iyi shampiyona - [Amakuru mashya ku mvune z’abarimo Ndikumana Asuman na Idrissa Kouyate ba Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/09/21/amakuru-mashya-ku-mvune-zabarimo-ndikumana-asuman-na-idrissa-kouyate-ba-rayon-sports/) - The Drum tumaze kumenya amakuru agezweho ku mvune y’abarimo Rutahizamu wa Rayon Sports Ndikumana Asuman ndetse n’umuzamu Idrissa Kouyate baraye bagiriye ikibazo k’imvune mu mukino ikipe yahuragamo na Singida Black Stars . Nyuma y'uko umusifuzi wa Kane w’uyu mukino, Simoes Guambe, yari amaze kwerekana iminota itanu y'inyongera ishyizweho kugirango umukino urangire ; Rutahizamu wa Rayon - [Rayon Sports 0-1 Singida Black Stars : Rayon Sports yazize iki , Afhamia ku gitutu n’uburakari bw’abafana ba Murera](https://thedrum.rw/2025/09/21/rayon-sports-0-1-singida-black-stars-rayon-sports-yazize-iki-afhamia-ku-gitutu-nuburakari-bwabafana-ba-murera/) - 🛟LIVE REPORTING FROM KIGALI PELE STADIUM Kuri Kigali Pele Stadium yari yuzuye abafana, ikipe ya Rayon Sports yatangiye urugendo nabi rwayo muri CAF Confederation Cup 2025 , itsindirwa imbere mu rugo na Singida Black Stars FC yo muri Tanzania ku gitego 1-0, mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze. Iki gitego cyabonetse ku munota wa 22, ubwo - [LIVE KURI KIGALI PELE STADIUM: Rayon Sports vs Singida Black Stars](https://thedrum.rw/2025/09/20/live-kuri-kigali-pele-stadium-rayon-sports-vs-singida-black-stars/) - Ikaze ku mukino ikipe ya Rayon Sports igiye kwakiramo Singida Black Stars yo mu gihugu cya Tanzaniya mu ijonjora ry'ibanze rya Total Energy CAF Confederation Cup. - [Maresca yifashishije urugero rwa Se mu gusobanura ikibazo cya Sterling na Disasi](https://thedrum.rw/2025/09/19/maresca-yifashishije-urugero-rwa-se-mu-gusobanura-ikibazo-cya-sterling-na-disasi/) - Umutoza wa Chelsea Enzo Maresca yongeye gutangaza amagambo atavuzweho rumwe, ubwo yagarukaga ku kibazo cy’abakinnyi barimo Raheem Sterling na Axel Disasi batagikorana imyitozo hamwe n’abandi. Mu kiganiro n’abanyamakuru gitegura urugendo rwerekeza I Manchester kuja gucakirana na Manchester United , Uyu mutaliyani w’imyaka 45, yavuze ko atumva ishingiro ry’impuhwe zagaragajwe ku buzima aba bakinnyi babayemo muri - [Chancel Mbemba yajyanye mu nkiko ubuyobozi bwa Olympique de Marseille](https://thedrum.rw/2025/09/19/chancel-mbemba-yajyanye-mu-nkiko-ubuyobozi-bwa-olympique-de-marseille/) - Nyuma yo kwirukanwa muri Olympique de Marseille, myugariro w’umunya-Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo , Chancel Mbemba yafashe icyemezo cyo kujyana iyi kipe n’umuyobozi wayo, Pablo Longoria mu nkiko. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru L’Équipe kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Nzeri, yemeza ko Mbemba yamaze gutanga ikirego mu bushinjacyaha bw’umujyi wa Marseille. Mbemba, kuri ubu ukinira - [EXCLUSIVE - Abarimo Minisitiri Mukazayire batanze ishusho ngari mbere y’itangira rya Shampiyona y’Isi](https://thedrum.rw/2025/09/19/exclusive-abarimo-minisitiri-mukazayire-batanze-ishusho-ngari-mbere-yitangira-rya-shampiyona-yisi/) - Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwasabye abaturage kwitegura kwitabira ibi birori aho kubifata nk’igihe cyo kuguma mu ngo. Mu kiganiro gitegura iri siganwa rigiye kwakirwa n’umujyi wa Kigali yahaye itangazamakuru cyabereye kuri Stade - [Urubanza rw’ifungwa n’ifungurwa rya Camarade wayoboye muri FERWAFA rwatewe ipine](https://thedrum.rw/2025/09/19/urubanza-rwifungwa-nifungurwa-rya-camarade-wayoboye-muri-ferwafa-rwatewe-ipine/) - Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwasubitse urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe, uzwi cyane nka Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA]. Akurikiranyweho ibyaha bibiri bikomeye birimo kunyereza umutungo no gukoresha inyandiko mpimbano. Ubwo yitabaga urukiko kuri uyu wa Gatanu, Kalisa yahakanye ibyo aregwa byose, avuga ko ntaho ahuriye n’ibyaha ashinjwa. Ubushinjacyaha bwagaragaje ko - [FERWABA yasheshe amasezerano yari ifitanye na Dr. Cheikh Sarr](https://thedrum.rw/2025/09/19/ferwaba-yasheshe-amasezerano-yari-ifitanye-na-dr-cheikh-sarr/) - Uwari umutoza mukuru w’amakipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, Dr. Cheikh Sarr, biremezwa ko yamaze gutandukana n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda [FERWABA], nyuma y’imyaka ine ari muri izi nshingano. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’uko imikino y’Igikombe cy’Afurika ,aho amakipe y’igihugu aherutse gutahana umusaruro utari mwiza haba mu makipe y’ abagabo n’abagore. Amakuru yizewe yemejwe - [UCL : Rashford yabaye intwari ya Barcelona ubwo Haaland yakoraga ibitarakorwa n’undi wese!](https://thedrum.rw/2025/09/19/ucl-rashford-yabaye-intwari-ya-barcelona-ubwo-haaland-yakoraga-ibitarakorwa-nundi-wese/) - Mu ijoro ryo ku munsi wejo, amakipe yongeye kwesurana mu mikino y’umunsi wa mbere wa UEFA Champions League. Barcelona, Manchester City, Frankfurt, Sporting CP na Club Brugge zose zatangiye neza, zitsinda imikino yazo. Rashford ahesha Barcelona intsinzi Marcus Rashford, rutahizamu w’U Bwongereza, yatsindiye FC Barcelona ibitego bibiri byiza cyane ubwo batsindiraga Newcastle 2-1 ku kibuga - [Rwanda Premier League  - APR FC yatsinze Gicumbi FC nta nkuru !](https://thedrum.rw/2025/09/18/raporo-yuzuye-apr-fc-yatsinze-gicumbi-fc-nta-nkuru/) - Mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda [Rwanda Premier League], ikipe ya APR FC yatsinze Gicumbi FC ibitego 2-1, mu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa kane. Uyu ni wo mukino wa mbere APR FC yakinaga muri iyi shampiyona, nyuma yo gusiba uwo ku munsi wa mbere - [Imodoka ya miliyoni 15frw mu bizahembwa abitwaye neza muri Rwanda Premier League!](https://thedrum.rw/2025/09/19/imodoka-ya-miliyoni-15frw-mu-bizahembwa-abitwaye-neza-muri-rwanda-premier-league/) - Urwego rutegura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda[Rwanda Premier League], rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cya ePoBox gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu kohererezanya ubutumwa aho iki kigo kizahemba abitwaye neza muri shampiyona y’uyu mwaka w’imikino 2025/2026. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kane wa tariki 18 Nzeri 2025, aho hagamijwe kuzamura ireme ry’umupira w’amaguru w’u Rwanda ndetse - [Intsinzi y’Amavubi imbere ya Zimbabwe ntacyo yayifashije ku rutonde rwa FIFA](https://thedrum.rw/2025/09/18/intsinzi-yamavubi-imbere-ya-zimbabwe-ntacyo-yayifashije-ku-rutonde-rwa-fifa/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yagumye ku mwanya wa 127 ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, rwasohotse kuri uyu wa Kane nyuma y’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Nubwo uyu mwanya utahindutse ugereranyije n’uko byari bimeze mbere y’iyo mikino, amanota y’u Rwanda yazamutseho 8.03, agera kuri 1,133.50, ibintu bigaragaza - [FIFA yatangije iperereza rishobora gusiga Afurika y’Epfo ikaswe amanota](https://thedrum.rw/2025/09/18/fifa-yatangiye-urugendo-rushobora-gusiga-afurika-yepfo-iri-kumwe-namavubi-mu-itsinda-ikaswe-amanota/) - Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi [FIFA] yatangaje ko yatangiye iperereza ryimbitse ku birego biregwamo ikipe y’umupira w’amaguru y’ Afurika y’Epfo [Bafana Bafana] hamwe n’umukinnyi wo hagati wayo, Teboho Mokoena bivugwa ko yakinnye umukino atari yemerewe gukina. Ibi bije nyuma y’uko Teboho Mokoena akinnye umukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 ubwo Afurika y’Epfo yatsindaga - [Camarade wigeze kuyoboraho FERWAFA agiye gutangira kuburanishwa  ](https://thedrum.rw/2025/09/18/camarade-wigeze-kuyoboraho-ferwafa-agiye-gutangira-kuburanishwa/) - Kalisa Adolphe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], agiye kugezwa imbere y’ubutabera ku wa Gatanu, tariki ya 19 Nzeri 2025, aho azaburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo n’urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo. Kalisa akurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo kunyereza umutungo wa Leta, gusaba no kwakira ruswa, ndetse no - [Lionel Messi agiye kongera amasezerano muri Inter Miami](https://thedrum.rw/2025/09/18/lionel-messi-agiye-kongera-amasezerano-muri-inter-miami/) - Hari amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko rutahizamu w’Umunya- Argentine , Lionel Messi, ashobora kongera amasezerano muri Inter Miami, ikipe ibarizwa muri shampiyona y’ikiciro cya mbere muri iki gihugu ya Major League Soccer . Nk’uko ikinyamakuru ESPN dukesha iyi nkuru cyabitangaje , ibiganiro hagati y’impande zombi bigeze mu cyiciro cya - [UCL : Liverpool ,PSG na Inter Milan zakoze ibyo zasabwaga - Raporo yose](https://thedrum.rw/2025/09/18/ucl-liverpool-psg-na-inter-milan-zakoze-ibyo-zasabwaga-raporo-yose/) - Irushanwa rikomeye ku mugabane w’u Burayi, UEFA Champions League, ry’umwaka w’imikino wa 2025/26 ryakomereje ku muvuduko uri hejuru. Amakipe akomeye nka Bayern München, Inter Milan, Liverpool na Paris Saint-Germain yatsinze , mu gihe amakipe mashya muri iri rushanwa nka Bodø/Glimt na Pafos yatunguranye atwara inota rimwe. Mu mukino wabimburiye indi yose, Bodø/Glimt yo muri Noruveje - [UCL : Harry Kane yafashije Bayern Munich kunyagira Chelsea](https://thedrum.rw/2025/09/18/ucl-harry-kane-yafashije-bayern-munich-kunyagira-chelsea/) - Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Allianz Arena, rutahizamu w’umwongereza Harry Kane yongeye kwerekana ko atajya apfusha ubusa amahirwe abonye, atsinda ibitego bibiri byafashije Bayern Munich gutsinda Chelsea ibitego 3-1 muri UEFA Champions League. Kane, w’imyaka 32, ni we wafunguye amazamu ku munota wa 21 atsindira Bayern igitego kuri penaliti nyuma yo gukorerwaho ikosa na Moises - [Ndikumana Asuman agiye guhangana na Byiringiro Lague – Twinjira mu byitezwe ku munsi wa Kabiri wa Rwanda Premier League](https://thedrum.rw/2025/09/17/ndikumana-asuman-agiye-guhangana-na-byiringiro-lague-twinjira-mu-byitezwe-ku-munsi-wa-kabiri-wa-rwanda-premier-league/) - Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 igiye gukomeza hakinwa umunsi wa kabiri, aho amakipe akomeye arimo APR FC, Rayon Sports, na Kiyovu Sports agiye kongera guseruka mu kibuga imbere y’abafana. Ku wa Kane tariki ya 18 Nzeri 2025, Gorilla FC izakira Mukura Victory Sports kuri Kigali Pelé Stadium saa Cyenda. Aya makipe - [Barcelona igiye kwa Newcastle United idafite Lamine Yamal](https://thedrum.rw/2025/09/17/barcelona-igiye-kwa-newcastle-united-idafite-lamine-yamal/) - Lamine Yamal, ntari ku rutonde rw’abagomba gukina umukino wa Champions League, FC Barcelona igiye kwakirwamo na Newcastle United kuri uyu wa Kane, nyuma yo kugira ikibazo cy’imvune yoroheje mu rukenyerero. Yamal, w’imyaka 18 y’amavuko gusa, ntiyabashije gukina umukino wa shampiyona uheruka aho Barcelona yanyagiye Valencia ibitego 6-0, kubera iyo mvune yoroheje. Uyu mukinnyi ukiri - [Thomas Partey yahakanye ibyaha byo gufata ku ngufu abagore aregwa](https://thedrum.rw/2025/09/17/thomas-partey-yahakanye-ibyaha-byo-gufata-ku-ngufu-abagore-aregwa/) - Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal, Thomas Partey, yahakanye ibyaha aregwa byo gufata ku ngufu abagore babiri ndetse no gukorera undi mugore ihohotera rishingiye ku gitsina. Uyu mukinnyi wo hagati ukomoka muri Ghana, w’imyaka 32, yitabye urukiko rwa Southwark Crown Court aho yabanje kwemera amazina ye maze ariko ahakana ibyaha byose uko ari bitandatu aregwa: ibyaha - [RIB yavuze ko siporo atari ikirwa abanyabyaha bihishamo mu gihe abarimo Camarade bafunze !](https://thedrum.rw/2025/09/17/1263/) - Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radio Rwanda,kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nzeri 2025, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yagarutse ku isura nshya y’imikoranire hagati ya siporo n’ubutabera, aho yahamije ko siporo atari ikirwa abanyabyaha bihishamo. Dr. Murangira yabivuze mu gihe hakomeje iperereza ku byaha bikomeye bikekwaho bamwe mu bayobozi - [Undi munyamahirwe yateze 200frw atsindira arenga miliyoni mu masaha make hamwe na Fortebet](https://thedrum.rw/2025/09/17/undi-munyamahirwe-yateze-200frw-atsindira-arenga-miliyoni-mu-masaha-make-hamwe-na-fortebet/) - Mu gihe kitageze no ku masaha 24, umunyamahirwe umwe wateze amafaranga angana na 200 RWF gusa, yatahanye akayabo k’amafaranga 1,296,945 RWF aturutse ku ipari imwe rukumbi! Uyu ntiyagarukiye aho kuko nyuma yakomeje gutega ku yindi mikino , akegukana akayabo k’agera kuri 1,550,856 RWF muri aya masaha make cyane. Uyu munyamahirwe yanakoze ibitari byoroshye kuko yicaye - [Clatous Chama  arimo ! -Dore abakinnyi 23 Singida Black Stars igiye kumanukana i Kigali](https://thedrum.rw/2025/09/17/clatous-chama-arimo-dore-abakinnyi-23-singida-black-stars-igiye-kumanukana-i-kigali/) - Ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania izakina na Rayon Sports mu ijonjora ry’ibanze muri CAF Confederation Cup yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi igomba kuzifashisha kuri uyu mukino . Singida Black Stars iri kwitegura gusesekara mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17 Nzeri 2025, kugira ngo ikomeze kwitegura guhatana na Rayon Sports mu - [Rayon Sports yagaragaje aho amatike y’umukino wa Singida Black Stars ageze agurwa](https://thedrum.rw/2025/09/17/rayon-sports-yagaragaje-aho-amatike-yumukino-wa-singida-black-stars-ageze-agurwa/) - Rayon Sports yatangaje ko aho abafana bayo bageze bagura amatike y’umukino ugomba kuyihuza na Singida Black Stars kuri Kigali Pele Stadium ku isaha y’I saa moya zo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Nzeri 2025. Mu butumwa bacishije ku rukuta rwayo rwo ku rubuga rwa X ,iyi kipe yabanje kwibutsa abakunzi bayo ko igihe cyo - [FIFA yashyize igorora amakipe azatanga abakinnyi bazakina igikombe cy’isi cy’ibihugu](https://thedrum.rw/2025/09/17/fifa-yashyize-igorora-amakipe-azatanga-abakinnyi-bazakina-igikombe-cyisi-cyibihugu/) - Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] ryamaze gutangaza ko rigiye kugenera miliyoni 355 z’amadolari y’Amerika amakipe azatanga abakinnyi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, amafaranga azatangwa kuva mu majonjora kugeza ku mikino ya nyuma. Aya makuru yatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2024, binyuze ku butumwa Perezida wa FIFA, Gianni - [Ibitego umunani mu mukino umwe - UEFA Champions League yagarutse !](https://thedrum.rw/2025/09/17/ibitego-umunani-mu-mukino-umwe-uefa-champions-league-yagarutse/) - Ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025 nibwo hakinwaga imwe mu mikino y'umunsi wa mbere wa UEFA Champions League ku bibuga bitandukanye ndetse amakipe akomeye arimo Arsenal na Real Madrid abyitwaramo neza , reka turebere hamwe ibyavuye ku bibuga bitandukanye kuri uyu munsi . Mu mukino utazibagirana wabereye i Turin, Juventus - [Emery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/09/17/emery-bayisenge-yasubukuye-imyitozo-muri-rayon-sports/) - Myugariro w'ikipe y'igihugu Amavubi na Rayon Sports , Emery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports nyuma yo kumara iminsi adakora imyitozo kubera imvune. Emery Bayisenge wari waragize ikibazo cy'imvune ku mukino w'ikipe ya Vipers SC mu mukino wa gicuti Rayon Sports yari yatsinzemo ibitego 4-1, akaba atarakinnye n'umunsi wa mbere wa shampiyona y'u Rwanda , - [Singida Black Stars izakina na Rayon Sports iragera mu Rwanda uyu munsi](https://thedrum.rw/2025/09/17/singida-black-stars-izakina-na-rayon-sports-iragera-mu-rwanda-uyu-munsi/) - Singida Black Stars yo muri Tanzania izakina na Rayon Sports mu ijonjora ry'ibanze muri CAF Confederation Cup iragera mu Rwanda uyu munsi tariki ya 17 Nzeri 2025, ije kwitegura umukino ubanza uzaba ku wa gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025 ku isaha ya saa 19h00 muri Kigali Pele Stadium. Singida Black Stars iheruka gutwara igikombe - [Hatangajwe impinduka ku masaha y'umukino wa Rayon Sports na Singida Big Stars](https://thedrum.rw/2025/09/16/hatangajwe-impinduka-mu-masaha-umukino-wa-rayon-sports-na-singida-big-stars-wagombaga-gukinirwa/) - Ikipe ya Rayon Sports yatangaje impinduka mu masaha umukino ubanza wayo w’ijonjora ry’ibanze muri CAF Confederation Cup ugomba kuyihuza na Singida Big Stars wagombaga kuzaberaho . Mu busanzwe uyu mukino wagomba kuzatangira ku isaha y’I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba zo ku wa gatanu tariki ya 20 Nzeri 2025 ,gusa nyuma y’impinduka zatangajwe uyu mukino wimuriwe - [Rayon Sports yatsindiwe ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA](https://thedrum.rw/2025/09/16/rayon-sports-yatsindiwe-ku-mukino-wa-nyuma-wirushanwa-rya-cecafa/) - Mu mukino wabereye muri Kenya ku wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ikipe ya JKT Queens yo muri Tanzania yatsinze Rayon Sports y’Abagore igitego 1-0, iyambura amahirwe yo guhagararira akarere ka CECAFA muri CAF Women’s Champions League. Ni umukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Women’s Champions League Qualifiers, wabereye kuri sitade ya MISC Kasarani. - [RIB yemeje ko yataye muri yombi abarimo Kalisa Adolphe bayoboraga muri FERWAFA](https://thedrum.rw/2025/09/16/rib-yemeje-ko-yataye-muri-yombi-abarimo-kalisa-adolphe-bayoboraga-muri-ferwafa/) - Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB], ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwatangije iperereza rikomeye ku bantu babiri bakomeye bakoreraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], aba ni Kalisa Adolphe wahoze ari Umunyamabanga Mukuru, na Tuyisenge Eric wari ushinzwe ibikoresho by’ikipe y’Igihugu Amavubi. Nk’uko RIB yabitangaje mu itangazo ryayo yashyize ku rukuta rwayo rwa X, aba bagabo - [APR FC yasabye impinduka mu mukino wagombaga kuyihuza na Gicumbi FC](https://thedrum.rw/2025/09/16/apr-fc-yasabye-gusubikirwa-umukino-wayo-wumunsi-wa-kabiri-wa-rwanda-premier-league/) - Ikipe ya APR FC yandikiye ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ndetse n’ubwa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] isaba ko umukino wayo w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wari uteganyijwe kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nzeli 2025 usubikwa. Uyu mukino wari uteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium saa 18h30, aho APR FC - [Perezida Thaddée yashyikirije agahimbazamusyi Rayon Sports mbere yo gukina finale](https://thedrum.rw/2025/09/16/perezida-thaddee-yashyikirije-agahimbazamusyi-rayon-sports-mbere-yo-gukina-finale-ya-cecafa/) - Kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2025, mu cyumba cy’inama cya Hoteli yitwa Weston iherereye mu gace ka Langata, mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, hateraniye inama ikomeye iri guhuza ubuyobozi bwa Rayon Sports WFC n’abakinnyi bayo, mbere y’umukino wa nyuma wa CECAFA uzayihuza na JKT Queens yo muri Tanzania. Umuyobozi mukuru wa - [Dore ubutumwa bw'ijambo rimwe bwa Singida Black stars bwasize aba-rayons mu gutungurwa gukomye!](https://thedrum.rw/2025/09/16/dore-ubutumwa-bugizwe-nijambo-rimwe-bwa-singida-black-stars-bwasize-aba-rayons-mu-gutungurwa-gukomye/) - Uguhangana ko hanze y’ikibuga hagati ya Rayon Sports na Singida Black Stars gukomeje gufata indi ntera mu gihe hasigaye iminsi ibarizwa ku ntoki impande zombi zigahurira mu mukino ubanza w’ijonjora ribanza rya CAF Confederations League uteganijwe kubera i Kigali kuri Kigali Pele Stadium ku wa gatandatu ku isaha y’I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba . Ibi - [“Nge mbona ikibazo atari Ruben Amorim” – Paul Scholes avuga ku bibazo bya Manchester United](https://thedrum.rw/2025/09/16/nge-mbona-ikibazo-atari-ruben-amorim-paul-scholes-avuga-ku-bibazo-bya-manchester-united/) - Manchester United, imwe mu makipe akunzwe cyane ku isi, iri mu bihe bigoye cyane kuva shampiyona y’u Bwongereza [Premier League] yatangira uyu mwaka. Nyuma yo gutsindwa umukino wari uw’umunsi mu cyumweru gishize na Manchester City ku bitego 3-0, abasesenguzi batandukanye bakomeje kunenga ubuyobozi n’imyitwarire y’iyi kipe iri gutozwa na Ruben Amorim bahereye ku buryo yitwaye - [Abategura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup biseguye kuri APR FC !](https://thedrum.rw/2025/09/16/1168/) - Mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ryasojwe kuwa Mbere tariki ya 15 Nzeri 2025 , habayeho ikosa ryateye urujijo ndetse n’agahinda ku ikipe ya APR FC, ubwo yamburwaga amahirwe yo gushyikirizwa umudari wayo ku mugaragaro nk’uko bikwiye. Ibi byabaye nyuma y’uko hatanzwe amakuru atari yo, byatumye iyi kipe ititabira umuhango wo gutanga ibihembo wabereye ku - [Haaland muri Barcelona – Ibyasohotse mu binyamakuru byo ku mugabane w’I Burayi](https://thedrum.rw/2025/09/16/haaland-muri-barcelona-ibyasohotse-mu-binyamakuru-byo-ku-mugabane-wi-burayi/) - FC Barcelona iyobowe na Joan Laporta iri mu nzira igaragara yo kureshya rutahizamu ukinira Manchester City, Erling Haaland ; reka twinjirane mu bibyutse byandikwa mu bitangazamakuru by’imikino byo ku mugabane w’I Burayi muri iki gitondo . Nk’uko bitangazwa na El Nacional, Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta, yamaze kugira Haaland nk’umushinga udashobora gusubikwa. Uyu mukinnyi - [Kuba Singida Black Stars yatwaye CECAFA Kagame Cup byagakwiye gukanga Rayon Sports bagiye guhura ?](https://thedrum.rw/2025/09/16/kuba-singida-black-stars-yatwaye-cecafa-kagame-cup-byagakwiye-gukanga-rayon-sports-bagiye-guhura/) - Ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania yanditse amateka mashya mu mupira w’amaguru muri aka karere nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup ya 2025, itsinze Al Hilal Omdurman yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wabereye i Kinondoni ku munsi wejo. Uyu mukino wakurikiwe n’abafana batari bake, wihariwe n’Umunya-Zambia Clatous - [EXCLUSIVE – Mu buryo bw’imibare , umunsi wa mbere wa Rwanda Premier League udusigiye iki ?](https://thedrum.rw/2025/09/15/exclusive-mu-buryo-bwimibare-umunsi-wa-mbere-wa-rwanda-premier-league-udusigiye-iki/) - Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yatangiye mu buryo butunguranye ndetse butanga icyizere ku bakunzi b’umupira w’amaguru. Shampiyona yatangiye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, aho umukino ufungura wahuje hagati ya Gorilla FC na AS Muhanga warangiye utanze intsinzi kuri Gorilla FC y’ibitego 2-0. Alisary Yipon ni we watsinze igitego cya mbere cya - [Rwaka Claude yahishuye intego za Rayon Sports yamaze kugera kuri finale](https://thedrum.rw/2025/09/15/rwaka-claude-yahishuye-intego-za-rayon-sports-yamaze-kugera-kuri-finale/) - Mu gihe Rayon Sports Women FC yamaze kwerekeza ku mukino wa nyuma wa CECAFA Women's Champions League 2025, umutoza wayo mukuru Claude Rwaka aratangaza ko urugamba rukomeye rutarangiye. Intego nyamukuru, nk’uko abihamya, ni ugutwara igikombe no kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda. Ikipe ya Rayon Sports WFC yageze ku mukino wa nyuma - [Yatsindiye arenga miliyoni inshuro ebyiri zikurikiranya nyuma yo kwigurira ibitego gusa muri 'FORTEBET'](https://thedrum.rw/2025/09/15/yatsindiye-arenga-miliyoni-inshuro-ebyiri-zikurikiranya-nyuma-yo-kwigurira-ibitego-gusa-muri-forte-bet/) - Mu gihe benshi bacyibaza uko babigenza ngo begukane amafaranga atubutse binyuze mu mikino y’amahirwe, hari uwakinnye wagaragaje ko uretse amahirwe, ubwenge bwo guhitamo nabwo ari ingenzi mu rugendo rw’intsinzi. Uyu ni we twakwita Umwami w’ibitego byinshi, yakusanyije akayabo k’angana na 1,175,360 RWF inshuro ebyiri nyuma yo gutega ku bikubo byiza bya Fortebet, biturutse ku mafaranga - [CECAFA Kagame Cup  : Memel Dao  yafashije  APR FC kwegukana umwanya wa gatatu  ](https://thedrum.rw/2025/09/15/cecafa-kagame-cup-memel-dao-yafashije-apr-fc-kwegukana-umwanya-wa-gatatu/) - Ikipe ya APR FC yegukanye umwanya wa gatatu mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025 ryahurije hamwe amakipe yo mu karere ka Afurika yo hagati n’iy’Iburasirazuba. Ni intsinzi yabonetse kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nzeri 2025, mu mukino wabereye kuri KMC Stadium iherereye muri Tanzania. Uyu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu wahuje - [Rayon Sports yashyize hanze ibiciro by’amatike y’umukino wa Singida Black Stars](https://thedrum.rw/2025/09/15/rayon-sports-yashyize-hanze-ibiciro-byamatike-yumukino-wa-singida-black-stars/) - Ikipe ya Rayon Sports, yamaze gushyira hanze ibiciro by’amatike y’umukino uzayihuza na Singida Black Stars yo muri Tanzaniya, mu ijonjora ribanza ry’irushanwa rya CAF Confederation Cup 2025. Nk’uko byatangajwe binyuze ku rukuta rwa X rwa Rayon Sports kuri uyu wa mbere tariki 15 Nzeri 2025, umukino uteganyijwe kubera kuri Stade Kigali Pele stadium kuwa Gatanu - [Ikimeze nk’ugushaka kwemezanya hagati ya Simba na APR mu biteye Uwase Magnifique kuguma mu gihirahiro!](https://thedrum.rw/2025/09/15/ikimeze-nkugushaka-kwemezanya-hagati-ya-simba-na-apr-mu-biteye-uwase-magnifique-kuguma-mu-gihirahiro/) - Uwase Magnifique, umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abagore [She -Amavubi ], akomeje kuba mu gihirahiro gikomeye nyuma y’uko atabashije kwerekeza muri Simba Queens yo muri Tanzania, nubwo yari amaze gusinyishwa mu buryo bwemewe n’amategeko. Iki kibazo cyatewe n’ukutumvikana gukomeye hagati y’amakipe abiri atandukanye yakiniraga, ariko adahuje ibyo bikora ,reka tubirebere hamwe. Muri Kanama uyu mwaka, - [“Kuva Amorim yahabwaga akazi ,ikipe yarushijeho kubona ishyano!” : Wayne Rooney](https://thedrum.rw/2025/09/15/kuva-amorim-yahabwaga-akazi-ikipe-yarushijeho-kubona-ishyano-wayne-rooney-nyuma-yintsinzwi-ya-man-united/) - Mu magambo akomeye kandi agaragaza impungenge, Wayne Rooney wahoze ari kapiteni wa Manchester United ndetse akaba ari nawe mukinnyi watsinze ibitego byinshi kurusha abandi bose babaye muri iyi kipe kuva yashingwa, yatangaje ko ikipe ya United "yagushije ishyano" aho "gutera imbere kuva yatangira gutozwa n’umunya-Portigal - Ruben Amorim . Rooney yavugiye ibi mu kiganiro cye - [Rayon Sports y’abagore yageze kuri Finale ya CECAFA Women’s Club Championship](https://thedrum.rw/2025/09/14/rayon-sports-yabagore-yageze-kuri-finale-ya-cecafa-womens-club-championship/) - Mu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025, ikipe ya Rayon Sports y’abagore [Rayon Sports WFC] yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Women’s Club Championship, nyuma yo gutsinda Kampala Queens kuri penaliti 4-3, nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 90 y’umukino yongeweho 30 bikaba iby’ubusa. Uyu mukino wabereye kuri Stade - [🛟 UKO URUTONDE RW'AGATEGANYO RWA PREMIER LEAGUE RUHAGAZE](https://thedrum.rw/2025/09/14/1108/) - No Izina ry'Ikipe Imikino imaze gukinwa Ibitego byizigamwe Amanota 1 Liverpool 4 5 12 2 Arsenal 4 8 9 3 Tottenham Hotspur 4 7 9 4 AFC Bournemouth 4 1 9 5 Chelsea 4 6 8 6 Everton 4 2 7 7 Sunderland 4 2 7 8 Crystal Palace - [FERWAFA yahaye umurongo iby’ubusabe bwa Ethiopia bwo kwakirira Guinea mu Rwanda  ](https://thedrum.rw/2025/09/14/ferwafa-yahaye-umurongo-ibyubusabe-bwa-ethiopia-bwo-kwakirira-guinea-mu-rwanda/) - Ikipe y’Igihugu ya Ethiopia, izwi ku izina rya Walia Ibex, yasabye ko yakwakirira umukino wayo na Guinée-Bissau mu Rwanda, kuri Stade Amahoro i Remera ku tariki ya 7 Ukwakira 2025. Uyu mukino uzaba ari uw’umunsi wa cyenda w’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique. - [Man city Vs Man United: Amakuru ahari , abashobora kubanzamo ndetse n’uko umukino uri burangire[Predictions]](https://thedrum.rw/2025/09/14/man-city-vs-man-united-amakuru-ahari-abashobora-kubanzamo-ndetse-nuko-umukino-uri-burangirepredictions/) - Kuri iki cyumweru tariki ya 14 Nzeri 2025, Manchester City irakira Manchester United ku kibuga cyayo cya Etihad Stadium mu mukino ukomeye wa Premier League uzatangira saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba. Uyu mukino utegerejwe n’abatari bake, witezweho gutanga ishusho ngari ku bibazo byugarije impande zombi zatangiye nabi shampiyona nshya. Uko amakipe yombi aheruka kwitwara mu - [She -Amavubi yahamagaye abangavu bagomba kuzahatana na Nigeria](https://thedrum.rw/2025/09/14/she-amavubi-yahamagaye-abangavu-bagomba-kuzahatana-na-nigeria/) - Cassa Mbungo André yahamagaye urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 22 bazitabira umwiherero wo kwitegura imikino ibiri izahuza u Rwanda na Nigeria, mu rwego rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 cy’abagore batarengeje imyaka 20 [U20 Women World Cup]. Urutonde rw’abakinnyi Cassa yahamagaye rugaragaza umwihariko w’uko yashyize imbere abakobwa bafite impano zikiri nto, baturutse mu makipe atandukanye yo - [Enzo Maresca yahakanye ibyavugwaga ko gutinya Bayern Munich aribyo byamukozeho  ](https://thedrum.rw/2025/09/14/enzo-maresca-yahakanye-ibyavugwaga-ko-gutinya-bayern-munich-aribyo-byamukozeho/) - Mu mukino wa Premier League wabaye kuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Chelsea yatunguwe bikomeye ubwo Brentford yayikuraga amanota amanota atatu mu ntoki ku munota wa nyuma . Ibi byateye impaka nyinshi cyane, abasesenguzi benshi bavuga ko Chelsea yaba yarangariye mu gutegura umukino wabo ukomeye wa UEFA Champions League uteganyijwe mu cyumweru gitaha, bazahuramo na - [Match Recap –Ndikumana Asuman yabaye intwari y’aba-Rayons imbere ya Kiyovu Sports](https://thedrum.rw/2025/09/14/match-recap-rutahizamu-ndikumana-asuman-yongeye-kuba-intwari-yaba-rayons-imbere-ya-kiyovu-sports/) - Mu buryo bwemeje abafana bayo,Ikipe ya Rayon Sports yatangiye neza shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2025/2026 itsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri 2025. Uyu mukino wasoreje indi yose muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yabaye ku munsi - [Kylian Mbappé yatumye Real Madrid y’abakinnyi 10 yikura imbere ya Real Sociedad](https://thedrum.rw/2025/09/13/kylian-mbappe-yatumye-real-madrid-yabakinnyi-10-yikura-imbere-ya-real-sociedad/) - Ikipe ya Real Madrid yatangiye neza muri shampiyona ya Espagne [LaLiga] y’uyu mwaka w’imikino wa 2025-2026, nyuma yo gutsinda Real Sociedad ibitego 2-1 nubwo yakinnye igihe kinini ari abakinnyi 10 , kubera ikarita itukura yahawe myugariro wayo Dean Huijsen. Ni umukino wari utegerejwe na benshi, wabereye kuri sitade yitwa Estadio Municipal de Anoeta y’ikipe ya - [Nigeria iri mu itsinda rimwe n'Amavubi irashinja FIFA kwanga guhana South Africa  ](https://thedrum.rw/2025/09/13/nigeria-iri-mu-itsinda-rimwe-namavubi-irashinja-fifa-kwanga-guhana-south-africa/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Nigeria [NFF] ryatangaje ko rishobora kugeza ikirego kuri FIFA rirega ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo kubera gukinisha umukinnyi utemewe mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ibi bije nyuma y’uko amakipe yombi anganyije igitego 1-1 mu mukino wabereye muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gishize, ku munsi wa munani w’amatsinda - [Byiringiro Lague yafashije Police Fc gutangira neza shampiyona](https://thedrum.rw/2025/09/13/byiringiro-lague-yafashije-police-fc-gutangira-neza-shampiyona/) - Police FC yatangiye Shampiyona y’uyu mwaka wa 2025/2026 itanga ubutumwa bukomeye, itsinda Rutsiro FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa Mbere wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Umusore w’imyaka 24, Byiringiro Lague, ni we wigaragaje nk’inkingi ya mwamba muri iyi ntsinzi, atsinda ibitego byombi byafashije ikipe y’Igipolisi k’igihugu gutangira shampiyona neza. Police FC yinjiye mu mukino - [Premier League :Zubimendi yerekanye urwego rudasanzwe ubwo Arsenal yanyagiraga Nottingham](https://thedrum.rw/2025/09/13/premier-league-martin-zubimendi-yerekanye-urwego-rudanzwe-ubwo-arsenal-yanyagira-nottingham-forest/) - Mu mukino w’umunsi wa kane wa Premier League, ikipe ya Arsenal yatsinze Nottingham Forest ibitego 3-0, ikomeza kuza ku isonga ry’amakipe ahatanira igikombe. Uyu mukino watangiye mu masaha yo gufata ibya saa sita yo ku wa Gatandatu, wagaragayemo impinduka zikomeye ku ruhande rwa Arsenal, by'umwihariko ku bakinnyi bashya nka Martin Zubimendi na Viktor Gyokeres. Martin - [CECAFA KAGAME CUP : Al Hilal yatumye ibyifuzo bya APR FC byo kugera kuri Finale biba inzozi](https://thedrum.rw/2025/09/13/cecafa-kagame-cup-al-hilal-yakomeje-yatumye-ibyifuzo-bya-apr-fc-byo-kugera-kuri-finale-biba-inzozi/) - Mu mukino wari utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda no mu karere, APR FC yatsinzwe na Al Hilal Omdurman yo muri Sudani ibitego 3-1, ihita inayibuza kugera ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup 2025. Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Azam Complex mu gihugu cya Tanzaniya, watangiye amakipe yombi asa nkaho yigana. Mu - [Everton irashaka kwegukana burundu Jack Grealish - Ibyanditswe mu binyamakuru](https://thedrum.rw/2025/09/13/everton-irashaka-kwegukana-burundu-jack-grealish-ibyanditswe-mu-binyamakuru/) - Ikipe ya Everton yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza [Premier League] irateganya kugura Jack Grealish, umukinnyi wo hagati usatira, ukinira ikipe ya Manchester City ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza. IVOMO ; Daily Telegraph. Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily Telegraph yemeza ko Everton yizeye ko izashobora kubona Grealish ku giciro kiri munsi ya miliyoni £50, amafaranga - [Haringingo wa Kiyovu Sports yahaye ubutumwa bukomeye Rayons Sports mbere yo guhura](https://thedrum.rw/2025/09/13/haringingo-wa-kiyovu-sports-yahaye-ubutumwa-bukomeye-rayons-sports-mbere-yo-guhura/) - Mu gihe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025/26 yamaze gutangira Gorilla yisasira As Muhanga ikizamuka mu cyiciro cya kabiri, umutoza wa SC Kiyovu, Christian Francis Haringingo, yatangaje amagambo akomeye agenewe ikipe ya Rayon Sports bazahura ku mukino wa mbere w’uyu mwaka w’imikino, aho yavuze ko “biteguye kubababaza.” Uyu mutoza w’Umurundi, umaze igihe agerageza kubaka - [Predictions - Dore uko ugomba kugura amakipe yo muri Premier League muri iyi weekend](https://thedrum.rw/2025/09/13/predictions-dore-uko-ugomba-kugura-amakipe-yo-muri-premier-league-muri-iyi-weekend/) - Nyuma y’ikiruhuko cy’imikino mpuzamahanga, Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) irasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, ku wa Gatandatu no ku Cyumweru tariki ya 13-14 Nzeri 2025. Ni umunsi wa kane w’iyi shampiyona isanzwe ikurikirwa cyane ku isi, kikazakirinirwamo n’imikino ikomeye, cyane cyane derby izahuza Manchester United na Manchester City. Kuri uyu wa Gatandatu: Turamenya uyoboye umujyi - [CECAFA KAGAME CUP : Gen.Patrick Nyamvumba yasuye ikipe ya APR FC  mu mwiherero](https://thedrum.rw/2025/09/12/cecafa-kagame-cup-gen-patrick-nyamvumba-yasuye-ikipe-ya-apr-fc-mu-mwiherero/) - Mu rwego rwo gutera inkunga no kongerera icyizere ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CECAFA Kagame Cup, Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, General Patrick Nyamvumba, yasuye ikipe ya APR FC aho iri mu mwiherero i Dar es Salaam. INDI NKURU WASOMA BIFITANYE ISANO : Igitego cya Nduwimana Frank nicyo cyafunguye shampiyona ubwo Gorilla yatsinda - [Igitego cya Nduwimana Frank nicyo cyafunguye shampiyona ubwo Gorilla yatsinda As Muhanga](https://thedrum.rw/2025/09/12/igitego-cya-nduwimana-frank-nicyo-cyafunguye-shampiyona-ubwo-gorilla-yatsinda-as-muhanga/) - Ikipe ya Gorilla FC yatangiye neza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 yerekana ubushake bwo guhatana, nyuma yo gutsinda AS Muhanga ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wakinwe kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, kuri Kigali Pele Stadium saa Cyenda z’amanywa. Nubwo umukino watangiye utinzeho iminota itatu, Gorilla FC - [Rayon Sports yahaye umurongo ikibazo cya Ndikumana Asman mbere yo gucakirana na Kiyovu Sports](https://thedrum.rw/2025/09/12/rayon-sports-yahaye-umurongo-ikibazo-cya-ndikumana-asman-mbere-yo-gucakirana-na-kiyovu-sports/) - Ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangiza ikibazo cy’amafaranga yari ibereyemo rutahizamu w’Umurundi, Asman Ndikumana, aho yishyuwe miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda. Ibi byakozwe mu rwego rwo kwinjira mu mwaka w’imikino wa 2025/2026 nta Mwenda n’umwe ikipe ifitiye abakinnyi, ibintu benshi bafashe nk’intambwe ikomeye itewe ku ruhande rw’ubuyobozi bushya buyobowe na Bwana Twagirayezu Thadee. Asman Ndikumana - [Chelsea igiye kumara amezi abiri idafite rutahizamu wayo  ](https://thedrum.rw/2025/09/12/chelsea-igiye-kumara-amezi-abiri-idafite-rutahizamu-wayo/) - Rutahizamu w’umwongereza ukinira Chelsea, Liam Delap, agiye kumara igihe kitari gito adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune y’imitsi y’akaguru bizwi nka hamstring mu mukino batsinzemo Fulham ibitego 2-0 mbere y’ikiruhuko mpuzamahanga. Delap yasimbuwe ku munota wa 14 gusa w’umukino, ibintu byahise bitera impungenge umutoza Enzo Maresca wahise atangaza ko uyu musore w’imyaka 22 atazongera - [Izacyegukana izahembwa hafi ubwikube kane bw’ayo APR FC yegukanye umwaka ushize – Ibyo ukwiye kumenya kuri shampiyona y’uyu mwaka !](https://thedrum.rw/2025/09/12/izacyegukana-izahembwa-hafi-ubwikube-kane-bwayo-apr-fc-yegukanye-umwaka-ushize-ibyo-ukwiye-kumenya-kuri-shampiyona-yuyu-mwaka/) - Umwaka mushya w’imikino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, uratangira ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nzeri 2025, aho abafana n’abasesenguzi b’umupira w’amaguru biteze amezi 10 yuje ibyishimo, amarira, n’uguhangana gukomeye. APR FC, iyoboye izindi mu kwiharira amateka yo kwiharira ibikombe bya shampiyona byinshi ubaze uherereye nyuma ya Jenoside - [Izacyegukana izahembwa hafi ubwikube kane bw’ayo APR FC yegukanye umwaka ushize – Ibyo ukwiye kumenya kuri shampiyona y’uyu mwaka !](https://thedrum.rw/2025/09/12/izacyegukana-izahembwa-hafi-ubwikube-kane-bwayo-apr-fc-yegukanye-umwaka-ushize-ibyo-ukwiye-kumenya-kuri-shampiyona-yuyu-mwaka/) - Umwaka mushya w’imikino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, uratangira ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nzeri 2025, aho abafana n’abasesenguzi b’umupira w’amaguru biteze amezi 10 yuje ibyishimo, amarira, n’uguhangana gukomeye. APR FC, iyoboye izindi mu kwiharira amateka yo kwiharira ibikombe bya shampiyona byinshi ubaze uherereye nyuma ya Jenoside - [EXCLUSIVE – Bite bya Fall Ngagne na Mohamed Chelly ?, ukugaruka kwa Jean Fidèle mu nzove ,umushahara wa Kamena ; Twinjirane muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/09/12/exclusive-bite-bya-fall-ngagne-na-mohamed-chelly-ukugaruka-kwa-jean-fidele-mu-nzove-umushahara-wa-kamena-twinjirane-muri-rayon-sports/) - Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura umukino ukomeye izahuramo na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nzeri 2025, umukino uzabera kuri Kigali Pele Stadium saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba. Mu gutegura neza uyu mukino, amakuru aturuka mu myitozo ya Rayon Sports ndetse no mu mwiherero wayo uri kubera i Nzove, aratanga ishusho y’uko - [Fei Toto wa Azam FC yateye umugongo Kaizer Chiefs](https://thedrum.rw/2025/09/12/fei-toto-wa-azam-fc-yateye-umugongo-kaizer-chiefs/) - Umukinnyi wo hagati Feisal Salum, wamenyekanye cyane ku izina rya Fei Toto, yongereye amasezerano mashya y'umwaka umwe muri Azam FC. Amakuru dekesha Micky Junior avuga ko uyu mukinnyi yagarutse mu myitozo y’ikipe i Chamazi, ndetse biteganyijwe ko amafoto y’iyi mikoranire mishya aza gushyirwa hanze mu masaha make ari imbere. Nk’uko amakuru yizewe abyemeza, Feisal Salum - [Liverpool ntago iravana ijisho kuri Marc Guehi wa Crystal Palace – Ibibyutse byandikwa mu itangazamakuru](https://thedrum.rw/2025/09/12/liverpool-ntago-iravana-ijisho-kuri-marc-guehi-wa-crystal-palace-ibibyutse-byandikwa-mu-itangazamakuru/) - Arsenal yongereye amasezerano Saliba Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze gushyira ku meza amasezerano mashya y’imyaka itanu agenewe myugariro w’Ubufaransa William Saliba. Uyu mukinnyi w’imyaka 24 wari usanzwe afite amasezerano azarangira mu 2027, aracyari kuganirwaho hagati y’impande zombi. Gusa, Real Madrid nayo iri gukurikiranira hafi uko ibiganiro bigenda kugirango irebe uko yamusinyisha.IVOMO ; FOOT - [“Umupira wacu ukinirwa ku magambo kurusha mu bikorwa” - Bizumuremyi Radjab wa Rutsiro FC](https://thedrum.rw/2025/09/11/umupira-wacu-ukinirwa-ku-magambo-kurusha-ibikorwa-bizumuremyi-radja-bwa-rutsiro-fc/) - Umutoza mushya wa Rutsiro FC, Bizumuremyi Radjab, yagize icyo avuga ku makuru yari amaze iminsi avuga ko atagishoboye ibyo umupira w’abagabo, abizeza ko agifite ubushobozi bwo guhangana no kuyobora ikipe ku rwego rwo hejuru. Uyu mutoza wahoze atoza AS Kigali WFC, yavuze ko yaje mu Rutsiro FC yitwaje intego zikomeye, zitarimo ukuzayisubiza inyuma ahubwo ko - [FERWAFA na Rwanda Premier League bemeranijwe ku bizagenderwaho mu mwaka utaha w’imikino !](https://thedrum.rw/2025/09/11/ferwafa-na-rwanda-premier-league-bemeranijwe-ku-bizagenderwaho-mu-mwaka-utaha-wimikino/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] hamwe n’ubuyobozi bwa shampiyona y’icyiciro cya mbere [Rwanda Premier ] bumaze gusinya amategeko n’amabwiriza agomba kuzagenga shampiyona y'umwaka w’imikino wa 2025/26 . Ku ruhande rwa FERWAFA bari bahagarariwe na perezida mushya ,Shema Fabrice wari kumwe na mugenzi we wa Rwanda Premier Mudaheranwa Hadji Yussufu . Impande zombi zatangaje ko - [Transfers : Christian Eriksen wakiniraga Manchester United yabonye ikipe nshya !](https://thedrum.rw/2025/09/11/transfers-christian-eriksen-wakiniraga-manchester-united-yabonye-ikipe-nshya/) - Ikipe ya Wolfsburg yo mu gihugu cy’Ubudage yatangaje ku mugaragaro ko yasinyishije umukinnyi mpuzamahanga w’Umunya-Denimark , Christian Eriksen,akaba yaziye ku buntu nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Manchester United ; ndetse akaba yasinye gukinira iyi kipe yambara icyatsi n’umweru kugeza mu mwaka wa 2027. Uyu mukinnyi w’imyaka 33, wari umaze amezi make adafite ikipe nyuma - [FA irashinja Chelsea ibyaha 74 byakozwe mu gihe yari ifitwe na Roman Abramovich](https://thedrum.rw/2025/09/11/fa-irashinja-chelsea-gukora-ibyaha-74-byakozwe-mu-gihe-yari-ifitwe-na-roman-abramovich/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza [England FA] ryashyikirije dosiye ikipe ya Chelsea irimo ibyaha 74 iregwa byo kwitiranya ndetse no guhonyora amategeko agenga imyishyurire y'abahagarariye inyungu z’abakinnyi [agents]. Nkuko ikinyamakuru The Standard dukesha iyi nkuru kibivuga ngo ibi byaha bishinjwa iyi ikipe y’I Londres byakozwe mu myaka hagati yo hagati yo muri 2009 na 2022, - [Nyuma yuko abakongomani bangije Stade des Martyrs harakuraho iki ? – Dore icyo FIFA iteganya !](https://thedrum.rw/2025/09/11/nyuma-yuko-abakongomani-bangije-stade-des-martyrs-harakuraho-iki-dore-icyo-fifa-iteganya/) - Umukino wari utegerejwe na benshi hagati y’ingwe za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Intare zo mu ishyamba rya Teranga za Sénégal warangiye mu mvururu zikomeye, nyuma y’uko DRC itsinzwe ibitego 3 kuri 2 mu mukino wabereye kuri Stade des Martyrs iri mu murwa mukuru Kinshasa. Iyi ntsinzi ya Sénégal ntishimishije na gato abafana ba DRC, - [Bimwe mu bihugu byamaze kubona itike yo kwitabira imikino ya nyuma y'gikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/2025/09/11/bimwe-mu-bihugu-byamaze-kubona-itike-yo-kwitabira-imikino-ya-nyuma-ygikombe-cyisi-cya-2026/) - Uko iminsi igenda yicuma ni nako abatuye isi bakomeza hutegerezanya amashyushyu menshi imikino ya nyuma y'igikombe cy’Isi cya 2026, ibyishimo biragenda byiyongera kuri benshi nyuma y’uko hamenyekanye ibihugu by’ibanze byamaze kubona itike yo kwitabira iyi mikino. Iki ni igikombe kizabera mu bihugu bitatu aribyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada, ndetse kikazaba ari - [EXCLUSIVE – Dore byose ukeneye kumenya kuri Shampiyona y’isi y’amagare ibura iminsi mike igatangirira i Kigali](https://thedrum.rw/2025/09/11/exclusive-dore-byose-ukeneye-kumenya-kuri-shampiyona-yisi-yamagare-ibura-iminsi-mike-igatangirira-i-kigali/) - Mu gihe habura iminsi mike ngo u Rwanda rwakire shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare [UCI Road World Championships] rizabera muri Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, inzego zitandukanye zirahamagarira abaturage kugira uruhare rugaragara mu gutuma iri siganwa rizagenda neza kandi risiga isura nziza y’igihugu. Ibi byagarutsweho ku wa Gatatu, - [BREAKING NEWS - Abarimo Niyomugabo Claude,Ishimwe Pierre na Mugisha Gilbert, bamaze kugera I Dar Esaalam !](https://thedrum.rw/2025/09/11/breaking-news-niyomugabo-claude-omborenga-fitina-ishimwe-pierre-na-mugisha-gilbert-bamaze-kugera-i-dar-esaalam/) - Abasore ba ekipe ya APR FC barimo Niyomugabo Claude, Omborenga Fitina, Ishimwe Pierre na Mugisha Gilbert, bamaze kugera I Dar Esaalam aho baje bavuye mu ikipe y'igihugu. Bakaba baje hano muri Tanzania kwifatanya na bagenzi babo mu irushanwa CECAFA KAGAME CUP , aho imikino igeze muri 1/2 ndetse ikipe ya APR FC yaraye imenye ko - [Arsenal ku kongerera amasezerano abarimo Bukayo Saka na Saliba – Ibibyutse byandikwa mu itangazamakuru](https://thedrum.rw/2025/09/11/arsenal-ku-kongererera-amasezerano-abarimo-bukayo-saka-na-saliba-ibibyutse-byandikwa-mu-itangazamakuru/) - Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rigende rigera ku musozo, amakipe akomeye yo mu Bwongereza arimo gukaza umurego mu gushaka gusinyisha amaraso mashya, kongera amasezerano y’abakinnyi b’ingenzi babo no kwirinda igihombo gituruka ku bakinnyi bashobora kugenda ku buntu [free agents]. Reka turebere hamwe amwe mu makuru avugwa mu makipe atandukanye nka Manchester United, Arsenal, Liverpool - [Buri kipe igomba kugira abakinnyi batatu batarengeje imyaka 21 b'abanyarwanda - Impinduka muri Rwanda Premier League ibura iminsi ibiri !](https://thedrum.rw/2025/09/10/buri-kipe-igomba-kugira-abakinnyi-batatu-batarengeje-imyaka-21-babanyarwanda-impinduka-muri-rwanda-premier-ibura-iminsi-ibiri/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje impinduka nshya zizatangira kubahirizwa guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/26, aho amakipe yo mu cyiciro cya mbere yemerewe gukoresha abakinnyi b’abanyamahanga batarenze umunani bari mu kibuga icyarimwe. Ibi ni inyongera ugereranyije n’uko byari bisanzwe, kuko mbere buri kipe yashoboraga gushyira abanyamahanga 10 ku rupapuro rw’abakina ariko bagashyira mu - [Manchester City igiye kwakira Manchester United idafite umukinnyi wayo w'ingenzi !](https://thedrum.rw/2025/09/10/manchester-city-igiye-kwakira-manchester-united-idafite-umukinnyi-wayo-wingenzi/) - Ikipe ya Manchester City izakina idafite rutahizamu w’umunya-Misiri Omar Marmoush mu mukino ukomeye utegerejwe ku cyumweru izahuramo Manchester United kuri Etihad Stadium, nyuma y’uko Marmoush avunikiye mu ivi ari ubwo yari muikino mpuzamahanga hamwe n’ikipe ye y’igihugu. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yaje gusimbuzwa hakiri kare mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi wahuje Misiri na - [CECAFA KAGAME CUP : APR FC yiyongereyemo amaraso mashya mbere yo gukina 1/2](https://thedrum.rw/2025/09/10/cecafa-kagame-cup-apr-fc-yiyongereyemo-amaraso-mashya-mbere-yo-gukina-1-2/) - Nyuma y’uko u Rwanda rutsinze Zimbabwe igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, abakinnyi bane ba APR FC bari mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ bagiye kwerekeza muri Tanzania, aho bagiye gusanga bagenzi babo mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup. Abo bakinnyi ni umunyezamu Ishimwe Pierre, ba myugariro Omborenga Fitina na Niyomugabo Claude, ndetse na - [OPINION - Ese kunganya kwa Nigeria na South Africa haba hari amahirwe biha Amavubi ?](https://thedrum.rw/2025/09/10/opinion-ese-kunganya-kwa-nigeria-na-south-africa-haba-hari-amahirwe-biha-amavubi/) - Mu gihe Imikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 muri Afurika yakomezaga guhatana ku munsi wayo wa munani, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yakoze iby’ingenzi yasabwaga itsinda Zimbabwe igitego 1-0, ikomeza kwiyongerera amahirwe yo kugera mu gikombe yo kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2026. Ni umukino wabereye mu gihugu cya Afurika y’Epfo ku munsi - [Twagirayezu Thaddée yagaragaje ibyabaye amasigaracyicaro hadaciye kabiri inteko rusange ya Rayon Sports ibaye !](https://thedrum.rw/2025/09/10/twagirayezu-thaddee-yagaragaje-ibyabaye-amasigaracyicaro-hadaciye-kabiri-inteko-rusange-ya-rayon-sports-ibaye/) - Perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thaddée yagaragaje impungenge zikomeye nyuma yo gusanga kugeza ubu nta kintu kigezwe gihindurwa ku ngingo zirenze imwe zakozweho ubugororangingo mu Nama y'Inteko Rusange iheruka kugira ngo zisobanuke neza . Nyuma y’Inteko Rusange ya Rayon Sports yabereye muri Serena Hotel tariki ya 7 Nzeri 2025, Ubuyobozi bukuru bwa Association Rayon Sports - [Umujinya w’abafana ba Kongo- Kinsaha nyuma yo gutsindwa na Senegal wasize sitade y’igihugu ari igisenzegeri !](https://thedrum.rw/2025/09/10/umujinya-wabafana-ba-kongo-kinsaha-nyuma-yo-gutsindwa-na-senegal-wasize-sitade-yigihugu-ari-igisenzegeri/) - Umujinya w’abafana b’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [DRC] wasize Stade des Martyrs, imwe muri stade zikomeye muri Afurika, yangijwe bikomeye nyuma y’uko Les Léopards itsinzwe na Sénégal ibitego 3-2 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Mu mukino wari witezwe na benshi muri iki gihugu, DRC yatangiye neza itsinda ibitego - [BREAKING _ Hatangajwe gahunda yose y’urugendo rw’Amavubi rugaruka I Kigali nyuma yo gutsinda Zimbabwe  ](https://thedrum.rw/2025/09/10/breaking-_-hatangajwe-gahunda-yose-yurugendo-rwamavubi-rugaruka-i-kigali-nyuma-yo-gutsinda-zimbabwe/) - Uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 10 Nzeri 2025, ku isaha y’I saa munani z’amanywa, Amavubi aratangira urugendo rugaruka mu Rwanda, aho ahagurukira kuri hoteli Red Radisson iri i Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Ku isaha ya saa kumi n’iminota 50 z’umugoroba, biteganyijwe ko indege ibatwaye ihaguruka ku kibuga cy’indege cya OR Tambo, bakagera i - [AMAFOTO: Bibereye mu Butaliyani reba uko Manzi na Djihad bishimiye igikombe](https://thedrum.rw/2025/08/13/amafoto-bibereye-mu-butaliyani-reba-uko-manzi-na-djihad-bishimiye-igikombe/) - Kapiteni w'Ikipe y'Igihugu Amavubi Bizimana Djihad n'Umwungiriza we mu ikipe y'Igihugu Amavubi Manzi Thierry, Baraye bafashije ikipe bakinira ya Al Ahly Tripoli kwegukana igikombe cya Shampiyona ya Libya. Tariki ya 12 Kanama 2025, Nibwo Al Ahly Tripoli ikinamo abanyarwanda babiri Manzi Thierry na Djihad Bizimana, Batsinze ibitego 2 ku busa ikipe ya Al Hilal, Bahita - [Real Madrid kuri myugariro wa Spurs & ahazaza ha Onana muri United – Ibyasohotse mu binyamakuru ku mugabane w’Iburayi !](https://thedrum.rw/2025/09/10/real-madrid-kuri-myugariro-wa-spurs-ahazaza-ha-onana-muri-united-ibyasohotse-mu-binyamakuru-ku-mugabane-wiburayi/) - Reka turebere hamwe amakuru abyutse yandikwa mu binyamakuru byo ku mugabane w’Uburayi mu gihe amakipe akataje mu gushaka uko yakongera kwiyubaka nubwo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rigenda rigana ku musozo. Ikipe ya Real Madrid yagaragaje ubushake bwo kugura myugariro wa Tottenham Micky van de Ven, w’imyaka 24. Gusa ikipe ya Spurs yatsembye, aho yemeza ko - [Amavubi acyuye amanota atatu imbumbe imbere ya Zimbabwe](https://thedrum.rw/2025/09/09/amavubi-acyuye-amanota-atatu-imbumbe-imbere-ya-zimbabwe/) - Mu mukino wari utegerejwe na benshi waberaga kuri Orlando Stadium muri Afurika y’Epfo, Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Zimbabwe igitego 1-0, yongera kuzamura icyezere cy’amahirwe yo kuzitabira Igikombe cy’Isi cya 2026. Iki gitego cyabonetse ku munota wa 40’ w’umukino, cyatsinzwe na rutahizamu Mugisha Gilbert umaze kwigaragaza nk’umwe mu nkingi za mwamba z’Amavubi . Uburyo igitego cyabonetse - [Nyuma ya Ngoga Roger ;undi wakoze ku ngoma ya Jean Fidele muri Rayon Sports yeguye !](https://thedrum.rw/2025/09/09/nyuma-ya-ngoga-roger-undi-wakoze-ku-ngoma-ya-jean-fidele-muri-rayon-sports-yeguye/) - Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, nibwo Rukundo Patrick, wari Umubitsi wa Rayon Sports, yandikiye ubuyobozi bw’iyi ikipe ibaruwa ishimangira ko yeguye ku mirimo ye, ku mpamvu yise “ize bwite” akaba yanafashe iki cyemezo nyuma yo kubanza kubigishaho inama umuryango we. Rukundo yari amaze amezi 10 kuri uwo mwanya, aho yatorewe izi - [Shema Fabrice yageneye Amavubi igihembo kidasanzwe nyuma yo gutsinda Zimbabwe  ](https://thedrum.rw/2025/09/09/shema-fabrice-yageneye-amavubi-igihembo-kidasanzwe-nyuma-yo-gutsinda-zimbabwe/) - Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] Shema Fabrice yijeje abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi ko agahimbazamusyi kabo bakabona mu gitondo ndetse na Jersey bakinanye arazibaha nyuma yuko Amavubi asoje umukino atsinze Zimbabwe igitego 1-0. Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 4 Nzeri 2025,nibwo Shema yahuye n’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi abizeza byinshi, - [Ange Postecoglou uherutse kwirukanwa muri Tottenham yabonye ikipe nshya](https://thedrum.rw/2025/09/09/ange-postecoglou-uherutse-kwirukanwa-muri-tottenham-yabonye-ikipe-nshya/) - Nyuma y’iminsi itatu gusa shampiyona ya Premier League itangiye, ikipe ya Nottingham Forest yahisemo guhindura umutoza mukuru, isesa amasezerano na Nuno Espirito Santo yari umaze amezi 21 ayitoza, ndetse kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko yashyizeho Ange Postecoglou nk’umusimbura we. Nuno, umunya-Portugal w’imyaka 51, yirukanywe ku mugoroba wo ku wa Mbere nyuma yo gutsindwa na - [Twamenye ahazaza ha Rugaju Reagan nyuma yo gufungurwa !](https://thedrum.rw/2025/09/09/twamenye-ahazaza-ha-rugaju-reagan-nyuma-yo-gufungurwa/) - Ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 08 Nzeri 2025, abanyamakuru n’abakunzi b’imikino bongeye kumva ijwi rya Rugaju Reagan, umwe mu banyamakuru bamenyekanye cyane mu kiganiro Urubuga rw’Imikino kuri Radio Rwanda. Iri ni nkuru yashimishije benshi, cyane cyane abari barakunze uburyo asobanura imikino n’isesengura rye ryimbitse.Izina Rugaju, rizwi cyane mu itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda, - [UBUSESENGUZI : Ubukene mu makipe afashwa n’uturere mu bitera umusaruro nkene w’Amavubi](https://thedrum.rw/2025/09/09/ubusesenguzi-ubukene-mu-makipe-afashwa-nuturere-mu-bitera-umusaruro-nkene-wamavubi/) - Zirikana gusoma ibi mu nkuru : Kuba amakipe yo mu turere adahemba nibyo biha icyuho maguya muri ruhago nyarwanda. Gushakisha abaterankunga b’imbere mu turere aherereye mu bisubizo byafasha aya makipe. Gushyiraho ubuyobozi buhwitse ndetse no kwimakaza umuco wo kubazwa inshingano ku bayobozi b’amakipe mu byakemura iki kibazo . Ni irihe banga Mukura VS yakoresheje kugirango - [CECAFA Kagame Cup : Mu mukino wari wuje ugufungana gukomeye ,APR FC iguye miswi na KMC !](https://thedrum.rw/2025/09/08/cecafa-kagame-cup-mu-mukino-wari-wuje-ugufungana-gukomeye-apr-fc-iguye-miswi-na-kmc/) - Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Nzeri 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup, yanganyije igitego 1-1 na KMC FC yo muri Tanzania, mu mukino usoza amatsinda wabereye kuri KMC Stadium. Ni umukino wari utegerejwe n’abafana benshi, kuko wari ufite igisobanuro gikomeye ku mpande zombi. APR FC - [Rayon Sports izakoresha Miliyari ebyiri umwaka utaha – Twinjirane mu byasizwe n’inteko rusange ya Gikundiro !](https://thedrum.rw/2025/09/08/rayon-sports-izakoresha-miliyari-ebyiri-umwaka-utaha-twinjirane-mu-byasizwe-ninteko-rusange-ya-gikundiro/) - Mu ibaruwa yagejejwe ku Nteko Rusange idasanzwe y’abanyamuryango ba Rayon Sports yabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, Umuyobozi w’Urwego rw’Ikirenga rwa Rayon Sports, Bwana Muvunyi Paul, yagaragaje ko iyi kipe yafashe inguzanyo ya miliyoni 150 z’amafaranga y’u Rwanda muri I&M Bank mu rwego rwo gukemura ibibazo bikomeye by’amikoro. N'ubwo Bwana Muvunyi atari yitabiriye - [Transfers : Andre Onana wa Manchester United mu nzira zo gusohoka kuri Old Trafford!](https://thedrum.rw/2025/09/08/transfers-andre-onana-wa-manchester-united-mu-nzira-zo-gusohoka-kuri-old-trafford/) - Mu gihe habura iminsi mike ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu gihugu cya Turukiya rifungwe ku mugaragaro , amakuru yizewe aturuka mu bantu ba hafi ya André Onana yemeza ko uyu munyezamu wa Manchester United yamaze kwemera kujya mu ntazinyano mu ikipe ya Trabzonspor muri Turkey. Nubwo aya masezerano atarashyirwaho umukono burundu, hari icyizere ko - [ANALYSIS : Nigeria idafite Victor Osimehn wavunikiye ku mukino w’Amavubi izahagarara ite imbere ya South Africa ?](https://thedrum.rw/2025/09/08/analysis-nigeria-idafite-victor-osimehn-wavunikiye-ku-mukino-wamavubi-izahagarara-ite-imbere-ya-south-africa/) - Ikipe y’igihugu ya Nigeria, [Super Eagles], yabashije gutsinda ikipe y’u Rwanda igitego 1-0 mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize ,ukabera kuri sitade ya Godswill Akpabio iherereye muri Leta ya Uyo muri Nigeria wazamuye icyizere cya Nigeria ariko usiga n’inkuru mbi y’ivunika rikomeye ry’umukinnyi w’ikingi ya - [EXCLUSIVE - Gutereranwa n’uterere twa Kayonza na Rwamagana mu biteye ukwegura kwa Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United](https://thedrum.rw/2025/09/08/exclusive-gutereranwa-nuterere-twa-kayonza-na-rwamagana-mu-biteye-ukwegura-kwa-nkaka-longin-wayoboraga-muhazi-united/) - Nkaka Longin wari umaze umwaka n’igice ayoboye ikipe ya Muhazi United, ku munsi w'ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, yatangaje ko yamaze kwegura ku mirimo ye nka Perezida w’iyi kipe ikina mu Cyiciro cya Kabiri. Ibyo byamenyekanye nyuma y’igihe hari hamaze kumvikana inkuru z’ubukene bukabije no gutereranwa n’abafatanyabikorwa b’ikipe, cyane cyane uturere - [Ikipe y'Igihugu Amavubi yageze muri Afurika y'Epfo](https://thedrum.rw/2025/09/08/ikipe-yigihugu-amavubi-yageze-muri-afurika-yepfo/) - Ikipe y'Igihugu Amavubi yamaze kugera muri Afurika y'Epfo aho igiye gukina na Zimbabwe mu mukino w'Umunsi wa munani wo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026. Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yageze mu Mujyi wa Johannesburg muri Afurika y'Epfo saa kumi nimwe (05h00) zuzuye za mu gitondo nkuko byari biteganyijwe. Ubu bamaze gufata ifunguro rya mu - [OFFICIAL:Umukino wa Rayon Sports na El Merriekh wasubitswe](https://thedrum.rw/2025/09/07/officialumukino-wa-rayon-sports-na-el-merriekh-wasubitswe/) - Uyu munsi saa 19h00, Nibwo hari hateganyijwe umukino mpuzamahanga wa gicuti wagombaga guhuza ikipe ya Rayon Sports na El Merriekh yo muri Sudan. Amakuru y'isubikwa ry'uwo mukino yamenyekanye mu ijoro rya cyeye, Nyuma y'Uko umutoza wa El Merriekh Darko wahoze atoza APR Fc, Yari amaze gukoresha imyitozo ikipe ye, Ngo abona itarajya ku rwego rwo - [Manzi Thierry, Anicet na Enzo batsindiye amadorali 100 mu myitozo y'Amavubi](https://thedrum.rw/2025/09/05/manzi-thierry-annicet-na-enzo-batsindiye-amadorali-100-mu-myitozo-yamavubi/) - Ikipe y’Igihugu Amavubi ikomeje kwitegura umukino wo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026, Umukino uzahuza u Rwanda na Nigeria, Uzabera muri Nigeria ku munsi w'Ejo. Ikipe y’Igihugu Amavubi ubwo yariri gukora imyitozo ejo hashize tariki ya 4 Nzeri 2025, Perezida w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru FERWAFA, Dr Shema Ngoga Fabrice yasuye ikipe ari kuganiriza abakinnyi na Staff - [Messi yongeye kwitwara neza, Abanya-Argentina bamusezeraho](https://thedrum.rw/2025/09/05/messi-yongeye-kwitwara-neza-abanya-argentina-bamusezeraho/) - Lionel Messi yafashije ikipe y'Igihugu cye cya Argentina gutsinda umukino bari bakiriye Venezuela, Mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026, Ni umukino warangiye ari Ibitego 3 bya Argentina ku busa bwa Venezuela. Messi muri uwo mukino yatsinzemo Ibitego 2 wenyine ku munota wa 39' mu gice cya mbere na 80' mu gice cya kabiri cy'Umukino. - ["Inkuru zo kuduca intege tutaratangira umukino babireke, Byinshi Shema Fabrice yavuze ku Mavubi](https://thedrum.rw/2025/09/03/inkuru-zo-kuduca-intege-tutaratangira-umukino-babireke-byinshi-shema-fabrice-yavuze-ku-mavubi/) - Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda FERWAFA, Dr Shema Ngoga Fabrice yaherekeje ikipe y'Igihugu Amavubi y'U Rwanda iri kubarizwa muri Nigeria. Ikipe y’Igihugu Amavubi mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 2 Nzeri 2025, Nibwo yahagurutse ku kibuga cy'Indege mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe, Bajya muri Nigeria gukina umukino wo kwishyura mu itsinda C ryo - [Mu mikino 19 yatsinze Ibitego 9 Ibyo wamenya kuri Baleke uje muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/08/30/mu-mikino-19-yatsinze-ibitego-9-ibyo-wamenya-kuri-baleke-uje-muri-rayon-sports/) - Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma byo gusinyisha rutahizamu w’Umunyakongo Jean Baleke mbere y’itangira ry’umwaka w’imikino wa 2025/2026 mu Rwanda. Baleke wakiniye amakipe akomeye arimo TP Mazembe, Simba SC ndetse na Yanga Africans, Ari mu nzira zo kuza mu Rwanda nyuma yo gutandukana na Yanga Africans umwaka ushize w'Imikino. Urugendo rwa baleke - [AMAFOTO:Ibyo wamenya ku Ikipe y'Igihugu Amavubi yerekeje Nigeria](https://thedrum.rw/2025/09/02/amafotoibyo-wamenya-ku-ikipe-yigihugu-amavubi-yerekeje-nigeria/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi yarekeje muri Nigeria gukina imikino yo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026. Biteganyijwe ko umukino w'umunsi wa 7, U Rwanda ruzakina na Nigeria tariki ya 6 Nzeri 2026, Saa 18:00 kuri Stade ya Uyo muri Nigeria. Ku kibuga cy'Indege mpuzamahanga cya Kigali I - [Ni ukuri bitari ukubeshya Rayon Sports y'Abagore ikeneye ubufasha](https://thedrum.rw/2025/08/29/ni-ukuri-bitari-ukubeshya-rayon-sports-yabagore-ikeneye-ubufasha/) - Ikipe ya Rayon Sports y'Abagore ikomeje kwitegura imikino ya CAF Women Champions League CECAFA, Igiye kubera muri Kenya uyu mwaka w'Imikino. Tariki ya 2 Nzeri 2025, Nibwo biteganyijwe ko Rayon Sports y'Abagore, izaba yageze muri Kenya kuko biteganyijwe ko ari bwo CECAFA izakira amakipe yose azakina iryo rushanwa. Biteganijwe ko kandi mu minsi itarenze 3 - [Mitima Isaac wahoze muri Rayon Sports yagarutse muri Shampiyona y'u Rwanda](https://thedrum.rw/2025/08/29/mitima-isaac-wahoze-muri-rayon-sports-yagarutse-muri-shampiyona-yu-rwanda/) - Myugariro mpuzahanga w'Umunyarwanda, Mitima Isaac wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports, Agiye kongera gukina shampiyona y'u Rwanda nyuma yo kuyivamo mu mwaka w'Imikino wa 2022-2023. Nk'Uko tubikesha umunyamakuru w'Imikino wa Isango Star Ishimwe Olivier uzwi nka Demba Ba, Niwe watangaje iyi nkuru bwa mbere ko Mitima Isaac yamaze kumvikana n'Ikipe ya As Kigali. Mitima Isaac - [Mu minsi 2 gusa abana 590 nibo bamaze kugerageza amahirwe bahawe na Gasogi United](https://thedrum.rw/2025/08/28/mu-minsi-2-gusa-abana-590-nibo-bamaze-kugerageza-amahirwe-bahawe-na-gasogi-united/) - Ikipe ya Gasogi United, Ikomeje igikorwa cyo gushaka abana bafite impano yo gukina umupira w'Amaguru, Mu mpande zose z'Igihugu nk'Uko babitangaje. N'Igikorwa cyatangiriye mu ntara y'Amajyepfo y'U Rwanda, Mu Karere ka Muhanga bakomereza mu karere ka Huye ari naho bavuye uyu munsi, Gasogi United yari yatangaje ko imenyesha abana bose bujuje ibisabwa kwitabira, Igikorwa cyizwi - [David Bayingana yakoze 11 b'Amavubi gusa 3 muri bo si abanyarwanda 100 ku 100](https://thedrum.rw/2025/08/27/david-bayingana-yakoze-11-bamavubi-gusa-2-muri-bo-si-abanyarwanda-100-ku-100/) - Umunyamakuru w'Imikino kuri Radio B&B 89.7 Fm David Bayingana, Yatangaje urutonde rw'Abakinnyi 11 abona bakinira ikipe y'Igihugu Amavubi gusa harimo abakinnyi 3 badaturuka mu Rwanda. Abanyarwanda benshi bakunda ikipe y'Igihugu y'Umupira w'Amaguru Amavubi, Bifuza kubona ikipe y'Igihugu cyacu ikomeye kandi yahatana ku rwego mpuzamahanga, Tukabona itsinzi biruta umusaruro ikipe yacu isanzwe ibona. Niyo mpamvu abenshi - [Bimwe wa menya kuri Bus nshya ya Rayon Sports ifite agaciro karenga miliyoni 195](https://thedrum.rw/2025/08/26/bimwe-wa-menya-kuri-bus-nshya-ya-rayon-sports-ifite-agaciro-karenga-miliyoni-195/) - Ikipe ya Rayon Sports, Igiye kubona Bus nshyashya izaza itwara abakinnyi biyo kipe mu mwaka w'Imikino wa 2025-2026. Mu nyubako ya Zaria Court, I Remera, Ku mugoroba wo kuwa mbere nibwo hamenyekanye amakuru y'uko bamwe mu bafatanyabikorwa ba Rayon Sports, bagiye kuyiha imodoka, Ubwo bari bari muri gahunda yo gusobanura ibijyanye n'akanyenyeri ka Rayon Sports, - [Ese muribuka ko APR Fc ariyo kipe yonyine yatwaye kandi izakina CECAFA Kagame Cup uyu mwaka ](https://thedrum.rw/2025/08/26/ese-muribuka-ko-apr-fc-ariyo-kipe-yonyine-yatwaye-kandi-izakina-cecafa-kagame-cup-uyu-mwaka/) - Ikipe ya APR Fc niyo izahagarira u Rwanda mu mikino ya nyuma ya CECAFA Kagame Cup 2025, Izaba mu kwezi gutaha kwa Nzeri mu gihugu cya Tanzania. Ikipe ya APR Fc nyuma yo gusoza irushanwa ry'Inkera y'Abahizi yitwaye nabi, Igiye kwerekeza mu gihugu cya Tanzania, Aho izaba igiye gukina CECAFA Kagame Cup igiye kuba ku - [Gasogi United igiye guha amahirwe abana bato bifuza gukina ruhago](https://thedrum.rw/2025/08/25/gasogi-united-igiye-guha-amahirwe-abana-bato-bifuza-gukina-ruhago/) - Ikipe ya Gasogi United, Igiye gutoranya abana mu gihugu hose, Ni abana bafite impano yo gukina umupira w'Amaguru kandi bifuza gukinira amakipe y'Abato ya Gasogi United. Gasogi United n'Imwe mu ikipe mu Rwanda, Ifite amakipe y'Abana bakiri bato aho babigisha gukina umupira w'Amaguru n'Uburyo bakomeza gukuza impano zabo, Nabo zikazababeshaho mu gihe kizaza. Uko gahunda - [Abakinnyi 27 bahamagawe mu mavubi batarimo Sahabo na Gueulette n'Abandi bashya 5](https://thedrum.rw/2025/08/25/abakinnyi-27-bahamagawe-mu-mavubi-batarimo-sahabo-na-gueulette-nabandi-bashya-5/) - Umutoza w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, Adel Amrouche yamaze gutangaza urutonde rw'Abakinnyi 27, Bazitabira umwiherero w'Ikipe y'Igihugu Amavubi bitegura imikino 2 yo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026. U Rwanda ruzakina n'Ikipe y'Igihugu cya Nigeria na Zimbabwe, Mu kwezi gutaha tariki ya 6 Nzeri 2025, Kuri Uyo Godswil Akpabio International Stadium muri Nigeria nibwo hazaba umukino wo - [Byamusabye iminsi 55 ngo abe ahesheje Police Fc igikombe](https://thedrum.rw/2025/08/25/byamusabye-iminsi-55-ngo-abe-ahesheje-police-fc-igikombe/) - Umutoza mukuru wa Police Fc, Ben Moussa yatwaye igikombe cye cya mbere nk'Umutoza mukuru wa Police Fc nyuma y'Iminsi 55, Yerekanywe Nk'Umutoza w'Ikipe y'Igipolisi cy'U Rwanda. Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Kanama 2025, Police Fc yatwaye igikombe cy'Inkera y'Abahizi, Ni irushanwa ryari ribaye ku nshuro ya mbere ryateguwe n'Ikipe y'Ingabo z'Igihugu cy'U Rwanda, APR - [Ibyigenzi bizaba ubwo APR Fc izaba isoza Inkera y'Abahizi](https://thedrum.rw/2025/08/23/ibyigenzi-bizaba-ubwo-apr-fc-izaba-isoza-inkera-yabahizi/) - Tariki ya 24 Kanama 2025, Nibwo hazaba ibirori bisoza irushanwa ry'Inkera y'Abahizi ryari ryateguwe n'Ikipe ya APR Fc. N'Irushanwa ryatangiye tariki ya 17 Kanama 2025, Icyo gihe ikipe ya APR Fc yakinnye n'Ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia, Umukino urangira ari ibitego 2 bya APR Fc ku busa bwa Power Dynamos. Power Dynamos yahise - [Ubutumwa bwa Mugisha Jangwani uri mu maboko atari aye](https://thedrum.rw/2025/08/22/ubutumwa-bwa-mugisha-jangwani-uri-mu-maboko-atari-aye/) - Umuvugizi w'Abafana b'Ikipe ya APR Fc, Mugisha Frank uzwi cyane nka Jangwani, Yahaye ubutumwa abakunzi b'Ikipe ya APR Fc, Iri kwitegura umukino wa Champions League uzayihuza na Pyramids Fc. Jangwani ni umwe mu bantu bafunzwe bari gushinjwa ibijyanye n'Inyerezwa ry'Umutungo wakoreshejwe nabi mu ikipe ya APR Fc, By'Umwihariko igihe iyo kipe yajyaga mu gihugu cya - [AMAFOTO:Lague yavuze impamvu yateruye umwana we nyuma yo gutsinda igitego APR Fc](https://thedrum.rw/2025/08/22/amafotolague-yavuze-impamvu-yateruye-umwana-we-nyuma-yo-gutsinda-igitego-apr-fc/) - Umukinnyi mpuzahanga w'Umunyarwanda Byiringiro Lague ukinira ikipe ya Police Fc, Yatsinze igitego cya mbere ikipe ya APR Fc kuva ya yivamo. Iki gitego Lague yagitsinze ikipe ya APR Fc mu mukino w'Inkera y'Abahizi, Irushanwa ryateguwe na APR Fc, Umukino waje kurangira ikipe ya Police Fc itsinze ibitego 3 kuri 2. Byiringiro Lague nyuma yo gufungura - [Police Fc yongeye gutsinda APR Fc, Iyikura ku gikombe yateguye](https://thedrum.rw/2025/08/21/police-fc-yongeye-gutsinda-apr-fc-iyikura-ku-gikombe-yateguye/) - Ikipe ya Police Fc yatsinze ikipe ya APR Fc mu mukino warangiye ari ibitego 3 bya Police Fc kuri 2 bya APR Fc, Mu mukino w'Irushanwa ry'Inkera y'Abahizi rya teguwe n'Ikipe ya APR Fc. Ni umukino watangiye Saa moya zo mu Rwanda, Aho watangiye nyuma y'Umukino As Kigali yari imaze gutsinda ikipe ya Azam Fc - [Abakinnnyi ba As Kigali bahawe miliyoni 5 bemererwa n'ibindi](https://thedrum.rw/2025/08/21/abakinnnyi-ba-as-kigali-bahawe-miliyoni-5-bemererwa-nibindi/) - Ikipe ya As Kigali nyuma yo gutsinda ikipe ya Azam Fc yo muri Tanzania, Igitego 1 ku busa, Perezida wayo Shema Fabrice yabahaye agahimbazamusyi ka miliyoni 5 abakinnyi ba As Kigali. As Kigali yakinaga umukino wayo wa kabiri, Mu irushanwa ryateguwe n'Ikipe ya APR Fc, Irushanwa ryitwa Inkera y'Abahizi, Ryatangiye gukinwa tariki ya 17 Kanama - [Perezida wa FIFA yifatanyije na Semenyo wakorewe ironda ruhu](https://thedrum.rw/2025/08/18/perezida-wa-fifa-yifatanyije-na-semenyo-wakorewe-ironda-ruhu/) - Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, Gianni Infantino yihanganishije Antoine Semenyo wakorewe ironda ruhu n'Umufana wa Liverpool ubwo bakinaga umukino wa mbere wa Shampiyona y'Ubwongereza 2025-2026. Tariki ya 15 Kanama 2025, Kuwa wa Gatanu w'Icyumweru twasoje, Nibwo Shampiyona y'Igihugu cy'Ubwongereza (English Premier League) 2025-2026 yatangiraga. Ikipe ya Liverpool yatsinze uwo mukino ibitego 4 kuri - [Ouattara yafashije APR guha isomo Power Dynamos](https://thedrum.rw/2025/08/17/oatarra-yafashije-apr-guha-isomo-power-dynamos/) - Umukino wa mbere wabimburiye Inkera y'Abahizi, Irushanwa ryateguwe n'Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR usize iyi kipe ya APR Fc itsinze ibitego 2 ku busa bwa Power Dynamos. ‎Ni umukino APR yagiye gukina yahisemo kutabanzamo bamwe mubasore bayo bashya nka Memel Dao ndetse na Togui Mel, 11 ba APR Fc bari babanje mu kibuga ni: 1.Ishimwe Pierre - [AMAFOTO:Pacome Zouzoua yagoye Rayon itsinzwe na Yanga dore ibyaranze uyu mukino](https://thedrum.rw/2025/08/15/amafotopacome-zouzoua-yagoye-rayon-itsinzwe-na-yanga-dore-ibyaranze-uyu-mukino/) - Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 15 Kanama 2025, Nibwo habaye umunsi ngaruka mwaka wa Rayon Sports Day. Rayon Sports yari yakiriyemo ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania, ‎Ni umukino wari utegerejwe n'Abantu benshi dore ko Stade Amahoro isanzwe yakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, Ugereranyije uyu munsi hari haje abantu barenga ibihumbi 25. - [AMAFOTO: Reba ukuntu abakinnyi ba Rayon Sports baberewe mu mushanana](https://thedrum.rw/2025/08/15/amafoto-reba-ukuntu-abakinnyi-ba-rayon-sports-baberewe-mu-mushanana/) - Umunsi w'Igikundiro cy'Abareyo, Benshi bamaze ku menyera nka Rayon Sports Day, Wageze nyuma yo kumara icyumweru kirenga iyi kipe y'Isaro ry'Inyanza bitegura ibyo birori. Uyu munsi Tariki ya 15 Kanama 2025, Nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze umunsi mukuru wayo uzwi nka Rayon Sports Day, Uri kubera kuri Stade Amahoro I Remera. N'Ibirori ikipe ya - [Dore ama miliyoni amakipe azaza mu 8 ya mbere bazahebwa muri Shampiyona y'u Rwanda](https://thedrum.rw/2025/08/14/dore-ama-miliyoni-amakipe-azaza-mu-8-ya-mbere-bazahebwa-muri-shampiyona-yu-rwanda/) - Umukandinda umwe rukumbi wo ku mwanya wa Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice yavuzeko bagiye kuzaza bahemba amakipe 8 ya mbere muri Shampiyona y'u Rwanda. Ni mu kiganiro n'Itangazamakuri cyabereye kuri Hotel ya Sheraton Four Points mu Karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali aho abakandinda bose bari kwiyamamariza kuyobora Ferwafa bavugaga ibyo bagiye kuzakora mu - [Abafunze ntabwo ari uko tubanze byinshi Big Gen Deo yavuze ku banyamakuru bafunzwe](https://thedrum.rw/2025/08/15/abafunze-ntabwo-ari-uko-tubanze-byinshi-big-gen-deo-yavuze-ku-banyamakuru-bafunzwe/) - Big Gen Deo Rusanganwa, Chairman w'Ikipe ya APR Fc, Yavuzeko abantu bose bafunzwe mu minsi ishize, Ntabwo ari uko babanze ahubwo bashaka gukoresha neza ibyo bahabwa n'Ubuyobozi bukuru bwa APR Fc. Ibi umuyobozi w'Ikipe ya APR Fc, Yabitangaje mu kiganiro n'Itangazamakuru cya mbere y'Inkera y'Abahizi ya APR Fc, Iteganyijwe kuba kuri iki cyumweru, Aho bazakina - [Amakuru agezweho: Rayon Sports yamaze kumvikana na Pavel Nzdila](https://thedrum.rw/2025/08/14/amakuru-agezweho-rayon-sports-yamaze-kumvikana-na-pavel-nzdila/) - Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n'umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Congo Brazzaville Pavel Nzdila. Pavel nyuma yo gutandukana na APR Fc, yari amaze iminsi ari mu buganiro n'ikipe ya Rayon Sports, Amakuru The Drum yamenye ni uko yamaze kumvikana niyo kipe gusa nta rasinya. Andi makuru twemenye ni uko Pavel Nzdila ejo ashobora kwerekanwa - [Robertihno uheruka gutandukana na Rayon yabonye ikipe nshya muri Saudi Arabia](https://thedrum.rw/2025/08/14/robertihno-uheruka-gutandukana-na-rayon-yabonye-ikipe-nshya-muri-saudi-arabia/) - Umutoza w'Umunya- Brazil, Roberto Oliveira Gonçalives do Carmo uzwi cyane nka Robertihno, Yasinyiye nk'umutoza mukuru mu ikipe yitwa Jeddah Sports Club yo muri Saudi Arabia. Robertihno mu ijoro ryakeye ryo kuwa gatatu nibwo ikipe yo muri Saudi Arabia, Yitwa Jeddah Sports Club yamwemeje nk'umutoza mukuru wabo, Ugiye kubafasha mu mwaka w'imikino wa 2025-2026. Jeddah Sports - [Haruna yahaye ikaze Yanga yakoreyemo amateka abakunzi bayo bamwibutsa uko bamufata](https://thedrum.rw/2025/08/14/haruna-yahaye-ikaze-yanga-yakoreyemo-amateka-abakunzi-bayo-bamwibutsa-uko-bamufata/) - Umunyarwanda wakiniye ikipe y'Igihugu Amavubi imikino myinshi mu mateka, Irenga (100) Haruna Niyonzima, Umwe mu ba nyabigwi kandi b'ikipe ya Yanga Africans, yo muri Tanzania, Yahaye ikaze mu Rwanda, Iyo kipe yanditsemo amateka ubwo yayikiniraga. Niyonzima Haruna abinyujije kuri Instagram ye, Yagize ati; "Murakaza neza mu rugo (Injinia Hersi Ally Said), Murakaze neza kandi Yanga - [Amagambo Ayabonga yasize avuze nyuma yo gutandukana na Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/08/13/amagambo-ayabonga-yasize-avuze-nyuma-yo-gutandukana-na-rayon-sports/) - Umutoza wongereraga ingufu abakinnyi b'ikipe ya Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa yamaze gutandukana niyo kipe kubera impamvu z'umuryango we. Ku mu goroba wo kuri uyu wa gatatu nibwo Ayabonga Lebitsa ukomoka mu gihugu cya Afurika y'Epfo, Ikipe ya Rayon Sports yakoreraga yatangaje ko yatandukanye n'uwo mutoza wongereraga ingufu z'abakinnyi ba Rayon Sports. Rayon Sports ibinyujije kuri - [AMAFOTO: Yanga Africans yageze mu Rwanda ije mu munsi w'Igikundiro](https://thedrum.rw/2025/08/13/amafoto-yanga-africans-yageze-mu-rwanda-ije-mu-munsi-wigikundiro/) - Ikipe ya Yanga Africans yamaze kugera mu Rwanda ije mu munsi mukuru w'Igikundiro cy'Abareyo uzwi nka Rayon Sports Day, Ibirori bizaba tariki ya 15 Kanama 2025. Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Kanama 2025, Nibwo ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania, Iyobowe na Perezida wayo Injinia Hersi Ally Said bageze - [OFFICIAL: Lorenzo yemeje ko yagiye kuri SK Fm avuye kuri Radio Rwanda](https://thedrum.rw/2025/08/01/official-lorenzo-yemeje-ko-yagiye-kuri-sk-fm-avuye-kuri-radio-rwanda/) - Umunyamakuru w'Imikino Musangamfura Lorenzo, Yamaze kwerekeza kuri Radio ya Sam Karenzi, SK Fm 93.9, Avuye kuri Radio Rwanda. Musangamfura Lorenzo, Umunyarwanda ukomoka mu Karere ka Musanze, Mu Ntara y'Amajyaruguru y'U Rwanda, yamaze kwemezwa nk'Umunyamakuru wa Radio SK Fm uyu munsi Tariki ya 1 Kanama 2025. Nkuko SK Fm yabinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zabo, By'Umwihariko - [AMAFOTO na VIDEO: Ibyiza n'Ibibi byararanze Rayon Sports Week umunsi wa mbere](https://thedrum.rw/2025/08/02/amafoto-na-video-ibyiza-nibibi-byararanze-rayon-sports-week-umunsi-wa-mbere/) - Ikipe ya Rayon Sports yari yagiye mu karere ka Nyanza, Aho yatangiriye gahunda yayo y'Icyumweru cy'Igikundiro, Kigomba kuzasozwa haba umunsi mukuru wa Rayon Sports Day. Rayon Sports Week, Umunsi wa mbere uko byari bimeze kuva mu gitondo kugeza umukino ubaye: Kwinjira kuri Stade ya Nyanza, Abafana binjiririye Ubuntu, Saa mbiri za mu gitondo abinkwakuzi bari - [Inkuru Ibabaje: Wa mucyecuru wakundaga Mukura n'Amavubi yitabye Imana](https://thedrum.rw/2025/08/03/inkuru-ibabaje-wa-mucyecuru-wakundaga-mukura-namavubi-yitabye-imana/) - Mukanemeye Madeleine, Abantu benshi bamuzi nka 'Mama Mukura', Yitabye Imana mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Tariki ya 3 Nyakanga 2025. Mama Mukura, Yari amaze igihe arwariye iwe mu rugo, Nyuma yo gusezererwa mu bitaro yari arwariyemo bya CHUB biri mu karere ka Huye, Uyu munsi nibwo bari bamusubije kwa Muganga ariko bamugejejeyo yahise ashiramo - [Niyigena Clement ibyo yatangaje avuga ku gusezerera Pyramid Fc](https://thedrum.rw/2025/08/13/niyigena-clement-ibyo-yatangaje-avuga-ku-gusezerera-pyramid-fc/) - Myugariro w'Umunyarwanda n'Ikipe ya APR Fc, Niyigena Clement, Yatangaje ko abakinnyi bose baganira uko bagomba gusezerera ikipe ya Pyramid Fc muri CAF Champions League. Niyigena Clement ibyo yabitangaje ubwo yaganiraga n'Itangazamakuru ryihariye rya APR Fc aho yagize ati; "Baba abayobozi baba abafana, Bafite uko bagiye bahiga. Abakinnyi kuruhande rwacu natwe twaraganiye, Pyramids tugiye guhura ku - [Menya Impamvu amakipe 5 atarimo Rayon na APR Fc na Bugesera ba tujuje ibisabwa byo gukina Shampiyona y'U Rwanda](https://thedrum.rw/2025/08/13/menya-impamvu-amakipe-5-atarimo-rayon-na-apr-fc-na-bugesera-ba-tujuje-ibisabwa-byo-gukina-shampiyona-yu-rwanda/) - Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryatangaje ko amakipe 5 ariyo yujuje ibisabwa ku girango yemererwe gukina shampiyona y'u Rwanda umwaka wa 2025-2026, N'andi makipe 10 yemerewe ariko harimo ibyo bagomba gucyemura, Indi 1 irangirwa. Ku mugoroba wo kuwa kabiri Tariki ya 12 Kanama 2025, Nibwo Ferwafa yatangaje amakipe yemerewe guhabwa uburenganzira (Lisence), Yo gukina - [Manzi Thierry yongeye gutsinda we na Djihad batwara igikombe](https://thedrum.rw/2025/08/12/manzi-thierry-yongeye-gutsinda-we-djihad-batwara-igikombe/) - Abakinnyi ba biri b'Abanyarwanda, Bakina mu gihugu cya Libya, Myugariro Manzi Thierry na Bizimana Djihad begukanye igikombe cya Shampiyona ya Libya batsinze Al Hilal, Ibitego bibiri ku busa. Uyu munsi Tariki ya 12 Kanama 2025, nibwo ikipe ya Al Ahly Tripoli yakinaga umukino wa nyuma na Al Hilal mu mikino ya kamara mpaka, Mu rwego - [Nyuma y'Amezi 10 yaravunitse Mangwende yakinnye umukino wa mbere](https://thedrum.rw/2025/08/12/nyuma-yamezi-10-yaravunitse-mangwende-yakinnye-umukino-wa-mbere/) - Myugariro mpuzahanga w'Umunyarwanda, Imanishimwe Emmanuel bakunda kwita 'Mangwende' yakinnye umukino we wa mbere muri AEL Limassol, Nyuma yo kumara amezi 10 mu mvune. Mangwende akina mu ikipe ya AEL Limassol yo mu gihugu cya Cyprus ku mugabane w'Iburayi, Aho ba barizwa mu Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru I Burayi izwi nka UEFA. Uyu myugariro uca kuruhande rw'ubumoso - [Impinduka zitunguranye ku mukino wa APR Fc na Power Dynamos](https://thedrum.rw/2025/08/12/impinduka-zitunguranye-ku-mukino-wa-apr-fc-na-power-dynamos/) - Ikipe ya APR Fc iri gutegura umunsi mukuru wayo yise Inkera y'Abahizi, Uzaba Tariki ya 17 Nyakanga 2025 kuri Stade Amahoro I Remera. Ikipe y'Ingabo z'Igihugu cy'U Rwanda ya APR Fc, Byari biteganyijwe ko uwo munsi izakina n'Ikipe ya Power Dynamos, Saa kumi nimwe ariko umukino wamaze kwimurwa ushyirwa saa cyenda n'ubundi kuri Stade Amahoro - [Barafinda yahaye ubutumwa bukomeye Pyramid](https://thedrum.rw/2025/08/12/barafinda-yahaye-ubutumwa-bukomeye-pyramid/) - Umukinnyi mpuzahanga w'Umunyarwanda, Mugisha Gilbert bakunze kwita Barafinda yatangaje ko biteguye guhangana na Pyramid Fc, Bakabona itsinzi. Tariki ya 9 Nyakanga 2025, Nibwo ikipe ya APR Fc yamenye ko izahura na Pyramid Fc yo mu gihugu cya Misiri, Amakipe azahurira mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, Ni tombora yari yabereye muri Tanzania. Ikipe - [Bakina bya Gicuti,Gorilla Fc yongeye gupima APR Fc](https://thedrum.rw/2025/07/30/bakina-bya-gicutigorilla-fc-yongeye-gupima-apr-fc/) - APR Fc yakinnye umukino wa gicuti wa 3 n'ikipe ya Gorilla Fc, Umukino waje kurangira ikipe ya Gorilla Fc inganyije na APR Fc igitego 1 kuri 1. Kuri uyu wa Gatatu, Tariki ya 30 Nyakanga 2025, Kuri Pele Stadium I Nyamirambo, Niho habereye umukino wa gicuti wahuzaga ikipe ya APR Fc na Gorilla Fc ku - [U Rwanda ruzunguka arenga Milliyari 80 mu minsi 7 ibyo wamenya kuri UCI World championships igiye kubera bwa 1 muri africa](https://thedrum.rw/2025/07/26/u-rwanda-ruzunguka-arenga-milliyari-80-mu-minsi-7-ibyo-wamenya-kuri-uci-world-championships-igiye-kubera-bwa-1-muri-africa/) - Mu kwezi kwa Nzeri muri uyu mwaka wa 2025 ibyishimo bizaba ari byose mu rw'imisozi igihumbi aho imihanda y'u Rwanda, Izaba inogeye abakunzi bihebeye umukino wo gusiganwa ku magare kuko igiye kuba ku nshuro ya mbere, Mu gihugu cya mbere muri Afurika. UCI Road World Championships , N'Irushanwa rikomeye cyane mu mukino wo gusiganwa ku - [Ibyo utamenye kwisinya Rya abedi bigirimana muri Rayon yaba ariwe musimbura mwiza wa kevin Muhire?](https://thedrum.rw/2025/07/25/ibyo-utamenye-kwisinya-rya-abedi-bigirimana-muri-rayon-yaba-ariwe-musimbura-mwiza-wa-kevin-muhire/) - Abedi Bigirimana ni umukinnyi mpuzamahanga w'murundi wavukiye i Bujumbura muri Mutarama 2002 nkuko Bigaragara muri bimwe mubyangombwa bye.Yatangiye gukina ruhago muri Rukinzo FC mu gihugu cye cy'u Burundi, aho yerekanye impano idasanzwe yo Gutera Ruhago cyane cyane akina hagati mukibuga aho yaremaga uburyo mumukino ndetse agafasha naba rutahizamu atanga imipira ivamo ibitego. Yagiye arushaho kumenyekana - [Ibitego nirwo rurimi rwabo Ni Bing bello wa Rayon cg Willium Togui wa Apr Ninde Uzatsinda ibitego Byinshi?](https://thedrum.rw/2025/07/24/ibitego-nirwo-rurimi-rwabo-ni-bing-bello-wa-rayon-cg-willium-togui-wa-apr-ninde-uzatsinda-ibitego-byinshi/) - Apr na Rayon amakipe akomeye mu Rwanda Kurubu yombi afite icyo ahuriyeho cyane ko yose ari kwitegura kwitabira amarushanwa mpuzamahanga nyafrica ariyo Caf champions league ndetse na caf confederation cup. Apr na Rayon Mu rwego rwo gukomeza kwitegura aya marushanwa nyafrica zikojeje kwisoko ry'igura n'igurisha ry'abakinnyi zongeramo amaraso mashya azazifasha kwitwara neza muri iyi mikino - [Ibintu 10 by'Ingenzi byaranze umunsi mukuru wa APR Fc ku Ivuko harimo na Stade bagiye kubaka](https://thedrum.rw/2025/07/05/ibintu-10-byingenzi-byaranze-umunsi-mukuru-wa-apr-fc-ku-ivuko-harimo-na-stade-bagiye-kubaka/) - Tariki ya 4/7/2025, Ikipe ya APR Fc, yari yasubiye aho yashingiwe mu Karere ka Gicumbi, Ku Mulindi w'Intwari, Yizihiza imyaka 32 imaze ibayeho. Ni umunsi wari wiswe "APR Fc ku Ivuko." 1. Ijambo ry'umugaba w'Ingabo CDS Gen Muganga Mubarakh, Yongeye kwibutsa abakunzi ba APR Fc, Uko ikipe yabo yabayeho, Bigizwe mo uruhare na Nyakubahwa Perezida - [AMAFOTO: 11 beza ba shampiyona y'u Rwanda, Higanjemo aba Mukura na APR Fc](https://thedrum.rw/2025/05/30/amafoto-11-beza-ba-shampiyona-yu-rwanda-higanjemo-aba-mukura-na-apr-fc/) - Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, Tariki ya 30/Gicurasi/2025, Muri Kigali Convetion Center, Habereye umuhango wo gutanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi muri shampiyona yarangiye ya 2024-2025, Rwanda Primier League. Ibihembo byateguwe na Rwanda Primier League, Ari nayo isanzwe itegura shampiyona y'umupira w'amaguru mu Rwanda. Ikipe ya APR Fc, yatwaye shampiyona niyo - [Biramahire Abeddy yashimiye umutoza w'Amavubi Adel Amrouche na Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/08/01/biramahire-abeddy-yashimiye-umutoza-wamavubi-adel-amrouche-na-rayon-sports/) - Rutahizamu mpuzamahanga w'Umunya-Nyarwanda, Biramahire Abeddy, Yerekanywe mu ikipe ye nshashya ya ES Sétifienne yo muri Algeria. Biramahire Abeddy, Ku mugoroba wo kuwa kane Tariki ya 31 Nyakanga 2025, Nibwo yerekanywe nk'Umukinnyi mushya wa Es Sétifienne, Nyuma yo kubasinyira amasezerano y'Imyaka 2. Abeddy yari amaze amezi 6 akinira Rayon Sports, Yayifashije kongera kubona itike yo guhagarira - [FIFA yatoranyije umunyarwanda mu basifuzi bazasifura igikombe cy'Isi](https://thedrum.rw/2025/08/01/fifa-yatoranyije-umunyarwanda-mu-basifuzi-bazasifura-igikombe-cyisi/) - Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru Ku Isi, FIFA yasohoye urutonde rw'Abasifuzi bazasifura imikino ya nyuma y'Igikombe cy'Isi cy'Abatarengeje imyaka 17 mu bagore. Umunyarwandakazi Umutesi Alice, Ari mu basifuzi 6, Batanzwe n'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Afurika CAF, Aho azasifura nk'Umusifuzi wungirije muri icyo gikombe cy'Isi kizabera muri Morocco. Umutesi Alice, Aherutse kuva gusifura mu gikombe cy'Afurika cy'Abagore, Giheruka - [Mohammed na Abedi bafashije Rayon Sports kwitwara neza imbere ya Gasogi](https://thedrum.rw/2025/08/01/mohammed-na-abedi-bafashije-rayon-sports-kwitwara-neza-imbere-ya-gasogi/) - Ikipe ya Rayon Sports yakinaga n'Ikipe ya Gasogi United mu karere ba Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo y'U Rwanda, Ku munsi wa mbere wa Rayon Sports Week Day 1. Umukino warangiye Ikipe ya Rayon Sports itsinze ibitego 2 ku 0 ya Gasogi United, Igitego cya mbere cya Rayon Sports cyatsinzwe na Bigirimana Abedi. Mu gice cya - [Rayon Sports Week Day 1: Bigirimana Abedi yafunguye konteri y'Ibitego bye muri Rayon Sports](https://thedrum.rw/2025/08/01/rayon-sports-week-day-1-bigirimana-abedi-yafunguye-konteri-yibitego-bye-muri-rayon-sports/) - Umukinnyi mpuzahanga w'Umurundi Bigirimana Abedi, Yafunguye konteri y'Ibitego bye mu ikipe ya Rayon Sports, Mu mukino wabereye mu Karere ka Nyanza muri Rayon Sports Week. Ikipe ya Rayon Sports yatangiye icyumweru cyerekeza ku munsi mukuru wa 'Rayon Sports Day', Izaba Tariki ya 15 Kanama 2025. N'Igikorwa cyatangiriye mu Karere ka Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo y'U - [AMAFOTO:Kanyizo Umunyamakuru w'Imikino yasezeranye imbere y'Amategeko](https://thedrum.rw/2025/07/31/amafoto-kanyizo-umunyamakuru-wimikino-yasezeranye-imbere-yamategeko/) - Umunyamakuru w'Imikino kuri Radio na TV 10, Kanyamahanga Jean Claude uzwi nka Kanyizo, Yasezeranye imbere y'Amategeko n'Umufasha we Kundwa Sarah. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kane, Tariki ya 31 Nyakanga 2025, Mu murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge. Kanyizo na Kundwa, Bamaze igihe bari mu urukundo, Uyu mwaka wa 2025, Tariki ya 23 - [FIFA yafunguye ishami ryayo muri Morocco](https://thedrum.rw/2025/07/28/fifa-yafunguye-ryayo-ishami-muri-morocco/) - Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru ku Isi, Gianni Infantino, Yafunguye ishami rya FIFA muri Morocco. Iyi nyubako yatashywe kuri uyu wa gatandatu w'icyumweru dusoje, Mu mujyi mukuru wa Morocco, I Rabat ahubatse ibibuga by'umupira w'amaguru bya Mohammed wa 5. Perezida wa FIFA, Gianni Infantino ubwo yafungiraga ibyo biro yatangaje ko ari ibya agaciro gakomeye kuri FIFA - [Perezida wa Nigeria yageneye arenga miliyoni 145 buri mukinnyi w'Ikipe yabo y'Abagore](https://thedrum.rw/2025/07/28/perezida-wa-nigeria-yageneye-arenga-miliyoni-145-buri-mukinnyi-wikipe-yabo-yabagore/) - Perezida w'Igihugu cya Nigeria, Bola Tinubu, Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Yakiriye abakinnyi b'ikipe y'Igihugu y'abagore yabo nyuma yo gutwara Igikombe cy'Afurika. Tariki ya 26 Nyakanga 2025, Nibwo Ikipe y'Igihugu ya Nigeria y'abagore yatwaye Igikombe cy'Afurika, Itsinze ikipe y'Igihugu ya Morocco ibitego 3 kuri 2. Icyo gikombe cy'Afurika, cyabereye muri Morocco, - [Ese Gorilla Nicyo Gipimo Nyacyo Yongeye Kuniga APR Souane Aratabara](https://thedrum.rw/2025/07/30/ese-gorilla-nicyo-gipimo-nyacyo-yongeye-kuniga-apr-souane-aratabara/) - APR FC yongeye kunganya na Gorilla Fc kuri uyu wa Gatatu mu mukino ubereye ijisho utari woroshye wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Ibyari byitezwe: ‎APR Fc Yagiye Gukina Uyu mukino Ifite Ikizere ko igiye gukora ibyo itakoze mu mukino uheruka wa Gishuti iheruka gukinana na Gorilla wabereye ishyorongi, Kuri Stade Ikirenga APR Fc isanzwe ikoreraho ## Pages - [Home](https://thedrum.rw/) - Ibigezweho mu mikino, ibiganiro, imikino live, nibindi bikorwa by’imikino mu gihugu no hanze yacyo. Tumenye byinshi ku mikino n’abakinnyi bacu. Haba muri Football, Basketball, Volleyball, niyindi! - [Sample Page](https://thedrum.rw/sample-page/) - This is an example page. It's different from a blog post because it will stay in one place and will show up in your site navigation (in most themes). Most people start with an About page that introduces them to potential site visitors. It might say something like this: Hi there! I'm a bike messenger - [Typography](https://thedrum.rw/typography/) - Heading 1 Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipisicing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore magna aliqua. Ut enim ad minim veniam, quis nostrud exercitation ullamco laboris nisi ut aliquip ex ea commodo consequat. Heading 2 Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipisicing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore - [Latest News](https://thedrum.rw/latest-news/) ## Posts - [sp-mm](https://thedrum.rw/seedprod/sp-mm/) - The DrumMaintenance Mode The site is currently under going scheduled maintenance.Please check back soon. ## Clubs - [AS Kigali](https://thedrum.rw/team/as-kigali/) - [Rutsiro](https://thedrum.rw/team/rutsiro/) - [Rayon Sport](https://thedrum.rw/team/rayon-sport/) - [Police](https://thedrum.rw/team/police/) - [Musanze](https://thedrum.rw/team/musanze/) - [Mukura VS](https://thedrum.rw/team/mukura-vs/) - [Muhanga](https://thedrum.rw/team/muhanga/) - [Marines](https://thedrum.rw/team/marines/) - [Kiyovu](https://thedrum.rw/team/kiyovu/) - [Gorilla](https://thedrum.rw/team/gorilla/) - [Gicumbi](https://thedrum.rw/team/gicumbi/) - [Gasogi United](https://thedrum.rw/team/gasogi-united/) - [Etincelles](https://thedrum.rw/team/etincelles/) - [Bugesera](https://thedrum.rw/team/bugesera/) - [APR FC](https://thedrum.rw/team/apr-fc/) - [Amagaju FC](https://thedrum.rw/team/amagaju-fc/) ## League Tables - [Rwanda Premier League](https://thedrum.rw/table/rwanda-premier-league/) ## Categories - [Featured](https://thedrum.rw/topics/featured/) - [Imyidagaduro](https://thedrum.rw/topics/imyidagaduro/) - [Urukundo](https://thedrum.rw/topics/urukundo/) - [Amakuru](https://thedrum.rw/topics/amakuru/) - [Ubuzima](https://thedrum.rw/topics/ubuzima/) - [Ibindi](https://thedrum.rw/topics/ibindi/) - [Imikino](https://thedrum.rw/topics/imikino/) ## Tags - [Arsenal](https://thedrum.rw/filter/arsenal/) - [Barcelona](https://thedrum.rw/filter/barcelona/) - [Basketball](https://thedrum.rw/filter/basketball/) - [Boxing](https://thedrum.rw/filter/boxing/) - [Champions League](https://thedrum.rw/filter/champions-league/) - [Featured](https://thedrum.rw/filter/featured/) - [Football](https://thedrum.rw/filter/football/) - [Lionel Messi](https://thedrum.rw/filter/lionel-messi/) - [MLS](https://thedrum.rw/filter/mls/) - [Real Madrid](https://thedrum.rw/filter/real-madrid/) - [Spain](https://thedrum.rw/filter/spain/) - [Tennis](https://thedrum.rw/filter/tennis/) - [UEFA](https://thedrum.rw/filter/uefa/) - [APR Fc](https://thedrum.rw/filter/apr-fc/) - [Rayon Sports](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports/) - [Gen Mubarakh Muganga](https://thedrum.rw/filter/gen-mubarakh-muganga/) - [Perezida Paul Kagame](https://thedrum.rw/filter/perezida-paul-kagame/) - [Munyakazi Sadate](https://thedrum.rw/filter/munyakazi-sadate/) - [FIFA](https://thedrum.rw/filter/fifa/) - [Gianni Infantino](https://thedrum.rw/filter/gianni-infantino/) - [CAF](https://thedrum.rw/filter/caf/) - [Ferwafa](https://thedrum.rw/filter/ferwafa/) - [Organisation](https://thedrum.rw/filter/organisation/) - [Patrice Motsepe](https://thedrum.rw/filter/patrice-motsepe/) - [Super Falcons](https://thedrum.rw/filter/super-falcons/) - [Bola Tinubu](https://thedrum.rw/filter/bola-tinubu/) - [Nigeria](https://thedrum.rw/filter/nigeria/) - [Kanyizo](https://thedrum.rw/filter/kanyizo/) - [Kundwa](https://thedrum.rw/filter/kundwa/) - [Urukundo Iteka Ryose](https://thedrum.rw/filter/urukundo-iteka-ryose/) - [The Drum](https://thedrum.rw/filter/the-drum/) - [Biramahire Abeddy](https://thedrum.rw/filter/biramahire-abeddy/) - [Adel Amrouche](https://thedrum.rw/filter/adel-amrouche/) - [Ishimwe Anicet](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-anicet/) - [Bizimana Djihad](https://thedrum.rw/filter/bizimana-djihad/) - [Manzi Thierry](https://thedrum.rw/filter/manzi-thierry/) - [Mutsinzi Ange Jimmy](https://thedrum.rw/filter/mutsinzi-ange-jimmy/) - [Mugisha Bonheur](https://thedrum.rw/filter/mugisha-bonheur/) - [Nshuti Innocent](https://thedrum.rw/filter/nshuti-innocent/) - [Gitego Arthur](https://thedrum.rw/filter/gitego-arthur/) - [Umutesi Alice](https://thedrum.rw/filter/umutesi-alice/) - [Rwanda](https://thedrum.rw/filter/rwanda/) - [Bigirimana Abedi](https://thedrum.rw/filter/bigirimana-abedi/) - [Mohammed Chelly](https://thedrum.rw/filter/mohammed-chelly/) - [Rayon Sports Day](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports-day/) - [Ngabo Roben](https://thedrum.rw/filter/ngabo-roben/) - [Simbigarukaho Faustinhno](https://thedrum.rw/filter/simbigarukaho-faustinhno/) - [Wasili Tangaza](https://thedrum.rw/filter/wasili-tangaza/) - [Musangamfura Lorenzo Christian](https://thedrum.rw/filter/musangamfura-lorenzo-christian/) - [RBA](https://thedrum.rw/filter/rba/) - [SKFM93.9](https://thedrum.rw/filter/skfm93-9/) - [Gasogi United](https://thedrum.rw/filter/gasogi-united/) - [Mukura Victory Sports](https://thedrum.rw/filter/mukura-victory-sports/) - [Amavubi](https://thedrum.rw/filter/amavubi/) - [Mugisha Gilbert](https://thedrum.rw/filter/mugisha-gilbert/) - [Barafinda](https://thedrum.rw/filter/barafinda/) - [Power Dynamos](https://thedrum.rw/filter/power-dynamos/) - [Inkera y'Abahizi](https://thedrum.rw/filter/inkera-yabahizi/) - [Mangwende](https://thedrum.rw/filter/mangwende/) - [AEL Limassol](https://thedrum.rw/filter/ael-limassol/) - [Djihad Bizimana](https://thedrum.rw/filter/djihad-bizimana/) - [Al Ahly Tripoli](https://thedrum.rw/filter/al-ahly-tripoli/) - [CAF Champions League](https://thedrum.rw/filter/caf-champions-league/) - [Libya](https://thedrum.rw/filter/libya/) - [Police Fc](https://thedrum.rw/filter/police-fc/) - [As Kigali](https://thedrum.rw/filter/as-kigali/) - [Kiyovu Sports](https://thedrum.rw/filter/kiyovu-sports/) - [As Muhanga](https://thedrum.rw/filter/as-muhanga/) - [Amagaju Fc](https://thedrum.rw/filter/amagaju-fc/) - [Etincelles](https://thedrum.rw/filter/etincelles/) - [Rutsiro Fc](https://thedrum.rw/filter/rutsiro-fc/) - [Gicumbi Fc](https://thedrum.rw/filter/gicumbi-fc/) - [Gorilla Fc](https://thedrum.rw/filter/gorilla-fc/) - [KNC](https://thedrum.rw/filter/knc/) - [Pyramids Fc](https://thedrum.rw/filter/pyramids-fc/) - [Niyigena Clement](https://thedrum.rw/filter/niyigena-clement/) - [CAF Champions](https://thedrum.rw/filter/caf-champions/) - [Italy Milan](https://thedrum.rw/filter/italy-milan/) - [Kigali Rwanda](https://thedrum.rw/filter/kigali-rwanda/) - [Yanga Africans](https://thedrum.rw/filter/yanga-africans/) - [Twagirayezu Thadde](https://thedrum.rw/filter/twagirayezu-thadde/) - [Injinia Hersi Ally Said](https://thedrum.rw/filter/injinia-hersi-ally-said/) - [Ayabonga Lebitsa](https://thedrum.rw/filter/ayabonga-lebitsa/) - [CAF Confederation Cup](https://thedrum.rw/filter/caf-confederation-cup/) - [Niyonzima Haruna](https://thedrum.rw/filter/niyonzima-haruna/) - [Baba Mzazi](https://thedrum.rw/filter/baba-mzazi/) - [Fundi wa Boli](https://thedrum.rw/filter/fundi-wa-boli/) - [Robertihno](https://thedrum.rw/filter/robertihno/) - [Jeddah Sports Club](https://thedrum.rw/filter/jeddah-sports-club/) - [Saudi Arabia](https://thedrum.rw/filter/saudi-arabia/) - [Pavel Nzdila](https://thedrum.rw/filter/pavel-nzdila/) - [Shema Fabrice](https://thedrum.rw/filter/shema-fabrice/) - [Rwanda Premier League](https://thedrum.rw/filter/rwanda-premier-league/) - [Mucyo Antha](https://thedrum.rw/filter/mucyo-antha/) - [Rugaju Reagan](https://thedrum.rw/filter/rugaju-reagan/) - [Ishimwe Ricard](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-ricard/) - [Iradukunda Pascal](https://thedrum.rw/filter/iradukunda-pascal/) - [Serumogo Ali](https://thedrum.rw/filter/serumogo-ali/) - [Adam Bagayogo](https://thedrum.rw/filter/adam-bagayogo/) - [Ishimwe Fiston](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-fiston/) - [Pacome Zouzoua](https://thedrum.rw/filter/pacome-zouzoua/) - [Injinia Hersi Said](https://thedrum.rw/filter/injinia-hersi-said/) - [Stade Amahoro](https://thedrum.rw/filter/stade-amahoro/) - [Ouatarra](https://thedrum.rw/filter/ouatarra/) - [Player's Voice Panel](https://thedrum.rw/filter/players-voice-panel/) - [Antoine Semenyo](https://thedrum.rw/filter/antoine-semenyo/) - [AFC Bournemouth](https://thedrum.rw/filter/afc-bournemouth/) - [Liverpool](https://thedrum.rw/filter/liverpool/) - [Azam Fc](https://thedrum.rw/filter/azam-fc/) - [Byiringiro Lague](https://thedrum.rw/filter/byiringiro-lague/) - [Sandvikens IF](https://thedrum.rw/filter/sandvikens-if/) - [Mugisha Frank](https://thedrum.rw/filter/mugisha-frank/) - [Jangwani](https://thedrum.rw/filter/jangwani/) - [Ben Moussa](https://thedrum.rw/filter/ben-moussa/) - [Samuel Gueulette](https://thedrum.rw/filter/samuel-gueulette/) - [Hakim Sahabo](https://thedrum.rw/filter/hakim-sahabo/) - [CECAFA Kagame Cup 2025](https://thedrum.rw/filter/cecafa-kagame-cup-2025/) - [Singida Black Star](https://thedrum.rw/filter/singida-black-star/) - [Bus ya Rayon Sports](https://thedrum.rw/filter/bus-ya-rayon-sports/) - [Gikundiro *702#](https://thedrum.rw/filter/gikundiro-702/) - [Mugisha Joel Mvuka](https://thedrum.rw/filter/mugisha-joel-mvuka/) - [Noam Emeran](https://thedrum.rw/filter/noam-emeran/) - [Kamanzi Warren](https://thedrum.rw/filter/kamanzi-warren/) - [Mitima Isaac](https://thedrum.rw/filter/mitima-isaac/) - [Shema Ngoga Fabrice](https://thedrum.rw/filter/shema-ngoga-fabrice/) - [Bazivamo Christophe](https://thedrum.rw/filter/bazivamo-christophe/) - [Messi](https://thedrum.rw/filter/messi/) - [Argentina](https://thedrum.rw/filter/argentina/) - [Brazil](https://thedrum.rw/filter/brazil/) - [Estevão](https://thedrum.rw/filter/estevao/) - [Chelsea](https://thedrum.rw/filter/chelsea/) - [Dr Shema Ngoga Fabrice](https://thedrum.rw/filter/dr-shema-ngoga-fabrice/) - [Enzo](https://thedrum.rw/filter/enzo/) - [El Merriekh](https://thedrum.rw/filter/el-merriekh/) - [South Africa](https://thedrum.rw/filter/south-africa/) - [Zimbabwe](https://thedrum.rw/filter/zimbabwe/) - [Benin](https://thedrum.rw/filter/benin/) - [Lesotho](https://thedrum.rw/filter/lesotho/) - [Muhazi United](https://thedrum.rw/filter/muhazi-united/) - [Amakuru](https://thedrum.rw/filter/amakuru/) - [RDC](https://thedrum.rw/filter/rdc/) - [Senegal](https://thedrum.rw/filter/senegal/) - [Manchester United](https://thedrum.rw/filter/manchester-united/) - [UCI](https://thedrum.rw/filter/uci/) - [Tunisia](https://thedrum.rw/filter/tunisia/) - [Morocco](https://thedrum.rw/filter/morocco/) - [Roman Abromovich](https://thedrum.rw/filter/roman-abromovich/) - [Premier League](https://thedrum.rw/filter/premier-league/) - [Mudaheranwa Hadji Yusufu](https://thedrum.rw/filter/mudaheranwa-hadji-yusufu/) - [Tanzania](https://thedrum.rw/filter/tanzania/) - [Fei Toto](https://thedrum.rw/filter/fei-toto/) - [Gen Patrick Nyamvumba](https://thedrum.rw/filter/gen-patrick-nyamvumba/) - [Predictions](https://thedrum.rw/filter/predictions/) - [FORTEBET](https://thedrum.rw/filter/fortebet/) - [Haringingo Francis](https://thedrum.rw/filter/haringingo-francis/) - [Everton](https://thedrum.rw/filter/everton/) - [Mbappe](https://thedrum.rw/filter/mbappe/) - [Ndikumana Asmani](https://thedrum.rw/filter/ndikumana-asmani/) - [Wayne Rooney](https://thedrum.rw/filter/wayne-rooney/) - [CECAFA KAGAME CUP](https://thedrum.rw/filter/cecafa-kagame-cup/) - [KMC](https://thedrum.rw/filter/kmc/) - [Rwaka Claude](https://thedrum.rw/filter/rwaka-claude/) - [Singida](https://thedrum.rw/filter/singida/) - [UEFA Champions League](https://thedrum.rw/filter/uefa-champions-league/) - [RIB](https://thedrum.rw/filter/rib/) - [Rayon Sports Women](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports-women/) - [Emery Bayisenge](https://thedrum.rw/filter/emery-bayisenge/) - [Marcus Rashford](https://thedrum.rw/filter/marcus-rashford/) - [Newcastle United](https://thedrum.rw/filter/newcastle-united/) - [FERWABA](https://thedrum.rw/filter/ferwaba/) - [Nelly Mukazayire](https://thedrum.rw/filter/nelly-mukazayire/) - [Shampiyona y'isi y'amagare](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yisi-yamagare/) - [Bemba](https://thedrum.rw/filter/bemba/) - [Manchester City](https://thedrum.rw/filter/manchester-city/) - [UCI Kigali 2025](https://thedrum.rw/filter/uci-kigali-2025/) - [Rwanda Cycling](https://thedrum.rw/filter/rwanda-cycling/) - [She Amavubi](https://thedrum.rw/filter/she-amavubi/) - [Total Energies](https://thedrum.rw/filter/total-energies/) - [El Hadji Diouf](https://thedrum.rw/filter/el-hadji-diouf/) - [Haruna Niyonzima](https://thedrum.rw/filter/haruna-niyonzima/) - [Jimmy Umulisa](https://thedrum.rw/filter/jimmy-umulisa/) - [Ousmane Dembélé](https://thedrum.rw/filter/ousmane-dembele/) - [Ballon d'Or 2025](https://thedrum.rw/filter/ballon-dor-2025/) - [Ndikumana Asman](https://thedrum.rw/filter/ndikumana-asman/) - [She Amavubi U-20](https://thedrum.rw/filter/she-amavubi-u-20/) - [Cycling](https://thedrum.rw/filter/cycling/) - [Man City](https://thedrum.rw/filter/man-city/) - [Carabao Cup](https://thedrum.rw/filter/carabao-cup/) - [Huddersfield Town](https://thedrum.rw/filter/huddersfield-town/) - [General Patrick Nyamvumba](https://thedrum.rw/filter/general-patrick-nyamvumba/) - [UCI President](https://thedrum.rw/filter/uci-president/) - [Robert Lewandowski](https://thedrum.rw/filter/robert-lewandowski/) - [Sergio Busquets](https://thedrum.rw/filter/sergio-busquets/) - [Inter Miami](https://thedrum.rw/filter/inter-miami/) - [Mutabazi](https://thedrum.rw/filter/mutabazi/) - [Volleyball](https://thedrum.rw/filter/volleyball/) - [Mugisha Moise](https://thedrum.rw/filter/mugisha-moise/) - [Cole Palmer](https://thedrum.rw/filter/cole-palmer/) - [Niyonzima Olivier SEFU](https://thedrum.rw/filter/niyonzima-olivier-sefu/) - [Harry Kane](https://thedrum.rw/filter/harry-kane/) - [Bayern Munich](https://thedrum.rw/filter/bayern-munich/) - [Cristiano Ronaldo](https://thedrum.rw/filter/cristiano-ronaldo/) - [UCI ROAD WORLD CHAMPIONS 2025](https://thedrum.rw/filter/uci-road-world-champions-2025/) - [Pogačar](https://thedrum.rw/filter/pogacar/) - [KIGALI 2025](https://thedrum.rw/filter/kigali-2025/) - [Nuno](https://thedrum.rw/filter/nuno/) - [Mikel Arteta](https://thedrum.rw/filter/mikel-arteta/) - [Eddy Howe](https://thedrum.rw/filter/eddy-howe/) - [Lotfi](https://thedrum.rw/filter/lotfi/) - [Ruben Amorim](https://thedrum.rw/filter/ruben-amorim/) - [Tadej Pogačar](https://thedrum.rw/filter/tadej-pogacar/) - [UCI ROAD WORLD CHAMPIONSHIP](https://thedrum.rw/filter/uci-road-world-championship/) - [Paul Kagame](https://thedrum.rw/filter/paul-kagame/) - [Carlos Takam](https://thedrum.rw/filter/carlos-takam/) - [Abakunzi ba Rayon Sports](https://thedrum.rw/filter/abakunzi-ba-rayon-sports/) - [CAMARADE](https://thedrum.rw/filter/camarade/) - [Warren Kamanzi](https://thedrum.rw/filter/warren-kamanzi/) - [VISIT RWANDA](https://thedrum.rw/filter/visit-rwanda/) - [LA CLIPPERS](https://thedrum.rw/filter/la-clippers/) - [Tottenham Hotspurs](https://thedrum.rw/filter/tottenham-hotspurs/) - [Dominic Solanke](https://thedrum.rw/filter/dominic-solanke/) - [Fiston Kalala Mayere](https://thedrum.rw/filter/fiston-kalala-mayere/) - [Niyomugabo Claude](https://thedrum.rw/filter/niyomugabo-claude/) - [Inter Milan](https://thedrum.rw/filter/inter-milan/) - [Ac Milan](https://thedrum.rw/filter/ac-milan/) - [SERIE A](https://thedrum.rw/filter/serie-a/) - [Niyonkuru Florence](https://thedrum.rw/filter/niyonkuru-florence/) - [Lyon 2025](https://thedrum.rw/filter/lyon-2025/) - [Victor Osimenh](https://thedrum.rw/filter/victor-osimenh/) - [KIGALI PELE STADIUM](https://thedrum.rw/filter/kigali-pele-stadium/) - [Fortebet Rwanda](https://thedrum.rw/filter/fortebet-rwanda/) - [Robertinho](https://thedrum.rw/filter/robertinho/) - [Arne Slot](https://thedrum.rw/filter/arne-slot/) - [UCL](https://thedrum.rw/filter/ucl/) - [PSG](https://thedrum.rw/filter/psg/) - [ERIC NSHIMIYIMANA](https://thedrum.rw/filter/eric-nshimiyimana/) - [Kayonza](https://thedrum.rw/filter/kayonza/) - [FIFA World Cup2026 Qualifiers](https://thedrum.rw/filter/fifa-world-cup2026-qualifiers/) - [GAZA WAR](https://thedrum.rw/filter/gaza-war/) - [TRIONDA](https://thedrum.rw/filter/trionda/) - [USA](https://thedrum.rw/filter/usa/) - [CANADA](https://thedrum.rw/filter/canada/) - [MEXICO](https://thedrum.rw/filter/mexico/) - [UEFA CONFERENCE LEAGUE](https://thedrum.rw/filter/uefa-conference-league/) - [Daniel Munoz](https://thedrum.rw/filter/daniel-munoz/) - [Crystal Palace](https://thedrum.rw/filter/crystal-palace/) - [Fiorentina](https://thedrum.rw/filter/fiorentina/) - [Vipers SC](https://thedrum.rw/filter/vipers-sc/) - [FUFA](https://thedrum.rw/filter/fufa/) - [Uganda](https://thedrum.rw/filter/uganda/) - [Mo Salah](https://thedrum.rw/filter/mo-salah/) - [REG BBC](https://thedrum.rw/filter/reg-bbc/) - [TIGERS BBC](https://thedrum.rw/filter/tigers-bbc/) - [Rwanda Cup2025](https://thedrum.rw/filter/rwanda-cup2025/) - [Joy-Lance Mickels](https://thedrum.rw/filter/joy-lance-mickels/) - [Ntwari Fiacre](https://thedrum.rw/filter/ntwari-fiacre/) - [Kaizer Chiefs FC](https://thedrum.rw/filter/kaizer-chiefs-fc/) - [Marines FC](https://thedrum.rw/filter/marines-fc/) - [Ishimwe Kevin](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-kevin/) - [Biramahire Abbedy](https://thedrum.rw/filter/biramahire-abbedy/) - [Kagame Vanessa](https://thedrum.rw/filter/kagame-vanessa/) - [Sarpong Micheal](https://thedrum.rw/filter/sarpong-micheal/) - [Young Africans](https://thedrum.rw/filter/young-africans/) - [Wembley Stadium](https://thedrum.rw/filter/wembley-stadium/) - [Interforce fc](https://thedrum.rw/filter/interforce-fc/) - [FIFA WORLD CUP 2026 QUALIFIERS](https://thedrum.rw/filter/fifa-world-cup-2026-qualifiers/) - [ADRIEN RABIOT](https://thedrum.rw/filter/adrien-rabiot/) - [Rtd Lt Col Alphonse Muyango](https://thedrum.rw/filter/rtd-lt-col-alphonse-muyango/) - [Rtd Col Vincent Mugisha](https://thedrum.rw/filter/rtd-col-vincent-mugisha/) - [Afhamia Lotfi](https://thedrum.rw/filter/afhamia-lotfi/) - [TOGO](https://thedrum.rw/filter/togo/) - [Samuel Asamoah](https://thedrum.rw/filter/samuel-asamoah/) - [Mamadou Sy](https://thedrum.rw/filter/mamadou-sy/) - [Dauda Yussif](https://thedrum.rw/filter/dauda-yussif/) - [Nyagatare FC](https://thedrum.rw/filter/nyagatare-fc/) - [Shampiyona y'icyiciro cya kabiri](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yicyiciro-cya-kabiri/) - [Anthony Taylor](https://thedrum.rw/filter/anthony-taylor/) - [Europa League](https://thedrum.rw/filter/europa-league/) - [FA](https://thedrum.rw/filter/fa/) - [Ibrahima Konate](https://thedrum.rw/filter/ibrahima-konate/) - [France](https://thedrum.rw/filter/france/) - [FFF](https://thedrum.rw/filter/fff/) - [Bruno Fernandez](https://thedrum.rw/filter/bruno-fernandez/) - [Kirehe Race 2025](https://thedrum.rw/filter/kirehe-race-2025/) - [Alejandro Gainza Rodríguez](https://thedrum.rw/filter/alejandro-gainza-rodriguez/) - [FERWACY](https://thedrum.rw/filter/ferwacy/) - [Tour du Rwanda](https://thedrum.rw/filter/tour-du-rwanda/) - [Shampiyona Nyafurika y’Amagare](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-nyafurika-yamagare/) - [APR VC](https://thedrum.rw/filter/apr-vc/) - [Police VC](https://thedrum.rw/filter/police-vc/) - [Police WVC](https://thedrum.rw/filter/police-wvc/) - [APR WVC](https://thedrum.rw/filter/apr-wvc/) - [Medwell Pre-Season Volleyball Tournament 2025](https://thedrum.rw/filter/medwell-pre-season-volleyball-tournament-2025/) - [‘Game Over Israel](https://thedrum.rw/filter/game-over-israel/) - [IFA](https://thedrum.rw/filter/ifa/) - [FIFA World Cup 2026](https://thedrum.rw/filter/fifa-world-cup-2026/) - [Ijabo Ryawe Rwanda](https://thedrum.rw/filter/ijabo-ryawe-rwanda/) - [Sheikh Habimana Hamdan](https://thedrum.rw/filter/sheikh-habimana-hamdan/) - [FRVB](https://thedrum.rw/filter/frvb/) - [Mohammed Salah](https://thedrum.rw/filter/mohammed-salah/) - [Arsenal FC](https://thedrum.rw/filter/arsenal-fc/) - [CONCACAF](https://thedrum.rw/filter/concacaf/) - [Lamine Yamal](https://thedrum.rw/filter/lamine-yamal/) - [Kylian Mbappé](https://thedrum.rw/filter/kylian-mbappe/) - [Kiyovu Sports SC](https://thedrum.rw/filter/kiyovu-sports-sc/) - [Afahmia Lotfi](https://thedrum.rw/filter/afahmia-lotfi/) - [Mukura VS](https://thedrum.rw/filter/mukura-vs/) - [Manishimwe Djabel](https://thedrum.rw/filter/manishimwe-djabel/) - [FC BARCELONA](https://thedrum.rw/filter/fc-barcelona/) - [EL CLASSICO](https://thedrum.rw/filter/el-classico/) - [LA LIGA](https://thedrum.rw/filter/la-liga/) - [BAFANA BAFANA](https://thedrum.rw/filter/bafana-bafana/) - [Denis Omedi](https://thedrum.rw/filter/denis-omedi/) - [Algeria](https://thedrum.rw/filter/algeria/) - [Sibomana Patrick Papy](https://thedrum.rw/filter/sibomana-patrick-papy/) - [Ethio Electric](https://thedrum.rw/filter/ethio-electric/) - [Tour du Rwanda 2026](https://thedrum.rw/filter/tour-du-rwanda-2026/) - [Habimana Hussein](https://thedrum.rw/filter/habimana-hussein/) - [Muhadjiri](https://thedrum.rw/filter/muhadjiri/) - [Muhirwa Prosper](https://thedrum.rw/filter/muhirwa-prosper/) - [Dean Huijsen](https://thedrum.rw/filter/dean-huijsen/) - [Tambwe Gloire NGONGO](https://thedrum.rw/filter/tambwe-gloire-ngongo/) - [RRA VC](https://thedrum.rw/filter/rra-vc/) - [Mutabazi Elie](https://thedrum.rw/filter/mutabazi-elie/) - [Vinicius Jr](https://thedrum.rw/filter/vinicius-jr/) - [Karim Benzema](https://thedrum.rw/filter/karim-benzema/) - [Sheffield United](https://thedrum.rw/filter/sheffield-united/) - [Profit and Sustainability Rules](https://thedrum.rw/filter/profit-and-sustainability-rules/) - [Ramaphosa](https://thedrum.rw/filter/ramaphosa/) - [Al-Merrikh](https://thedrum.rw/filter/al-merrikh/) - [Sudani](https://thedrum.rw/filter/sudani/) - [Al Ahli SC Wad Madani](https://thedrum.rw/filter/al-ahli-sc-wad-madani/) - [Grahm Potter](https://thedrum.rw/filter/grahm-potter/) - [Suwede](https://thedrum.rw/filter/suwede/) - [Police HC](https://thedrum.rw/filter/police-hc/) - [FERWAHAND](https://thedrum.rw/filter/ferwahand/) - [Akagera FC](https://thedrum.rw/filter/akagera-fc/) - [Nottingham Forest](https://thedrum.rw/filter/nottingham-forest/) - [Aziz Bassane](https://thedrum.rw/filter/aziz-bassane/) - [Tambwe Gloire](https://thedrum.rw/filter/tambwe-gloire/) - [Romain Folz](https://thedrum.rw/filter/romain-folz/) - [Yanga SC](https://thedrum.rw/filter/yanga-sc/) - [Benjamin Šeško](https://thedrum.rw/filter/benjamin-sesko/) - [Villa SC](https://thedrum.rw/filter/villa-sc/) - [Patrice Tlhopane Motsepe](https://thedrum.rw/filter/patrice-tlhopane-motsepe/) - [Visa Presale Draw](https://thedrum.rw/filter/visa-presale-draw/) - [Anfield](https://thedrum.rw/filter/anfield/) - [Cody Gakpo](https://thedrum.rw/filter/cody-gakpo/) - [Harry Maguire](https://thedrum.rw/filter/harry-maguire/) - [Twagirayezu Thaddée](https://thedrum.rw/filter/twagirayezu-thaddee/) - [Nsabimana Aimable](https://thedrum.rw/filter/nsabimana-aimable/) - [Taleb Abderrahim](https://thedrum.rw/filter/taleb-abderrahim/) - [Seidu Yussif Dauda](https://thedrum.rw/filter/seidu-yussif-dauda/) - [Sean Dyche](https://thedrum.rw/filter/sean-dyche/) - [Ange Postecoglou](https://thedrum.rw/filter/ange-postecoglou/) - [Abderrahim Taleb](https://thedrum.rw/filter/abderrahim-taleb/) - [Cheick Djibril Ouattara](https://thedrum.rw/filter/cheick-djibril-ouattara/) - [Jurgen Klopp](https://thedrum.rw/filter/jurgen-klopp/) - [Ethiopia Medhin](https://thedrum.rw/filter/ethiopia-medhin/) - [Hansi Flick](https://thedrum.rw/filter/hansi-flick/) - [Match-fixing](https://thedrum.rw/filter/match-fixing/) - [Gutegura](https://thedrum.rw/filter/gutegura/) - [Patrick Ngaboyisonga](https://thedrum.rw/filter/patrick-ngaboyisonga/) - [Vincent Kompany](https://thedrum.rw/filter/vincent-kompany/) - [Bundesliga](https://thedrum.rw/filter/bundesliga/) - [Atletico Madrid](https://thedrum.rw/filter/atletico-madrid/) - [Ipari](https://thedrum.rw/filter/ipari/) - [The Drum sports](https://thedrum.rw/filter/the-drum-sports/) - [Bojan Krkić](https://thedrum.rw/filter/bojan-krkic/) - [Borussia Dortmund.](https://thedrum.rw/filter/borussia-dortmund/) - [Viktor Dadason](https://thedrum.rw/filter/viktor-dadason/) - [Minisiteri ya Siporo](https://thedrum.rw/filter/minisiteri-ya-siporo/) - [Kakooza Nkuliza Charles](https://thedrum.rw/filter/kakooza-nkuliza-charles/) - [Umutoni Aline](https://thedrum.rw/filter/umutoni-aline/) - [African Footballer of the Year Award](https://thedrum.rw/filter/african-footballer-of-the-year-award/) - [Pape Matar Sarr](https://thedrum.rw/filter/pape-matar-sarr/) - [André-Frank Zambo Anguissa](https://thedrum.rw/filter/andre-frank-zambo-anguissa/) - [Fiston Mayele](https://thedrum.rw/filter/fiston-mayele/) - [Achraf Hakimi](https://thedrum.rw/filter/achraf-hakimi/) - [Mohamed Salah](https://thedrum.rw/filter/mohamed-salah/) - [Queen Cha](https://thedrum.rw/filter/queen-cha/) - [Mugemana Charles](https://thedrum.rw/filter/mugemana-charles/) - [Rayon Sports FC](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports-fc/) - [Rayon Sports Company Ltd](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports-company-ltd/) - [Perezida Twagirayezu](https://thedrum.rw/filter/perezida-twagirayezu/) - [Murenzi Abdallah](https://thedrum.rw/filter/murenzi-abdallah/) - [Van Dijk](https://thedrum.rw/filter/van-dijk/) - [Hakim Ziyech](https://thedrum.rw/filter/hakim-ziyech/) - [Wydad Athletic Club](https://thedrum.rw/filter/wydad-athletic-club/) - [Ajax](https://thedrum.rw/filter/ajax/) - [English Premier League](https://thedrum.rw/filter/english-premier-league/) - [Buregeya Prince](https://thedrum.rw/filter/buregeya-prince/) - [Major League Soccer](https://thedrum.rw/filter/major-league-soccer/) - [Beşiktaş](https://thedrum.rw/filter/besiktas/) - [Trabzonspor](https://thedrum.rw/filter/trabzonspor/) - [Fenerbahçe](https://thedrum.rw/filter/fenerbahce/) - [Turkey](https://thedrum.rw/filter/turkey/) - [Napoli](https://thedrum.rw/filter/napoli/) - [Kevin De Bruyne](https://thedrum.rw/filter/kevin-de-bruyne/) - [Al Hilal Omdurman](https://thedrum.rw/filter/al-hilal-omdurman/) - [Al Ahli SC Wad Madan](https://thedrum.rw/filter/al-ahli-sc-wad-madan/) - [Man of the Match](https://thedrum.rw/filter/man-of-the-match/) - [Taleb Mohamed](https://thedrum.rw/filter/taleb-mohamed/) - [Aaron Ramsey](https://thedrum.rw/filter/aaron-ramsey/) - [Wales](https://thedrum.rw/filter/wales/) - [Brigadier General Deo Rusanganwa](https://thedrum.rw/filter/brigadier-general-deo-rusanganwa/) - [Kylie Walker](https://thedrum.rw/filter/kylie-walker/) - [Burnely FC](https://thedrum.rw/filter/burnely-fc/) - [NEOM Stadium](https://thedrum.rw/filter/neom-stadium/) - [Ishimwe Claude (Cucuri)](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-claude-cucuri/) - [Habumugisha Emmanuel](https://thedrum.rw/filter/habumugisha-emmanuel/) - [Piqué](https://thedrum.rw/filter/pique/) - [Shakira](https://thedrum.rw/filter/shakira/) - [Muganga](https://thedrum.rw/filter/muganga/) - [Rwema Amza](https://thedrum.rw/filter/rwema-amza/) - [Al Ahli Madani](https://thedrum.rw/filter/al-ahli-madani/) - [Seidu Dauda Yussif](https://thedrum.rw/filter/seidu-dauda-yussif/) - [Arsenal Academy Training Experience](https://thedrum.rw/filter/arsenal-academy-training-experience/) - [Enzo Maresca](https://thedrum.rw/filter/enzo-maresca/) - [Jamie Gittens](https://thedrum.rw/filter/jamie-gittens/) - [Wolves](https://thedrum.rw/filter/wolves/) - [Tottenham](https://thedrum.rw/filter/tottenham/) - [Habimana Yves](https://thedrum.rw/filter/habimana-yves/) - [Team Rwanda](https://thedrum.rw/filter/team-rwanda/) - [Amagare](https://thedrum.rw/filter/amagare/) - [Nirere Xaverine](https://thedrum.rw/filter/nirere-xaverine/) - [UCI World Road Championship](https://thedrum.rw/filter/uci-world-road-championship/) - [Paul Scholes](https://thedrum.rw/filter/paul-scholes/) - [Al Merriekh SC](https://thedrum.rw/filter/al-merriekh-sc/) - [Al Ahli Wad Medani](https://thedrum.rw/filter/al-ahli-wad-medani/) - [Cheikh Djibril Ouattara](https://thedrum.rw/filter/cheikh-djibril-ouattara/) - [Handball](https://thedrum.rw/filter/handball/) - [Hafedh Zouabi](https://thedrum.rw/filter/hafedh-zouabi/) - [Brig Gen Deo Rusanganwa](https://thedrum.rw/filter/brig-gen-deo-rusanganwa/) - [Kenya](https://thedrum.rw/filter/kenya/) - [Al Hilal SC](https://thedrum.rw/filter/al-hilal-sc/) - [Kiyovu sc](https://thedrum.rw/filter/kiyovu-sc/) - [Rwasamanzi Yves](https://thedrum.rw/filter/rwasamanzi-yves/) - [AFCON2026](https://thedrum.rw/filter/afcon2026/) - [CAF U17 AFCON](https://thedrum.rw/filter/caf-u17-afcon/) - [CECAFA Region Qualifiers](https://thedrum.rw/filter/cecafa-region-qualifiers/) - [Bonnie Mugabe](https://thedrum.rw/filter/bonnie-mugabe/) - [Simba SC](https://thedrum.rw/filter/simba-sc/) - [Singida Black Stars](https://thedrum.rw/filter/singida-black-stars/) - [Patrick Vierra](https://thedrum.rw/filter/patrick-vierra/) - [Genoa CFC](https://thedrum.rw/filter/genoa-cfc/) - [Jean Paul Ngabonziza](https://thedrum.rw/filter/jean-paul-ngabonziza/) - [Spurs](https://thedrum.rw/filter/spurs/) - [Micky van de Ven](https://thedrum.rw/filter/micky-van-de-ven/) - [Djed Spence](https://thedrum.rw/filter/djed-spence/) - [Musanze FC](https://thedrum.rw/filter/musanze-fc/) - [Nicki Nicole](https://thedrum.rw/filter/nicki-nicole/) - [Miss Mutesi Jolly](https://thedrum.rw/filter/miss-mutesi-jolly/) - [Paris Saint Germain](https://thedrum.rw/filter/paris-saint-germain/) - [Sherie Silver](https://thedrum.rw/filter/sherie-silver/) - [The Silver Gala](https://thedrum.rw/filter/the-silver-gala/) - [Sherie Silver Foundation](https://thedrum.rw/filter/sherie-silver-foundation/) - [Twagirayezu Thadee](https://thedrum.rw/filter/twagirayezu-thadee/) - [RPL](https://thedrum.rw/filter/rpl/) - [Macuba WFC](https://thedrum.rw/filter/macuba-wfc/) - [AS Kigali WFC](https://thedrum.rw/filter/as-kigali-wfc/) - [Inyemera WFC](https://thedrum.rw/filter/inyemera-wfc/) - [Kai Havertz](https://thedrum.rw/filter/kai-havertz/) - [Viktor Gyokeres](https://thedrum.rw/filter/viktor-gyokeres/) - [Noni Madueke](https://thedrum.rw/filter/noni-madueke/) - [Crvena Zvezda](https://thedrum.rw/filter/crvena-zvezda/) - [Serbia](https://thedrum.rw/filter/serbia/) - [Mladen Zizović](https://thedrum.rw/filter/mladen-zizovic/) - [RIP](https://thedrum.rw/filter/rip/) - [Radnički 1923](https://thedrum.rw/filter/radnicki-1923/) - [#Five-a-side team](https://thedrum.rw/filter/five-a-side-team/) - [Tottenham Hotspur](https://thedrum.rw/filter/tottenham-hotspur/) - [James Maddison](https://thedrum.rw/filter/james-maddison/) - [Kennedy Alexa](https://thedrum.rw/filter/kennedy-alexa/) - [Calum Shaun Selby](https://thedrum.rw/filter/calum-shaun-selby/) - [Vision FC](https://thedrum.rw/filter/vision-fc/) - [Muvunyi Felix 'Fils'](https://thedrum.rw/filter/muvunyi-felix-fils/) - [Etincelles FC](https://thedrum.rw/filter/etincelles-fc/) - [Anna Gegnoso](https://thedrum.rw/filter/anna-gegnoso/) - [Khvicha Kvaratskhelia](https://thedrum.rw/filter/khvicha-kvaratskhelia/) - [Las Palmas](https://thedrum.rw/filter/las-palmas/) - [Aviator](https://thedrum.rw/filter/aviator/) - [1000 HILLS DERBY](https://thedrum.rw/filter/1000-hills-derby/) - [Sibomana Patrick](https://thedrum.rw/filter/sibomana-patrick/) - [Ethiopia Electricity](https://thedrum.rw/filter/ethiopia-electricity/) - [Slavia Praha](https://thedrum.rw/filter/slavia-praha/) - [Conor Bradley](https://thedrum.rw/filter/conor-bradley/) - [Hoteli](https://thedrum.rw/filter/hoteli/) - [CECAFA U17](https://thedrum.rw/filter/cecafa-u17/) - [Bugesera FC](https://thedrum.rw/filter/bugesera-fc/) - [MINISPORTS](https://thedrum.rw/filter/minisports/) - [FAPA](https://thedrum.rw/filter/fapa/) - [Mukazayire](https://thedrum.rw/filter/mukazayire/) - [PAC](https://thedrum.rw/filter/pac/) - [Valencia](https://thedrum.rw/filter/valencia/) - [Xabi Alonso](https://thedrum.rw/filter/xabi-alonso/) - [Vinícius](https://thedrum.rw/filter/vinicius/) - [Evangelos Marinakis](https://thedrum.rw/filter/evangelos-marinakis/) - [Olympiacos](https://thedrum.rw/filter/olympiacos/) - [Victor Osimhen](https://thedrum.rw/filter/victor-osimhen/) - [Pierre-Emerick Aubameyang](https://thedrum.rw/filter/pierre-emerick-aubameyang/) - [Karangwa Justin](https://thedrum.rw/filter/karangwa-justin/) - [Trump](https://thedrum.rw/filter/trump/) - [Infantino](https://thedrum.rw/filter/infantino/) - [American Business Forum’](https://thedrum.rw/filter/american-business-forum/) - [Haruna Ferouz](https://thedrum.rw/filter/haruna-ferouz/) - [RGB](https://thedrum.rw/filter/rgb/) - [Twagirayezu](https://thedrum.rw/filter/twagirayezu/) - [Amorim](https://thedrum.rw/filter/amorim/) - [Jorge Mendes](https://thedrum.rw/filter/jorge-mendes/) - [Dr. Patrice Motsepe](https://thedrum.rw/filter/dr-patrice-motsepe/) - [Afcon](https://thedrum.rw/filter/afcon/) - [Kwitonda Alain Bacca](https://thedrum.rw/filter/kwitonda-alain-bacca/) - [Rushema Chris](https://thedrum.rw/filter/rushema-chris/) - [Djibril Ouattara](https://thedrum.rw/filter/djibril-ouattara/) - [Gary Neville](https://thedrum.rw/filter/gary-neville/) - [West Ham United](https://thedrum.rw/filter/west-ham-united/) - [Burnley](https://thedrum.rw/filter/burnley/) - [William Togui](https://thedrum.rw/filter/william-togui/) - [a](https://thedrum.rw/filter/a/) - [Rubanguka Steve](https://thedrum.rw/filter/rubanguka-steve/) - [PEP](https://thedrum.rw/filter/pep/) - [NPC Rwanda](https://thedrum.rw/filter/npc-rwanda/) - [Bizimana Dominique](https://thedrum.rw/filter/bizimana-dominique/) - [Mashami Vicent](https://thedrum.rw/filter/mashami-vicent/) - [Souleymane Daffé](https://thedrum.rw/filter/souleymane-daffe/) - [Romário de Souza Faria](https://thedrum.rw/filter/romario-de-souza-faria/) - [PSV](https://thedrum.rw/filter/psv/) - [Pep Guardiola](https://thedrum.rw/filter/pep-guardiola/) - [Donnarumma](https://thedrum.rw/filter/donnarumma/) - [Matheus Nunes](https://thedrum.rw/filter/matheus-nunes/) - [Mamardashvili](https://thedrum.rw/filter/mamardashvili/) - [Nico Gonzalez](https://thedrum.rw/filter/nico-gonzalez/) - [Halland Erling](https://thedrum.rw/filter/halland-erling/) - [Celta Vigo](https://thedrum.rw/filter/celta-vigo/) - [Rashford](https://thedrum.rw/filter/rashford/) - [Jimmy Mulisa](https://thedrum.rw/filter/jimmy-mulisa/) - [Indahangarwa WFC](https://thedrum.rw/filter/indahangarwa-wfc/) - [Kamonyi WFC](https://thedrum.rw/filter/kamonyi-wfc/) - [Bugesera WFC](https://thedrum.rw/filter/bugesera-wfc/) - [New Caledonia](https://thedrum.rw/filter/new-caledonia/) - [FIFA WORLD CUP UNDER 17](https://thedrum.rw/filter/fifa-world-cup-under-17/) - [Maroc](https://thedrum.rw/filter/maroc/) - [Intare FC](https://thedrum.rw/filter/intare-fc/) - [Dua Lipa](https://thedrum.rw/filter/dua-lipa/) - [River Plate](https://thedrum.rw/filter/river-plate/) - [Boca Juniors](https://thedrum.rw/filter/boca-juniors/) - [Superclásico](https://thedrum.rw/filter/superclasico/) - [PGMOL](https://thedrum.rw/filter/pgmol/) - [Liverpool FC](https://thedrum.rw/filter/liverpool-fc/) - [Howard Webb](https://thedrum.rw/filter/howard-webb/) - [VAR](https://thedrum.rw/filter/var/) - [Espoir FC](https://thedrum.rw/filter/espoir-fc/) - [Matata Ismaël](https://thedrum.rw/filter/matata-ismael/) - [Hatungimana Amran](https://thedrum.rw/filter/hatungimana-amran/) - [Mazimpaka André](https://thedrum.rw/filter/mazimpaka-andre/) - [Fortbet Rwanda](https://thedrum.rw/filter/fortbet-rwanda/) - [Rwanda Football](https://thedrum.rw/filter/rwanda-football/) - [Kaizer Chiefs](https://thedrum.rw/filter/kaizer-chiefs/) - [Habiyakare Saïdi](https://thedrum.rw/filter/habiyakare-saidi/) - [Luis de la Fuente](https://thedrum.rw/filter/luis-de-la-fuente/) - [CAF Play-Offs](https://thedrum.rw/filter/caf-play-offs/) - [Cameroon](https://thedrum.rw/filter/cameroon/) - [Gabon](https://thedrum.rw/filter/gabon/) - [FIFPRO](https://thedrum.rw/filter/fifpro/) - [Player Welfare Fund](https://thedrum.rw/filter/player-welfare-fund/) - [Professional Players Consultation Forum](https://thedrum.rw/filter/professional-players-consultation-forum/) - [Oscar](https://thedrum.rw/filter/oscar/) - [São Paulo FC](https://thedrum.rw/filter/sao-paulo-fc/) - [Igikombe cya Afurika cya Handball](https://thedrum.rw/filter/igikombe-cya-afurika-cya-handball/) - [Misiri](https://thedrum.rw/filter/misiri/) - [Euro 2028](https://thedrum.rw/filter/euro-2028/) - [Cardiff](https://thedrum.rw/filter/cardiff/) - [Irelande y’Amajyaruguru](https://thedrum.rw/filter/irelande-yamajyaruguru/) - [Wembley](https://thedrum.rw/filter/wembley/) - [World Tour](https://thedrum.rw/filter/world-tour/) - [Hull City](https://thedrum.rw/filter/hull-city/) - [Ronaldinho Gaucho](https://thedrum.rw/filter/ronaldinho-gaucho/) - [Brezil](https://thedrum.rw/filter/brezil/) - [La Masia](https://thedrum.rw/filter/la-masia/) - [Joao Mendes](https://thedrum.rw/filter/joao-mendes/) - [Bimenyimana Bonfils-Caleb](https://thedrum.rw/filter/bimenyimana-bonfils-caleb/) - [Intamba mu Rugamba”](https://thedrum.rw/filter/intamba-mu-rugamba/) - [Q&A](https://thedrum.rw/filter/qa/) - [Sitade Amahoro](https://thedrum.rw/filter/sitade-amahoro/) - [Haruna Ferou](https://thedrum.rw/filter/haruna-ferou/) - [Thaddée Twagirayezu](https://thedrum.rw/filter/thaddee-twagirayezu/) - [Afahamia Lotfi](https://thedrum.rw/filter/afahamia-lotfi/) - [Ligue 1](https://thedrum.rw/filter/ligue-1/) - [Cameroun](https://thedrum.rw/filter/cameroun/) - [Sébastien Desabre](https://thedrum.rw/filter/sebastien-desabre/) - [DRC](https://thedrum.rw/filter/drc/) - [Chancel Mbemba](https://thedrum.rw/filter/chancel-mbemba/) - [Haaland](https://thedrum.rw/filter/haaland/) - [Norway](https://thedrum.rw/filter/norway/) - [Estonia](https://thedrum.rw/filter/estonia/) - [Italy](https://thedrum.rw/filter/italy/) - [APR WBBC](https://thedrum.rw/filter/apr-wbbc/) - [REG WBBC](https://thedrum.rw/filter/reg-wbbc/) - [Zone 5](https://thedrum.rw/filter/zone-5/) - [Basketball y’abagore](https://thedrum.rw/filter/basketball-yabagore/) - [Rayon Sports WFC](https://thedrum.rw/filter/rayon-sports-wfc/) - [Komisiyo y’Amategeko muri FERWAFA](https://thedrum.rw/filter/komisiyo-yamategeko-muri-ferwafa/) - [GMT](https://thedrum.rw/filter/gmt/) - [FIBA AfroCAN](https://thedrum.rw/filter/fiba-afrocan/) - [APR BBC](https://thedrum.rw/filter/apr-bbc/) - [Qatar](https://thedrum.rw/filter/qatar/) - [Marc Guehi](https://thedrum.rw/filter/marc-guehi/) - [Igikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/filter/igikombe-cyisi-cya-2026/) - [Leta Zunze Ubumwe za Amerika](https://thedrum.rw/filter/leta-zunze-ubumwe-za-amerika/) - [U Bwongereza](https://thedrum.rw/filter/u-bwongereza/) - [Red Bull](https://thedrum.rw/filter/red-bull/) - [Klopp](https://thedrum.rw/filter/klopp/) - [INteko Rusange](https://thedrum.rw/filter/inteko-rusange/) - [Muvunyi Paul](https://thedrum.rw/filter/muvunyi-paul/) - [Gisagara VC](https://thedrum.rw/filter/gisagara-vc/) - [Kepler VC](https://thedrum.rw/filter/kepler-vc/) - [Licence B ya CAF](https://thedrum.rw/filter/licence-b-ya-caf/) - [Bournemouth](https://thedrum.rw/filter/bournemouth/) - [Komisiyo y’Abasifuzi](https://thedrum.rw/filter/komisiyo-yabasifuzi/) - [Hakizimana Ambroise](https://thedrum.rw/filter/hakizimana-ambroise/) - [Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu bagore](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yicyiciro-cya-kabiri-mu-bagore/) - [Dr Pisto Mosimane](https://thedrum.rw/filter/dr-pisto-mosimane/) - [Eng. Hersi Said Ally](https://thedrum.rw/filter/eng-hersi-said-ally/) - [Casemiro](https://thedrum.rw/filter/casemiro/) - [Gabriel Magalhães](https://thedrum.rw/filter/gabriel-magalhaes/) - [WBLA Finals](https://thedrum.rw/filter/wbla-finals/) - [APR Women Basketball Club](https://thedrum.rw/filter/apr-women-basketball-club/) - [Women’s Basketball League Africa Zone 5](https://thedrum.rw/filter/womens-basketball-league-africa-zone-5/) - [REG](https://thedrum.rw/filter/reg/) - [KVC](https://thedrum.rw/filter/kvc/) - [EAUR WVC](https://thedrum.rw/filter/eaur-wvc/) - [Sir Alex Ferguson](https://thedrum.rw/filter/sir-alex-ferguson/) - [Mbuemo](https://thedrum.rw/filter/mbuemo/) - [Matheus Cunha](https://thedrum.rw/filter/matheus-cunha/) - [Garnacho](https://thedrum.rw/filter/garnacho/) - [Super Eagles](https://thedrum.rw/filter/super-eagles/) - [Leopards](https://thedrum.rw/filter/leopards/) - [intercontinental play-offs](https://thedrum.rw/filter/intercontinental-play-offs/) - [Frank Onyeka](https://thedrum.rw/filter/frank-onyeka/) - [Jørgen Strand Larsen](https://thedrum.rw/filter/jorgen-strand-larsen/) - [Alf Inge Haaland](https://thedrum.rw/filter/alf-inge-haaland/) - [Noruveje](https://thedrum.rw/filter/noruveje/) - [Erling Halland](https://thedrum.rw/filter/erling-halland/) - [Paul Muvunyi](https://thedrum.rw/filter/paul-muvunyi/) - [Al Hilal](https://thedrum.rw/filter/al-hilal/) - [Al Merreikh](https://thedrum.rw/filter/al-merreikh/) - [Martin Rutagambwa](https://thedrum.rw/filter/martin-rutagambwa/) - [François-Régis Gahuranyi](https://thedrum.rw/filter/francois-regis-gahuranyi/) - [Mamelodi Sundowns](https://thedrum.rw/filter/mamelodi-sundowns/) - [MC Alger](https://thedrum.rw/filter/mc-alger/) - [itsinda C](https://thedrum.rw/filter/itsinda-c/) - [FIBA World Cup 2027](https://thedrum.rw/filter/fiba-world-cup-2027/) - [Fulham](https://thedrum.rw/filter/fulham/) - [Marco Silva](https://thedrum.rw/filter/marco-silva/) - [gikombe cya Afurika cya 2026](https://thedrum.rw/filter/gikombe-cya-afurika-cya-2026/) - [RDB](https://thedrum.rw/filter/rdb/) - [ATM](https://thedrum.rw/filter/atm/) - [Muhazi WFC](https://thedrum.rw/filter/muhazi-wfc/) - [Nkaka Mfizi](https://thedrum.rw/filter/nkaka-mfizi/) - [Shampiyona y'abagore](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yabagore/) - [Ghana](https://thedrum.rw/filter/ghana/) - [Gutera ivi](https://thedrum.rw/filter/gutera-ivi/) - [FECAFOOT](https://thedrum.rw/filter/fecafoot/) - [Samuel Eto’o](https://thedrum.rw/filter/samuel-etoo/) - [Uwiringiyimana Liliane](https://thedrum.rw/filter/uwiringiyimana-liliane/) - [Shampiyona Nyafurika y’Amagare 2025](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-nyafurika-yamagare-2025/) - [Standard de Liège](https://thedrum.rw/filter/standard-de-liege/) - [TSG Hoffenheim](https://thedrum.rw/filter/tsg-hoffenheim/) - [Eintracht Frankfurt](https://thedrum.rw/filter/eintracht-frankfurt/) - [Ufitinema Clotilde](https://thedrum.rw/filter/ufitinema-clotilde/) - [ES Mutunda WFC](https://thedrum.rw/filter/es-mutunda-wfc/) - [Perezida Kagame](https://thedrum.rw/filter/perezida-kagame/) - [AlHilal sc](https://thedrum.rw/filter/alhilal-sc/) - [MC Algier](https://thedrum.rw/filter/mc-algier/) - [Fall Ngagne](https://thedrum.rw/filter/fall-ngagne/) - [Maresca](https://thedrum.rw/filter/maresca/) - [Kiyovu Sports Club](https://thedrum.rw/filter/kiyovu-sports-club/) - [REG VC](https://thedrum.rw/filter/reg-vc/) - [MC Algiers](https://thedrum.rw/filter/mc-algiers/) - [Shampiyona Nyafurika](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-nyafurika/) - [Nyirarukundo Claudette](https://thedrum.rw/filter/nyirarukundo-claudette/) - [Thomas Frank](https://thedrum.rw/filter/thomas-frank/) - [Pape Sarr](https://thedrum.rw/filter/pape-sarr/) - [CHAN](https://thedrum.rw/filter/chan/) - [CAN 2027](https://thedrum.rw/filter/can-2027/) - [ANGOLA](https://thedrum.rw/filter/angola/) - [BK Arena](https://thedrum.rw/filter/bk-arena/) - [U RWANDA](https://thedrum.rw/filter/u-rwanda/) - [Umujyi wa Kigali](https://thedrum.rw/filter/umujyi-wa-kigali/) - [Shema Fabrice Ngoga](https://thedrum.rw/filter/shema-fabrice-ngoga/) - [Paul Pogba](https://thedrum.rw/filter/paul-pogba/) - [Team France](https://thedrum.rw/filter/team-france/) - [Saudi Pro League](https://thedrum.rw/filter/saudi-pro-league/) - [Olympique Beja](https://thedrum.rw/filter/olympique-beja/) - [Police WFC](https://thedrum.rw/filter/police-wfc/) - [Al Merrikh SC](https://thedrum.rw/filter/al-merrikh-sc/) - [Darko Nović](https://thedrum.rw/filter/darko-novic/) - [Yunusu Nshimiyimana](https://thedrum.rw/filter/yunusu-nshimiyimana/) - [Claude Niyomugabo](https://thedrum.rw/filter/claude-niyomugabo/) - [Clement Niyigena](https://thedrum.rw/filter/clement-niyigena/) - [Sudani y’Epfo](https://thedrum.rw/filter/sudani-yepfo/) - [Portugal](https://thedrum.rw/filter/portugal/) - [Idrissa Gueye](https://thedrum.rw/filter/idrissa-gueye/) - [Michael Keane](https://thedrum.rw/filter/michael-keane/) - [Amiss Cedric](https://thedrum.rw/filter/amiss-cedric/) - [APR WFC](https://thedrum.rw/filter/apr-wfc/) - [Igikombe cya Afurika cya 2026](https://thedrum.rw/filter/igikombe-cya-afurika-cya-2026/) - [Kigali](https://thedrum.rw/filter/kigali/) - [Ilunga Ngoy](https://thedrum.rw/filter/ilunga-ngoy/) - [Usabimana Olivier](https://thedrum.rw/filter/usabimana-olivier/) - [Uwikunda Samuel](https://thedrum.rw/filter/uwikunda-samuel/) - [Stamford Bridge](https://thedrum.rw/filter/stamford-bridge/) - [Amissi Cédric](https://thedrum.rw/filter/amissi-cedric/) - [Olivier Gakwaya](https://thedrum.rw/filter/olivier-gakwaya/) - [Abdallah Murenzi](https://thedrum.rw/filter/abdallah-murenzi/) - [Inzabacyuho muri Murera](https://thedrum.rw/filter/inzabacyuho-muri-murera/) - [FIFA Series 2026](https://thedrum.rw/filter/fifa-series-2026/) - [Komite y’Agateganyo](https://thedrum.rw/filter/komite-yagateganyo/) - [Hussein](https://thedrum.rw/filter/hussein/) - [Murera](https://thedrum.rw/filter/murera/) - [AFROBASKET](https://thedrum.rw/filter/afrobasket/) - [CECAFA](https://thedrum.rw/filter/cecafa/) - [Éthiopie](https://thedrum.rw/filter/ethiopie/) - [Amavubi U17](https://thedrum.rw/filter/amavubi-u17/) - [Celtic](https://thedrum.rw/filter/celtic/) - [Feyenoord](https://thedrum.rw/filter/feyenoord/) - [Robin van Persie](https://thedrum.rw/filter/robin-van-persie/) - [Shaqueel van Persie](https://thedrum.rw/filter/shaqueel-van-persie/) - [Guinea](https://thedrum.rw/filter/guinea/) - [Steven Hagumintwari](https://thedrum.rw/filter/steven-hagumintwari/) - [Girumugisha Jean Claude](https://thedrum.rw/filter/girumugisha-jean-claude/) - [Shampiyona Nyafurika ya 2025](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-nyafurika-ya-2025/) - [Minisiteri y’Uburezi](https://thedrum.rw/filter/minisiteri-yuburezi/) - [Ikigo k’igihugu gishinzwe amashuri makuru](https://thedrum.rw/filter/ikigo-kigihugu-gishinzwe-amashuri-makuru/) - [Ishyirahamwe ry’Abanyeshuri mu Rwanda](https://thedrum.rw/filter/ishyirahamwe-ryabanyeshuri-mu-rwanda/) - [Varsity League 2025](https://thedrum.rw/filter/varsity-league-2025/) - [National Inter-University Sports League](https://thedrum.rw/filter/national-inter-university-sports-league/) - [nzibacyuho](https://thedrum.rw/filter/nzibacyuho/) - [The Blues](https://thedrum.rw/filter/the-blues/) - [Abderrahim Talib](https://thedrum.rw/filter/abderrahim-talib/) - [Petit Stade](https://thedrum.rw/filter/petit-stade/) - [Kepler WVC](https://thedrum.rw/filter/kepler-wvc/) - [Jean Claude Girumugisha](https://thedrum.rw/filter/jean-claude-girumugisha/) - [Mugisha Richard](https://thedrum.rw/filter/mugisha-richard/) - [SKOL](https://thedrum.rw/filter/skol/) - [Inama y’Abaminisitiri](https://thedrum.rw/filter/inama-yabaminisitiri/) - [Rwego Ngarambe](https://thedrum.rw/filter/rwego-ngarambe/) - [Africa Cycling Excellence Awards](https://thedrum.rw/filter/africa-cycling-excellence-awards/) - [CAC](https://thedrum.rw/filter/cac/) - [Masengesho Vainqueur](https://thedrum.rw/filter/masengesho-vainqueur/) - [Nirere Xaveline](https://thedrum.rw/filter/nirere-xaveline/) - [Enzo Fernandez](https://thedrum.rw/filter/enzo-fernandez/) - [Moises Caicedo](https://thedrum.rw/filter/moises-caicedo/) - [Jado Castar](https://thedrum.rw/filter/jado-castar/) - [Nshuti Thierry](https://thedrum.rw/filter/nshuti-thierry/) - [Guglielmo Vicario](https://thedrum.rw/filter/guglielmo-vicario/) - [Joshua Zirkzee](https://thedrum.rw/filter/joshua-zirkzee/) - [Mikel Merino](https://thedrum.rw/filter/mikel-merino/) - [Pedro Neto](https://thedrum.rw/filter/pedro-neto/) - [Ruhago y'abagore](https://thedrum.rw/filter/ruhago-yabagore/) - [Nkurayija Hubert](https://thedrum.rw/filter/nkurayija-hubert/) - [Team Amani](https://thedrum.rw/filter/team-amani/) - [Saint Eloi Lupopo](https://thedrum.rw/filter/saint-eloi-lupopo/) - [Jamus SC](https://thedrum.rw/filter/jamus-sc/) - [Muhire Kevin](https://thedrum.rw/filter/muhire-kevin/) - [Bubiligi](https://thedrum.rw/filter/bubiligi/) - [Memel Raouf Dao](https://thedrum.rw/filter/memel-raouf-dao/) - [Talib](https://thedrum.rw/filter/talib/) - [Bizumuremyi Radjab](https://thedrum.rw/filter/bizumuremyi-radjab/) - [Twin Lakes](https://thedrum.rw/filter/twin-lakes/) - [Mont-Kigali](https://thedrum.rw/filter/mont-kigali/) - [Rwanda EPIC](https://thedrum.rw/filter/rwanda-epic/) - [Africa Rising Cycling Center](https://thedrum.rw/filter/africa-rising-cycling-center/) - [AFCON 2026](https://thedrum.rw/filter/afcon-2026/) - [Thiago Silva](https://thedrum.rw/filter/thiago-silva/) - [Isago Silva](https://thedrum.rw/filter/isago-silva/) - [Licence A-CAF](https://thedrum.rw/filter/licence-a-caf/) - [Bakaki Shafiq](https://thedrum.rw/filter/bakaki-shafiq/) - [Three Lions](https://thedrum.rw/filter/three-lions/) - [Bwongereza](https://thedrum.rw/filter/bwongereza/) - [IFAB](https://thedrum.rw/filter/ifab/) - [CECAFA-17](https://thedrum.rw/filter/cecafa-17/) - [Hoteli ya FERWAFA](https://thedrum.rw/filter/hoteli-ya-ferwafa/) - [Erling Haaland](https://thedrum.rw/filter/erling-haaland/) - [Alan Shearer](https://thedrum.rw/filter/alan-shearer/) - [Washington D.C](https://thedrum.rw/filter/washington-d-c/) - [Perezida Trump](https://thedrum.rw/filter/perezida-trump/) - [FIFA WORLD CUP 2026 DRAW](https://thedrum.rw/filter/fifa-world-cup-2026-draw/) - [Dr Emile Rwagacondo](https://thedrum.rw/filter/dr-emile-rwagacondo/) - [Newcastle](https://thedrum.rw/filter/newcastle/) - [Real Betting](https://thedrum.rw/filter/real-betting/) - [Emmanuel Flomo](https://thedrum.rw/filter/emmanuel-flomo/) - [Mukunzi Yannick](https://thedrum.rw/filter/mukunzi-yannick/) - [Leeds United](https://thedrum.rw/filter/leeds-united/) - [Rhode Island FC](https://thedrum.rw/filter/rhode-island-fc/) - [Jojea Kwizera](https://thedrum.rw/filter/jojea-kwizera/) - [Sugire Ernest](https://thedrum.rw/filter/sugire-ernest/) - [CHAN2016](https://thedrum.rw/filter/chan2016/) - [DR.Congo](https://thedrum.rw/filter/dr-congo/) - [CAN 2025](https://thedrum.rw/filter/can-2025/) - [Taifa Stars](https://thedrum.rw/filter/taifa-stars/) - [Tour du Rwanda ya 2026](https://thedrum.rw/filter/tour-du-rwanda-ya-2026/) - [David Louvet](https://thedrum.rw/filter/david-louvet/) - [FFIRI](https://thedrum.rw/filter/ffiri/) - [tombola y’Igikombe cy’Isi cya 2026](https://thedrum.rw/filter/tombola-yigikombe-cyisi-cya-2026/) - [Iran](https://thedrum.rw/filter/iran/) - [William Troost-Ekong](https://thedrum.rw/filter/william-troost-ekong/) - [Nigeria Super Eagles](https://thedrum.rw/filter/nigeria-super-eagles/) - [CAN](https://thedrum.rw/filter/can/) - [Comoros](https://thedrum.rw/filter/comoros/) - [Egypt](https://thedrum.rw/filter/egypt/) - [Afurika y’Epfo](https://thedrum.rw/filter/afurika-yepfo/) - [Botswana](https://thedrum.rw/filter/botswana/) - [Burkina Faso](https://thedrum.rw/filter/burkina-faso/) - [Guinea Equatoriale](https://thedrum.rw/filter/guinea-equatoriale/) - [Sudan](https://thedrum.rw/filter/sudan/) - [West Ham](https://thedrum.rw/filter/west-ham/) - [Old Trafford](https://thedrum.rw/filter/old-trafford/) - [Kobbie Mainoo](https://thedrum.rw/filter/kobbie-mainoo/) - [Al Ahli Tripoli](https://thedrum.rw/filter/al-ahli-tripoli/) - [Congo Brazzaville](https://thedrum.rw/filter/congo-brazzaville/) - [Pavelh Ndzila](https://thedrum.rw/filter/pavelh-ndzila/) - [Women Basketball League Africa 2025](https://thedrum.rw/filter/women-basketball-league-africa-2025/) - [Rotation Policy](https://thedrum.rw/filter/rotation-policy/) - [THOMAS TUCHEL](https://thedrum.rw/filter/thomas-tuchel/) - [ENGLAND](https://thedrum.rw/filter/england/) - [Donald Trump](https://thedrum.rw/filter/donald-trump/) - [RRA](https://thedrum.rw/filter/rra/) - [Aston Villa](https://thedrum.rw/filter/aston-villa/) - [Rodrigo De Paul](https://thedrum.rw/filter/rodrigo-de-paul/) - [AZOMCO](https://thedrum.rw/filter/azomco/) - [shampiyona y'icyiciro cya mbere](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yicyiciro-cya-mbere/) - [Hicks](https://thedrum.rw/filter/hicks/) - [Fenway Sports Group](https://thedrum.rw/filter/fenway-sports-group/) - [Yves Bissouma](https://thedrum.rw/filter/yves-bissouma/) - [Nitrous Oxide](https://thedrum.rw/filter/nitrous-oxide/) - [Hakim Kiwanuka](https://thedrum.rw/filter/hakim-kiwanuka/) - [Depite Mukabalisa Germaine](https://thedrum.rw/filter/depite-mukabalisa-germaine/) - [EAC](https://thedrum.rw/filter/eac/) - [Maason Mount](https://thedrum.rw/filter/maason-mount/) - [Al-Ahly Benghazi](https://thedrum.rw/filter/al-ahly-benghazi/) - [Al-Ahli](https://thedrum.rw/filter/al-ahli/) - [Ivan Toney](https://thedrum.rw/filter/ivan-toney/) - [Brentford](https://thedrum.rw/filter/brentford/) - [Super Cup](https://thedrum.rw/filter/super-cup/) - [FIFA Club World Cup](https://thedrum.rw/filter/fifa-club-world-cup/) - [Football for the Future na Common Goal](https://thedrum.rw/filter/football-for-the-future-na-common-goal/) - [Pitches in Peril](https://thedrum.rw/filter/pitches-in-peril/) - [FIFA WORL CUP 2026](https://thedrum.rw/filter/fifa-worl-cup-2026/) - [Turkish Süper Lig](https://thedrum.rw/filter/turkish-super-lig/) - [Galatasaray](https://thedrum.rw/filter/galatasaray/) - [Fenerbahçe SK](https://thedrum.rw/filter/fenerbahce-sk/) - [Adana Demrispor](https://thedrum.rw/filter/adana-demrispor/) - [AFCON 2025](https://thedrum.rw/filter/afcon-2025/) - [Emerse Faé](https://thedrum.rw/filter/emerse-fae/) - [Côte d’Ivoire](https://thedrum.rw/filter/cote-divoire/) - [Wilfried Zaha](https://thedrum.rw/filter/wilfried-zaha/) - [Brig Gen Deo Rusanganw](https://thedrum.rw/filter/brig-gen-deo-rusanganw/) - [Col (Rtd) Richard Karasira](https://thedrum.rw/filter/col-rtd-richard-karasira/) - [Col (Rtd) Vincent Mugisha](https://thedrum.rw/filter/col-rtd-vincent-mugisha/) - [CAVB](https://thedrum.rw/filter/cavb/) - [Niyibizi Ramadhan](https://thedrum.rw/filter/niyibizi-ramadhan/) - [AS Monaco](https://thedrum.rw/filter/as-monaco/) - [Juventus](https://thedrum.rw/filter/juventus/) - [Al Haboob](https://thedrum.rw/filter/al-haboob/) - [Prostar Sports International](https://thedrum.rw/filter/prostar-sports-international/) - [Jules Karangwa](https://thedrum.rw/filter/jules-karangwa/) - [World Football Summit](https://thedrum.rw/filter/world-football-summit/) - [Riyadh](https://thedrum.rw/filter/riyadh/) - [Marine FC](https://thedrum.rw/filter/marine-fc/) - [Camarade Banamwana](https://thedrum.rw/filter/camarade-banamwana/) - [Movistar Team](https://thedrum.rw/filter/movistar-team/) - [Global Cycling Network](https://thedrum.rw/filter/global-cycling-network/) - [Girumugisha](https://thedrum.rw/filter/girumugisha/) - [Laurentiu Reghecampf](https://thedrum.rw/filter/laurentiu-reghecampf/) - [Banamwana Camarade](https://thedrum.rw/filter/banamwana-camarade/) - [Liverpool Chaos](https://thedrum.rw/filter/liverpool-chaos/) - [Olivier Kwizera](https://thedrum.rw/filter/olivier-kwizera/) - [Bruno Ferry](https://thedrum.rw/filter/bruno-ferry/) - [AS Vita Club](https://thedrum.rw/filter/as-vita-club/) - [Talent Development Scheme](https://thedrum.rw/filter/talent-development-scheme/) - [Ishimwe Christian](https://thedrum.rw/filter/ishimwe-christian/) - [FSA](https://thedrum.rw/filter/fsa/) - [APR HC](https://thedrum.rw/filter/apr-hc/) - [BK ARENA Volleyball Cup](https://thedrum.rw/filter/bk-arena-volleyball-cup/) - [RRA WVC](https://thedrum.rw/filter/rra-wvc/) - [Brighton](https://thedrum.rw/filter/brighton/) - [‘GOAT Tour’](https://thedrum.rw/filter/goat-tour/) - [West Bengal](https://thedrum.rw/filter/west-bengal/) - [u Buhinde](https://thedrum.rw/filter/u-buhinde/) - [Marines](https://thedrum.rw/filter/marines/) - [Rwanda Peace Cup](https://thedrum.rw/filter/rwanda-peace-cup/) - [Marcel Lomami](https://thedrum.rw/filter/marcel-lomami/) - [Formula One](https://thedrum.rw/filter/formula-one/) - [TRCF Rising Rackets Tennis Tournament](https://thedrum.rw/filter/trcf-rising-rackets-tennis-tournament/) - [Tennis Rwanda Children’s Foundation](https://thedrum.rw/filter/tennis-rwanda-childrens-foundation/) - [Urwego rw’Ubukemurampaka Rwigenga](https://thedrum.rw/filter/urwego-rwubukemurampaka-rwigenga/) - [Arabie Saoudite](https://thedrum.rw/filter/arabie-saoudite/) - [‘FIFA The Best’](https://thedrum.rw/filter/fifa-the-best/) - [Dembélé](https://thedrum.rw/filter/dembele/) - [Casa Mbungo André](https://thedrum.rw/filter/casa-mbungo-andre/) - [FIFA The Best 2025](https://thedrum.rw/filter/fifa-the-best-2025/) - [US Monastir](https://thedrum.rw/filter/us-monastir/) - [Club Africain](https://thedrum.rw/filter/club-africain/) - [CF Montréal](https://thedrum.rw/filter/cf-montreal/) - [Josh-Duc Nteziryayo](https://thedrum.rw/filter/josh-duc-nteziryayo/) - [Lomami Marcel](https://thedrum.rw/filter/lomami-marcel/) - [Al Ismael Ahmed](https://thedrum.rw/filter/al-ismael-ahmed/) - [Thierry Henry](https://thedrum.rw/filter/thierry-henry/) - [FA Cup](https://thedrum.rw/filter/fa-cup/) - [BBC Sports Personality of the Year](https://thedrum.rw/filter/bbc-sports-personality-of-the-year/) - [Express FC](https://thedrum.rw/filter/express-fc/) - [Muhammad Ssenoga Kagawa](https://thedrum.rw/filter/muhammad-ssenoga-kagawa/) - [Ally Ismael](https://thedrum.rw/filter/ally-ismael/) - [FIFA Intercontinental Cup](https://thedrum.rw/filter/fifa-intercontinental-cup/) - [Flamengo](https://thedrum.rw/filter/flamengo/) - [Liverpool Crown Court](https://thedrum.rw/filter/liverpool-crown-court/) - [Seatfinder UK](https://thedrum.rw/filter/seatfinder-uk/) - [Gakwaya Olivier](https://thedrum.rw/filter/gakwaya-olivier/) - [Ecuador](https://thedrum.rw/filter/ecuador/) - [Mario Pineida](https://thedrum.rw/filter/mario-pineida/) - [Joshua Mutale](https://thedrum.rw/filter/joshua-mutale/) - [Beach Volleyball](https://thedrum.rw/filter/beach-volleyball/) - [Falcon Golf & Country Club.](https://thedrum.rw/filter/falcon-golf-country-club/) - [Curtis Jones](https://thedrum.rw/filter/curtis-jones/) - [Drissa Kouyate](https://thedrum.rw/filter/drissa-kouyate/) - [Olivia Holder](https://thedrum.rw/filter/olivia-holder/) - [Bruce Melodie](https://thedrum.rw/filter/bruce-melodie/) - [The Ben](https://thedrum.rw/filter/the-ben/) - [The Nu Year Groove 2026](https://thedrum.rw/filter/the-nu-year-groove-2026/) - [AFCON2025](https://thedrum.rw/filter/afcon2025/) - [African Nations League](https://thedrum.rw/filter/african-nations-league/) - [Ibrahim Diaz](https://thedrum.rw/filter/ibrahim-diaz/) - [Stade ya Huye](https://thedrum.rw/filter/stade-ya-huye/) - [Mukura Victory Sports na Amagaju FC](https://thedrum.rw/filter/mukura-victory-sports-na-amagaju-fc/) - [Kooh Bioumla Jules Armand.](https://thedrum.rw/filter/kooh-bioumla-jules-armand/) - [Falcon Golf and Country Club](https://thedrum.rw/filter/falcon-golf-and-country-club/) - [ikiyaga cya Muhazi](https://thedrum.rw/filter/ikiyaga-cya-muhazi/) - [Tony Football Excellence Program](https://thedrum.rw/filter/tony-football-excellence-program/) - [Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu](https://thedrum.rw/filter/leta-zunze-ubumwe-zabarabu/) - [Al Nasr Football Academy](https://thedrum.rw/filter/al-nasr-football-academy/) - [TotalEnergies CAF Africa Cup of Nations Morocco 2025]](https://thedrum.rw/filter/totalenergies-caf-africa-cup-of-nations-morocco-2025/) - [Isango na Muzika](https://thedrum.rw/filter/isango-na-muzika/) - [Zambia](https://thedrum.rw/filter/zambia/) - [Mali](https://thedrum.rw/filter/mali/) - [Westham](https://thedrum.rw/filter/westham/) - [uno Espírito Santo](https://thedrum.rw/filter/uno-espirito-santo/) - [London Stadium](https://thedrum.rw/filter/london-stadium/) - [Alexander Isak](https://thedrum.rw/filter/alexander-isak/) - [Tigers](https://thedrum.rw/filter/tigers/) - [Kenneth Gasana](https://thedrum.rw/filter/kenneth-gasana/) - [Neymar Jr](https://thedrum.rw/filter/neymar-jr/) - [Santos](https://thedrum.rw/filter/santos/) - [Youssou Diagne](https://thedrum.rw/filter/youssou-diagne/) - [Paul Put](https://thedrum.rw/filter/paul-put/) - [Youth Racing Cup](https://thedrum.rw/filter/youth-racing-cup/) - [UCI Road World Championships](https://thedrum.rw/filter/uci-road-world-championships/) - [Mutsinzi Ange](https://thedrum.rw/filter/mutsinzi-ange/) - [Komite Olempike y’u Rwanda](https://thedrum.rw/filter/komite-olempike-yu-rwanda/) - [Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera](https://thedrum.rw/filter/ikigo-cyigihugu-cyibimenyetso-bishingiye-ku-bumenyi-nubuhanga-bikoreshwa-mu-butabera/) - [SKOL Brewery](https://thedrum.rw/filter/skol-brewery/) - [Shampiyona  y’icyiciro cya Mbere y’Abagore](https://thedrum.rw/filter/shampiyona-yicyiciro-cya-mbere-yabagore/) - [Israel Mbonyi](https://thedrum.rw/filter/israel-mbonyi/) - [Icyambu 4](https://thedrum.rw/filter/icyambu-4/) - [William Saliba](https://thedrum.rw/filter/william-saliba/) - [Al-Nassr](https://thedrum.rw/filter/al-nassr/) - [Muhadjri Hakizimana](https://thedrum.rw/filter/muhadjri-hakizimana/) - [Nairobi United FC](https://thedrum.rw/filter/nairobi-united-fc/) - [Marrakesh](https://thedrum.rw/filter/marrakesh/) - [Dixon Adol Okello](https://thedrum.rw/filter/dixon-adol-okello/) - [Stade Grand Stade d’Adrar](https://thedrum.rw/filter/stade-grand-stade-dadrar/) - [Timber](https://thedrum.rw/filter/timber/) - [Calafiori](https://thedrum.rw/filter/calafiori/) - [Cristhian Mosquera](https://thedrum.rw/filter/cristhian-mosquera/) - [Cadeau de Dieu Furaha](https://thedrum.rw/filter/cadeau-de-dieu-furaha/) - [REG Basketball Club](https://thedrum.rw/filter/reg-basketball-club/) - [Patriots BBC](https://thedrum.rw/filter/patriots-bbc/) - [Imurora Japhet](https://thedrum.rw/filter/imurora-japhet/) - [Marcos Senesi](https://thedrum.rw/filter/marcos-senesi/) - [Muvunyi Félix](https://thedrum.rw/filter/muvunyi-felix/) - [Aaron Briggs](https://thedrum.rw/filter/aaron-briggs/) - [Stephaun Branch](https://thedrum.rw/filter/stephaun-branch/) - [Ndayishimiye Richard](https://thedrum.rw/filter/ndayishimiye-richard/) - [amarushanwa y’abato](https://thedrum.rw/filter/amarushanwa-yabato/) - [Kalidou Koulibaly](https://thedrum.rw/filter/kalidou-koulibaly/) - [Hossam Hassan](https://thedrum.rw/filter/hossam-hassan/) - [Moussa Gatera](https://thedrum.rw/filter/moussa-gatera/) - [Chelsea FC](https://thedrum.rw/filter/chelsea-fc/) - [Gicumbi](https://thedrum.rw/filter/gicumbi/) - [Justin Bisengimana](https://thedrum.rw/filter/justin-bisengimana/) - [Laurențiu Aurelian Reghecampf](https://thedrum.rw/filter/laurentiu-aurelian-reghecampf/) - [Al Hilal FC](https://thedrum.rw/filter/al-hilal-fc/) - [Bernardo Silva](https://thedrum.rw/filter/bernardo-silva/) - [Sunderland](https://thedrum.rw/filter/sunderland/) - [Liam Rosenior](https://thedrum.rw/filter/liam-rosenior/) - [Strasbourg](https://thedrum.rw/filter/strasbourg/) - [Police Handball Club](https://thedrum.rw/filter/police-handball-club/) - [ECAHF 2025](https://thedrum.rw/filter/ecahf-2025/) - [Faustin Likau Pizzalo](https://thedrum.rw/filter/faustin-likau-pizzalo/) ## Leagues - [Rwanda Premier League](https://thedrum.rw/league/rwanda-premier-league/) ## Seasons - [2025-2026](https://thedrum.rw/season/2025-2026/) ## Grounds - [Kigali Pele Stadium](https://thedrum.rw/venue/kigali-pele-stadium/) - [Bugesera Stadium](https://thedrum.rw/venue/bugesera-stadium/) - [Rubavu Stadium](https://thedrum.rw/venue/rubavu-stadium/) - [Gicumbi Stadium](https://thedrum.rw/venue/gicumbi-stadium/) - [Muhanga Stadium](https://thedrum.rw/venue/muhanga-stadium/) - [Huye Stadium](https://thedrum.rw/venue/huye-stadium/) - [Ubworoherane Stadium](https://thedrum.rw/venue/ubworoherane-stadium/) - [Rutsiro Stadium](https://thedrum.rw/venue/rutsiro-stadium/)